Igiciro cy'ibikomoka kuri peteroli mu Rwanda cyiyongereye – #rwanda #RwOT

Written by

in

Igiciro gishya cya lisansi muri Kigali ntikigomba kurenga 987 Frw kuri Litiro, mu gihe igiciro cya mazutu muri uyu mujyi nacyo kitagomba kurenga 962 Frw kuri Litiro. Ibi biciro bishya biratangira kubahirizwa kuri uyu wa 7 Mutarama 2020.

Ni ibiciro biri hejuru ugereranyije nibyo RURA yaherukaga gushyiraho aho Litiro imwe yari 976Frw, mu gihe iya mazutu yari 923 Frw.

Uku guhinduka kw'ibiciro RURA yavuze ko bishingiye kwihindagurika ry'ibiciro by'ibikomoka kuri peteroli ku isoko mpuzamahanga.

Igiciro cy’ibikomoka kuri peteroli cyiyongereye

Itangazo rya RURA rigena igiciro gishya cy’ibikomoka kuri peteroli


Source : http://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/igiciro-cy-ibikomoka-kuri-peteroli-mu-rwanda-cyiyongereye

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *