Umujyi wa Kigali uherutse kumurika igishushanyombonera gishya kizageza mu mwaka wa 2050, cyitezweho kuba moteri y’iterambere ry’abazaba batuye uwo mujyi mu myaka 30 iri imbere.
Ku bufatanye n’abaturage bo mu karere ka Nyabihu mu murenge wa Kabatwa mu kagari ka Gihorwe kuri uyu wa Gatanu ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) ryafashe abantu batatu bacuruzaga urumog
Silvio Berlusconi wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Butaliyani ari mu bitaro mu mujyi wa Milan, aho arimo kwitabwaho nyuma y’uko bamusanzemo Coronavirus.
Ugiye kubarura abantu barya imbuto, imboga rwatsi, banywa amazi, usanga ari bake cyane ku buryo usanga hari n’ababyirengagiza nkana. Nyamara, ubushakashatsi bugaragaza ko ari ingenzi mu buzima bwa muntu.
Manzi Djimmy André ubusanzwe ubarizwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yashinze ishuri ry’umupira w’amaguru ku ntego yo kunganira ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, aho ateganya kuzajya ajyana abakinnyi bato i Burayi no muri Amerika kugira ngo bagere ku rwego rwo gukinira igihugu cyabo.
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubwiteganyirize mu Rwanda, RSSB, cyatangaje ko nyuma y’amezi arengaho gato abiri, umubare w’abanyarwanda bangana na 75.4% bamaze kwishyura ubwisungane mu kwivuza, Mituweli, muri uyu mwaka wa 2020/21.
Filime ya James Bond ni imwe mu zamamaye cyane ku Isi, zihariye imitima ya benshi kugeza na n’uyu munsi, ku buryo benshi iyo bumvise ko hari agace gashya ibinezaneza biba byose.