Ibyo wamenya ku myigaragambyo iherutse kubera mu Bufaransa (Video) – #rwanda #RwOT

Written by

in

Iyi myigaragambyo yitabiriwe n'abarenga miliyoni, aho basaba ubutegetsi bwa Macron kwegura. Macron anengwa kuri politiki ze zirimo izigamije gutuma leta igabanya amadeni, ibyo bikajyana no gushyiraho ingamba zirimo kugabanya ibyo leta isohora.

Abaturage bamwe batangiye gusaba ko Macron ari we ukwiriye kwegura kuko bigaragara ko ubushobozi bwo gukomeza kuyobora igihugu buri kugenda bugabanyuka. Icyo benshi bari kwibaza, ni amaherezo y'ibi byose ndetse ni byo twagarutseho mu kiganiro Tubijye Imuzi.


Source : http://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/perezida-macron-ari-gusabwa-kwegura-ibyo-wamenya-ku-myigaragambyo-iherutse

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *