Blog
-
Coronavirus: Mu barwayi bagaragaye i Kigali harimo abamotari babiri
Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’igihugu cy’ubuzima, RBC, Dr Nsanzimana Sabin, yavuze ko mu barwayi bashya ba Coronavirus bagaragaye mu Mujyi wa Kigali harimo n’abamotari babiri, ibintu yavuze ko biteye inkeke mu buryo bwo kurwanya iki cyorezo. -
Uko Ngabonzima yatangiye gutubura pomme, rumwe mu mbuto zihenze mu Rwanda #rwanda #RwOT
Uretse kuba ziboneka hake mu masoko yo mu Rwanda, aho zibonetse naho abazigura bazi uburyo igiciro cyazo atari ikigonderwa na buri wese. Pomme imwe ingana n’ikirayi kiringaniye, ntiwayicyura udafite nibura 500 Frw.
http://dlvr.it/RZ43Vz -
Espagne yafunguriye amarembo ba mukerarugendo #rwanda #RwOT
Espagne, kimwe mu bihugu byibasiwe cyane na Coronavirus, yafunguriye amarembo ba mukerarugendo bo mu Burayi, mu bihugu biri muri Schengen ndetse n’abo mu Bwongereza.
http://dlvr.it/RZ43WT -
Brazil yabaye igihugu cya mbere kibonye abarwayi benshi ba Coronavirus umunsi umwe #rwanda #RwOT
Minisiteri y’Ubuzima muri Brazil ku wa Gatanu yatangaje ko nibura abantu bashya 54,771 aribo bagaragaweho Coronavirus bituma abamaze kuyandura mu gihugu hose bagera kuri 1,032,913.
Imibare itangazwa n’iki gihugu igaragaza ko Brezil imaze kugaragaramo abantu 48,954 bamaze kwicwa n’iki cyorezo cyatangiriye mu Bushinwa mu mpera za 2019.
Abahanga n’impuguke mu bijyanye n’ikwirakwira ry’indwara z’ibyorezo bagaragaza ko umubare w’abandura muri iki gihugu ushobora kurenga abo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bityo Brezil ikaba igihugu cya mbere ku Isi kibasiwe n’iki cyorezo.
Umurwayi wa mbere wa Coronavirus yabonetse muri Brezil ku wa 26 Gashyantare 2020, ariko nyuma y’ukwezi kumwe nibwo muri iki gihugu imibare yazamutse cyane ku buryo abarwayi bashya bageze mu 3000 naho abapfaga bagera kuri 77.
Icyo gihe nibwo Perezida wa Brezil Jair Bolsonaro yagereranyije iki cyorezo nk’ibicurane byoroheje ahamya ko abaturage b’igihugu cye bafite ubudahangarwa bw’umubiri badashobora kuzahazwa na Coronavirus.
http://dlvr.it/RZ43Wk -
Hagaragajwe ko intangangabo mu binyabuzima zishobora kuba nke kubera ubushyuhe bwinshi ku isi #rwanda #RwOT
Inzobere zagaragaje ko uko ubushyuhe bukomeza kwiyongera ku isi bigira ingaruka ku ntangangabo mu binyabuzima ku buryo bikomeje zazagera aho ziba nke cyane. -
Minisitiri w’Uburezi yaburiye abarimu bazafatwa bimuye abanyeshuri badashoboye #rwanda #RwOT
Minisitiri w’Uburezi, Uwamariya Valentine yaburiye abarimu bizagaragara ko bimura abanyeshuri batatsinze nyuma y’ibyumba bishya by’amashuri Leta igiye kubaka bizafasha mu kugabanya ubucucike mu mashuri. -
Hagaragajwe ko intangangabo mu binyabuzima zishobora kuba nke kubera ubushyuhe bwinshi ku isi
Inzobere zagaragaje ko uko ubushyuhe bukomeza kwiyongera ku isi bigira ingaruka ku ntangangabo mu binyabuzima ku buryo bikomeje zazagera aho ziba nke cyane. -
Minisitiri w’Uburezi yaburiye abarimu bazafatwa bimuye abanyeshuri badashoboye
Minisitiri w’Uburezi, Uwamariya Valentine yaburiye abarimu bizagaragara ko bimura abanyeshuri batatsinze nyuma y’ibyumba bishya by’amashuri Leta igiye kubaka bizafasha mu kugabanya ubucucike mu mashuri. -
Inkomoko yo gushishura, indwara itavugwaho rumwe ikunze guteza umwuka mubi mu bahanzi
Umuhanga mu butabire w’Umufaransa, Antoine Lavoisier yigeze kuvuga ati “Nta na kimwe kigenda buheriheri kandi nta na kimwe gishya kivuka, ahubwo ibintu birivugurura.” -
Israel Mbonyi yahembuye abakunzi be mu gitaramo cyabereye kuri Internet, abararikira icyo azamurikiramo Album ye ya gatatu #rwanda #RwOT
Abakunzi b’umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana kuri uyu wa Gatandatu tariki 20 Kamena 2020 bahembukiye mu gitaramo cya Israel Mbonyi, yakoze cyanyuraga kuri shene ya Youtube ya MK1 TV.


