Trump arateganya gufunga TikTok muri Amerika #rwanda #RwOT

Written by

in

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko ateganya gufunga urubuga nkoranyambaga rwa TikTok muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika nyuma y’igihe inzego z’umutekano muri iki gihugu zivuga ko rushobora kuba ari igikoresho cy’ubutasi cy’u Bushinwa.

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *