KNC ubwe wivugiye ko ari umucuruzi ukunda ifaranga kubi, ariko yavuze ikintu kimwe gusa atagurisha – VIDEWO – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Kakooza Nkuliza Charles wamamaye nka KNC, ubwe yivugiye ko ari umucuruzi ukunda ifaranga kubi, gusa ariko avuga ikintu kimwe gusa atagurisha.

Ubwo yari mu kiganiro cy'imikino ku Radio/TV 1, KNC yabajijwe ku makuru avuga ko rutahizamu Malipangou Theodor wa Gasogi United abereye Perezida, yava agiye kujya muri APR FC.

KNC yavuze ko nta biganiro aragirana na APR FC, gusa avuga ko ari umucuruzi ukunda amafaranga, rero APR FC iyazanye yamutanga.

Gusa yaje kuvuga ko nubwo akunda amafaranga, ikintu atagurisha ngo ni umuryango we gusa(umugore n'abana be).

UKURI KU IGENDA RYA MALIPANGU pic.twitter.com/sNNnMC2ZbJ

— Gasogi United FC (@gasogi_united) December 8, 2023

Source : https://yegob.rw/knc-ubwe-wivugiye-ko-ari-umucuruzi-ukunda-ifaranga-kubi-ariko-yavuze-ikintu-kimwe-gusa-atagurisha-videwo/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *