Impinduka mu buyobozi bwa APR FC #rwanda #RwOT

Written by

in

APR FC yamaze gufata umwanzuro wo gusezerera Masabo Michel wari umunyamabanga mukuru w’iyi kipe.

Masabo Michel akaba yaragizwe umunyamabanga mukuru w’iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu tariki 8 Mutarama 2021 aho yari asimbuye Lt (Rtd) Col Sylvestre Sekaramba.

Michel akaba yari amaze hafi imyaka 4 ari umunyamabanga wa APR FC aho batwaranyemo ibikombe 3 bya shampiyona.

Nubwo yasezerewe ariko ntabwo APR FC iratangaza umunyamabanga mushya gusa bivugwa ishobora kuzabikora mu minsi ya vuba.

Masabi Michel yasezerewe ku mwanya w’umunyamabana wa APR FC

Source : http://isimbi.rw/siporo/article/impinduka-mu-buyobozi-bwa-apr-fc-10147

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *