Tag: news

  • Za Nyarubwana muri Namibia zirimo gutozwa kujya zihunahuna zikerekana ahari Covid-19 #rwanda #RwOT

    Ishuri ryigisha ubuvuzi bw’amatungo rya kaminuza ya Namibia riri gutoza imbwa guhunahuna zikerekana ahantu hari coronavirus. Intego ni ukohereza izo mbwa ku bibuga by’indege no ku mipaka nk’uko ikinyamakuru The Namibian kivuga ko kibikesha Conrad Brain umuhanga mu by’ibyorezo wigisha muri kaminuza.

    Alma Raath, umwarimu mu buvuzi bw’amatungo, yongeraho ko izo ntozo/imbwa bari gutoza zibereka ko ziri kubasha gutahura ahari coronavirus ku kigero cya 95%. Uyu mushinga watangiye mu mezi abiri ashize nk’uko icyo kinyamakuru kibivuga, gusa ntiharatangazwa igihe izo mbwa zizatangira akazi.

    Imbwa zatojwe zisanzwe zifasha abashinzwe umutekano kwerekana ahari ibintu runaka (zatojwe guhunahuna) bitagaragarira amaso. Ikinyamakuru the Namibian kivuga ko iki gihugu aricyo cya mbere muri Afurika kigiye gutangira gukoresha imbwa mu gutahura Covid-19.

    Mu kwezi kwa gatanu, nkuko BBC ibitangaza, mu Bwongereza hatangiye ubushakashatsi bwo gukoresha imbwa mu gutahura abantu bafite coronavirus. Zimwe muri izo nyarubwana zari zisanzwe zaratojwe gutahura abantu barwaye ubwoko bumwe bumwe bwa kanseri, malaria n’izindi zikoresheje guhunahuna gusa.

    Munyaneza Theogene / intyoza.com

    source http://www.intyoza.com/za-nyarubwana-muri-namibia-zirimo-gutozwa-kujya-zihunahuna-zikerekana-ahari-covid-19/

  • Kwita Izina Will Go On This September Despite Covid-19 #rwanda #RwOT

    Rwanda Development Board announced Friday that the prestigious Kwita Izina- annual Gorilla naming ceremony will take place this month despite the devastating effects of Covid-19.

    Since the first Gorilla Naming Ceremony in 2005, about two hundred eighty one (281) gorilla babies have been named. The ceremony is usually held at the foot of Volcanoes National park at Kinigi village, Musanza district in Nothern Rwanda.

    In July, Rwanda received the world’s first ever global safety and hygiene stamp launched by the World Travel & Tourism Council (WTTC). Rwanda was placed in the same pack with Dubai and Indonesia as the latest recipients.

    With Covid-19 pandemic spreading so fast in several countries, Rwanda has been intensively fighting it with impressive gains. The country has imposed several restrictions such as mandatory face-mask wearing while in public places, hand washing, suspension of public entertainment events and closure of bars.

    The World Travel & Tourism Council (WTTC) which represents the global Travel & Tourism private sector, created the Safe Travels stamp to allow travellers to identify destinations and businesses around the world which have adopted the global standardised health and hygiene protocols.

    Belise Kariza, Chief Tourism Officer at Rwanda Development Board said while accepting the WTTC Safe Travels stamp.

    “Rwanda’s number one priority is the health and well-being of visitors to our beautiful country. As one of only three countries in the world with endangered mountain gorillas and numerous other primate species, we also have a special responsibility to protect these magnificent animals,” Kariza said recently.

     

     

    source https://taarifa.rw/kwita-izina-will-go-on-this-september-despite-covid-19/

  • Ghana Court Blocks Song Soiling Former President Mahama #rwanda #RwOT

    Ghanaians are all talking about a controversial ‘Papa no’ released by local artist Hiplife musician Barima Sidney (Sidney Oppong Ofori).

    A private citizen identified as Abdul Ganiu Issaka, has asked the Ghanaian High Court in Accra to restrain Barima Sidney, from releasing his latest music video. The audio is already in vast circulation though.

    Kofi Ajikor who speaks for the plaintiff said the video for the Hiplife artiste’s song seeks to drag former President John Mahama’s name into the mud.

    Issaka’s main purpose is to secure an order for an “interlocutory injunction” to be placed on the video for the musician’s controversial song.

    The injunction will also restrain the premiere or promotion of the video.

    The term ‘Papa no’ came about after Tracy Boakye and MzBel were at the centre of a controversy over a man they were both dating.

    Although the man still remains anonymous many people believe it is John Mahama because the two ladies had once joined his party, NDC, and met the former president.

    “That is why we have been forced to take injunction from the court this morning to stop him because the video is set to be released,” Ajikor told a local radio station in Ghana.

    source https://taarifa.rw/ghana-court-blocks-song-soiling-former-president-mahama/

  • Minisitiri Uwamariya yasuye UR Huye asanga inyubako nyinshi zirashaje atahana umukoro #rwanda #RwOT

    Yabitangaje kuri uyu wa 3 Nzeli 2020, ubwo yasuraga inyubako zitandukanye za Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye agasanga inyinshi zirashaje kuko zimaze imyaka myinshi.

    Mubizitabwaho mu guhindura isura y’inyubako za Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye harimo no gukuraho amabati ya fibro cement. Ubushakashatsi bwagaragaje ko aya mabati abamo ikinyabutabire cya asbestos gitera kanseri.

    Dr Uwamariya avuga ko kuba inyubako z’icyahoze ari Kaminuza Nkuru y’u Rwanda zishaje bifite ishingiro kuko zimaze imyaka myinshi dore ko iyi Kaminuza yatangiye mu 1962.

    Yagize ati “Inyubako za Kaminuza mu mujyi wa Huye inyinshi zirashaje. Sindi bubabwire nonaha ngo tugiye gukora iki, hari ibibanza bikeneye kubakwa, hari amazu akeneye kuvugururwa, gahunda yo kuvugura twarayitangiye, ikiciro cya mbere cyarebaga ibijyanye n’amazu abanyeshuri bararamo, ikiciro cya kabiri kizareba uko iryo vugurura no gusana cvajyanishwa n’igishushanyo mbonera cy’umujyi wa Huye”.

    Muri uru ruzinduko Minisitiri w’Uburezi Dr Uwamariya yatemberejwe inyubako zitandukanye za UR Huye Campus ari kumwe n’umuyobozi w’agateganyo w’Ikigo cy’igihugu cy’imiturire Nsanzineza Noel, Umuyobozi Mukuru w’Inama y’Igihugu y’Amashuri Makuru na za Kaminuza Dr Rose Mukankomeje, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Intara y’Amajyepfo Gakire Bob, Umuyobozi w’Akarere ka Huye Ange Sebutege n’Umuyobozi wa Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye Murefu.

    Minisitiri Uwamariya yabwiye abanyamakuru ko atahita atangaza ikigiye gukorwa nyuma y’uru ruzinduko kuko bazabanza kwicarana n’izi nzego bari kumwe bagafatira hamwe umwanzuro.

    Ati “Kuba amazu ashaje birumvikana kuko amaze igihe kinini cyane, amwe atarimo n’abantu kandi burya inzu itarimo abantu isaza kurushaho. Ibyo byose rero tuzabiganira n’inzego dufatanya umwanzuro uzavamo n’ubundi muzawutangarizwa kuko ntabwo ibikorwa bizakorwa hijimye”.

    Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye ni imwe mu zifite amazu menshi asakajwe fibro cement, Nsanzineza Noel, Umuyobozi w’Agateganyo wa RHA yavuze ko urugendo rwo gusimbuza amabati ya fibro cement muri rusange barugeze kuri 69%.

    Avuga ko babaruye hegitari miliyoni 1 na miliyoni 700 z’ibisenge bisakajwe fibro cement. Intego Leta y’u Rwanda yari yihaye ni uko ibi bisenge byose byagombaga kuba byasimbujwe irindi sakaro bitarenze 2020. Iyi ntego ntabwo yagezweho bitewe n’ikibazo cy’ingengo y’imari itarabonekeye igihe nk’uko bitangazwa na Nsanzineza.

    Yagize ati “Twasanze dukeneye miliyari 3 na miliyoni 600 kugira ngo fibro cement zibe zavuyeho ku mazu ya Leta”.

    Ikigo cy’Igihugu cy’imiturire RHA kivuga ko bitarenze 2021 inzu zose zisakaje fibro cement zigomba kuba zakuweho mu rwego rwo kurinda ubuzima bw’abaturage.

    source http://www.ukwezi.rw/mu-rwanda/3/article/Minisitiri-Uwamariya-yasuye-UR-Huye-asanga-inyubako-nyinshi-zirashaje-atahana-umukoro

  • Stage7 From Millau to Lavaur Tour De France 2020 #rwanda #RwOT

    Starts 12.35pm (BST) following a short 10-minute neutral zone.

    Race ends between 4.19pm and 4.41pm

    Cycling fans are looking forward to a thrilling Friday as Tour De France enters Day Seven (stage 7)- the pedaling on a mostly flat circuit will last 168km long journey from Millau to Lavaur.

    The race organisers say the stage will conclude anytime between 4.19pm and 4.41pm. Timings are based on the fastest (45kmh) and slowest (41kmh) estimated speed.

    Those who know this route well observe that in the areas of Aveyron and Tarn where one doesn’t quite know what “flat” means, the roads are never easy. Other than the hilly course, before visiting Castres, the plans of the sprinters’ teams could be troubled by the wind that can be very strong in the region.

    Quick Info on Kick off Town of Millau

    Population: 22,800 (Millavois), 30,600 in the Community of communes Millau Grands Causses (15 communes).

    Economy: Known for more than a century as the capital of leather and gloves, Millau remains reputed for its leather gloves, made by the Fabre and Causse companies. Agriculture (Roquefort). Shops, markets.

    Culture: Millau Jazz Festival (July), Bonheur d’Hiver Festival (December), Minerals exchange and mart (July), Night markets (July), Farm products Autumn fair (November).

    Specialties: aligot (mash and cheese), estofinade, Roquefort, Fleur d’Aubrac (meat), Aveyron veal, spit cake, farçous, truffade (truffle omelette), fouace, soleil de Marcillac, tripous, trénels, cheese soup, flaune, échaudés…

    Millau & Cycling:   Left out of the Tour route for 28 years, Millau was back on the map in 2018 for the start of a stage to Carcassonne won by Dane Magnus Cort Nielsen before the rest day. While Ferdi Kubler was the first winner of a tour stage in Millau in1954, the prefecture of Aveyron really made the headlines in 2004 with the inauguration of the highest viaduct in the world. The peloton has since approached the viaduct a number of times while riding along the Tarn that the concrete giant crosses at more than 230 metres.

    Finish-line Town of  Lavaur

    Population: 11,200(Vauréens)

    Slogan: Ville cathare, capitale du Pays de Cocagne (Cathac city, capital of the Land of Cocagne)

    Labels: two flower fleurs, « Ville active et sportive », « Terre de jeux 2024 », 2nd most sporting town in France in 2014 (L’Equipe), 1st town of under 20,000 in France for disabled sports.

    Tour de France goes to Lavaur every ten years. A first stage starting in Pau was won by Rik Verbrugghe – now the Belgian team selector – in 2011 while, ten years later, the unavoidable Mark Cavendish won the bunch sprint for one of his five wins in the 2011 editions.

    In 2001, Laurent Jalabert seized the polka-dot jersey and kept it all the way to Paris.

    Further back in time, when the Criterium International took place in Tarn, Jalabert had already made it on the podium in Lavaur. He finished third in the days’ time trial won by Pascal Lance, now a driver for the race direction, but “Jaja”, who had won the first two stages of the triptych, clinched the overall win.

    source https://taarifa.rw/stage7-from-millau-to-lavaur-tour-de-france-2020/

  • Asinah Erra yavuze impamvu atajya yambara isutiye(AMAFOTO+VIDEO) #rwanda #RwOT

    Umuhanzikazi nyarwanda, Asinah Erra, avuga ko ikibazo cyo kutambara isutiye akunze kukibazwa n’abantu benshi ariko impamvu ari uko ntayo aba akeneye.

    Amafoto menshi y’uyu muhanzikazi akunze kujya hanze, cyane ayo ashyira ku rukuta rwe rwa Instagram, usanga ntayo aba yambaye, ibintu abamukurikirana bakunze kwibaza impamvu yabyo.

    Mu kiganiro n’ikinyamakuru ISIMBI, Asinah yavuze ko umuntu yambara ikinti bitewe n’uko aba aba agikeneye, we ngo impamvu atayambara ni uko ntayo aba akeneye.

    Yagize ati“umuntu yambara isutiye iyo abona ko ayikenye, iyo atayikeneye ntabwo aba ayikeneye ntibakabigireho ikibazo ntabwo ari ikibazo.”

    Akunze kugaragara nta sutiye yambaye

    Reba ikiganiro na Asinah Erra

    source http://isimbi.rw/imyidagaduro/article/asinah-erra-yavuze-impamvu-atajya-yambara-isutiye-amafoto-video-4397

  • Yansize kubera abandi none nabo baramusize kubw’abandi / Uburyo umukobwa twakundanaga yabuze byose nk’ingata imennye. #rwanda #RwOT

    Yari umukobwa ukunda gushamadukira ibyo abonye byose, twari tumaze igihe murukundo ariko ntaziko yansiga mu buryo buteye agahinda nk’ukuntu yanyihenuyeho kubera undi musore yari abonye, ikibabaje ariko kuruta byose nuko nawa musore wundi yari asanze yahise yishakira umugore uba muri Amerika , najye yangarukira agasanga nariboneye undi.

    Iyi n’inkuru y’umukobwa witwa Aisha twakundanye akanyanga agasanga abandi nawe bakamwanga yagaruka agasanga niboneye undi , hashize imyaka 10 yose Aisha atarashaka kandi imyaka iri kumufata, mugihe njye ubu nubatse mfite umugore n’abana 2 nabyaranye nuwo namusimbuje.

    Ubu Aisha afite imyaka 37 y’amavuko , twari tubanye neza cyera ndetse twari  tunakundanye igihe kirenga umwaka , numvaga ariwe uzambera umugore w’isezerano, gusa byose byapfuye ubwo yanyihenuragaho ambwirako ngo ntakintu nkisobanuye imbere ye ngo kuko yabonye umusore unduta , undusha ubwiza ndetse n’amafaranga , mbese Aisha yambwiye byinshi anyihenuraho kugeza naho ambwiyeko ndi Imbwa, Ibintu yankoze ni bibi cyane kuko ‘Muminsi nibazaga icyatumye Aisha ankatira kuriya , ari kuwa gatandatu  ndi kukazi ahantu ncururiza imyenda hariya mumujyi nagiye kubona mbona imodoka iraparitse havamo Aisha nundi musore basomana , baje kugurira imyenda mw’iduka ryanjye, mbona Aisha andebana agasuzuguro mpita nisohokera nsigamo umukozi muburyo bwo kwirinda umujinya.’

    Igiteye agahinda kandi ! n’ukuntu nyuma yiminsi micye wamusore yahise yigira gutura muri Amerika , nanjye nariboneye undi mukunzi nkabona ashaka kuntakira nanjye nkamyima agaciro , none ubu agize imyaka 37 y’amavuko yose Aisha ntamugabo , mbese yabuze byose nk’ingata imennye!!!

    Share on:

    WhatsApp

    The post Yansize kubera abandi none nabo baramusize kubw’abandi / Uburyo umukobwa twakundanaga yabuze byose nk’ingata imennye. first appeared on INGINGO.COM / Rwanda News & Story.

    source https://ingingo.com/yansize-kubera-abandi-none-nabo-baramusize-kubwabandi-uburyo-umukobwa-twakundanaga-yabuze-byose-nkingata-imennye/inkuru-zurukundo/3075/?utm_source=rss&utm_medium=rss&utm_campaign=yansize-kubera-abandi-none-nabo-baramusize-kubwabandi-uburyo-umukobwa-twakundanaga-yabuze-byose-nkingata-imennye

  • Kagame Donates 5760 Iron Sheets To Poor Families To Get Decent Shelter #rwanda #RwOT

    President Paul Kagame has donated 5760 iron sheets to vulnerable families who are in need or descent homes.

    The beneficiaries of the humanitarian assistance are drawn from 242 most vulnerable residents in five cells in Bweyeye Sector, Rusizi district. The Governor of Western Province, Alphonse Munyantwari, and area Senior Military  Commanders handed over the iron sheets to Bweyeye residents.

    The western province leadership hails local population’s contribution to bringing security in their communities. “The collaboration between security organs and Bweyeye residents has proved that we are united and ready to protect the national progress and achievement. We commend your understanding that owning, protecting our country’s safety and security is a pillar for its sustainable development’’.

    The Governor of Western Province encouraged Bweyeye residents to get involved in self-development to uplift their living conditions. Nyirandimubanzi Meliyana one of the beneficiaries of the iron sheet donation project said, “I was living in a holed roof house; my belongings were damaged during the rain season; I was desperate after the death of my husband… thanks to our President who has sent the RDF to deliver the iron sheets… We are very grateful that our life will change for good and ever since”. Bweyeye residents express their satisfaction to the infrastructure development projects that have improved their living conditions.

    “I am a witness of Bweyeye development. This Bweyeye was underdeveloped with no electricity, schools, health facilities… we are witnesses of the real national liberation. We can testify that we have been liberated… we are waiting for the 32 km tarmac road under construction to celebrate the fruits of national liberation struggle’’, testified Kanyabashi Thomas Bweyeye resident even before 1994.

    source https://taarifa.rw/kagame-donates-5760-iron-sheets-to-poor-families-to-get-decent-shelter/

  • COVID-19: Another Hospitality Establishment Closed Over Violation Of Prevention Measures #rwanda #RwOT

    A hospitality establishment named ‘Umunara bar’ located in City of Kigali, Gisozi sector of Gasabo District, has been closed and owner penalized after being caught red-handed by the Police and local authorities violating COVID-19 prevention measures.

    In the evening of Wednesday, September 2, at around 6pm, 19 people were found gathered at the bar drinking beer, according to the Executive Secretary of Gisozi sector, Providence Musasangohe. Not only were they drinking beer, they were also seated very close to each other. Additionally, this was the second time the bar owner was caught in such illegalities.

    “This is not the first time that this bar has been caught violating COVID-19 prevention measures. What is next is for the owner to pay a double fine for recidivism because they were warned the previous time. People who were drinking at the bar will also be fined,” Musasangohe said.

    She also noted that people should understand that when people take alcohol, there is a higher risk for them to get closer and touch each other, or even drink from the same bottle. All these fasten the spread of the Coronavirus. The bar owner, Innocent Urimubabo told the media that he regrets to have been influenced by his clients’ demands to serve alcohol.

    “I had changed the bar posters to ‘restaurant’, and we spent some time without serving alcohol. But yesterday (Wednesday), people were having alcohol. That is when I was caught red-handed by the authorities,” Urimubabo said. He also advised owners of other hospitality establishments to not fall in the same trap of violating the COVID-19 prevention measures.

    The government recently ordered the closure of all bars, including those operating in restaurants and hotels. Rwanda National Police (RNP) Spokesperson, Commissioner of Police (CP) John Bosco Kabera warned the public against COVID-19 prevention measures violations.

    “The virus is still around and some Rwandans have succumbed to it. Violating measures put in place to save lives is something we cannot tolerate, and whoever fails to abide by the directives will face immediate conséquences,” he said. The August 31 directives issued by City of Kigali on the penalization of people, who violate COVID-19 prevention measures stipulate that whoever will be found operating a bar business in their hospitality establishments, homes, supermarkets, and other places will pay a fine of Rwf150,000 and their businesses closed for at least a month but not more than three months.

    The City directives also provide that any client caught in these establishments drinking also face a fine of Rwf25,000, and taken to allocated centres for at least 24 hours, where they are enlightened on the pandemic of COVID-19 and prevention measures.

    source https://taarifa.rw/covid-19-another-hospitality-establishment-closed-over-violation-of-prevention-measures/