NEC! Itangazo ryihutirwa rigenewe abanyarwanda batigeze babasha kwiyimura kuri lisiti y'itora – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Komisiyo y'Igihugu y'Amatora, NEC, yatangaje ko Abanyarwanda batigeze babasha kwiyimura kuri lisiti y'itora, ubu bemerewe gutorera aho baherereye.

Itangazo ryagiye hanze kuri uyu wa 15 Nyakanga 2024, rigira riti 'Niba utarabashije kwiyimura, ukaba wanditse ku ilisiti y'itora, wemerewe gutorera kuri site y'itora ikwegereye ku mugereka.'

Source : https://yegob.rw/nec-itangazo-ryihutirwa-rigenewe-abanyarwanda-batigeze-babasha-kwiyimura-kuri-lisiti-yitora/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *