Umugabo wo muri Singapore yemeye ko ari maneko w’u Bushinwa muri Amerika #rwanda #RwOT

Written by

in

Umugabo wo muri Singapore yemereye icyaha muri Amerika cyo kuba yari maneko w’u Bushinwa, biba impamvu yiyongereye ku zindi zikomeje kuzambya umubano wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’u Bushinwa.

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *