Kuva itegeko ryemerera abagore gukuramo inda ryavugururwa, abaganga n’abakora mu miryango yita ku buzima, basobanura ko abasaba iyi serivisi basigaye biyongera umunsi ku wundi.
Perezida Donald Trump yatangaje ko ashobora kubabarira Edward J. Snowden wahoze akora mu nzego z’ubutasi za Amerika ukurikiranyweho ibyaha byo gushyira hanze amabanga y’ubutasi y’igihugu.
Mu Rwanda, itangazamakuru ni rumwe mu nzego ziri kwiyubaka, ibitangazamakuru biri gukura umunsi ku wundi. Uko bikura ariko nanone ni ko bamwe mu banyamakuru barushaho gukuza amazina yabo. Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe abanyamakuru icumi bakorana mu kiganiro bagahuza ndetse bikaryohera ababakurikira.
Mu Rwanda, itangazamakuru ni rumwe mu nzego ziri kwiyubaka, ibitangazamakuru biri gukura umunsi ku wundi. Uko bikura ariko nanone ni ko bamwe mu banyamakuru barushaho gukuza amazina yabo. Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe abanyamakuru icumi bakorana mu kiganiro bagahuza ndetse bikaryohera ababakurikira.
Imyaka ishize ari itatu mu karere ka Rubavu by’umwihariko mu biro by’akarere ndetse no mu mirenge hagaragayemo ubujura bw’ibikoresho bitandukanye ariko hakabura ibimenyetso.
Manchester City yananiwe kugera muri ½ cya UEFA Champions League y’uyu mwaka, itsindwa na Lyon ibitego 3-1 mu mukino wabaye ku wa Gatandatu i Lisbon muri Portugal.