11 b’ibihe byose kuri Rutanga Eric (AMAFOTO) #rwanda #RwOT

Written by

in

Rutanga Eric wakiniye amakipe atandukanye mu Rwanda, yahishuye ikipe y’abakinnyi 11 beza bakinanye na we.

Uyu myugariro wo ku ruhande rw’ibumoso usoje amasezerano ye muri Police FC, ubu ari mu biganiro n’andi makipe atandukanye arimo n’ayo hanze y’u Rwanda.

Rutanga Eric wakiniye amakipe nka APR FC na Rayon Sports, mu kiganiro kirambuye yahaye ikinyamakuru ISIMBI yagarutse ku ikipe y’abakinnyi 11 bakinanye aho yakinnye hose.

Abakinnyi yatoranyije ni abo bakinanye muri APR FC, Rayon Sports, Police FC n’ikipe y’igihugu Amavubi.

11 beza bakinanye Rutanga Eric

Umunyezamu: Ndayishimiye Eric Bakame

Ba Myugariro: Omborenga Fitina, Rutanga Eric, Nshutiyamagara Ismail Kodo na Manzi Thierry

Abakina Hagati: Mukunzi Yannick, Kwizera Pierrot na Hakizimana Muhadjiri

Ba Rutahizamu: Haruna Niyonzima, Muhire Kevin na Bimenyimana Bonfils Caleb

Uko baba bahagaze mu kibuga

Yannick Mukunzi na Rutanga Eric

Ndayishimiye Eric Bakame

Nshutiyamagara Ismail Kodo

Kwizera Pierrot

Bimenyimana Bonfils Caleb

Muhire Kevin

Niyonzima Haruna

Hakizimana Muhadjiri

Omborenga Fitina

Manzi Thierry

Source : http://isimbi.rw/siporo/article/11-b-ibihe-byose-kuri-rutanga-eric-amafoto

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *