Thierry Froger ashobora kubisikana n’umutoza mushya muri APR FC – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Ikipe y'ingabo z'igihugu inzwi nka APR FC nyuma y'uko ihisemo kudakomezanya na Thierry Froger ubu biravugwa ko uri mu biganito na Aritz Lopez Garai ukomoka mu gihugu cya Espagne.

Uyu mutoza akaba asanzwe atoza ikipe ya FC Nouadhibou yo muri Mauritania niwe bikomeje kuvugwa ko ari mu biganiro byo kuba yatoza ikipe ya APR FC.

Thierry Froger agiye kuva muri APR FC nyuma yo kuyihesha igikombe cya shampiyona y'icyiciro cya mbere hano mu Rwanda idatsinzwe umukino n'umwe.

Source : https://yegob.rw/thierry-froger-ashobora-kubisikana-numutoza-mushya-muri-apr-fc/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *