Mama Sava aryohewe n’urukundo #rwanda #RwOT

Written by

in

Umunyana Analyssa uzwi nka Mama Sava, yagaragaje ko ari mu munyenga w’urukundo.

Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga, Mama Sava yatomagije umusore bamaranye iminsi bari mu rukundo, ashimagira urwo amukunda.

Ati 'Wavukiye gutuma umutima wanjye ukunda. Njye ntabwo ngukunda, nkunda n’urukundo ngukunda.'

Agaragaje ko ari mu rukundo rushya nyuma y’uko muri 2023 yemeje ko yatandukanye na Nshuti Alphonse uzwi nka Alpha. Hari nyuma hafi y’imyaka 5 atandukanye n’umugabo we bari barakoze ubukwe.

Mama Sava ari mu rukundo

Source : http://isimbi.rw/spip.php?article11867

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *