Tag: featured
-
Imihindagurikire y’ibihe ishobora kuvana mu byabo abantu miliyari 1.2 mu myaka 30 iri imbere #rwanda #RwOT
Raporo yakozwe n’Ikigo cyo muri Australia, Institute for Economics and Peace yatanze umuburo ko nta gikozwe, mu mwaka wa 2050 ibiza bishobora kuzavana mu byabo abantu bagera kuri miliyari 1.2. -
Amb. Uwihanganye yatanze impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri Australia #rwanda #RwOT
Ambasaderi w’u Rwanda mu bihugu birimo na Australia, Jean de Dieu Uwihanganye, yashyikirije Guverineri Mukuru w’iki gihugu, David Hurley, impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda. -
Kuki u Rwanda rukeneye Poltiki igenga ibitabo? #rwanda #RwOT
Kunoza ibikorwa by’abanyamwuga runaka, iteka bigira imirongo bigenderaho ishyizweho n’urwego rubifitiye ububasha. Iyo mirongo ngenderwaho twayita Poltiki ngenderwaho igenga ‘Ibitabo ‘Book Policy’.source https://igihe.com/umuco/ibitabo/article/kuki-u-rwanda-rukeneye-poltiki-igenga-ibitabo
-
Amezi atandatu arashize Coronavirus yiswe icyorezo mpuzamahanga #rwanda #RwOT
Tariki ya 11 Werurwe uyu mwaka nibwo Umuryango Mpuzamahanga wita ku buzima (OMS) watangaje ko Coronavirus ari icyorezo cyugarije isi yose (pandémie) nyuma y’uko cyari gikomeje gukwirakwira hirya no hino ku isi. -
Habura iki ngo mu nzego z’abikorera hubahirizwe ihame ry’uburinganire nko mu za Leta? #rwanda #RwOT
Nta mwaka wirenga u Rwanda rudashyizwe ku ntonde z’ibihugu byubahiriza neza ihame ry’uburinganire ndetse bigaha amahirwe angana abagabo n’abagore yo kujya mu nzego z’igihugu zifata ibyemezo. Nubwo u Rwanda rusa n’urwamaze kwesa uyu muhigo mu nzego za leta mu z’abikorera ho birasa n’aho urugendo rukiri rurerure. -
Isura ya Nyamagabe nyuma y’uko Coronavirus ihageze hagafatwa ingamba zikomeye #rwanda #RwOT
Hagati mu kwezi kwa Nyakanga 2020 mu Karere ka Nyamagabe hagaragaye abantu banduye icyorezo cya COVID-19 bituma hafatwa ingamba zitandukanye zigamije gukumira ikwirakwira ryacyo zirimo no gushyira tumwe mu tugari muri gahunda ya Guma mu Rugo. -
Umunyamideli Charly Jordan ugezweho muri Amerika yasuye ingagi mu birunga #rwanda #RwOT
Umunyamideli Charly Jordan ugezweho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, akaba n’umwe mu bagezweho kuri Tik Tok n’izindi mbuga nkoranyambaga, amaze iminsi mu Rwanda aho yasuye ingagi mu birunga. -
Agahugu umuco akandi uwako! Muri Gabola Church basenga biteretse amacupa y’inzoga #rwanda #RwOT
Mu gihe mu madini menshi cyane cyane aya gikirisitu inzoga zifatwa nk’ikizira muri ‘Gabola Church’ yo muri Afurika y’Epfo siko bimeze kuko ahubwo inzoga ari igikoresho cy’ibanze cyifashishwa mu mihango y’itorero irimo n’uwo kubatiza. -
Dr Ngirente yagaragaje urubyiruko nk’umusingi w’iterambere ry’ubuhinzi muri Afurika #rwanda #RwOT
Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, yatangaje ko urubyiruko rwa Afurika rukwiye kwifashishwa nk’umusingi hatezwa imbere urwego rw’ubuhinzi, by’umwihariko bugakorwa bijyanye n’igihe hifashishijwe ikoranabuhanga. -
Rubavu: Abahoze ari abazunguzayi basubiye mu muhanda bashinja ubuyobozi kubateza igihombo #rwanda #RwOT
Abagore bacururizaga imbuto mu gasoko ko mu murenge wa Gisenyi, ahazwi nko kwa Rujende, bamaze iminsi barigabije ibice bitandukanye by’Umujyi wa Gisenyi nyuma yo kuvanwa aho bacururizaga, bagashinja Ubuyobozi bw’Umurenge wa Gisenyi kubateza igihombo.