Tag: news

  • Impamvu Migi yasezeye mu ikipe y’igihugu #rwanda #RwOT

    Nyuma y’imyaka 14 ari umukinnyi w’ikipe y’igihugu Amavubi, Migi yatangaje ko asezeye mu ikipe y’igihugu kuko yumva ibyo yagombaga gutanga yamaze kubitanga.

    ibi yabitangaje mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane mu kiganiro na Radio Flash aho yavuze ko abona igihe kigeze ngo atange umwanya, ni mu gihe avuga ko nta w’undi mukino ateganya gukina.

    Yagize ati“Bitarenze mu kwezi kwa cumi uyu mwaka ndasezera, nta y’indi match nteganya gukinira Amavubi, ku bwanjye umwanzuro namaze kuwufata, ibyo nari mfite narabitanze, aho kugira ngo uzavemo nabi izina ryawe uryishe wasezera bagikugunze, hari ibintubitari byiza mba mbonamo, si ikintu nahubukiye.”

    Uyu mukinnyi ukina mu kibuga hagati, yasoje amasezerano muri KMC yo muri Tanzania aho ahamya ko ataramenya niba azayongerera andi.

    Migi yaherukaga gukinira Amavubi tariki ya 12 Ukwakira 2018, ubwo Amavubi yatsindirwaga muri Guinea-Conakry ibitego 2-0 mu mukino w’itsinda H mu gushaka itike y’igikombe cy’Afurika cya 2019.

    Mugiraneza Jean Baptiste Migi yakiniye Amavubi kuva muri 2006, akaba yarayikiniye imikino 68 ayitsindira ibitego 7.

    Migi yasezeye mu ikipe y’igihugu

    Migi yari kapiteni wungirije Haruna mu ikipe y’igihugu

    source http://isimbi.rw/siporo/article/impamvu-migi-yasezeye-mu-ikipe-y-igihugu

  • Mugiraneza Jean Baptiste Migi ntazongera gukinira ikipe y’igihugu Amavubi #rwanda #RwOT

    Mugiraneza Jean Baptiste nyuma y’imyaka isaga icumi akinira ikipe y’igihugu y’u Rwanda “Amavubi”, yamaze gutangaza ko yamaze gufata umwanzuro wo gusezera mu ikipe y’igihugu Amavubi, akaba avuga ko nta mukino n’umwe azongera gukinira ikipe y’igihugu.

    Mu kiganiro yagiranye na Radio Flash kuri uyu wa Kane, yatangaje ko nyuma yo gufata umwanya uhagije akabitekerezaho, atazongera gukinira AMavubi ahubwo azakomeza gukinira amakpe asanzwe.

    “Bitarenze mu kwezi kwa cumi uyu mwaka ndasezera, nta yindi match nteganya gukinira Amavubi, ku bwanjye umwanzuro namaze kuwufata, ibyo nari mfite narabitanze, aho kugira ngo uzavemo nabi izina ryawe uryishe wasezera bagikugunze, hari ibintubitari byiza mba mbonamo, si ikintu nahubukiye”

    Mugiraneza Jean Baptiste ubu ukina mu ikipe ya KMC muri Tanzania, yatangiye gukinira ikipe y’igihugu mu mwaka wa 2006, akaba yarakiniye ibyiciro bitandukanye birimo ikipe y’abatarengeje imyaka 20, 23 ndetse n’Amavubi makuru.

    source http://www.ukwezi.rw/Imikino/article/Mugiraneza-Jean-Baptiste-Migi-ntazongera-gukinira-ikipe-y-igihugu-Amavubi

  • Muhanga : Abantu 44 batawe muri yombi kubera ubucuruzi butemewe #rwanda #RwOT

    Umubozi w’Akarere ka Muhanga, Kayitare Jacqueline avuga ko hashize icyumweru bakora igenzura mu birombe bifite ibyangombwa ndetse n’ibiherutse gufungwa n’ubuyobozi kuko bitujuje ibisabwa.

    Kayitare yabwiye Umuseke ko hamwe n’inzego z’umutekano basanze hari abantu 44 mu Mirenge ya Kabacuzi, Muhanga, Rongi, Rugendabari na Nyarusange bacukura mu birombe bifunze.

    Yagize ati “Tumaze kubura ubuzima bw’abantu benshi mu gihe gito bitewe n’ubu bucukuzi butemewe, turabahana hakurikijwe amategeko yatanzwe.”

    Uyu muyobozi yanavuze ko ubucukuzi butemewe bunangiza ibidukikije bityo ko ababukora badashobora kwihanganirwa.

    Gusa abashinjwa bahakana bavuga ko babikoraga mu gihe gishize, bakavuga ko ubu ntabyo bakoraga.

    Muzigabanga Oswald wo mu Murenge wa Muhanga ati “Icyaha nk’iki nagihaniwe amezi 8, narahiye ko ntazongera, bashobora kuba banyitiranije n’uwo twitiranwa.”

    Mu rugendo rutunguranye Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Prof Shyaka Anastase yakoreye mu Karere ka Muhanga ku Cyumweru taliki ya 09 Kanama 2020, yasabye inzego zitandukanye z’Akarere kurwanya akajagari kajyanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro butemewe anavuga ko ari bwo butuma ibidukikije byangirika.

    Bamwe mu bashinjwa iki cyaha bafungiye kuri Sitasiyo za RIB mu Mirenge itandukanye.

    Aberetswe Itangazamakuru ni abantu 16 bafungiye kuri Sitasiyo ya RIB mu Murenge wa Nyamabuye.

    source http://www.ukwezi.rw/mu-rwanda/2/article/Muhanga-Abantu-44-batawe-muri-yombi-kubera-ubucuruzi-butemewe

  • Kayonza : Umuyobozi w’ishuri n’umwarimu batawe muri yombi bakekwaho kwiba ibikoresho byo kubakisha #rwanda #RwOT

    Uyu muyobozi yatawe muri yombi n’Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, aho rwamufashe ari kumwe n’umwarimu ushinzwe ububiko bw’ibikoresho kuri iri shuri.

    Bivugwa ko ibikoresho bibye ari fer à béton zari zigenewe kubakishwa aho aba bombi bafatanyije bapakiraga fer à béton mu modoka babeshya umuzamu ko bazijyanye ahandi hantu hari kubakwa amashuri muri uyu Murenge.

    Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mukarange, Murekezi Claude yabwiye UKWEZI ko aba bombi aho gupakira ibyumba babijyana aho bavugaga ahubwo bahise bazerekeza i Rwamagana ku mucuruzi bari bumvikanye ko azigura nyuma zigarurwa gucururizwa i Kayonza.

    Yakomeje avuga ko uyu mucuruzi ufite iduka ricuruza ibikoresho by’ubwubatsi nawe yari asanzwe ari umwarimu kuri iryo shuri.

    Uyu muyobozi yakomeje aburira abayobozi b’ibigo by’amashuri bashaka kunyereza ibikoresho ko leta iri maso kandi uzajya abifatirwamo azajya abiryozwa.

    Yakomeje agira ati “Ubutumwa duha umuntu uwo ariwe wese baba ari abayobozi b’ibigo cyangwa undi muntu uwo ariwe wese ndamusaba kubaha no guha agaciro ibya rubanda. Babihe agaciro bareke kwifuza gusahura ibya rubanda.”

    Kuri ubu uyu muyobozi w’ishuri ndetse n’umwarimu bafatanyije mu kunyereza fer à béton bafungiye kuri sitasiyo ya Mukarange.

    source http://www.ukwezi.rw/mu-rwanda/Amakuru-anyuranye/article/Kayonza-Umuyobozi-w-ishuri-n-umwarimu-batawe-muri-yombi-bakekwaho-kwiba-ibikoresho-byo-kubakisha

  • Uko gukinira Amavubi byatambukije Eric Nshimiyimana ku kibuga cy’indege nta cyangombwa #rwanda #RwOT

    Umutoza wa AS Kigali, Eric Nshimiyimana wanakiniye ikipe y’igihugu avuga ko rumwe mu rwibutso afite rwo kuba yarakiniye Aamavubi ari ukuntu yari agiye gusubizwa inyuma ku kibuga cy’indege ariko agatabarwa n’uko ari mu bakinnyi bakiniye u Rwanda mu gikombe cy’Afurika cya 2004.

    Eric Nshimiyimana ni umwe mu bakinnyi beza bakinaga hagati mu kibuga u Rwanda rwagize, akaba yarakiniye amakipe nka Prince Louis y’i Burundi, APR FC na Kiyovu Sports zo mu Rwanda.

    Yakiniye Amavubi kuva 1996 kugeza 2004, nyuma y’igikombe cy’Afurika cya 2004 akaba yarahise asezera ku myaka 32 y’amavuko.

    Mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru ISIMBI.RW, Eric Nshimiyimana yavuze ko hari ibintu byinshi yibukira ku ikipe y’igihugu yakinnye CAN 2004.

    Yagize ati“icya mbere nyibukiraho ni uko ari amateka twakoze, buri mukinnyi wese w’umunyarwanda aba arota gukina igikombe cy’Afurika, ni ibyishimo kuri njye n’abandi twafatanyije, buri mukinnyi wese aba afite intego, zari intego zacu gukina igikombe cy’Afurika, mpamya ko n’abadusimbuye ari zo nzozi bafite. Ni iby’agaciro kumva ko wakinnye ukagera kuri rwa rwego rwo hejuru.”

    Eric Nshimiyimana ahamya ko gukinira Amavubi ari urwibutso rukomeye kuri we kuko byamufashije byinshi

    Akomeza avuga ko hari n’igihe yari yafatiwe ku kibuga cy’indege agiye mu Budage kwiga ariko aza kurokorwa n’uko yakiniye Amavubi igikombe cy’Afurika.

    Yagize ati“mbifitemo ubuhamya bwinshi cyane kuba narakiniye Amavubi igikombe cy’Afurika, kuko hari igihe nari ngiye kwiga iby’ubutoza mu Budage ngeze ku kibuga cy’indege baramfata kuko hari icyangombwa ntari mfite nagombaga guhabwa no muri federasiyo, barambaza ngo ugiye he? Nti ngiye kwiga iby’ubutoza, bati se wagenda udafite icyangombwa?”

    “Hari ku wa Gatandatu abayobozi ba federasiyo bagombaga kukimpa bari bagiye gukurikirana amarushanwa, baramfata barantiza ariko nyuma bati ese ni he twavuga ko wakinnye umupira ku rwego rwo hejuru, nti njyewe nakinnye igikombe cy’Afurika, barambwira ngo wirakara, bahita bajya kureba muri mudasobwa no kuri internet baza bambwira amazina yose bahita bandekura ndagenda. Urumva ko ari ikintu gishobora kugutabara.”

    Eric Nshimiyimana ubu ni umutoza mukuru wa AS Kigali, yanatoje amakipe nka Kiyovu Sports, yanyuze muri APR FC ari umutoza wungirije ndetse yanatoje ikipe y’igihugu Amavubi.

    Ubu ni umutoza wa AS Kigali

    Yatoje n’ikipe y’igihugu

    source http://isimbi.rw/siporo/uko-gukinira-amavubi-byatambukije-eric-nshimiyimana-ku-kibuga-cy-indege-nta-cyangombwa

  • Joint Letter Sent to the UN Secretary-General to Stop Human Rights Violations and Religious Oppression in South Korea #rwanda #RwOT

    The joint letter contained a request for recommendations to stop discrimination against Shincheonji Church, a new Christian denomination headquartered in South Korea, and a UN ECOSOC-affiliated organization named Heavenly Culture, World Peace, Restoration of Light (HWPL).

    The representative of this letter, the director and founder of FREE WATCH AFGHANISTAN, Mobeenullah Aimaq, said that he agreed with the UN’s concern for the persecution of minorities and vulnerable groups as well as human rights violations that continue to occur in the pretext of fighting the coronavirus. To solve this problem, he proposed a joint letter to young people around the world to appeal to the international community.

    He strongly urged that the Korean Government should knock off the prosecution of Shincheonji Church and HWPL in South Korea. “Prosecuting Shincheonji Church and HWPL should be immediately stopped so that the international reputation of the government, known as a proponent of peace in the globe, will be saved,” he added.

    In the letter, they reported the several acts of unfair discrimination and oppression of the Korean government and the media against these organizations by citing the concerns of UN Secretary-General regarding “disproportionate effects on certain communities, the rise of hate speech, and the targeting of vulnerable groups”.

    According to the report, there have been over 5,500 instances of human rights abuses of members of the Shincheonji Church during this period of the ongoing pandemic. Among the cases include two female members’ death in suspicious circumstances. Many of these victims are promising young people who are now facing increased discrimination in workplaces and schools, violence at home, and even forced deprogramming.

    The letter highlights that the members of Shincheonji Church are also victims who were unfortunately infected with the virus despite following the government’s guidelines related to the pandemic.

    Furthermore, the unprecedented custody investigation against 89-years-old Chairman Man Hee Lee of Shincheonji Church and HWPL was recently determined. The charters of these two groups have been revoked by the government and they have been subject to rigorous tax investigations. Those in leadership positions within the organizations also have been taken into custody for questioning.

    In the Korea Times column titled “Can unpopular sect expect justice?”, Michael Breen, CEO of Insight Communications, referred the current investigation into Shincheonji Church as a “witch-hunt” by saying that Shincheonji is a safe target for politicians and others who comment in public since it is unpopular.

    “I’m sitting in Kigali Rwanda where had wars and genocide. And Rwanda has come out to be a country that now is sharing with the rest of the world about peace. we have learned how to have peace makers or peace forces worldwide. As a person, I would you like to contribute to initiative and effort of persuading the government of South Korea, not to persecute HWPL, or the Shincheonji Church.” Said Natty Dread, the reggae artist from Rwanda.

    In the joint letter, they urged that cases of human rights, social and religious repression, such as the ones occurring in South Korea, must be put to an end in order to build “more effective and inclusive solutions for the emergency of today and the recovery for tomorrow.”

    Natty Dread

    IGIHE

    source https://en.igihe.com/news/article/joint-letter-sent-to-the-un-secretary-general-to-stop-human-rights-violations

  • Police in fresh campaign on COVID-19 prevention practices #rwanda #RwOT

    Since Monday, August 10, RNP has deployed its vehicles and motorcycles mounted with loud speakers to convey the Dos and Don’ts designed to prevent further spread of COVID-19.

    Vehicles and motorcycles are trekking through markets, trading centres, residential areas and streets spreading safety message to further influence behavioural change and positive actions in line with the government directives and other instructions meant to curb the spread of the pandemic.

    RNP spokesperson, CP John Bosco Kabera said that the campaign is in line with the current situation when almost all businesses have resumed, but some of them don’t follow the safety instructions in provision of their services.

    “The government put much effort in containing the virus and created a safe atmosphere for most of the services to resume. However, we can’t lean back; the virus is still in our midst and transmitted by the people, who breach the recommended safety behaviours and practices. We are still in a fragile period when individual hygiene and safety choices our sole protection against COVID-19,” CP Kabera said.

    He observed that there are some individuals and business owners, whose actions still pose a threat to safety, and which can derail the national efforts to fight the pandemic.

    “The message is clear; wear a facemask properly covering your mouth and nose at all times you leave your home; wash or sanitize your hands as many times as possible; maintain social distancing… at least one metre between you and another person; there are also safety instructions when in the vehicle or taxi-moto, which must be adhered to.”

    Social distancing, washing hands before boarding and wearing facemask are also compulsory in public service vehicles.

    For those using motos, sanitizing hands, having own fabrics to be worn inside a helmet and paying transport fares using cashless services are the prerequisite.
    The campaign also emphasizes the 15 and 30 maximum numbers for civil and religious marriage, respectively.

    The directives also provide not more than 30 people for the burial ceremony.
    Equally, religious services are only allowed after inspection and upon approval by local leaders, and continuously adhering to safety guidelines issued by the Ministry of Health; businesses are encouraged to embrace cashless payment systems.

    The general public are urged to do away with the culture of shaking hands and hugging; sports activities are done individually and sports businesses prohibited; entertainment, bars, parties and other social gatherings in homes and public places as well as betting businesses are not allowed.

    CP Kabera said: “We are still seeing people undermining these safety guidelines, including movements beyond 9PM. As usual, the RNP way of policing is through awareness and education for the people to understand what is required of them; enforcement follows smoothly, as the public takes ownership of the process.
    We believe that when people are informed they also make informed and appropriate decisions, and this is the basis of this campaign.”

    “This is not the time to lean back and relax, but rather a period to take utmost individual responsibility to strengthen prevention actions against COVID-19 in all aspects as we go about our errands.”

    The public are urged to report any violations on 112 (emergency toll-free line) and 0788311155 (WhatsApp) as well as all other RNP known communication channels including social media platforms.

    RNP has deployed its vehicles and motorcycles mounted with loud speakers to convey the Dos and Don’ts designed to prevent further spread of COVID-19.

    IGIHE

    source https://en.igihe.com/news/article/police-in-fresh-campaign-on-covid-19-prevention-practices

  • Jay Polly yamaze kubona abamufasha mu bikorwa bya muzika nyuma yo kuva muri The Mane #rwanda #RwOT

    Ni alubumu izaba igizwe n’indirimbo 10 kuri ubu akaba amaze gutunganya zose mu buryo bw’amajwi naho amashusho akaba amaze gukora izigera kuri eshanu.

    Uyu muhanzi yatandukanye na The Mane mu Ukuboza 2019, nyuma y’umwaka yari amaze akorana na nayo.

    Mu kiganiro na UKWEZI, yatangaje ko ari gutegura alubumu ye ikaba iragera kwisoko bidatinze.

    Yagize ati “Mfite alubumu yanjye ndaza kuyibaha muminsi mike, ariko ntabwo mvuze ngo ngiye kuyisohora kuko nayitangiye mu mwaka washize haza kuzamo ikibazo cya Coronavirus gusa ntibyatubujije gukora twabashije kubona umwanya wo kuyitunganya neza ndi kumwe n’ikipe nini iyobowe n’abantu b’abasaza.”


    Reba hano ikiganiro twagiranye na Jay Polly

    Jay Polly avuga ko kuri ubu ari kumwe n’abantu bamufasha mu kuzamura izina rye nk’umuhanzi ariko banaharanira ko yatera imbere.

    Ati “Ubu twarahinduye turi kumwe n’abantu bakaze cyane ‘Team GK’. Yego ni ikipe imfasha nshya ariko ni iy’ubuvandimwe bitari bimwe bya mpa nguhe, niyo gusunika izina Jay Polly ngo rigere aho twifuza ko ryagera kandi hakwiriye”.

    Uyu muhanzi uri mu bakoze injyana ya Hip Hop mu bihe byo ha mbere kandi akitwara neza mu ruhando rwa muzika yavuze ko alubumu ye izaba yitwa ‘Mu Nkuta Enye’.

    Yakomeje agira ati “Vuba ndabanza gusohora video ya ‘Nyirizina’ isubiyemo”.

    Mu bari gukora kuri iyi alubumu ye harimo by’umwihariko mu buryo bw’amajwi harimo Lick Lick, Made Beat, Bob Pro mu gihe abazatunya amashusho barimo Medy Saleh ndetse na Fayzo n’abandi.


    Reba hano ikiganiro twagiranye na Jay Polly

    Yanditswe na Kubananeza Willy Evode

    source http://www.ukwezi.rw/Imyidagaduro/article/Jay-Polly-yamaze-kubona-abamufasha-mu-bikorwa-bya-muzika-nyuma-yo-kuva-muri-The-Mane

  • Migi arasubira muri Tanzania ku Cyumweru ashobora gutandukana na KMC, amakipe 3 aramwifuza #rwanda #RwOT

    Umunyarwanda ukinira ikipe ya KMC yo muri Tanzania, Mugiraneza Jean Baptiste[Migi], nyuma y’ikiruhuko gito arasubira muri Tanzania ku Cyumweru ariko akaba ashobora kutongera amasezerano mu ikipe ya KMC cyane ko hari andi makipe amwifuza.

    Nyuma y’uko shampiyona y’igihugu cya Tanzania irangiye Migi yahise aza mu Rwanda mu kiruhuko akaba amaze mu Rwanda icyumweru.

    Uyu mukinnyi ukina mu kibuga hagati yasoje amasezerano muri KMC azasubira muri Tanzania ku Cyumwweru tariki ya 16 Kanama 2020, gusa ngo n’ubwo KMC yamusabye kongera amasezerano ntabwo arafata umwanzuro kuko afite amakipe agera muri 3 muri Tanzania amwifuza.

    “Sindamenya ikipe nzakinira rwose ubu naba nkubeshye, ku Cyumweru ni bwo nzasubira mu kazi Dar es Salaam niko itike yanjye imeze, nzabimenya ngezeyo. KMC yansabye kongera amasezerano ariko mfite amakipe agera muri 3 anyifuza, rero sindahitamo, byose bizakemuka ngezeyo.” Migi aganira na ISIMBI

    Amakuru yavugwaga ko kuba yagaruka gukina mu Rwanda mu ikipe ya Kiyovu Sports akaba yo yayateye utwatsi ahamya ko byo bitashoboka.

    Migi agiye gusubira muri Tanzania gukemura ibi bibazo mbere y’uko isoko ry’igura rifungwa tariki ya 31 Kanama 2020, ni mu gihe biteganyijwe ko shampiyona y’iki gihugu umwaka w’imikino wa 2020-2021 izatangira mu kwezi gutaha kwa Nzeri.

    Migi ahamya ko ashobora gutandukana na KMC

    source http://isimbi.rw/siporo/article/migi-arasubira-muri-tanzania-ku-cyumweru-ashobora-gutandukana-na-kmc-amakipe-3-aramwifuza

  • NGBANDA ZAMBO KO ATUMBA adresse à Gutierres (ONU) des affabulations haineuses contre les Banyamulenge #rwanda #RwOT

    Les canulars d’un Terminator
    Et par cette énième note de désinformation, Ngbanda croit pouvoir informer l’ONU. Dans une récente lettre qu’il vient d’adresser au Secrétaire général Gutierrez, se basant sur un lambeau de papier sans titre ni date, Sieur Ngbanda prétend que les Banyamulenge sont « ces réfugiés tutsi-rwandais communément appelés les « Banyarwanda », qui ont été accueillis par le Haut-Commissariat des Nations Unies pour les Réfugiés (HCR) et placés dans la même période à Lemera, Mulenge et Katobo, …..

    Le monsieur prétend-t-il être mieux informé que les Nations – Unies en ce qui concerne les mouvements des réfugiés au Congo et de par l’Afrique des Grands Lacs ? Croit-il connaitre davantage la légalité de la situation dans laquelle vivent actuellement les Banyamulenges plus que les Nations – Unies représentées par la MONUSCO qui est sur place ? Pense-t-il que Gutteres est, comme le commun des mortels pauvres congolais, mal informé de la situation d’insécurité persistante que connaît cette région ?

    Dans une diversion qu’il a maintes fois gauchement utilisé dans ses propos vénimeux, il a annexé à sa lettre un procès-verbal de la régie des frontières des administrateurs des territoires de Mwenga et Fizi tenue au Mont Kahwelale 21 Septembre 1953. Ce procès-verbal était signé par VAN CANTER administrateur du territoire a.i de Fizi et SCHWALL Jean administrateur du territoire, assistant titulaire en présence de Monsieur Guerlement Arille et différents notables Babembe, les notables Banyamulenge ayant refusé de signer afin de ne pas être délocalisés.

    Ledit document indique exactement (pour ceux qui connaissaient les lieux) les terres habitées par les Banyamulenges expropriées au profit d’un belge Louis RIGA pour y ériger une ferme de ses vaches de race améliorée. Les Banyamulenge de la place ont été obligés de quitter les lieux pour s’implanter à Lulenge. Barbant et Nzweve (2013) se basant sur le témoignage d’un ancien employé de RIGA résument sa présence ainsi :

    « Un belge dénommé Riga, qui avait en 1953 une petite ferme à Rugombo, au Burundi (face à la Plaine de la Ruzizi). Il est venu avec 150 bêtes de race rwandaise. (…) En 1956, il a commencé l’élevage moderne en faisant venir des vaches modernes du Kenya et de la Tanzanie, puis en faisant de la race améliorée. Il alimentait alors toutes les boucheries de Mwenga, Kamituga et Bukavu. Au moment de l’indépendance il avait 10.000 bêtes sur les Hauts Plateaux, à Tulambo et Minembwe. Quand l’indépendance est arrivée, il a commencé à vendre les vaches. Il en a vendu 7.000, il en restait 3.000. En 1964 ça a été le début de la rébellion. Ils ont pillé toutes les vaches des Belges, avant de s’en prendre à celles de Banyamulenge, qui ont fui jusqu’à Sange. »

    Les deux précédents paragraphes montrent combien les propos de sieur Ngbanda sont contradictoires, car d’une part, parle-t-il que les Banyamulenges ont été accueilli en 1959 par le HCR et d’autre part, il dit qu’ils ont été chassés des terres qu’ils habitaient en 1953. Le Paranoïaque Ngbanda pousse souvent ses raisonnements obsessionnels jusqu’à l’absurdité. Croire au délateur, on perd tous les amis, dit un adage arabe.

    Racisme primaire
    Qui plus est, animé d’un racisme primaire au modèle de l’antisémite tel qu’Hervé l’avait pensé dans son « Tintin au Congo », il fait un appel à la haine et au massacre ethnique et s’attaque avec véhémence aux cris de détresse, un SOS « SAVE MULENGE ! SAVE MULENGE ! » que les Banyamulenge lancent aux personnalités tant nationales qu’internationales. Indubitablement, ils sont réellement visés d’une extermination diablement préparée par une constellation des machines à tuer regroupées au sein des milices Mai-Mai issus des communautés Babembe, Bafuliro et Banyindu téléguidées par des haineux tireurs des ficelles. Ces fielleux se retrouvent dans la diaspora congolaise ayant à leur tête Ngbanda, Mlongecha et parmi les élus locaux tel que Homer Bulakari, Bitakwila, Kaluba etc… appuyés par certains éléments des FARDC qui se partagent les butins provenant des prébendes engrangées de bétails razziés de Banyamulenge. Monsieur, Ngbanda nous les savons et actons. La bataille est rude et elle n’est pas la première et ne seras peut-être pas la dernière. Certes, la victoire appartiendra aux endurants.

    Une autre rengaine de tous les jours que l’ancien conseiller en matière de sécurité de Mobutu est le vocable « Banyamulenge », qu’il appelle invention des lobbies tutsi-rwandais et la cause de toutes les violences à l’Est de la RDCongo. L’Impénitent, l’homme comme s’il était le géniteur des Banyamulenges, croit encore avoir le droit de les nommer ou les renommer. La dénomination alternée et la bonne vie et mœurs de Sango – Yakoma en République Centrafricaine et en RDC ne le préoccupent pas du tout, alors qu’ils vivent dans des conditions exécrables et infrahumaines. Par contre, le nom de Banyamulenge et leur bravoure lui rendent invariablement insomniaque et somnambule selon la météo. Il n’est pas le seul, ils sont nombreux dans la galerie anti-Tutsi au pays de Patrice Emery Lumumba comme à l’étranger.

    Toutefois, à tous les détracteurs de Banyamulenge qui s’évertuent éperdument de les renommer en les qualifiant de Banyarwanda soi-disant « Banyamulenge », qu’ils sachent que le nom de Banyamulenge est désormais « gravé » dans les marbres et dans les annales de l’histoire de l’humanité et que depuis Kanihura-Minembwe jusqu’au palais de verre de New-York, personne, je dis bien personne, n’a la latitude de les gommer pour le renommer. Ils sont libres et ont le droit à l’autodétermination ou de disposer d’eux-mêmes. Que Ngbanda et ses sbires s’ envolent dans les nuées du firmament pour prier les dieux de Baal qui ne viennent jamais, qu’ils aillent dans les abysses pour invoquer les démons ou qu’ils fassent appels à tous les vaudous dont regorge la région avec leurs gris-gris, nul ne trouvera la technologie pour le dégraver.

    Des coups désordonnés ici et là, Ngbanda n’oublie pas les USA

    Par excès de zèle Ngbanda se permet d’interpeller le Congrès américain car, Curtis le sénateur américain a plaidé la cause de Banyamulenge. Le ridicule ne tue pas dit-on. C’est agir comme un djihadiste-satrape qui admoneste une leçon de démocratie aux helvètes.

    Ngbanda et ses adeptes colporteurs de la haine ethnique devraient faire l’objet d’une poursuite judiciaire par la justice congolaise ou, à défaut, la CPI de La Haye fomentations affabulatoires et des appels incessants à la haine ethnique. Les nations-unies sont les mieux indiquées pour ce faire et dénicher tous ces haineux dans leurs niches dorées.

    Les pays tels que la France et la Belgique et surtout les instances internationales habilitées devraient suivre et déférer devant la justice ces genres des personnes. Les Nations-Unies auxquelles Ngbanda s’est adressé peuvent aider à décanter cette situation et à dissiper ces nuages de haine et de racisme enracinée dans notre beau et grand pays en appliquant scrupuleusement la rigueur de la loi.

    * L’auteur de ce texte Rumenge Nt. Alain, M. Sc.infirmières est joignable à l’adresse e-mail Email : [email protected] Twitter : rumenge1. Enseignant à la Faculté des Sciences de Santé, il est ouvert au débat sur la question qui est objet ci haut

    Alain Rumenge

    source https://fr.igihe.com/NGBANDA-ZAMBO-KO-ATUMBA-adresse-a-Gutierres-ONU-des-affabulations-haineuses.html