Tag: news

  • Inkomoko y’Insigamigani: Yazize Abaswere! #rwanda #RwOT

    Uyu mugani bawuca iyo babuze agashweshwe k’icyo umuntu yazize; nibwo babura uko babikika bagapfa kuvuga bati “Yazize abaswere. Wakomotse kuri Kiranga cya Sagashya w’i Magu na Rugarika (Gitarama); ahasaga mu mwaka w’i 1600.

    Mu mateka y’u Rwanda, harimo n’ayacukumbuwe n’Umupadiri Leon Delmas, mu gitabo cye yise “Généalogies da la Noblesse du Rwanda,” aho yagiye agaragaza amwe mu moko y’Abanyarwanda n’inzu ziyakomokaho.

    Muri iryo sesengura niho yanagaragaje ko hariho ubwoko bw’inzu bwitwa “Abega b’Abaswere.” Nubwo we yasobanuye ko ari Abega b’Abahutu, ariko abacukumbuzi b’amateka y’impitabihe ku Rwanda, ntabwo ari ko babigaragaza kuko amateka nyakuri agaragaza ko bafite inkomoko kuri iyi nsigamigani.

    Ubundi kera ubwoko bw’Abega bwari bumwe bwose, bukeye ku ngoma ya Mibambwe Gisanura bicamo ibice bibiri babitewe n’inzigo. Hariho umugabo w’umwega witwa Kiranga, agatura i Magu na Rugarika (Komini Musambira0, bukeye uyu mugabo Mugarura w’umutsobe wari umwiru mukuru n’umutware wa Gisanura wari utuye i Kinyambi cya Runda na Gihara, arongora mubyara wa Kiranga witwaga Nyirandama ya Mpungawo ku Muremure wa Ngoma; hamwe no kwa Kiranga uwo.

    Yamushyize mu rugo rwe rw’i Kinyambi, Nyirandama amaze kurongorwa, Kiranga ajya gukeza kwa Mugarura, biba kwisanga kuko mubyara we yari inkundwakazi.

    Mugarura yaramukunze cyane bimutonesha; amugira umutware w’urwo rugo rwe rw’i Kinyambi, ari rwo rwa Nyirandama. Kiranga amaze kwizihirwa n’ubutoni, yuzura na mubyara we Nyirandama karahava; ndetse ak’ububyara gatuma ahinduka nka nyirurugo.

    Rubanda rwaje gutangira kubihurahura babihwihwisa, kugeza ubwo bagenzi be batangiye kumurega kuri shebuja, ariko Mugarura yanga kubyumva, kuko yamukundaga cyane. Abandi nabo banze gushirwa bagumya kumureguza, kugeza ubwo ibirego bimwuzuyemo.

    Yaje gushyiraho ingenza zo kumugenzurira rwihishwa ngo nizibibona zizamufate abone icyaha cyo kumunyaga. Ingenza zitangira ubwo zirubikira. Nyirandama na Kiranga ntibakabimenye kuko byagirwaga rwihishwa.

    Rimwe rero Mugarura yari yaragiye mu rugo rwe rw’i Bunyonga h’i Kayenzi (Gitarama), Kiranga na Nyirandama baza gushyikirana, icyo gihe ingenza zari ziberetse bugufi aho; zigira zitya ziroha mu nzu zibagwa gitumo, Kiranga arahubuka; ahubukana icumu, bagiye kumufata aritikura umwe mu ngenza amutsinda aho; akaba Umutsobe mwene wabo wa Mugarura.

    Intumbi imaze kugarama, Kiranga yarahunze ajya iwe i Magu; akoranya umuryango we awumenyesha ko yishe mu Batsobe, bose bahera ko bisuganya bateranira hamwe kugira ngo barinde inzigo. Hagati aho inkuru ishya umuti igera kuri Mugarura i Bunyonga; bamumenyesha ko Kiranga yishe mwene wabo wari mu ngenza ze.

    Mugarura yavuye i Bunyonga igitaraganya ajya i Kinyambi ahambisha ya ntumbi, imaze guhambwa, Abatsobe bajya inama yo gutera Abega b’i Magu bashaka guhora. Bamwe, bagiraga bati “Turatera mu Bega b’i Magu baratumara dushirire yo turi benshi kandi twahoreraga umuntu umwe,” bati “Ahubwo ibyiza ni uko twajya kurega ibwami.”

    Bemeje ibyo; Mugarura abajya imbere n’i Bumbogo kwa Gisanura, akoma yombi, ati “Nyagasani, Abega banyiciye umuvandimwe, none ndagusaba kubatumira ngo ubambarize icyo bamuhoye.”

    Bahise bahutikanya barabatumira, baritaba; basanga Gisanura i Bumbogo. Bagezeyo Mugarura ashinga urubanza, mu buryo yahatse Kiranga akamukiza; hanyuma we akarenga akamucyurira urugo.

    Yunzemo n’uko yishe murumuna we wari usanzwe aryamanye n’umugore we; yamwumva agashiguka akamutikura icumu, akamutsinda aho. Babajije Kiranga icyo yamuhoye, araricurika ararahira ati “Uwo muntu namwishe nte ko maze iminsi ndi iwanjye narasezeye kuri Mugarura, ngo njye kumara urubanza kandi ko rubanda rwose rubizi?”

    Icyatumye abivuga atyo ni uko yamwishe rwihishwa nta wundi muntu uhari; yemwe nta n’induru yavuze! Ubwo ariko mbere yo gucirwa urubanza, ibwami bari batumije Nyirandama muka Mugarura bamubaza ko bamusanganye na Kiranga koko; arabihakana arumiriza; ahubwo abemeza ko Kiranga yari yarasezeye agataha.

    Ati “Uwo yapfuye undi amaze amezi abiri iwe,” bamubaza ko yamenye uwishe uwo muntu; ati “Twarabyutse dusanga intumbi igaramye mu rugo, sinamenye uwamwishe.”

    Naho ni inama y’Abega b’i Magu, Abatware bari aho batangishije Mugarura abagabo arababura, umwe mu Bega bari aho abindikirana Gisanura, ati “Ca inzigo ubwo ngubwo uwo muntu yishwe n’abaswere (abasambane) ntiyishwe n’Abega!”

    Rubanda rwumvise iryo jambo abaswere, inkwekwe bayivaho biyamirira, barabiseka bihinduka urwenya; ndetse na Gisanura arabiseka, Mugarura arumirwa abura icyo avuga; Gisanura aca inzigo.

    Kuva ubwo, Abega bakomoka kwa Kiranga batangiye kubita “Abaswere”. Ucitse aha, bati “Ni umuswere;” ucitse aha, bati “Ni umuswere!” Bakomeza kubyogeza biviramo guhinduka nk’ubwoko bw’uburasangata; ariko bubi kuko byaturutse ku nzigo.

    Niyo mvano y’uyu mugani bacira ku muntu bayobewe agashweshwe k’icyo yazize; babura uko babivuga, bati “Ubwo ngubwo yazize Abaswere!” Kuzira abaswere — Kuzira inkonkobotsi itazwi.

    source http://isimbi.rw/andi-makuru/article/inkomoko-y-insigamigani-yazize-abaswere

  • Mugisha Gilbert yavuze ku by’umwenda afitiwe na Rayon Sports #rwanda #RwOT

    Umukinnyi wa Rayon Sports usatira anyuze ku mpande, Mugisha Gilbert avuga ko ubu yamaze kumvikana na Rayon Sports ku birarane bamufitiye ndetse ko bizishyurwa mu gihe cya vuba.

    Mugisha Gilbert ni umwe mu bakinnyi bishyuza Rayon Sports, ibirarane by’umushahara ndetse n’amwe mu mafaranga yasigaye atabonye ubwo yongeraga amasezerano.

    Aganira n’ikinyamakuru ISIMBI, Mugisha Gilbert yavuze ko ibibazo byakemukiye mu mwiherero bari bagiyemo ubu nta kibazo gihari.

    Yaize ati“Ubu njye n’ikipe yanjye nta kibazo, yego hari amafaranga bamfitiye kandi sinjye njyenyine, ntuzi ko twari twagiye mu mwiherero se? Ibintu rero twabikemuriyeyo nta kibazo gihari, mu minsi mike biraba byarangiye byose.”

    Uyu musore kandi yateye utwatsi amakuru yagiye avugwa ko ashobora gutandukana n’iyi kipe akaba yakwerekeza ahandi, akaba yavuze ko na we abyumva mu bitangazamakuru nk’abandi.

    Mugisha Gilbert avuga ko ikibazo cye na Rayon bakiganiriyeho

    source http://isimbi.rw/siporo/article/mugisha-gilbert-yavuze-ku-by-umwenda-afitiwe-na-rayon-sports

  • COVID-19: Ingendo rusange zihuza intara n’umujyi wa Kigali zongeye gufungwa #rwanda #RwOT

    Mumyanzuro y’Inama y’Abaminisitiri hibanzwe mu gukaza ingamba zo kwirinda icyorezo cya COVID-19 nyuma y’uko hagaragaye ubwiyongere bukabije bw’ubwandu ndetse n’umubare wabapfa, yanzura ko ingendo zibujijwe guhera saa moya z’ijoro aho kuba saa tatu kugera saa kumi n’imwe z’igitondo nk’uko byari bimeze.

    Kugeza ubu umujyi wa Kigali ukomeje kwiharira umubare munini w’abandura mu bipimo bya burimunsi byerekanwa n’inzego z’ubuzima.

    hamaze kuboneka 3625 banduye mu bipimo 383 481, abagera ku 1810 barayikize mu gihe 1800 bakitabwaho n’abaganga naho 15 bitabye Imana.
    Inama y’Abaminisitiri yanzuye ko mu kugabanya ubu bwandu, usibye amasaha y’ingendo yashyizwe saa moya aho kuba saa tatu nk’uko byari bimenyerewe, ubu ingendo hagati y’Umujyi wa Kigali n’izindi ntara hifashishijwe imodoka rusange nazo ntizemewe.
    Ni mu gihe ingendo zo kujya cyangwa kuva mu Karere ka Rusizi zahagaritswe uretse amakamyo atwaye ibicuruzwa gusa.
    Ingamba rusange zo kwirinda indwara ya COVID-19
    a. Udupfukamunwa tuzakomeza kwambarwa neza igihe cyose umuntu agiye aho ahurira n’abandi bantu.
    b. Serivisi zose zemerewe gukora zizakomeza kubahiriza amabwiriza atangwa n’inzego z’ubuzima (gukaraba intoki, kwambara udupfukamunwa, gusiga intera hagati y’umuntu n’undi).
    c. Abacuruzi bose barakangurirwa kwemera kwishyurwa hakoreshejwe ikoranabuhanga nka bumwe mu buryo bwo kwishyurana.
    d. Ingendo zirabujijwe guhera saa Moya z’ijoro (7:00 pm) kugeza saa Kumi n’imwe za mu gitondo (5:00 am).
    Ingamba zihariye zizubahirizwa mu Mujyi wa Kigali
    a. Ingendo mu modoka rusange (public transport) hagati y’Umujyi wa Kigali n’izindi ntara zirabujijwe.
    b. Ingendo mu modoka bwite (private transport) hagati y’Umujyi wa Kigali n’izindi ntara zizakomeza ariko hubahirizwa amabwiriza y’inzego z’ubuzima.
    c. Ibikorwa by’inzego za Leta bizakomeza ariko buri rwego rwa Leta rurasabwa gukoresha abakozi batarenze mirongo itatu ku ijana (30%) by’abakozi bose, abandi bakozi bagakorera mu rugo atiko bakagenda basimburana.
    d. Ibikorwa by’Inzego z’abikorera bizakomeza ariko buri rwego rugakoresha mirongo itanu ku ijana (50%), abandi bakozi bagakorera mu rugo ariko bakagenda basimburana.
    e. Amasoko n’amaduka (malls and markets) agomba gukora ku gipimo cya mirongo itanu ku ijana (50%) by’abayacururizamo, ariko basimburana.
    f. Amateraniro rusange arabujijwe, uretse amateraniro y’ingenzo ku babiherewe uburenganzira kandi umubare wabo nturenge 30% by’ubushobozi bwo kwakira abantu bw’aho bateranira. Uruhushya ruzajya rutangwa n’inzego z’ibanze ndetse n’Urwego rushinzwe Iterambere mu Rwanda (RDB) habanje gusuzumwa ko amabwiriza y’inzego z’ubuzima yubahirijwe.

    g. Ibikorwa by’ubukerarugendo bw’imbere mu gihugu n’ubukerarugendo mpuzamahanga bizakomeza ariko ba mukerarugendo bagomba kuba bafite impushya zo gusura zemewe ndetse n’ibisubizo bigaragaza ko nta bwandu bwa COVID-19 bafite.
    Serivisi zizakomeza gukora mu gihugu hose

    a. Ibikorwa by’inzego za Leta bizakomeza ariko buri rwego rwa Leta rurasabwa gukoresha abakozi batarenze mirongo itatu ku ijana (30%) by’abakozi bose, abandi bakozi bagakorera mu rugo atiko bakagenda basimburana.
    b. Ibikorwa by’Inzego z’abikorera bizakomeza ariko buri rwego rugakoresha mirongo itanu ku ijana (50%), abandi bakozi bagakorera mu rugo ariko bakagenda basimburana.
    c. Abategura inama (conferences/meetings) barasabwa kubahiriza ingamba zo kwirinda COVID-19.
    d. Ibikorwa by’ubukerarugendo bizakomeza.
    e. Abagenzi bose baza ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kigali bagomba kuba bapimwe COVID-19 mu masaha 120 mbere yo guhaguruka kandi bakubahiriza amabwiriza y’inzego z’ubuzima.

    f. Ibikorwa bya siporo zikorerwa hanze abantu bategeranye bizakomeza. Icyakora siporo ikorewe mu nyubako z’imyidagaduro (gyms) irabujijwe.

    g. Moto zizakomeza gutwara abagenzi, uretse mu duce twashyizwe muri gahunda ya Guma mu Rugo (lockdown). Abatwara moto barasabwa kubahiriza amabwiriza y’isuku no kwambara udupfukamunwa buri gihe.

    h. Umubare w’abitabira ikiriyo ntugomba kurenga abantu 15 icyarimwe.
    i. Insengero zemerewe gukora hubahirijwe ingamba zo kwirinda COVID-19.
    j. Ishyingirwa rikorewe imbere y’Ubuyobozi rizakomeza ariko ryitabirwe n’abantu batarenze 15.

    k. Imihango y’idini yo guherekeza/gusezera uwapfuye mu nsengero izakomeza,ariko ikitabirwa n’abantu batarenze 30. Imihango yo gushyingura nayo ntigomba kurenza abantu 30.
    Serivisi zizakomeza gufunga mu gihugu hose
    a. Ingendo zo kuva no kujya mu Karere ka Rusizi zirabujijwe uretse amakamyo atwaye ibicuruzwa.

    b. Amashuri azakomeza gufunga mu gihe hakinozwa isesengura ry’inzego z’ubuzima n’iz’uburezi ku bijyanye n’uburyo amashuri yakwigisha hubahirizwa ingamba zo kurwanya COVID-19. Kwiga hifashishijwe ikoranabuhanga bizakomeza kandi bigomba kongerwamo imbaraga.

    c. Imipaka yo ku butaka izakomeza gufungwa, uretse ubwikorezi bw’ibicuruzwa (cargo trucks). Abanyarwanda n’abandi bantu basanzwe batuye mu Rwanda bemerewe gutaha, ariko bagahita bashyirwa mu kato (isolation) nk’uko amabwiriza y’inzego z’ubuzima abiteganya. Abari mu kato biyishyurira ikiguzi cya serivisi zose bahabwa.
    d. Ibikorwa by’imikino y’amahirwe birabujijwe.
    e. Utubari twaba utwo mu marestora no mu mahoteli tuzakomeza gufunga.

    The post COVID-19: Ingendo rusange zihuza intara n’umujyi wa Kigali zongeye gufungwa appeared first on KASUKU MEDIA.

    source https://kasukumedia.com/covid-19-ingendo-rusange-zihuza-intara-numujyi-wa-kigali-zongeye-gufungwa/

  • ACP Lynder Nkuranga, umugore wari ukomeye kurusha abandi muri Polisi y’u Rwanda yazamuwe mu ntera #rwanda #RwOT

    Uyu mwanya yawusimbuyeho Rtd Colonel Kalibata Anaclet wawugiyeho mu kwezi k’Ukwakira 2018, avuye nabwo ku buyobozi bw’urwego rw’abinjira n’abasohoka mu gihugu.

    ACP Lynder Nkuranga niwe mugore wari ufite umwanya ukomeye mu buyobozi bukuru bwa Polisi y’u Rwanda kandi yagiye anakora imirimo itandukanye mu buyobozi bwa Polisi y’igihugu.

    ACP Lynder Nkuranga yamenyekanye cyane mu itangazamakuru mu mwaka wa 2017 ubwo yari umuvugizi wa Polisi wungirije ku rwego rw’igihugu, icyo gihe yari yungirije Theos Badege. Muri icyo gihe, Lynder Nkuranga yari afite ipeti rya Chief Superintendent.

    Aha Lynder Nkuranga yari afite ipeti rya Chief Superintendent ubwo yabaga Umuvugizi Wungirije wa Polisi ku rwego rw’igihugu

    Niwe mugore rukumbi wabaye umuvugizi wa Polisi ku rwego rw’igihugu, n’uyu mwanya w’umuvugizi wungirije nta wundi muntu wari wawuhabwa haba mbere ye na nyuma ye, umuvugizi wa Polisi ubundi ntakunze kugira umwungirije.

    Muri Mutarama 2018, ubwo Perezida Kagame yazamuraga mu ntera abofisiye ba Polisi y’u Rwanda, yanazamuye Lynder Nkuranga, hamwe n’abandi bagore bagenzi be babiri Rose Muhisoni na Teddy Ruyenzi, bose bahawe ipeti rya Assistant Commissioners of Police (ACP). Iri ni ipeti rya kane rikomeye mu gipolisi cy’u Rwanda.

    Aba bagore uko ari batatu banashyizwe mu myanya y’ubuyobozi bwa Polisi mu mashami atandukanye, ariko by’umwahariko ACP Lynder Nkuranga we yari umwe mu bagize ubuyobozi bukuru bwa Polisi buzwi nka Police Command, mu bapolisi bakuru babugize uko ari 36 akaba ari we mugore rukumbi wari urimo aho yari ashinzwe ibikorwa by’imikoranire n’izindi nzego (Commissioner for Cooperation and Protocol).

    Uretse uyu mwanya, ACP Lynder Nkuranga asanzwe ari n’Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Urwego rushinzwe kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina (Executive Director for the Regional Center of Excellence on GBV)

    source http://www.ukwezi.rw/mu-rwanda/2/article/ACP-Lynder-Nkuranga-umugore-wari-ukomeye-kurusha-abandi-muri-Polisi-y-u-Rwanda-yazamuwe-mu-ntera

  • La CIRGL organise une rencontre des Chefs de renseignement rwandais et burundais a la frontiere de Nemba #rwanda #RwOT

    Les deux Chefs de renseignement militaire rwandais (a gauche) et burundais (a droite) marchent cote a cote vers la salle de reunion. Le mediateur de la CIRG se met en retrait a gauche

    Une heureuse initiative de la CIRGL
    Le Rwanda était représenté par le Gén. Vincent Nyakarundi et le Burundi par le Col. Ernest Musaba. Le principal organisateur de la rencontre, l’EJVM, était représenté par le Col. Léon Mahoungou.

    D’entrée de jeu, le Col. Mahoungou a pris la parole pour déplorer le déficit sécuritaire constaté depuis 2015 le long de la frontière entre les deux pays avant d’inviter les deux parties à débattre en toute liberté et franchise sur les causes de cette situation précaire et de tenter des solutions.

    « Je vous annonce qu’au cours de la séance de débat, il n’y aura pas de limitation de durée de prise de parole. Néanmoins, je vous invite à la concision et précision dans vos débats », a tenu à préciser le colonel Mahoungou.

    Col Leon Mahoungou annonce le plan de travail de la rencontre

    Prenant la parole à son tour, le Gén. Vincent Nyakarundi a déploré l’opacité entretenue par la partie burundaise autour des incursions meurtrières sur le territoire rwandais venant du Burundi sont incontrôlées. Il a parlé de la présence de groupes anti rwandais des FLN/ CNRD (Forces Nationales de Libération- Conseil National pour le Renouveau et la Démocratie) dans la Réserve naturelle de la Kibira burundaise formant un prolongement de la Nyungwe rwandaise.

    Cette rencontre prépare-t-elle celle des Chefs d’Etat Major des deux armées ?

    « Je vous invite au débat franc », a dit Mahoungou suggérant que dans le canevas de la réunion, le premier exposé reviendra à la partie burundaise et qu’à la fin de la rencontre, « la partie rwandaise présentera des approches pour le règlement des défis constaté (et qu’elle sera) suivie par la partie burundaise… ».

    Une bonne méthodologie de travail dites-vous ? Oui en effet, à part que les questions à verser au débat sont de taille. Et chaque pays devra faire des concessions très pénibles pour renormaliser la situation.

    La partie burundaise sera-t-elle capable de revoir son plan qu’elle mijote serieusement depuis longtemps et pour lequel elle a invité sur son sol et en formation de bataille le long de la frontière rwando burundaise, beaucoup d’éléments FDLR/Forces Démocratiques de Libération du Rwanda ? A quel prix pourra-t-elle extirper ces éléments de ses bataillons militaires déployés le long de la frontière commune, certainement prêts à en découdre avec l’autre cote de la Kanyaru ?

    Et comment la partie rwandaise pourra-t-elle traiter les auteurs du putsch manqué de 2015 au Burundi à qui elle a donné asile et qui ne cogitent pas ?

    Une rencontre détendue

    On a vu les deux chefs des services de renseignement des deux pays causer entre eux sans gêne en présence du Médiateur de l’EJVM. Pourtant la tâche qui les attendait au cours des débats à huis clos doit avoir été énorme.

    Une causerie de bon gout entre les trois militaires Col Mahoungou (EJVM) a gauche, Gen. Nyakarundi (Rwanda) au Centre et Col. Musaba (Burundi) a droite. Une reunion qui s’annonce detendue !

    Une photo souvenir de la rencontre

    Jovin Ndayishimiye

    source https://fr.igihe.com/La-CIRGL-organise-une-rencontre-des-Chefs-de-renseignement-rwandais-et.html

  • DRC Presidency Denies Consuming U$17.6 million In One Month #rwanda #RwOT

    Congolese President Felix Tshisekedi has denied newspaper reports that his office spent an extravagant U$17.6 million in the month of July alone. His office said he is a clean leader that even returns money unspent from missions abroad.

    Jeune Afrique a pan-African magazine published in Paris reported in its August 18th edition that the Congolese presidency had spent more money in July than it had budgeted for three months ahead.

    The Presidency has been at the forefront of fighting corruption including throwing its chief of staff Vital Kamehre under the bus for syphoning billions meant for financing projects under the first 100-days of his boss.

    However, with details in the Jeune Afrique article titled; “DRC: the quarterly budget of the presidency of the Republic consumed in one month”, Tshisekedi is being pressed tested by his own measures.

    In an 11-point rebuttal, the Congolese presidency said that it categorically denies the erroneous allegations of Jeune Afrique.

    “This magazine drew hasty and erroneous conclusions based on partial data from a single stage of the public expenditure process, thus exposing the country’s leading institution to public contempt,” reads in part a lengthy statement shared on the official twitter handle of the presidency.

    The presidency describes Tshisekedi as a very accountable and non-corrupt leader who even returns money that is not spent while on trips abroad.

    “Recall that the head of state at the dawn of his official trip to an African country had returned to the Treasury the remainder of the mission expenses. This strong gesture was made by His Excellency the President of the Republic to underline his attachment to the good management of public funds,” the statement said.

    The Jeune Afrique article, said the Congolese Presidency consumed U$17.6 million for the month of July on budget forecasts of U$16 million for the combined months of July, August and September 2020.

    The presidency argues that Jeune Afrique should have corroborated with the Cash Flow Plan established at the Ministry of Finance rather than in the Commitment Plan of the Ministry of Budget.

    “In particular the main public expenditure accountant assigned to the presidency by the Ministry of Finance for has exact figures on what the Presidency actually consumed,” the rebuttal reads in part.

    According to the Congolese Presidency the cash flow plan indicates that for the month of July, the presidency of the Republic only consumed the equivalent of approximately U$10 million, or 19,923,000,000 Congolese francs. There is therefore a difference of more than U$7.6 million compared to the amounts advanced by Jeune Afrique which never entered the books of the presidency, but which appears in the Commitment Plan.

    This budget of U$10 million was used in particular for the remuneration of the staff of the Presidency of the Republic and for operating costs.

    The President of the Republic institution to fulfill its high state offices has several services grouped together under the term Presidency of the Republic. These include:

    1. The office of the President of the Republic,
    2. The Personal Services of the Head of State,
    3. The National Security Center,
    4. The particular staff of the Head of State,
    5. The National Service,
    6. The Monitoring Mechanism,
    7. The Presidential Clinic of the AU,
    8. Good governance and fight against corruption,
    9. The official journal,
    10. The State Protocol,
    11. and the fight against sexual violence.

    source https://taarifa.rw/drc-presidency-denies-consuming-u17-6-million-in-one-month/

  • Kenya To Open Night Clubs Despite Surge In Covid-19 Cases #rwanda #RwOT

    Kenya government on Wednesday said it was considering lifting a ban on night clubs as the demand to completely ease covid-19 restrictions gains momentum.

    President Uhuru Kenyatta has asked bar owners and the Health Ministry to jointly develop guidelines that would promote social distance and hygiene in the quest to strike a balance between promoting the hospitality industry and curbing the spread of Covid-19.

    “In the next 30 days, bar owners, in consultation with the Ministry of Health will develop self-regulating mechanisms as part of their civic responsibility to their clientele, in order to allow their resumption,” Uhuru said on Wednesday during a televised address.

    Kenya is the worst hit compared to its neighbours in the EAC regional bloc. So far the government has recorded 33,016 positive cases and 564 deaths. The alarming infections propelled the government last month to ban restaurants from selling alcohol to contain the virus.

    The East African economy shut down bars on March 25.

    President Uhuru has also extended a nationwide curfew for 30 days, saying covid-19 cases were rising in areas outside Nairobi and Mombasa — which were under lockdown for three months, adding that infections were slowing in the two cities.

    “This crisis has, however, begun to percolate to the counties. The new frontier of this invisible enemy is increasingly shifting to the counties and to our rural areas,” Uhuru said.

    The Kenyan leader ordered bars and nightclubs shut for another 30 days – but increased the number of people allowed to attend weddings, funerals and other events to 100 from 15.

    He however, allowed hotels with residence or room services to sell alcohol, a month after he banned restaurants from selling beers and spirits.

    In July, Tourism Cabinet Secretary Najib Balala gave lodges, hotels and resorts a go-ahead to sell alcohol to their checked-in clients inside their rooms and not in public areas within the facilities.

    source https://taarifa.rw/kenya-to-open-night-clubs-despite-surge-in-covid-19-cases/

  • Imibare y’abanduye Coronavirus yongeye gusubira hasi, haboneka abarwayi 88 ba Covid-19 #rwanda #RwOT

    Imibare itangazwa na Minisiteri y’ubuzima ku cyorezo cya Covid-19, uko kiriwe kifashe mu masaha 24 ashize y’uyu wa 26 Kanama 2020, igaragaza ko abantu 88 aribo basanzwemo iki cyorezo mu bipimo 5,467 byafashwe none.
    Dore uko imbonerahamwe igaragaza ishusho rusange y’umunsi;

    Munyaneza Theogene / intyoza.com

    source http://www.intyoza.com/imibare-yabanduye-coronavirus-yongeye-gusubira-hasi-haboneka-abarwayi-88-ba-covid-19/

  • AC Group Struggles To Fix Kigali Bus Internet Crisis #rwanda #RwOT

    It has emerged that on Wednesday late night till morning, technicians from AC Group Company were dispatched to Kigali’s largest bus terminal, Nyabugogo. Their assignment was to fix routers in buses and reload them with internet ahead of a cosmetic public relations stunt.

    After a year-long investigation Taarifa had earlier revealed commuters were not accessing internet for several months in over 450 buses yet a mandatory Rwf10 for internet is deducted from every passenger whether they use it or not.

    AC Group Company trashed Taarifa findings in a wordy press release saying, “On August 21st and 25th, Taarifa made false claims about AC Group.” The presser did not address the alleged false claims.

    The presser also claims “all buses operating in Kigali are installed with routers and over 81.6 terabytes are consumed per month in all buses.” The presser doesn’t not indicate whether all installed routers beam internet to passengers that pay 10 francs to access data.

    For the past year, Taarifa Investigative desk has been carefully tracking the use of Tap&Go cards by Kigali commuters but also keeping an eye on internet services in the buses.

    The supply of both internet and cards is well reflected in the contract between AC Group and RFTC- a transport federation. In the contract, AC Group is obliged to also fit cameras inside these buses.

    Taarifa findings with practical evidence revealed that, AC Group has never fitted cameras in these buses. The cameras are supposed to record any passenger entering the bus and their numbers would be used in relation with the money deducted from Tap&Go cards.

    Since there are literally no cameras in the 450 buses as reflected on the company website, it is technically impossible for the company to be audited as there would be no basis to reject any figures they would provide incase any agency with vested interest would make requests.

    “The supplier will provide cameras and sensors mounted on the bus within two months and four months of the contract date respectively,” reads part of the contract the operative provisions among the responsibilities of the supplier.

    Meanwhile, for every passenger that enters these buses, they have to direct their Tap&Go cards towards a gadget at the bus door, with help of a censor the gadget reads the card and automatically deducts money which also includes Rwf10 meant for Internet.

    AC Group which was established in 2015, has been making these deductions since March 15th 2016 after entering a supply contract with Rwanda Federation of Transport cooperatives (RFTC). The contract which Taarifa has seen is specifically for supplying ‘electronic ticketing and automated fare collection system’.

    Details also indicate that AC Group secured this internet supply deal after Telecom Network Solution Providers Ltd (TNSP) which was providing internet on public buses lost its contract in 2016.

    Government was responding to complaints from commuters angry with poor service. AC Group was expected to overhaul the system and replace previous routers which were considered weak and not compatible with Kigali terrain.

    When AC Group Company took over the deal, it signed a supply contract with Korea Telecom Networks (KTRN) a major wholesaler of 4G LTE internet in the country.

    However, Taarifa has discovered that this contract suffered several setbacks as AC group continuously kept ordering KTRN to disconnect some buses. According to KTRN this was not proper business, they pulled out of the contract and several buses remained without internet for months.

    AC Group in March secured a new deal with MTN-Rwanda to supply internet but until Wednesday there was no bus connected to internet.

    How Your Money On Tap&Go Cards Is Eaten

    source https://taarifa.rw/ac-group-struggles-to-fix-kigali-bus-internet-crisis/