Nyuma y’uko babonye agiye kubata mu bishanga, Chelsea yahise ihambiriza umutoza w’ayo imurenza irembo – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Ikipe ya Chelsea yatandukanye n'uwari umutoza wayo mukuru, Mauricio Pochettino nyuma y'umusaruro nkene yatanze mu mwaka w'imikino urangiye.

Sporting directors wa Chelsea, Paul Winstanley avuga ko iyi kipe ishaka kubakira ku mutoza ukiri muto kandi utanga ikizere.

Ku isonga abatoza bashobora gusimbura Pochettino harimo umutoza wa Stuttgart Sebastian Hoeness, umutoza wa Girona Michel, umutoza wa Ipswich Town, Kieran McKenna ndetse na Enzo Maresca wazamuye amakipe nka Brighton na Leicester City.

Source : https://yegob.rw/nyuma-yuko-babonye-agiye-kubata-mu-bishanga-chelsea-yahise-ihambiriza-umutoza-wayo-imurenza-irembo/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *