Leta ya Singapore igiye kujya iha amafaranga abambara amasaha ya Apple #rwanda #RwOT

Written by

in

Sosiyete izobereye mu gukora ibikoresho by'Ikoranabuhanga ya Apple, yagiranye ubufatanye na Singapore buzatuma abaturage b'iki gihugu bashobora gutsindira amafaranga mu gihe bakoresheje amasaha yakozwe n'uru ruganda.

Source : https://igihe.com/ikoranabuhanga/article/leta-ya-singapore-igiye-kujya-iha-amafaranga-abambara-amasaha-ya-apple

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *