Blog
-
Umuryango w’Abibumbye wamaganye irondaruhu nyuma y’urupfu rwa George Floyd
Akanama k’Umuryango w’Abibumbye Gashinzwe Uburenganzira bwa Muntu (Human Rights Council:HRC) kamaganye ivangura rishingiye ku ruhu nyuma y’ibikomeje kuba hirya no hino ku Isi kubera urupfu rwa George Floyd. -
Ni iki cyadutandukanya n’urukundo rw’Imana?
Iyo witegereje neza, ibibera mu isi ya none, ubona ibintu byinshi bitera kwibaza cyane! Turi mu isi yihuta cyane muri byinshi, turi mu isi irimo byinshi by’amayobera, turi mu isi irimo byinshi byarenze ubwenge bwa muntu. -
Imihigo ya Orchestre Les Fellows ivuguruye yatangiye gusubiramo indirimbo zabo zanyuze benshi – Inyarwanda.com #rwanda #RwOT
Orchestre Les Fellows ivuguruye yahize kongera kumvisha Abanyarwanda uburyohe bw’umuziki wa kera no kugarura ibitaramo by’imbaturamugabo nk’ibyabagaho kera. -
Ibipimo bya Covid-19 byongeye kugaragaza abarwayi bashya barenga 40 #rwanda #RwOT
Ishusho itangwa na Minisiteri y’Ubuzima y’uko icyorezo cya Covid-19 kiriwe kifashe kuri uyu wa 20 Kamena 2020, igaragaza ko mu bipimo 3,116 byafashwe none, hagaragayemo abantu 41 barwaye iki cyorezo. Abakize ni 6 mu gihe abakirwaye ari 343.
Dore uko ishusho yatangajwe na Minisiteri y’Ubuzima ibigaragaza:

Munyaneza Theogene / intyoza.com
source http://www.intyoza.com/ibipimo-bya-covid-19-byongeye-kugaragaza-abarwayi-bashya-barenga-40/
-
Amerika: Abigaragambya barasaba ko Ubugome n’ivangura ku ruhu bikorwa na Polisi bihagarara #rwanda #RwOT
Imyigaragambyo mu bice bitandukanye bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yongeye kubura. Abayitabiriye basaba ko ibikorwa bishingiye ku irondaruhu ndetse n’ubugome bikorwa na bamwe mu bapolisi ku baturage bihagarara.
Imyigaragambyo yongeye kubura mu mihanda yo mu mijyi imwe yo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika. Abigaragambya mu mpera z’iki cyumweru bakomeje gusaba ko ivangura rishingiye ku ruhu n’ubugome Polisi ikoresha ku baturage byahagarara.

Ikibumbano cya Albert Pike, umwe mu bari bashyigikiye ubucakara mu minsi yo hambere, abigaragambya bamaze kugitembagaza baragitwika i Washington kuri uyu wa 20 Kamena 2020. Abigaragambya, kuri uyu wa gatandatu tariki 20 Kamena 2020 n’ejo ku cyumweru baranizihiza ikiruhuko cya “Juneteenth cyo kwibuka umunsi umwirabura wanyuma yavuye mu bucakara taliki ya 19 z’ukwezi kwa gatandatu mu 1865 muri Leta ya Texas”.
Imyigaragambyo iteganijwe mu mujyi ya New York, Los Angeles na Miami. Mu murwa mukuru Washington DC hateganijwe indi imyigaragambyo. Abaraye bigaragambirije mu birometero bicye hafi y’ingoro ya perezida, baraye basenye ikibumbano cya Albert Pike umwe mu bategetsi bo hambere bari bashyigikiye ubucakara muri icyo gihe.

George Floyd, urupfu rwe nirwo rwabaye imbarutso y’imyigaragambyo. Imyigaragambyo, nkuko ijwi rya Amerika ribitangaza yatangiye taliki 25 Gicurasi 2020 ubwo umwirabura George Floyd yari amaze kugwa mu maboko ya Polisi mu mujyi wa Minneapolis muri Leta ya Minnesota.
Uyu mwirabura Floyd, mu mashusho yagaragajwe ku mbuga nkoranyambaga, agaragara umupolisi w’umuzungu yamuryamishije hasi, amushinze ivi ku ijosi.

George Floyd n’Umupolisi ugaragara mu mashusho yamushinze ivi ku ijoro. Mubyumvikanye byavuzwe n’uyu mwirabura ubwo yari hasi ahinzwe ivi mu ijosi, ngo yagize ati“ Simbasha guhumeka”. Ni rimwe mu magambo ye ya nyuma ku Isi. Abapolisi bane b’abazungu nibo bakurikiranweho ubwicanyi bw’uyu George Floyd.

