Tembera inzu nziza y’agatangaza Miss Mutesi Jolly yujuje (AMAFOTO) #rwanda #RwOT

Written by

in

Nyampimga w’u Rwanda wa 2016, Miss Mutesi Jolly ari mu byishimo bikomeye nyuma yo kuzuza inzu nziza y’agatangaza.

Mu mashusho yagiye hanze agaragaza Miss Mutesi Jolly arimo atembera uyu muturirwa we ubona ko yishimye cyane.

Iyi nzu ifite byinshi bigezweho bivugwa ko yamutwaye agera kuri Miliyari y’amafaranga y’u Rwanda.

Iyo urebye iyi nzu y’umuturirwa ifite ubusitani bunini kandi bugezweho, pisine (piscine cg swimming pool), sauna, parikingi yo hejuru n’ibindi.

Nubwo itaruzura neza ubona ko imirimo yose nirangira izaba ari inzu nziza cyane.

Yujuje inzu nziza cyane

Miss Mutesi Jolly ari mu bakobwa bafite amafaranga i Kigali

Source : http://isimbi.rw/spip.php?article11875

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *