Tag: news

  • Nyuma yo kuba minisitiri Joseph habineza(joe) yinjiye mu muziki. #rwanda #RwOT

    Ambasaderi Joseph Habineza wahoze ari Minisitiri yatangaje ko ari muri studio akora indirimbo ye nshya izajya hanze vuba aha.

    Habineza usigaye ayobora Radiant Yacu, yasohoye amafoto ari muri studio, akwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga bamwe bakeka ko ari gutebya.

    Ayo mafoto Habineza yayaherekesheje amagambo agira ati “Ndi gufata indirimbo. Iraza vuba.”

    ifoto yashyize kurubuga rwe rwa Twitter.

    Iyi ndirimbo joe avuga ko yayikomoye kuri gahunda ikigo abereye umuyobozi cya Radiant Yacu Ltd gifite bise #Turikumwe, Ati” Iyo ushaka gutanga ubutumwa ukoresha uburyo bwose; wakoresha indirimbo wakoresha imikino, inzira zose zishoboka urazikoresha.”

    Amb. Habineza yemeje ko iyi ndirimbo azayisohora nakomeza kubona ko abantu bayishaka cyane.

    Ati” Abanyarwanda nibabanze banyereke niba bayikeneye njye ndayibaha, icy’ingenzi namaze kuyikora, ndahita nyisohora rwose.”

    Habineza ntabwo yashatse gutangaza ubwoko bw’injyana indirimbo ye iririmbyemo.
    Yavuze ko nubwo benshi byabatunguye, kuririmba ari ibintu yakunze kuva kera. Ati”Kuva cyera ariko nkiri muto naracurangaga rwose, hari igihe umuntu aba afite impano ariko atarayikoresha.”

    Abajijwe niba azahita akomerezaho gukora umuziki muri rusange, Amb. Habineza yagize ati” Byaba ari bibi se? abantu banyeretse ko bayikunze bakansaba n’izindi najya nyuzamo nkayikora da.”

    The post Nyuma yo kuba minisitiri Joseph habineza(joe) yinjiye mu muziki. appeared first on KASUKU MEDIA.

    source https://kasukumedia.com/nyuma-yo-kuba-minisitiri-joseph-habinezajoe-yinjiye-mu-muziki/

  • Inkuru itangaje y’urukundo rw’abanyamakuru ubu baryohewe n’urugo(VIDEO) #rwanda #RwOT

    Aime Ndayisenga wamenyekanye kuri TV10 na Rose Nishimwe wakoreye Royal TV aho basoe basomaga amakuru, ni abanyamakuru bahisemo kubana, ubu bavuga ko baryohewe n’urugo rwabo.

    Mu kiganiro na ISIMBI, bavuze ko inkuru y’urukundo rwabo itangaje, uburyo bahuye bahujwe n’ubukwe w’inshuti ya bo.

    N’ubwo bari abanyamakuru bose bwari ubwa mbere bahuye, nta n’umwe wari warigeze ahura n’undi.

    Reba ikiganiro na ISIMBI TV

    source http://isimbi.rw/imyidagaduro/article/inkuru-itangaje-y-urukundo-rw-abanyamakuru-ubu-baryohewe-n-urugo-video

  • Gvt sets new prices for Fertilizers #rwanda #RwOT

    The crops that will be covered by the government in the matter of fertilizing in the 2021 A, B and C seasons are maize, beans, wheat, soybeans, rice, potatoes, cassava, bananas, vegetables, and fruits; while maize, wheat, and soybeans are the crops that will be needing added seed in those seasons.

    Farmers are asked to use Smart fertilizers program to identify the amount of product they need and to join ‘Twigire muhinzi’ group.

    Fertilizers traders should also use MOPA-based Smart Support technology, so as to buy fertilizers supported by the Government.

    Of the hybrid maize seeds grown in the highlands, the most expensive type is PAN691 which will be sold at Rwf 962the Kg and the cheapest will be RHMH1520 and RHMH1601 which will be sold at Rwf 453 the Kg.

    Hybrid seeds grown on mountains and in the valleys, the most expensive will be PN53 which will be sold Rwf 1547 the Kg, the lowest price will be RHM104, RHM1402, and RHM1407 which will be sold at Rwf 453 the Kg.

    OPV corn seeds will be sold at Rwf 295 the Kg. Soybeans are currently sold at Rwf 425 and Rwf 396 and wheat is currently sold at Rwf 346, Rwf 318, and Rwf 426 the Kg, respectively.

    In Regards to added fertilizers; Urée is set at Rwf 447, DAP is at Rwf 480, NPK 17:17:17 costs Rwf 603, TSP is at Rwf 523 while MOP costs Rwf 481.

    These directives, signed by the Minister of Agriculture and Animal Resources, Dr. Gérardine Mukeshimana, stressed that anyone who is caught smuggling or misusing seeds and fertilizers will be punished.

    Only four companies have been so far allowed to import fertilizers from the country under the Nkunganire program and sell them through Agro-Processing Trust Corporation Ltd (APTC); these include Yara, ETAG Inputs, Rwanda Fertilizer Company, and Tubura.

    The Ministry of Agriculture and Animal Resources (MINAGRI) has set the prices for seeds and fertilizers to be implemented in the 2021A, B and C seasons.

    Nicole Kamanzi M.

    source https://en.igihe.com/news/article/gvt-sets-new-prices-for-fertilizers

  • COVID-19: Rwanda Confirms 41 New Cases, 26 recoveries #rwanda #RwOT

    According to the Ministry of Health, the cases were largely detected in controlled areas.
    Kigali: 22 (includes high-risk isolated cluster), Nyabihu: 8 (cluster of police station detainees); six more cases were identified in Nyamasheke: district and five others, in Rusizi district which is still under total lockdown.

    Of the total confirmed cases 664 are active cases, while 710 have recovered.
    Rwanda recorded the 4th COVID-19 victim, on Sunday July 12; an old man aged 78 years old.

    The government on Monday started inspection of churches to ascertain their readiness before reopening.

    Nicole Kamanzi M.

    source https://en.igihe.com/news/article/covid-19-rwanda-confirms-41-new-cases-26-recoveries

  • Minister calls for child abuse court cases to be held in public #rwanda #RwOT

    Minister Bayisenge made the remarks on Tuesday in response to family questions raised by MPs from the Political, and Gender Equality Commission in the country’s development.

    Among the demands of the MPs was to outline the existing measures to combat child sexual abuse that are still taking rampant.

    Statistics on the number of child sexual abuse allegations show that in 2016/17, Rwanda Investigation Bureau, RIB, received 2091 complaints, in 2017/18 it was 3060, and in 2018/19 it received 3512 complaints.

    Of the people prosecuted for these crimes, in 2018/2019 it was 3417, in 2017/18 they were 3001 and in 2016/2017 it was 2092 people.

    Minister Bayisenge informed the MPs that various measures have been taken including the enactment of penal code for the perpetrators of the crime, a campaign that requires everyone to report and denounce these crimes.

    She said the fact that child sex offenses are being tried in private is a serious obstacle, arguing that if the trial was held at the scene it would send a warning that others would be afraid to do the same.

    Minister Bayisenge also said that a special team had been set up by various agencies to study what could be done to address the issue of child sexual abuse, especially to prosecute the perpetrators.

    Minister Bayisenge said that a special team was set up by various agencies to study what to do to address the issue of child sexual abuse and to prosecute the perpetrators.

    Elina Jonas Ruzindaza

    source https://en.igihe.com/news/article/minister-calls-for-child-abuse-court-cases-to-be-held-in-public

  • Kibungo Hospital receives new ambulance #rwanda #RwOT

    The ambulance was handed over on Monday, July 13, 2020, by the Ngoma District Administration to help hospitals provide better services to their patients.

    Late last year, the former Director-General of Kibungo Hospital, Dr. Namanya Williams, told IGIHE that they had ambulances to help patients reach 12 hospitals and health centers but due to wear-and-tear, only three were left and have now acquired the fourth, with one that is not fully functional.

    Dr. Namanya said the ambulances they have do serve over 400,000 people.
    Ngoma District Mayor, Nambaje Aphrodis, said the procurement of the new ambulance is a commitment by the district to facilitate easy access to health facilities within the district.

    He added that in the 2020/2021 performance contract the district will procure another ambulance as they continue to put the available ones to proper use.

    The ambulance was handed over on Monday, July 13, 2020, by the Ngoma District Administration to help hospitals provide better services to their patients.

    Elina Jonas Ruzindaza

    source https://en.igihe.com/news/article/kibungo-hospital-receives-new-ambulance

  • Menya impamvu Guverineri Kayitesi yiswe kapiteni akanahabwa umupira wanditseho nomero 6 #rwanda #RwOT

    Byabereye mu gice cyo gutanga impano mu muhango w’ihererekanyabubasha hagati ya guverineri mushya w’Intara y’Amajyepfo Kayitesi Alice n’Umunyamabana Nshingwabikorwa w’agateganyo akaba na guverineri w’umusigire w’iyi Ntara Gakire Bob.

    Gakire Bob yahaye Kayitesi inkoni y’ubushumba, anamuha umupira w’ipipe y’igihugu Amavubi wanditseho nomero 6.

    Impamvu Kayitesi Alice yahawe umupira wanditseho nomero 6 ni uko ari guverineri wa 6 ugiye kuyobora iyi ntara.

    1. Kabera ;2006-2007
    2. Fidele Ndayisaba : 2007-2011

    3. Alphonse Munyentwari:2011-2016

    4. Marie Louise Mureshyankwano : 2016-2018

    5.Emmanuel Gasana : 2018- Gicurasi 2020.

    6. Alice Kayitesi : Nyakanga 2020-…

    Guverineri Kayitesi yabwiwe ko uyu mupira awuhawe nka guverineri akaba na kapiteni ugiye kuyobora ikipe y’Intara y’Amajyepfo.

    Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Prof SHYAKA Anastase yabwiye Guverineri Kayitesi ko impamvu ahawe umupira wanditseho nomero 6 ari uko ari guverineri wa 6 ugiye kuyobora iyi ntara.

    Prof Shyaka yasabye Guverineri Kayitesi kuzakomereza ku byiza abamubanjirije bakoze n’udushya bahanze.

    Yagize ati “Nyakubwahwa Guverineri baguhaye numero ya 6 ni ukuvuga ko iyi ntara ntabwo aribwo ikivuka n’iterambere ryayo rifite uko ryagiye rizamuka. Ndangira ngo rero ibyagezweho, ari uwo usimbuye, ari abamubanjirije, buri wese ari iterambere yagiye yubaka ku iterambere ry’iyi ntara”.

    Uwo usimbuye hari ibyiza yakoze, hari ibyo umuntu yakubakiraho, tubakire ku byiza, dukomeze ibyo byiza abo dusimbuye baba bakoze, tubyubakireho kugira ngo dukomeza urugendo ndetse n’abahanze umwimerere cyangwa udushya tukagira icyo tumara ni ugusubiza mu nganzo abantu bakareba ibyo byiza byose biba bihari tukabyubakiraho tugakomeza kuko kubaka ni ukugereka ibuye ku rindi”.

    Gakire Bob wari Guverineri w’Umusigire yasabye guverineri mushya Kayitesi Alice kwita ku mishanga irimo uruganda rwa nyiramugengeri ruzatanga amashanyarazi angana na megawatt 80, kwita ku mushinga wa hoteli ya Muhanga, kwita kuri zone ikennye cyane yo ku ishyamba rya Nyungwe, yiswe ‘Kaduha,Gitwe corridor’.

    Gakire yavuze ko yasuye iyi zone asanga koko ikennye cyane, gusa ngo hari ibikorwa biri gukorwayo birimo kaburimbo na umudugudu w’ikitegererezo.

    Ati “Bibaye byiza kwizihiza ku nshuro ya 27 umunsi mukuru wo kwibohora byazabera muri iriya zone ya Kaduha –Gitwe corridor”.


    Kayitesi Alice yavuze ko mu byo azashyiramo imbaraga harimo gufatanya n’uturere kwesa imihigo, kwita cyane ku mutekano no gukorera uturere ubuvugizi kugira ngo imishinga minini yihute.

    source http://www.ukwezi.rw/mu-rwanda/Amakuru-anyuranye/article/Menya-impamvu-Guverineri-Kayitesi-yiswe-kapiteni-akanahabwa-umupira-wanditseho-nomero-6

  • Ingaruka ziterwa n’amavuta atukuza uruhu azwi nka mukorogo. #rwanda #RwOT

    Muri iyi minsi abantu benshi cyane cyane abiganjemo igitsina gore bakomeje kwisiga amavuta ahindura uruhu azwi ku izina rya Mukorogo, abantu barayisiga bagasa uko babyifuza ariko burya ibi ni ibintu bigira ingaruka zikomeye k’ uruhu rw’ikiremwamuntu,

    Aya mavuta ahindura uruhu ni amwe mu mavuta ari gukoreshwa cyane muri Afurika aho abadashaka kuba abirabura bashaka guhindura uruhu rwabo kugirango bisanishe n’abazungu icyakora abantu ntibabivugaho rumwe dore ko akenshi ab’igitsina gore aribo babikunda

    Twahisemo kubagezaho rero ingaruka ziterwa na Mukorogo.

    Ushobora guhura n’Ubuhumyi
    Kwitukuza uruhu cyangwa se kwisiga ya mavuta ya mukorogo bishobora gutuma uba impumyi mu gihe ayo mavuta yaba aguye mu ijisho, gutukuza uruhu ntabwo byagutra ubuhumyi ariko ugomba kwirinda ko ayo mavuta yagwa mu jisho.

    Bishobora kugutera indwara y’ umuvuduko ukabije w’amaraso ndetsena Asima.

    Ushobora kuvuga ngo ntibishoboka, ariko byashoboka. Umubiri wakira ibintu ushyize k’uruhu rwawe harimo ibinyabutabire bifite ingaruka k’umubiri w’ umuntu bikoreshwa mu guhindura uruhu . iyo rero ibyo binyabutabire bigeze mu maraso bimwe byangiriza umutima, wibuke neza umutima niwo ugira uruhare runini mu gutembera kw’amaraso , ibi rero bishobora gutuma habaho umuvuduko w’amaraso ukabije cyane. Bisaba kwitonda kuko ibyo dusiga kuruhu rwacu bigera imbere mu mubiri.

    Ushobora kuzahura n’uburwayi bwo mu mutwe.

    Abahanga mu by’Ubuzima bagaragaza ko aya mavuta atukuza uruhu ashobora gutera uburwayi bwo mu mutwe, ibi babivuga bagendera ku ngero zitandukanye kuko ayo amvuta aba arimo amavirusi ashobora kugera mu mubiri w’umuntu akangiriza imitsi yo mu mutwe, wibuke neza aya mavuta twabonyeko ashobora gutera umuvuduko w’amaraso, ntiwibaze ngo mbese amavuta ahurira hehe n’amaraso.

    twabonyeko aya mavuta aba arimo ibinyabutabire bishobora kugera mu maraso kuko n’ubusanzwe ibyo twisiga bigera mu mubiri.

    Bishobora gutera ibikomere bidakira

    Aha abantu benshi bakunze guhura n’izi ngaruka , iyo wisize aya mavuta uruhu ruhinduka bigenze gute? abashakashatsi bagaragaza ko iyo wisize aya mavuta , uruhu rugenda rwiyomora gahoro gahoro kugeza igihe uzabona hasigaye rwa ruhu rusa n’urwabera kandi uri umwirabura, kugira ngo byumvikane neza nukuvuga ngo iyo uyisize uyu munsi ntabwo uhita uhinduka ahubwo bigusaba iminsi , bivuze ko hari uruhu ruba rwarakuvuyeko. iyo ugize igikomere rero bigasaba ko kwa muganga bakudoda , cyangwa se ubagwa , rimwe na rimwe biragorana kuko uruhu ruba rwarataye umwimerere warwo , ruba roroshye. ibi rero bikaba bishobora no gutera kanseri iba yaturutse kuri cya gikomere kitakize.

