APR FC yihereranye Gorilla FC bituma ikomeza kuyobora shampiyona aho igiye gusoza idatsinzwe – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Ikipe ya APR FC yatsinze Gorilla FC ibitego 2-0, yuzuza imikino 29 ya shampiyona yikurikiranya idatsindwa.

Mu gihe iyi kipe y'Ingabo z'Igihugu yaba idatsinzwe n'Amagaju FC bazahurira ku mukino w'umunsi wa nyuma wa shampiyona, yaba isubiyemo amateka ifite yo gutwara shampiyona idatsinzwe.

Undi mukino wabaye, warangiye Etincelles FC yari imbere y'abafana bayo, yatsinzwe na Kiyovu Sports ibitego 3-2.

Source : https://yegob.rw/apr-fc-yihereranye-gorilla-fc-bituma-ikomeza-kuyobora-shampiyona-aho-igiye-gusoza-idatsinzwe/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *