Baruhukire mu mahoro! Kigali: Umugabo yatwikiye mu nzu abagize umuryango we, bose uko ari bane ‘4’ nyuma y'aho atwikishije inzu babagamo lisansi – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Umuryango w'abantu bane wapfiriye mu nzu wabagamo nyuma y'aho umugabo atwikishije inzu babagamo lisansi. Amakuru avuga ko iyi nzu yatwitswe n'umugabo, nyiri urugo.

Ibi byabereye mu karere ka Gasabo, mu murenge wa Ndera, mu kagari ka Cyaruzinge mu muduhudu wa Murindi.

Flash Radio&TV dukesha iyi nkuru, yatangaje ko ubuyobozi bw'inzego z'ibanze buvuze ko hagiye gushakwa uko abitabye Imana bashyingurwa.

Source : https://yegob.rw/baruhukire-mu-mahoro-kigali-umugabo-yatwikiye-mu-nzu-abagize-umuryango-we-bose-uko-ari-bane-4-nyuma-yaho-atwikishije-inzu-babagamo-lisansi/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *