Hashize imyaka 26 Ingabo zari iza RPA zibohoye u Rwanda, zirukura mu maboko ya Leta yari yubakiye ku macakubiri, yari yarahejeje ishyanga abanyarwanda ikababuza gutaha mu rwababyaye nyamara cyari icyifuzo cy’abatari bake bari bamaze kurambirwa ubuhunzi bari baratangiye mu 1959.
Leave a Reply