Ambasaderi w’u Rwanda mu Bushinwa, James Kimonyo, yatangaje ko gukoresha ikoranabuhanga mu bucuruzi byongereye ingufu mu mubano w’ibihugu byombi by’umwihariko mu bukungu kandi bizongera ubutwererane hagati y’u Bushinwa na Afurika.
Mbere gato y’amatora ya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Perezida Donald Trump akomeje kujya mu mazi abira kuko nyuma yo gushinjwa ibirego birimo gutuka abasirikari n’ibindi byatumye amahirwe yo gutorwa amanuka cyane ugereranyije na Joe Biden bazahangana, kuri ubu hasohotse ikindi gitabo kimushinja kugira irondaruhu.
Mbere gato y’amatora ya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Perezida Donald Trump akomeje kujya mu mazi abira kuko nyuma yo gushinjwa ibirego birimo gutuka abasirikari n’ibindi byatumye amahirwe yo gutorwa amanuka cyane ugereranyije na Joe Biden bazahangana, kuri ubu hasohotse ikindi gitabo kimushinja kugira irondaruhu.
Ubuhinzi bw’indabo ni ishoramari ryunguka kandi rimaze guhabwa agaciro mu Rwanda, ni ishoramari rishobora kwinjiza amadovize mu gihugu ndetse rigaha n’imirimo abanyarwanda batari bake hirya no hino mu gihugu.
Kwiga mu mahanga ni indoto ya benshi mu rubyiruko rw’u Rwanda birakushaho kubanezeza iyo aya mahirwe y’ishuri abonetse mu bihugu byateye imbere mu burezi kuko baba bumva ko hari icyo bazungukirayo cyazabafasha guteza imbere igihugu cyabo mu gihe bazaba basubiyeyo.
Mu mateka y’Isi, bigaragara ko ibihugu byagiye byihuta mu iterambere ry’ubukungu ndetse n’ Imiyoborere myiza bashingiye mu kwandika ibitabo biri mu rurimi rwabo kavukire ndetse n’izindi ndimi ariko cyane cyane baha agaciro ibitabo byanditswe mu rurimi rwabo gakondo.