Tag: news

  • Ivumburamatsiko ku mushinga w’Uruganda rw’Ingufu za Nucléaire mu Rwanda #rwanda #RwOT

    Kuva umwaka ushize, nibwo mu matwi y’Abanyarwanda hatangiye kuzamo ibijyanye n’ingufu za nucléaire kurusha mbere, kuko aribwo u Rwanda rwatangiye imikoranire n’u Burusiya igamije gushyira mu Rwanda Ikigo gikora Ubushakashatsi ku ikoreshwa ry’izi ngufu bizanageza ku ruganda rwazo rwitezweho kugira uruhare mu kongera amashanyarazi.

    source https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/ivumburamatsiko-ku-mushinga-w-uruganda-rw-ingufu-za-nucleaire-mu-rwanda

  • Sadate ceceka! wakinisha bagenzi ba we mubana muri Rayon Sports, ndi umunyamibigabane wowe uri perezida uzirukanwa ejo – KNC #rwanda #RwOT

    Intambara y’amagambo irakomeje hagati ya Rayon Sports ndetse na Gasogi United, nyuma y’uko ikipe ya Gasoi United igereranyijwe n’iduka ry’umunyu cyangwa igare, perezida wa Gasogi United United yasabye perezida wa Rayon Sports Munyakazi Sadate guceceka cyane ko ari umuntu uzirukanwa vuba mu ikipe ya Rayon Sports.

    Aya magambo yatangiye ku munsi wo ku wa Kabiri w’iki cyumweru aho umuvugizi w’ikipe ya Rayon Sports yavugaga ko Gasogi United nta bushobozi ifte bwo gutwara umukinnyi Rayon Sports, byari bikomotse kuri Bola Lobota wasinyiye Gasoggi United bivugwa ko na Rayon Sports imwifuza. Aha umuvugizi w’iyi kipe yagereranyije na Gasogi n’igare mu gihe Rayon Sports ari ikamyo.

    Perezida wa Gasogi United mu kubasubiza yavuze ko ikamyo yagonze moteri ikanatoboka amapine irutwa n’igare rizima rienda.

    Abinyujije kuri twitter, perezida wa Rayon Sports, Munyakazi Sadate yongeye gusa n’ucokoza iyi kipe avuga ko aho gutunga iduka ririmo umunyu gusa yakwandikwa mu banyenganda ni yo uruganda rwaba rutagikora.

    Yagize ati“hari igihe igare rifata ku ikamyo ikarifasha kuzamuka umusozi byagera mu mpinga igare rikishuka ko bahagereye rimwe. Burya aho gutunga Boutique irimo umunyu na kwandikwa mu banyenganda niyo rwaba rutagikora. Icyo nzi nuko hari Umuzamu mwiza ukwiye Equipe nziza.”

    Hari igihe igare rifata ku ikamyo ikarifasha kuzamuka umusozi byagera mu mpinga igare rikishuka ko bahagereye rimwe 😄😄😄😁😁😁.
    Burya aho gutunga Boutique irimo Umunyu na kwandikwa mu banyenganda niyo rwaba rutagikora. Icyo nzi nuko hari Umuzamu mwiza ukwiye Equipe nziza.

    — Munyakazi Sadate (@SadateMunyakazi) July 1, 2020

    Ibi kandi bikaba byasaga no kwishongora kuri iyi kipe yavuaga ko umunyezamu Kwizera Olivier yabasinyiye nta handi yajya, ni mu gihe Rayon Sports na yo yamaze kumusinyisha.

    Aya magambo akaba yababaje bikomeye perezida wa Gasogi United, maze bituma yihanangiriza Sadate amusaba guceceka kuko we ari umunyamigabane muri Gasogi United mu gihe undi ari perezida uzirukanwa mu ikipe.

    “Reka nsabe bwana Sadate, wakinisha bagenzi ba we mubana muri Rayon Sports. Ndagusabye ceceka kuko njyewe ndi umunyamigabane muri Gasogi United wowe uri perezida uzirukanwa ejo. Ceceka ntuzakinishe Gasogi United iyo tugiye kuvuga brand tuvuga brand ifite ejo hazaza, Sadate mubo wakinishije unkuremo.” KNC aganira na Radio10

    Iri hangana rya Gasogi United na Rayon Sports rikaba ryaratangiye benshi bazi ko ari bimwe byo kuryoshya ruhago, ariko bikaba bigaragara ko bigiye gusa n’ibifata indi ntera nyuma y’amagambo impande zombi zikomeje guterana.

    KNC yihananngirije Sadate

    Sadate yasabwe guceceka bitewe n’amagambo yavuze kuri Gasogi United

    source http://isimbi.rw/siporo/article/sadate-ceceka-wakinisha-bagenzi-ba-we-mubana-muri-rayon-sports-ndi-umunyamibigabane-wowe-uri-perezida-uzirukanwa-ejo-knc

  • RRA Commissioner General’s Message On Compliance Improvement Plan For FY 2020/2021 #rwanda #RwOT

    Over the course of the last four financial years, we cleared our pass to the co-operative compliance. 

    This involves Revenue Authority and the business community agreeing on the actions that each party must take to ensure your business is tax compliant.

    We can use this experience to help your business during tax risk reviews by highlighting the risk areas that you need to be aware of.

    I am thrilled to announce to the general public the results of the FY 2019/2020 that we just concluded. We had a target of collecting Rwf 1,568.5b, where we managed to collect Rwf 1,461.3 from taxes which represents 93.2%. For non-fiscal collections, we managed to collect Rwf 19.3b on the target of Rwf20b representing 96.8% (figures presented before reconciliation)

    Although we slightly fell short of the target due to the outbreak of Covid-19 Pandemic, it is important to note the growth of 4.5% year on year which is equivalent to Rwf 62.3b compared to the collections of the previous FY 2018/19. 

    With your support as stakeholders, the implementation of the previous Compliance Improvement Plans were really paramount.

    Tax revenues have increased in almost all targeted sectors and in almost all tax heads. Taxpayers’ registrations have increased and late filing of tax returns has decreased.

    In this FY 2020/2021 we have opted to mainly enhance our compliance improvement plan to the following sectors/areas:

    1. Financial services sector, mainly insurance companies, microfinance institutions and Forex bureaus
    2. Suppliers of Hotels, Bars and Restaurants sector, 
    3. Importers 
    4. Customs brokers (Clearing Agents)  

    In this fiscal year, we will also focus on remedial actions for the findings of the research recently conducted on Taxpayers’ behavior. 

    Therefore, for this year 2020/2021 we have put in place plans which we will strive to implement in your collaboration to achieve voluntary compliance.  

    To highlight just a few, we shall: 

    1.  Encourage the Private Sector Federation (PSF) and Rwanda Freight Forwarders Association to coordinate meetings and workshops with high-risk importers and Customs brokers.
    2. We shall continue to use modern risk management tools to identify tax compliance risks
    3. Extend EBM Project to all taxpayers and ensure its appropriate use.
    4. We shall strengthen our media programs to communicate RRA services available to identified sectors.
    5. Conduct education seminars and advisory visits for cooperative compliance
    6. We shall make a follow up to register potential unregistered taxpayers (potential taxpayers operating outside the tax)

    In this FY, we will also continue with Policy measures and consideration to mitigate effects of Covid-19 including but not limited to;

    1. The computation of the quarterly payment for Corporate Income Taxes and Personal Income Tax (PIT) will be based on the transaction of the current year.
    2. All Transportation motor vehicles conducting business will pay their quarterly fixed personal income tax for this year based on pro-rata to the period of operations.
    3. Pay As You Earn will be waved for a period of six months (from April-September 2020) for teachers of private schools earning up to frw 150,000,000 net salary.
    4. All facemasks used for the protection against COVID-19 made in Rwanda are hereby exempted from Value Added Tax.

    IN CONCLUSION, 

    While much progress has been made, there is a lot yet to be done to translate all of these communicated compliance improvement plans into reality. Given the spirit of cooperation and collaboration that exists among the parties involved in this effort, I remain confident that we will achieve our plans.

    However, tax crime is not different from any other crime – it cripples our economy and our society.  Just like any other crime. You can contribute your effort to combat it in two ways: by not participating in such activity or condoning criminality yourself and by reporting those who act outside the scope of law.

    Let’s continue observing the measures of preventing the spread of Covid-19 pandemic, work together to Build the a Better Rwanda.

     

    source https://taarifa.rw/rra-commissioner-generals-message-on-compliance-improvement-plan-for-fy-2020-2021/

  • Undi muntu wa Gatatu mu Rwanda yapfuye azize icyorezo cya Covid-19 #rwanda #RwOT

    Mu mibare y’ishusho mbonera y’uko icyorezo cya Covid-19 kiriwe kifashe kuri uyu wa 01 Nyakanga 2020, Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko habonetse abantu 17 bashya banduye iki cyorezo, babonetse mubipimo 3,961 byafashwe none. Hatangajwe kandi ko hari umuntu umwe wahitanwe n’iki cyorezo.

    Dore uko ishusho itangazwa na Minisiteri y’Ubuzima igaragazwa;

    Munyaneza Theogene / intyoza.com

    source http://www.intyoza.com/undi-muntu-wa-gatatu-mu-rwanda-yapfuye-azize-icyorezo-cya-covid-19/

  • Umuhanzi Shaffy yakoze ifoto igaragaza ibyifuzo bye byokuryamana na ShaddyBoo #rwanda #RwOT

    Mu minsi ishize twababwiye inkuru y’uburyo Umuhanzi Shaffy umaze iminsi yigaragaza muri RnB nyarwanda yaba ari mu rukundo rw’ibanga na ShaddyBoo. Uyu musore rero akaba asa nuwamije urukundo afitiye ShaddyBoo aho yakoze ijusho yabo bombi baryamanye aka yishyira kuri Instagram.

    Mu ishusho yashyize ku rubuga rwa Instagram Shaffy akaba ariwe wenyine uba agaragara mu isura gusa nta gushidikanya umukobwa yashyizeho ni Shaddyboo bitewe na Tatoo afite mu mugongo ikoze neza neza nkiya Shaddy. Kuri iyo shusho ShaddyBoo akaba agaragara yambaye imyenda y’imbere yicaye ku itako rya Shaffy.

    Iyi shusho rero bikaba bivugwa ko yaba ari cover y’indirimbo yitwa Worth It yakoreye ShaddyBoo mu rwego rwo kumugaragariza uburyo amukunda, nubwo bwose batari kumwe. The Ben usanzwe afasha Shaffy muri muzika ye akaba yiteguye no kumufasha kuri uyu mushinga we na Shaddy Boo.

    Igishushanyo cy'inyamaswa 'Tattoo' ShaddyBoo yishyizeho cyateye ...

    Shaddyboo asanzwe afite tatoo neza neza ahantu hamwe naho iri ku mukobwa uri ku gishushanyo cya Shaffy

    Source:iwacu.live

    source https://www.hillywood.rw/?p=74378

  • Kwizera Olivier wakinaga muri Gasogi yasinyiye Rayon Sports #rwanda #RwOT

    Kwizera olivier amaze gusinyira ikipe ya rayon sport gusa akaba n’ubundi hari amasezerano yari afite

    Hari hashize iminsi bivugwa ko ikipe ya Rayon Sports yifuza umunyezamu wo gusimbura Kimenyi Yves uheruka kwerekeza mu ikipe ya Kiyovu Sports, aho izina ryagarutsweho cyane ari Kwizera Olivier ufatira ikipe ya Gasogi United.

    Tariki 27/05/2020 ni bwo Kigali Today yari yanditse ko ikipe ya Rayon Sports igiye gusinyisha umunyezamu Kwizera Olivier, ni nako byaje kugenda kuko kuri uyu wa Gatatu tariki 01/07/2020 umunyezamu Kwizera Olivier yasinyiye ikipe ya Rayon Sports amasezerano y’umwaka umwe.

    Si uyu munyezamu yasinyishije gusa, kuko na Issa Bigirimana usanzwe ukina nka rutahizamu yamaze gusinya mu ikipe ya Rayon Sports, uyu akaba yaramenyekanye cyane muri APR FC aho imikino hafi ya yose yamuhuje na APR FC yayitsindaga igitego.

    source https://www.hillywood.rw/?p=74375

  • Pamella nyuma yo kuvugwaho urukundo we na theben yakoze impinduka zihuse #rwanda #RwOT

    Mu cyumweru gishize twababwiye uburyo umuhanzi nyarwanda The Ben amaze iminsi avugwaho gukundana n’umukobwa witwa Uwicyeza Pamella benshi mwa menye mu irushanwa rya Miss Rwanda 2019, uyu mukobwa rero nyuma yo kubona abantu bakomeza kugenda bamuhata ibibazo ku mubano we na The Ben akaba yahisemo kuba abihishe ho gato.

    Nyuma yo kubona umubare w’abamukurira kur Instagram ukomeje kwiyongera nyuma yuko abantu bakomeje gukwirakwiza ko ari umukunzi wa The Ben, Miss Pamella Uwicyeza akaba yahisemo guhindura mazina akoresha kuri uru rubuga maze akuraho amazina “Pamella Uwicyeza” ashyiraho “Gicanda”. Ibi bikaba bituma abantu bakomeza kumushaka ku mazina ye asanzwe bamubura.

    source https://www.hillywood.rw/?p=74345