Rubavu: Hafashwe uwagurishaga ibiti biri mu ishyamba ry’abandi yiyita umuganga #rwanda #RwOT

Written by

in

Ku bufatanye n’abaturage kuri uyu wa Gatatu tariki ya 16 Nzeri Polisi ikorera mu karere ka Rubavu yafashe umugabo w’imyaka 45 amaze kugurisha abantu babiri ibiti biri mu ishyamba ry’umuturage. Ibi yabikoraga yiyoberanyije nk’umuganga aho yambaraga umwambaro w’abaganga ndetse n’abaje kugura ibyo biti bamusangaga ku kigo nderabuzima cya Gisenyi.

source https://igihe.com/amakuru/article/rubavu-hafashwe-uwagurishaga-ibiti-biri-mu-ishyamba-ry-abandi-yiyita-umuganga

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *