Tag: news
-
Macron yashinje Turikiya uruhare mu byaha bikorerwa muri Libya #rwanda #RwOT
Perezida Emmanuel Macron yashinje Turikiya ko ikomeje kwenyegeza intambara muri Libya, aho yavuze ko ifite uruhare mu byaha bikorerwa muri iki gihugu kubera uruhande yafashe. -
Abantu 101 barimo 72 bagaragaye muri Kasho i Ngoma banduye Coronavirus #rwanda #RwOT
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko abantu 101 barimo n’abantu bari muri kasho basanganywe Coronavirus mu bipimo 2498 byafashwe kuri uyu wa Mbere, tariki ya 29 Kamena 2020. -
COVID-19: Rwanda records 101, 72 in Ngoma #rwanda #RwOT

According to the daily update from the Ministry of Health, Kigali has recorded 22; Rusizi has 3, Rubavu 2, Kayonza 1, Kirehe 1, and the cluster in the detention center in Ngoma, 72, linked to Rusumo cases.
These Confirmed cases came out of 2498 tests.
Health officials offered to give more details about the detention center that increased numbers to this extent today.
This brought the total number of coronavirus cases in Rwanda to 1001 of which active cases are 556.

Nicole Kamanzi M.
source https://en.igihe.com/news/article/covid-19-rwanda-records-101-72-in-ngoma
-
Iby’umukobwa wabyaranye na alpha rwirangira akamwihakana akaba agiye kurongora undi. #rwanda #RwOT
Umuhanzi Alpha Rwirangira nyuma yo gutandukana na Miss Uwingabire Esther babyaranye, hasohotse urupapuro(Invitation) rw’ubutumire mu bukwe bw’umuhanzi Alpha Rwirangira n’umukobwa witwa Liliane Umuziranenge.
Biteganyijwe ko bazakora ubukwe ku wa Gatandatu tariki 22 Nzeri 2020 mu Mujyi wa Montreal muri Canada.
urupapuro rw’ubutumire rwageze hanze.
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu tariki 28 Kamena 2020 ni bwo hasohotse urupapuro rw’ubutumire ruvuga ko “Umuryango wa Mugabe na Bizima bishimiye gutanga ubutumire mu bukwe bw’abana babo Liliane Umuziranenge na Alpha Rwirangira.”Alpha Rwirangira yaherukaga kwemeza ko ari mu rukundo rushya nyuma yo gutandukana na Miss Uwingabire Esther babyaranye.
urukundo rwa alpha na Esther rukiryoshye.Icyo gihe yavugaga ko atari amahitamo meza kuri we kuba yatangaza umukunzi we, akavuga ko igihe nikigera azamutangaza.
Ati “Arahari sinamuvuga rwose [Umukunzi]. None se nkubeshye sinakora ikosa ryo kongera gupfa gutangaza umukunzi wanjye.
alpha na Esther bagikundana.Hari igihe nzamubabwira ariko si uyu munsi. Mbere byambayeho nzi uko byagenze ubu rero narize sinamuvuga.”
Alpha Rwirangira ni umuhanzi mpuzamahanga w’umunyarwanda wakunzwe mu ndirimbo nka ‘Songa mbele’, “Birakaze” yakoranye na Kidum, ‘Merci’, ‘Katarina’ n’izindi.
babaga barikumwe bahuje urugwiro.Mu 2017 Alpha yasoje amasomo muri Music and Business muri kaminuza ya Campbellsville muri Amerika, aho yigiye kuri buruse yahawe na Perezida Paul Kagame.
Ni umwe mu bahanzi b’abahanga u Rwanda rufite wagiye ashyira hanze ibihangano bigakundwa mu buryo bukomeye.The post Iby’umukobwa wabyaranye na alpha rwirangira akamwihakana akaba agiye kurongora undi. appeared first on KASUKU MEDIA.
-
Tanzania yashyizeho amabwiriza y’ikoreshwa ry’udupfukamunwa ku bigo by’amashuri #rwanda #RwOT
Guverinoma ya Tanzania, yashyizeho amabwiriza mashya agomba gukurikizwa n’ibigo by’amashuri makuru byose guhera kuri uyu wa Mbere ubwo yongerega kuyafungurira imiryango ngo asubukure ibikorwa. -
Gabon: Ubutinganyi bwavanywe mu byaha bihanwa n’amategeko #rwanda #RwOT
Sena ya Gabon kuri uyu wa Mbere yatoye ivana ubutinganyi mu byaha bihanwa n’amategeko y’icyo gihugu, nyuma y’icyumweru abadepite nabo batoye bashyigikira uwo mwanzuro. -
Espoir FC yasinyishije abakinnyi 5 #rwanda #RwOT

Nyuma yo gukora amavugurura mu ikipe yo mu karere ka Rusizi, Espoir FC ikirukana abatoza na bamwe mu bakinnyi, iyi yamaze gusinyisha aabkinnyi bagera kuri 5 amaseserano y’imyaka 2 kuri buri umwe.
Iyi kipe yari yatangiye yiyubaka ihereye mu batoza aho yamaze gusinyisha Gatera Moussa nk’umutoza mukuru.
Ikaba yakurikijeho gusimbuza bamwe mu bakinnyi batandukanye nayo, aho yamaze gusinyisha abagera kuri 5 mu gihe yatandukanye n’abarenga 10.
Ku isonga harimo umunyezamu Hategekimana Bonheur wakiniye amakipe nka Kiyovu Sports, AS Kigali na Marines.
Yasinyishije myugariro wo mu mutima w’ubwugarizi wari kapiteni wa Bukavu Dawa, Nahimana Ismaël
Umukinnyi ukina mu kibuga hagati wakiniraga Athletico Olympic FC y’i Burundi, Irakoze Dieudonne na we yamaze kuba umukinnyi wa Espoir FC.
Aba bakaba biyongera kuri Bizimana Djuma wakiniraga Gicumbi FC ndetse na Mutijima Gilbert wakiniraga Alpha FC mu cyiciro cya 2.
Shampiyona ishize Espoir FC yarangije ku mwanya wa 14 n’amanota 17, ikaba yararushaga Gicumbi FC ya 15 inota 1, ikarusha 2 Heroes FC ya nyuma amanota 2.
Umunyezamu Hategekimana Bonheur yamaze kuba umukinnyi wa Espoir FC
Ismael (4) yari kapiteni wa Bukavu Dawasource http://isimbi.rw/siporo/article/espoir-fc-yasinyishije-abakinnyi-5
-
Umunyamideli christella yatangaje ko aryoherwa no kwikinisha bitungura benshi #rwanda #RwOT
Umunyamidelikazi witwa Christella, ukomeje guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga hano mu Rwanda yaraye akoze agashya aho yabwiye umwe mu bafana be ko akunda kwikinisha ndetse ko yaraye abikoze.

Ibi bikaba byarabaye ubwo Christella aheruka kugirana ikiganiro nabafana be kuri Instagram maze imwe muri bo akamubaza ati :”Ko nabonye utunze sextoy, ukunda kwikinisha?” maze Christella ntiyazuyaza ahita amusubiza ati :”Cyane rwose ndetse na nijoro naraye mbikoze”

nijoro naraye mbikoze”

-
BK yatangije ikiganiro kigamije guhugura urubyiruko n’abahanzi ku kwiyubaka #rwanda #RwOT
Bank of Kigali (BK) yatangije ikiganiro kigamije guhugura urubyiruko n’abandi baturarwanda ku nzira zizabafasha kwiyubaka mu bijyanye n’ubukungu. -
Uburyo Gaddafi yigeze gutega utwuma dufata amajwi intumwa z’u Rwanda zirimo na Perezida #rwanda #RwOT
Colonel Muammar al-Gaddafi, ni umwe mu bagabo b’abanyapolitiki bakomeye Isi yagize ariko basize amateka avangavanze, aho kuri bamwe afatwa nk’intwari mu gihe abandi bamufata nk’umwiyemezi, umunyagitugu n’andi mazina amutwerera kuba nyirabayazana w’irimbuka rye.