Amwe mu mafunguro abantu batitaho kandi afitiye akamaro kanini umubiri #rwanda #RwOT

Written by

in

Ugiye kubarura abantu barya imbuto, imboga rwatsi, banywa amazi, usanga ari bake cyane ku buryo usanga hari n’ababyirengagiza nkana. Nyamara, ubushakashatsi bugaragaza ko ari ingenzi mu buzima bwa muntu.

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *