Bajya bavuga ngo akaruta akandi karakamira! Rutahizamu Ani Elijah wirutsweho n’amakipe menshi birangiye asinyiye ikipe itinyitse hano mu Rwanda – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri ikipe ya Police FC yashoje gahunda zo gusinyisha rutahizamu Ani Elijah wari umaze iminsi avugwa mu makipe atandukanye.

Uyu rutahizamu ukomoka muri Nigeria yishyize umukono ku masezerano y'imyaka ibiri, atanzweho Miliyoni zisaga 40.

Uyu rutahizamu yifuzwaga namakipe nka APR FC ndetse na Rayon Sports ikaba yarigeze guterayo akajisho ariko zombi zasanze zitahangana na Police FC kugeza ubwo imusinyishije.

 

Source : https://yegob.rw/bajya-bavuga-ngo-ukurusha-inyama-agutwara-imbwa-rutahizamu-ani-elijah-birangiye-asinyiye-ikipe-itinyitse-hano-mu-rwanda/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *