Amakipe abiri akomeye muri Tanzania; Simba SC na Yanga SC, yombi yifuje gukina na Rayon Sports imikino ya gicuti mu rwego rwo kwitegura umwaka utaha w’imikino wa 2020/21.
Ubushakashatsi bwagaragaje ko gushushanya amaso y’inka ku gice cy’inyuma cyayo, ari uburyo bwiza bwo kuzirinda kuribwa n’inyamaswa z’inkazi zizibasira cyane ku mugabane wa Afurika.
Kuri uyu wa Mbere tariki 17 Kanama 2020 nibwo hatangajwe abahatanira ibihembo bya Kiss Summer Awards20 mu byiciro byose. Bruce Melodie niwe uyoboye abandi mu kugaragaramo kenshi.
Umujyi wa Kigali kuva kuri uyu wa Mbere wafunze isoko rya kijyambere rya Nyarugenge rizwi nka ‘Kigali City Market) n’iryo kwa Mutangana mu kwirinda ikwirakwira rya Coronavirus.
Itsinda ry’abasirikare kabuhariwe ba Somalia, ryabohoje Elite Hotel yo mu murwa mukuru Mogadishu, yari yagabweho igitero n’intagondwa zigendera ku mahame ya kiyisilamu, Al-Shabab.