Cecile Kayirebwa ari mu bantu 50 bafashwe bari mu birori barenze ku mabwiriza #rwanda #RwOT

Written by

in

Aba bantu 50 bafashwe bari mu birori byo gusana no gukwa bisanzwe biri mu bikorwa bitarakomorerwa.

Bafatiwe mu Murenge wa Nyakabanda mu Karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali bakaba bafashwe na Polisi y’u Rwanda yasanze bari muri biriya birori barenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19.

Ibi birori kandi ni iby’umwe mu basanzwe bazwi mu myidagaduro mu Rwanda ari we Umusizi Tuyisenge Olivier uherutse gusezerana mu Murenge akaba agiye gukora ubukwe bwabimburiwe n’ibi birori bafatiwemo.

UKWEZI.RW

Source : http://www.ukwezi.rw/mu-rwanda/Amakuru-anyuranye/article/Cecile-Kayirebwa-ari-mu-bantu-50-bafashwe-bari-mu-birori-barenze-ku-mabwiriza

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *