Tag: news

  • Dore ibintu 8 igitsina gabo gikunda kureba kubakobwa uyu munsi #rwanda #RwOT

    Muri kamere yabo burya, ngo abagabo bakunda kureba no kwitegereza abagore. Igituma umugore cyangwa se umukobwa akurura umugabo ngo biterwa ahanini n’ibyo uwo mugabo akunda. Muri rusange, ngo nubwo abagabo bakunda ibintu bitandukanye ariko burya ngo hari ibintu by’umwihariko ku bagore bikurura Usanga abenshi mu bagabo bakururwa cyane n’imiterere y’umubiri, ibice bimwe nabimwe by’umubiri nk’igituza, amatako ndetse n’imisatsi.

    Gusa ariko hari ibindi bintu 8 abagabo bose bahuriraho mu gukururwa n’abagore.

    1.Ibyishimo: Umugabo wese aho ava akagera yishimira umukobwa cyangwa se umugore uhorana umunezero utajya atinya kwishimira ubuzima arimo ubwo ari bwo bwose, atari ukuvuga ko yabonye ibintu bihenze cyangwa se iby’agaciro, ahubwo mu buzima bwe bwa buri munsi agahorana akanyamuneza. Iki ngo gikurura abagabo cyane kuko ngo ibi biha icyizere umugabo cy’uko bishoboka ko uyu mugore cyangwa se umukobwa ashobora kunezerwa n’igihe bari kumwe haba muri byinshi cyangwa se muri bike.

    2. Gushima no kunyurwa: Abagabo bakunda abagore bashima. Mu gihe umugabo yagukoreye akantu runaka mwereke ko yakoze ikintu gikomeye. Mwereke ko wabonye kwitanga kwe ubihe agaciro, umushimire umubwire ko yakoze ikintu gikomeye kandi ko wishimye. Kuko ibi bituma umugabo yiyumva nk’umuntu ukomeye w’umugabo kandi ko afite akamaro kanini kuri wowe.

    3. Imyitwarire myiza: Burya ngo abagabo cyangwa abasore muri rusange bakururwa n’abakobwa bitwara neza, mbega bashimwa na bose kuko ngo biba bibaha icyizere cy’uko uburere n’ubupfura bafite bashobora no kubisangiza abandi ndetse bakazanabitoza abana babo.

    4. Kwiyubaha: Abagabo bishimira kandi bagakururwa cyane n’abakobwa biyubaha kuko baba bagaragaza itandukaniro n’abandi kandi bagahesha ishema abo baziranye.

    5. Gutekereza no kwita ku bintu:Abakobwa bafite ibitekerezo , mbese batari ba ‘terera iyo’ bakurura cyane abagabo kuko ngo baba babona ko no mu gihe badahari bishoboka ko bafata inshingano z’urugo ntihagire icyangirika.

    6. Kwemera gufashwa: Abagabo bakururwa n’abakobwaa bemera gufashwa ariko batifata nk’abatishoboye kuko ngo baba bababonamo guca bugufi.

    7. Kubaha abandi: Iki ngo ni ikintu gikomeye gikurura abagabo kuko baba babona ko bene aba bakobwa bashobora kububahira inshuti zabo ndetse n’imiryango.

    8. Gushyira mu gaciro: Abagabo bakunda kandi bakishimira abakobwa bazi gushyira mu gaciro, kuko ngo baba bashobora kwifatira icyemezo ku buzima bwabo kandi bikagenda neza

    source https://www.hillywood.rw/?p=74438

  • Mukura Victory Sports y’i Huye yabonye umuyobozi mushya – Inyarwanda.com #rwanda #RwOT

    Komite nyobozi y’ikipe ya Mukura VS yemeje ko Gasana Jerome ariwe ugomba kwita ku buzima bwa buri munsi bw’ikipe, akayibera umuyobozi mukuru akazakorana n’itsinda ry’abandi bakozi basanzwe muri Komite y’iyi kipe yashegeshwe n’ubukungu muri uyu mwaka w’imikino.

    source https://rss.app/articles/862477a63bc37168a61ec4e0d85a68cbec5bb94447b309664e1fc4e5065d95d01aeec110976138abda71aada9f1018a4450be55ac8dac8f70caf43f0377471a314f126df08ceaa393526ccd92ec5852db7ae2dfceebf1fd3725ef90fb41311d40754eaef

  • Nigeria: Ibyamamare 5 byapfuye mu gihe barimo kubyara. #rwanda #RwOT

    Imwe mu mpfu zibabaza cyane mu basigaye ni impfu z’ababyeyi .Abagore bamwe na bamwe bahura ni bizazane mbere yigihe cyagenwe cyangwa nyuma yo kubyara kubera ibibazo. Hano hari amafoto ya bimwe mu byamamare byo muri Nigeria bapfuye mugihe barimo kubyara.

    1. Moji Olaiya

    Amakuru yaje kuvugwa ko umukinnyi wa Nollywood Moji yapfiriye muri Canada Gicurasi 2017 .Nyuma yo kuvuka k’umwana we.

    1. Modupe Oyekunle

    Umukinnyi wa filime wa Nollywood Modupe na we yapfiriye mu cyumba mu gihe yari mu gihe cyo kubyara umwana we wa 3. Yapfuye mu 2017 ku ya 4 Mata.

    1. Chiamaka Icyubahiro De Freitas

    Chiamaka yashakanye n’umunyaportigale mbere yuko apfa. Yashyingiwe mu 2016, yitaba Imana mu gihe cyo kubyara umwana we wa mbere muri Werurwe 2017. Yapfuye azize ibibazo nyuma yo kubyara.

    1. Olabisi Monsurat

    Olabisi yari producer wa firime ukomoka i Lagos nanone witwa Bisket. Yitabye Imana ku ya 30 Werurwe 2019; iminsi icumi nyuma yo guha ikaze umwana we. Yapfuye afite imyaka 47 nyuma yo kugerageza gusama umwana we wa 6.

    1. Bisi Komolafe

    Bisi kandi yapfuye mu mwaka wa 2012 ubwo yari atwite umwana. Yari umukinnyi wa filime, umuyobozi wa firime na producer. Yapfuye azize ibibazo bimwe na bimwe atwite.

    Src ghgossip.com

    source https://www.hillywood.rw/?p=74430

  • Gasabo: Abagore bo muri FPR Inkotanyi baremeye abatishoboye, babagenera ubutumwa bwo kwibohora #rwanda #RwOT

    Urugaga rw’Abagore rushamikiye ku Muryango FPR Inkotanyi n’Inama y’Igihugu y’Abagore, CNF, ku rwego rw’Akarere ka Gasabo baremeye abagore bagizweho ingaruka n’Icyorezo cya COVID-19 bo mu Murenge wa Gikomero babagezaho n’ubutumwa bwo Kwibohora.

    source https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/gasabo-abagore-bo-muri-fpr-inkotanyi-baremeye-abatishoboye-babagenera-ubutumwa

  • Abasura Pariki z’Igihugu bagiye kujya babanza gupimwa COVID-19 #rwanda #RwOT

    Ikigo cy’Igihugu cy’Iterambere (RDB) cyatangaje ko abashaka gusura Pariki z’Igihugu bagiye kujya babanza gusuzumwa COVID-19, ikiguzi cyo gupimwa kikazajya cyishyurwa ku mafaranga atangwa n’uwasabye gusura mbere y’igihe.

    source https://igihe.com/ubukerarugendo/article/abasura-pariki-z-igihugu-bagiye-kujya-babanza-gupimwa-covid-19

  • Kagame Donates 589 Bicycles To Village Leaders In Appreciation For Their Support To Security #rwanda #RwOT

    President Paul Kagame and the Commander in Chief (C-in-C) of Rwanda Defence Force (RDF) has donated 589 bicycles to village leaders of the 18 sectors surrounding Nyungwe forest.

    This was done as a token of appreciation for the exemplary work done last year when armed elements from neighboring countries bordering the forest made several attempts to kill innocent lives and destroy their properties, but security forces in collaboration with local leaders and local communities defeated them.

    On behalf of RDF leadership, the area Senior Commanders handed over the bicycles to the village leaders in Nyaruguru, Karongi, Nyamasheke, and Rusizi Districts, thanked them for their brave acts that contributed to bringing security in their communities.

    “The collaboration between security organs, village leaders and residents in general has proved that we are united and ready to defeat any enemy trying to destabilise our country. We commend your understanding that owning,  protecting our country’s safety and security is a pillar for its development” one area Senior Commander said.

    Nubahimana Emmanuel, Nyacyondo Village leader in Ruheru Sector said, “The bicycles are a motivation for us to deliver even more and continue our close collaboration with our security organs to protect our country.”

    Last year saw a number of sporadic attacks by armed groups in areas of Western and Southern provinces that targeted civilians and their properties. A similar incident occurred last week when unidentified armed men attacked RDF Position in Ruheru- Nyaruguru District with the intention to kill civilians in Yanza IDP Model Village.

    The armed groups were neutralized, thanks to the vigilance of RDF, other security organs, and most importantly thanks to the cooperation of the local population and their leaders.

    source https://taarifa.rw/kagame-donates-589-bicycles-to-village-leaders-in-appreciation-for-their-support-to-security/

  • Umuhanzikazi ufite impano yo kuririmba neza cyane mucyongereza Addy Mica yashyize hanze amashusho y’indirimbo ya mbere yise ‘Damn You’-VIDEO #rwanda #RwOT

    Mu kiganiro kigufi yahaye Hillwoodstar ubwo yatugezagaho amashusho y’indirimbo yenshya,”Damn you” yatubwiye ko impamvu yo guhimba iyi ndirimbo ari ukubera ko hari abantu bishushanya murukundo nyamara amarangamutima yabo atandukanye kure cyane nibibarimo imbere.

    Twagize amatsiko yo kumenya ese ijambo Damn you yise indirimbo ye risobanuye iki?
    Mucyongereza cyinshi ati yeeeaaah it means damn. Like to pretend someone ukaba uzi ngo umukunzi wawe muri kumwe nyamara hari undi bari kumwe. Mu Kinyarwanda ni nko kuba wavumbuye ko umukunzi wawe yarakwihishemo.

    Twamubajije ku mpamvu atigeze agaragara mu mashusho y’indirimbo ye atubwira ko ikigenzi ari uko abanyarwanda babona ubutumwa yashatse gutanga bukubiye mu mashusho y’indirimbo kuruta uko we yagaragara.
    Twagerageje ku mubaza ko hari ibindi bikorwa yaba afite imbere niba ateganya kuzagaragara abanyarwanda bakarushaho ku mu menya cyane ko Addy Mica ari n’umukobwa ufite ubwiza karemano kandi ucishije make cyane.
    Yadusubije ko hari ibindi bikorwa byinshi bafite imbere, afatanyije n’inzu itunganya ibihangano bye (Success Music Entertainment) abarizwamo bazareba ibikwiriye akaba aribyo bageza ku bakunzi b’umuziki nyarwanda.

    iyi ndirimbo mu buryo bw’amajwi n’amashusho byakozwe na Producer Teric muri Success
    Record.

    source https://www.hillywood.rw/?p=74425

  • Dore amafoto 15 umuntu wese areba agatinya kogera mu mazi magari #rwanda #RwOT

    Aya mafoto 15 agaragaza ibintu biba mu mazi bishobora gushyira mu kaga ubuzima bw’abogera mu mazi magari. Birimo imiraba, amafi n’ibindi nyamaswa.














    source http://www.ukwezi.rw/Udushya/article/Dore-amafoto-15-umuntu-wese-areba-agatinya-kogera-mu-mazi-magari

  • Ikibanza cyiza kinini kigurishwa Nyamata #rwanda #RwOT

    Ikibanza cyiza kigurishwa mu karere ka Bugesera aho bita kuri arete,
    muri metero 300 uvuye ku muhanda wa kaburimbo ,
    gifite 20/40,
    kikaba kigurishwa 6,500,000 negociable

    kubindi bisobanuro mwahamaga 0784247588

    source http://www.ukwezi.rw/gura/article/Ikibanza-cyiza-kinini-kigurishwa-Nyamata