Umupolisi w’Umuzungu ashinze ivi ku ijosi rya George Floyd. Aha ni naho yashiriyemo umwuka. Munyaneza Theogene / intyoza.com
-
Abanyempano bo muri ArtRwanda- Ubuhanzi baserutse neza muri Iwacu Muzika Festival yatangijwe na Bruce Melodie #rwanda #RwOT
Iwacu Muzika Festival yatangiye ku nshuro yayo ya kabiri. Ibitaramo by’uruhererekane bizakorwa muri iri serukiramuco byaganuwe na Bruce Melodie wabaye umuhanzi wabimburiye abandi. -
Gaspard arifuza umukobwa bakwibanira akamufasha kurera abana. #rwanda #RwOT
Nitwa Nduwamungu Gaspard mfite imyaka 36 umugore twari twarashakanye yitabye Imana azize impanuka y’imodoka ansigira abana 2. Icyo gihe umukuru yari afite imyaka 2 umuto afite amezi 3 ubu hashize imyaka 2 ngerageza kurera abo abana njyenyine ariko bikangora cyane bitewe n’uko akazi nkora hari igihe kansaba kujya hanze y’igihugu nkaba namarayo ukwezi kumwe cyangwa abiri abana nkabasiga bonyine. Niyo mpamvu nifuza umukobwa twabana akamfasha kurera abana banjye. Abaye nawe yarigeze gushaka cyangwa se akaba afite abana ntakibazo yaza tukabana akazana n’abana be nanjye nabafata neza nkabo nibyariye. Ndifuza umukobwa utarengeje imyaka 36 y’amavuko abaye yarize byaba ari akarusho kuko agomba kumfasha mu micungire y’umutungo. Abaye adafite akazi ntakibazo namushingira iduka cyangwa nkaba namushakira ikindi akora. Anyandikire inbox.
Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.
-
Uwimana Rahab arashaka umusore mwiza k’umutima wakwemera ko bakundana. #rwanda #RwOT
Muraho abo kuri uru rubuga. Mbanje kubasuhuza mbifuriza ibihe byiza. Ndashimira abantu bazanye uru rubuga kugira ngo rudufashe kwibonera abakunzi tutavunitse. Ndasaba abarukoresha kugira ngo tugerageze twe kubikinisha ahubwo natwe dushyiremo ubunyangamugayo tujye tuvugisha ukuri kugira ngo hatazamo ibyo gutendekana. Ndi gushaka umusore mwiza k’umubiri no k’umutima twakundana, asabwa kuba afite urukundo rw’ukuri atazigera akina n’amarangamutima yanjye. Nanjye nzamukunda by’ukuri mubere inyangamugayo sinzamukinisha. Ubishaka yanyandikira inbox cyangwa akampamagara kuri 0787801233.
Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.
*
*
*
*
http://dlvr.it/RZ1WN2 -
Akimana Alexia arashaka umuhungu bakundana ufite umutima wuzuyemo urukundo rw’ukuri. #rwanda #RwOT
Muri iki gihe sinzi ikibazo abasore bafite kuko usanga 90% yabo nta rukundo bakigira, usanga umusore umwe afite abakobwa barenga 10 bose abeshya ko akunda kandi mu by’ukuri ntanumwe akunda muri bo. Nanone kandi hari abasore bo usanga bafite urukundo rw’ukuri, akagusaba urukundo ukarumuha mugakundana igihe kinini ukazategereza ko mwaganira ibyo kubana ugaheba. Wabimubaza akakubwira nabi ndetse agahita anagukatira mugatandukana. Njye nitwa Akimana Alexia umuhungu wumva ntagahunda y’ubukwe afite ntampamagare ndetse ntananyandikire. Ndashaka gukundana n’umuhungu upanga ibintu bizima, umuhungu ufite umutima wuzuyemo urukundo rw’ukuri rutari pirate, umuhungu umpa gahunda ifatika y’igihe tuzabanira, kuburyo dutangirana urukundo twembi tubiziko dufite gahunda imwe yo kubana ubuziraherezo. Ubyujuje anyandikire inbox cyangwa ampamagare kuri 0782782650
Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.
*
*
*
*
*
*
http://dlvr.it/RZ1WNf -
Abapolisi barenga 1300 basoje amasomo y’ibanze abinjiza mu kazi #rwanda #RwOT
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 19 Kamena mu murenge wa Gishari mu karere ka Rwamagana ahaherereye ishuri rya Polisi ritanga amahugurwa ku bapolisi (PTS-Gishari), hasorejwe amasomo y’ibanze ahabwa abapolisi bashya bato binjiye mu kazi.