    Kugira amabara atandukanye

    Kubera ko nubundi aba atariko usa iyo uhindutse igihe kikagera ukabura ya Mavuta uruhu rutangira kugerageza gusubira uko wasaga mbere , kubera ya mavuta ntabwo hose hahinduka ahubwo usanga hamwe hahindutse ahandi hakanga guhinduka ugasanga umuntu afite amabara atandukanye mu isura.

    The post Ingaruka ziterwa n’amavuta atukuza uruhu azwi nka mukorogo. appeared first on KASUKU MEDIA.

    source https://kasukumedia.com/ingaruka-ziterwa-namavuta-atukuza-uruhu-azwi-nka-mukorogo/

  • Nyamagabe na Nyamasheke hari utugari twasubijwe muri GumaMuRugo #rwanda #RwOT

    Mu Karere ka Nyamagabe, utugari twashyizwe muri guma mu rugo ni aka Kigeme mu Murenge wa Gasaka, ndetse n’aka Ruhunga mu Murenge wa Kibilizi.

    Mu Karere ka Nyamasheke, utugari twashyizwe muri guma mu rugo ni tune two mu Murenge wa Gihombo, ari two aka Mubuga kose, aka Butare (igice cyo munsi y’umuhanda wa kaburimbo ugana ku Kivu), aka Gitwa kose, ndetse n’aka Jarama (igice cyo munsi y’umuhanda wa kaburimbo ugana ku Kivu).

    Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yatangaje ko abaturage batuye mu tugari twashyizwe muri gahunda ya guma mu rugo basabwa kubahiriza amabwiriza abigenga.

    Inzego z’ibanze n’iz’umutekano na zo zasabwe gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ry’aya mabwiriza.

    Abanyarwanda bose kandi barasabwa gukomeza kubahiriza amabwiriza yo kwirinda Coronavirus yatanzwe n’inzego z’ubuzima. Niba hagize ugaragaraho ibimenyetso cyangwa akabona ubifite, yahamagara 114.

    source http://www.ukwezi.rw/mu-rwanda/Amakuru-anyuranye/article/Nyamagabe-na-Nyamasheke-hari-utugari-twasubijwe-muri-GumaMuRugo

  • Naya Rivera yakuye umwana we mu mazi mbere yo kurohama. #rwanda #RwOT

    Nk’uko amakuru yatangajwe na Ventura County, muri California yabitangarije, abapolisi, umukinnyi wa filime Naya Rivera yarokoye umuhungu we Josey w’imyaka 4 ariko we kwirokora biranga. Ubwo bari bari mu bwato.

    Mu kiganiro n’itangazamakuru cyo kuri uyu wa Mbere, Polisi ya Venture yavuze ko umukinnyi wa filime Naya Rivera yakoresheje ingufu ze zoze ngo arokore umwana we w’imyaka ine ariko we kwirokora bikamunanira.

    Bati “Ubwato bari barimo bwagize ikibazo akoresha ingufu zose arokora umwana we ariko we kwirokora biranga. Yararohamye dukurikije ibimenyetso twabonye kandi turemeza ko umurambo twabonye ari uwe kubera imyambaro yari yambaye ubwo yaburaga ndetse hakaba nta wundi muntu waburiwe irengero muri iki kiyaga.

    Umuyobozi w’akarere yabisobanuye agira ati: “Ubwo yaburaga umuhungu we Josey Hollis Dorsey yabwiye ubuyobozi bwo mu gace bari bagiye kogeramo ko nyina yasimbutse ubwato akagwa mu mazi ntagaruke.”

    Guhera ku wa Gatatu w’icyumweru gishize tariki 7 Nyakanga, nibwo uyu mugore wari ufite imyaka 33 yaburiwe irengero nyuma yo kujyana n’umwana we w’umuhungu koga, uyu mwana akaza gusangwa wenyine hafi y’ubwato bari barimo.

    source https://www.hillywood.rw/?p=74919