Light of Christ Group yasohoye amashusho y'indirimbo 'Murika' ikoranye ubuhanga bwihariye #rwanda #RwOT

Written by

in

Light Of Christ Group, itsinda rihuje abaririmbyi bava mu matorero atandukanye ya Gikirisitu mu Mujyi wa Kigali ryasohoye amashusho y'indirimbo yaryo bise 'Murika', ikubiyemo ubutumwa busaba abantu bose gukoresha impano zabo kugira ngo bamurikire Isi.

Source : https://igihe.com/iyobokamana/muzika/article/light-of-christ-group-yasohoye-amashusho-y-indirimbo-murika-ikoranye-ubuhanga

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *