Vestine na Dorcas bagiye kwerekeza muri Canada #rwanda #RwOT

Written by

in

Abahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Vestine na Dorcas bagiye kwerekeza muri Canada aho bazataramira abakunzi babo.

Ni nyuma y’igihe n’ubundi aba bahanzi bakunzwe cyane baragombaga kujya gutaramira muri Canada ntibyakunda. Cyagombaga kuba muri 2023.

Iki gitaramo kizabera mu Mujyi wa Vancouver tariki ya 18 Nzeri 2025

Si iki gitaramo gusa kuko binateganyijwe mu mwaka utaha bazasubirayo gutaramira no mu yindi Mijyi.

Bazataramira muri Canada ukwezi gutaha

Baba barataramiyeyo 2023

Source : http://isimbi.rw/spip.php?article11961

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *