USA: Hagiye kubakwa umujyi wahariwe abirabura gusa #rwanda #RwOT

Written by

in

Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Mujyi wa Georgia hagiye kubakwa inzu zizatuzwamo imiryango y'abirabura gusa, ku butaka bungana na hegitari 39, aho bazaba bishyira bakizana nk'ubwoko butuye mu mudugudu wabwo.

Source : https://igihe.com/amakuru/mu-mahanga/article/usa-hagiye-kubakwa-umujyi-wahariwe-abirabura-gusa

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *