Icyo APR FC ivuga ku bihano yafatiye Bukuru, ibyo guhindura Umunyamabanga Mukuru no kugura Kagere Meddie #rwanda #RwOT

Written by

in

Visi Perezida wa APR FC; Maj Gen Mubaraka Muganga yavuze ko Bukuru Christophe wahagaritswe muri iyi kipe kubera imyitwarire mibi atarafatirwa umwanzuro nubwo yasabye imbabazi ndetse akanazisabirwa n’umubyeyi we; Rwabarinda Omar uherutse kwitaba Imana.

source https://igihe.com/imikino/football/article/icyo-apr-fc-ivuga-ku-bihano-yafatiye-bukuru-ibyo-guhindura-umunyamabanga-mukuru

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *