Ntitwategeka ibigo by’amashuri gufata inguzanyo zo guhemba abarimu tutazabifasha kwishyura-Mineduc #rwanda #RwOT

Written by

in

Minisitiri w’Uburezi, Dr Uwamariya Valentine, yatangaje ko badashobora gutegeka ibigo by’amashuri yigenga gufata inguzanyo zo guhemba abarimu, cyane ko mu gihe cyo kuzishyura iba itazabifasha uwo mutwaro w’amadeni.

source https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/ntitwategeka-ibigo-by-amashuri-gufata-inguzanyo-zo-guhemba-abarimu

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *