Blog

  • Abacamanza ba Uganda bashyiriweho ibihano na Amerika kubera ubujura bw’abana #rwanda #RwOT

    Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Mike Pompeo, yatangaje ko abacamanza babiri n’abanyamategeko babiri ba Uganda bafatiwe ibihano mpuzamahanga, nyuma yo kugaragarwaho amanyanga yatumye bagurisha abana imiryango yabo itabyemeye.
  • Amarangamutima y’umunyarwanda nyuma yo gusinyira Arsenal #rwanda #RwOT

    Nyuma y’uko ikipe ya Arsenal mu cyiciro cya mbere mu Bwongereza itangaje ko yamaze gusinyisha umunyarwanda, George Lewis Igaba-Ishimwe, uyu musore yatangaje ko ari ibintu yishimiye kandi byamutunguye kuko atiyumvishaga ko yakinira iyi kipe.

    Lewis George ukina ku mpande asatira, yakuriye muri Norvège ariko akaba yaravukiye mu Rwanda, ababyeyi be baza kwimukira muri iki gihugu.

    Nyuma yo gusinyira ikipe ya Arsenal amasezerano y’imyaka 2 n’igice aho azabanza mu batarengeje imyaka 23, avuga ko ari ibintu byamurenze, akaba afite inzozi zo gukora cyane akazamurwa mu ikipe ya mbere ya Arsenal.

    Yagize ati“biragoye kubyiyumvishira. Ni ibyo kwishimira muri aka kanya. Icyo nshaka kugeraho birumvikana ko ari ugukinira ikipe ya mbere ya Arsenal nkabona imikino myinshi, nkatsinda ibitego nkanatanga imipira kuri bagenzi banjye.”

    Uyu mukinnyi w’imyaka 20, yakuriye mu ikipe y’abato muri Norvege ya Tromso IL nyuma aza gukinira Tromsdalen na Fram Larvik batandukanye umwaka ushize wa 2019.

    Intego ni ugukinira Arsenal nkuru

    source http://isimbi.rw/siporo/article/amarangamutima-y-umunyarwanda-nyuma-yo-gusinyira-arsenal

  • Polisi yagaye ndetse yemeza ko abitaribiriye ibirori by’umukunzi wa Sarpong bafashwe, babiri baracyashakishwa #rwanda #RwOT

    Polisi y’u Rwanda yemeje ko yamaze gufata abantu bari bitabiriye ibirori by’umukunzi wa Sarpong, habonetse 11 muri 13 bahise bajyanwa mu kato ahabugenewe, ni mu gihe babiri basigaye bagishakishwa.

    Ku munsi wo ku Cyumweru tariki ya 16 Kanama 2020, i Nyamirambo mu Busitani bwa Mera Neza, rutahizamu Michael Sarpong yafashije umukunzi we kwizihiza isabukuru y’amavuko, ni umuhango witabiriwe n’ibyamamare bya ruhago bitandukanye.

    Ni isabukuru yakuruye impaka bitewe n’amafoto yagiye hanze, abantu bageranye ndetse batanambaye udupfukamunwa, muri make bari barenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19.

    Mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru ISIMBI.RW, umuvigizi wa polisi y’u Rwanda, CP Jean Bosco Kabera yavuze ko bitewe n’amafoto yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga aba bantu bakurikiranywe bagafatwa ndetse bakaba bari mu kato, gusa ngo hari babiri bataraboneka.

    Yagize ati“ni amafoto yagaragaye ku mbuga nkoranyambaga agaragaza abantu barimo abakinnyi b’umupira barenze ku mabwiriza ya COVID-19, ni byo rero barashakishijwe haboneka abantu 11 muri 13 bagaragaye muri icyo gikorwa, bakaba barahise bajyanwa mu kato.”

    Yakomeje anyomoza amakuru y’uko aba bakinnyi baba bafunze, ngo barimo kwitabwaho n’abaganga bareba niba ntawanduye COVID-19.

    Yagize ati“bajyanywe mu kato ahabugenewe ntabwo bari muri kasho ya polisi. Igihe bazamarayo bizagenwa n’inzego zibishinzwe, bari mu kato, barimo gukurikiranwa n’abaganga, bazabapima urumva ibyo ntabwo polisi yabyinjiramo.”

    Yashimiye abanyarwanda bagize uruhare kugira ngo amafoto nk’ariya ajye hanze, gusa yagaye abantu nk’abariya abandi bafatiraho urugero baba barenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19.

    Inzego z’umutekano zikaba zikomeje gushakisha abandi bantu 2 basigaye kugira ngo na bo bajyanwe mu kato basangeyo bagenzi babo.

    Mu bantu bari bitabiriye iyi sabukuru harimo Sarpong n’umukunzi we, umutoza wa Kiyovu Sports, Karekezi Olivier, Irambona Eric Gisa, Kimenyi Yves, Mbogo Ally ba Kiyovu Sports, Habimana Hussein, Rugwiro Herve, Mugisha Gilbert ba Rayon Sports.

    Nta dupfukamunwa, nta ntera bahanye, muri make barenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19

    source http://isimbi.rw/siporo/article/polisi-yagaye-ndetse-yemeza-ko-abitaribiriye-ibirori-by-umukunzi-wa-sarpong-bafashwe-babiri-baracyashakishwa

  • Ibyo wamenya ku mpanuka z’indege za gisivile zabaye mu Rwanda kuva mu 2009 #rwanda #RwOT

    Kuva mu 2009, impanuka eshatu nizo z’indege za gisivile zabaye mu Rwanda, zirimo imwe ya Kajugujugu yashwanyaguritse mu Karere ka Nyabihu n’indi ikomeye yabereye ku Kibuga cy’indege cya Kigali i Kanombe mu gihe iheruka mu minsi ya vuba yo ari iy’indege ya gisirikare yaguye mu gishanga cya Muyumbu.
  • Umusore twakundanaga yaranyanze ngo kubera ntaciye imyeyo none ndashaka umusore wakwemera kunkunda. #rwanda #RwOT

    Nitwa Uwera Sabine mfite imyaka 26 ntuye i Kigali. Nakundanye n’umusore turakundana cyane bigera ubwo dutangira gutekereza kuba twabana. Buri gihe iyo icyo kiganiro twatangiraga kukivugaho yahitaga ambwira ko mbere yo gutangira gupanga ubukwe tugomba kubanza kuryamana. Jye nari naramuhakaniye kuko nabyiyumvagamo ko umunsi twaryamanye ashobora kuzahita anyanga. Byakomeje gutyo dukomeza gukundana, ajya kunyerekana iwabo nanjye mwerekana iwacu ibyo byatumye mugirira ikizere mbona ko ankunda by’ukuri. Uretse n’ibyo, ibintu byose yankoreraga byanyerekaga ko ankunda nta buryarya. Maze kubyishyiramo ko twamaze guhuza, twongeye kugira ibiganiro byo kuba twapanga ubukwe, nawe yongera kunsubiriramo ko atapanga ubukwe tutararyamana. Bitewe n’uko nari namaze kumwizera narabyemeye kuko nubundi kuva yaramaze kunyerekana iwabo nari naratangiye kwitwara nk’aho ndi umugore we. Nyuma y’uko turyamanye yanyoherereje ubutumwa ambwira ko adashobora kubana nanjye. Namubajije impamvu ambwira ko kuba ntaraciye imyeyo byerekana ko ntazigera mufata neza mu buriri, ko ntazamushimisha, ko bizatuma ararikira abandi bagore bityo akanca inyuma. Ngo rero icyo yifuza n’ukubana n’umukobwa waciye imyeyo kuko ari byo bizamurinda kujya mu busambanyi. Uretse kuba narabyumvaga gutyo, ibyerekeranye no guca imyeyo nta muntu wundi wari warigeze abinganirizaho muri make sinari mbisobanukiwe kuko sinagize amahirwe yo kubana n’ababyeyi banjye, bitabye Imana nkiri muto, wenda bo bari kuba barabinsobanuriye. Ubu rero ndashaka umuntu twakundana tukibanira we akankunda by’ukuri kandi akanyizeza ko atazanca inyuma kandi ko atazanziza icyo kintu. Habaye hari uhari yanyandikira inbox.

    Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.
    http://dlvr.it/Rdw491

  • Umusore twakundanaga yaranyanze ngo kubera ntaciye imyeyo none ndashaka umusore wakwemera kunkunda. #rwanda #RwOT

    Nitwa Uwera Sabine mfite imyaka 26 ntuye i Kigali. Nakundanye n’umusore turakundana cyane bigera ubwo dutangira gutekereza kuba twabana. Buri gihe iyo icyo kiganiro twatangiraga kukivugaho yahitaga ambwira ko mbere yo gutangira gupanga ubukwe tugomba kubanza kuryamana. Jye nari naramuhakaniye kuko nabyiyumvagamo ko umunsi twaryamanye ashobora kuzahita anyanga. Byakomeje gutyo dukomeza gukundana, ajya kunyerekana iwabo nanjye mwerekana iwacu ibyo byatumye mugirira ikizere mbona ko ankunda by’ukuri. Uretse n’ibyo, ibintu byose yankoreraga byanyerekaga ko ankunda nta buryarya. Maze kubyishyiramo ko twamaze guhuza, twongeye kugira ibiganiro byo kuba twapanga ubukwe, nawe yongera kunsubiriramo ko atapanga ubukwe tutararyamana. Bitewe n’uko nari namaze kumwizera narabyemeye kuko nubundi kuva yaramaze kunyerekana iwabo nari naratangiye kwitwara nk’aho ndi umugore we. Nyuma y’uko turyamanye yanyoherereje ubutumwa ambwira ko adashobora kubana nanjye. Namubajije impamvu ambwira ko kuba ntaraciye imyeyo byerekana ko ntazigera mufata neza mu buriri, ko ntazamushimisha, ko bizatuma ararikira abandi bagore bityo akanca inyuma. Ngo rero icyo yifuza n’ukubana n’umukobwa waciye imyeyo kuko ari byo bizamurinda kujya mu busambanyi. Uretse kuba narabyumvaga gutyo, ibyerekeranye no guca imyeyo nta muntu wundi wari warigeze abinganirizaho muri make sinari mbisobanukiwe kuko sinagize amahirwe yo kubana n’ababyeyi banjye, bitabye Imana nkiri muto, wenda bo bari kuba barabinsobanuriye. Ubu rero ndashaka umuntu twakundana tukibanira we akankunda by’ukuri kandi akanyizeza ko atazanca inyuma kandi ko atazanziza icyo kintu. Habaye hari uhari yanyandikira inbox.

    Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.
    http://dlvr.it/Rdw49D

  • Mali President Resigns After Military Mutiny #rwanda #RwOT

    Malian President Ibrahim Boubacar Keita announced early on Wednesday that he is resigning from his post saying that he does not wish blood to be shed following a military mutiny that plunged the country into a political crisis.

    “Today, certain parts of the military have decided that intervention was necessary. Do I really have a choice? Because I do not wish blood to be shed,” Keita said in a brief statement broadcast on national television.

    Keita said that he has decided “to give up my duty from now on.”

    It is unclear if the military is now officially in charge of the country.

    Earlier, Keita and Prime Minister Boubou Cisse were detained by soldiers in a dramatic escalation of a months-long crisis in the country.

    The development came hours after soldiers took up arms and staged a mutiny at a key base in Kati, a town close to Bamako.

    President Ibrahim Boubacar Keita and Prime Minister Boubou Cisse [File: AFP/EPA]

    The soldiers were expected to deliver a statement later, while countries in West Africa, along with former colonial power France, the European Union and the African Union, denounced the actions of the soldiers and warned against any unconstitutional change of power.

    The events came amid a weeks-long political crisis that has seen opposition protesters taking to the streets to demand the departure of Keita, accusing him of allowing the country’s economy to collapse and mishandling a worsening security situation.

    I strongly condemn the forced detention of President Ibrahim Boubacar Keita of #Mali, the Prime Minister and other members of the Malian govt, and call for their immediate release. My full statement:https://t.co/zvJVuJJbjp

    — Moussa Faki Mahamat (@AUC_MoussaFaki) August 18, 2020

    Mali’s years-long conflict, in which ideologically-motivated armed groups have stoked ethnic tensions while jockeying for power, has spilled into the neighbouring countries of Niger and Burkina Faso, destabilising the wider Sahel region and creating a massive humanitarian crisis.

    Earlier on Tuesday, opposition protesters gathered at a square in Bamako in a show of support for the soldiers, while foreign embassies advised their citizens to stay indoors.

    source https://taarifa.rw/mali-president-resigns-after-military-mutiny/

  • Rwanda To Install Automatic Disinfection Gates At All Public Facilities To Curb COVID-19 Spread #rwanda #RwOT

    Rwanda Biomedical Center (RBC) has launched an automatic disinfection gate at its Head Office as government plans to install more gates at the entrance of all public facilities to contain further spread of COVID-19.

    These gates will strengthen the government’s efforts to prevent further spread of the virus.

    They will be placed at entrances of all public places, especially markets, hospitals and government buildings, the Director General of RBC Sabin Nsanzimana while launching the gate.They are also able to detect body temperature of people who go through it and whether they wear face masks, said Nsanzimana, adding that they will greatly contribute to quick temperature screening, disinfection and reduce the risk of virus transmission since people will be disinfected before entering public facilities.

    The gate is equipped with non-contact temperature sensor, auto-sanitizer dispenser and disinfectant sprayer, according to him.

    Rwanda on Monday closed two major markets in Kigali for a week due to an increase of COVID-19 cases in the city’s Nyarugenge district, especially in the two markets.

    The ministry of health said the 253 positive cases reported in the country from last Friday to Sunday are mostly from the two markets.

    By Tuesday, Rwanda had 884 active cases with 1,683 recoveries and 10 deaths.

    source https://taarifa.rw/rwanda-to-install-automatic-disinfection-gates-at-all-public-facilities-to-curb-covid-19-spread/

  • Mfite imyaka 39 nitwa Isimbi Joyce ndi umukobwa ndashaka umuhungu cyangwa umugabo wantera inda tukabyarana umwana sinzamusaba ubufasha bwo kurera uwo umwana. #rwanda #RwOT

    Nitwa Isimbi Joyce mfite imyaka 39 nkaba ntuye mu Karere ka Gasabo. Ubwo nari ngeze mu kigero cy’imyaka 25 akazi nkora k’ubuganga kagiye kantwara umwanya mwinshi kuburyo nagiye mbura umwanya wo kuba naha care ihagije abahungu twakundanaga ibyo bigatuma babantwara. Ngeze mu kigero cy’imyaka 30 natangiye kujya mbura umuhungu wantereta, bitewe n’uko benshi babonaga mfite amafaranga bakantinya bakabura aho bampera bamvugisha, nakomeje gutegereza ngo ndebe ko nazabona umusore wansaba urukundo ndaheba. None imyaka ngezemo irakomeye cyane bikomeje gutya nazashiduka mpfuye nkabura uwo nsigira ibyo naruhiye byose. Niyo mpamvu nshaka umuhungu twabyarana byibuze nkazapfa nifitiye umwana. Uwo musore amaze kuntera inda akumva twabana ntakibazo, ariko atanabishaka yakwikomereza ubuzima bwe sinzigera musaba ubufasha, sinzigera musaba indezo, mfite ubushobozi buhagije bwo kuba nakwita ku mwana wanjye nkamumenyera icyo yakenera cyose. Nitumara kubyarana nabishaka azajya aza kureba umwana we natanabishaka ntakibazo. Naripimishije ndi muzima nta ndwara nimwe ndwaye ndetse n’imyanya myibarukiro yanjye yose ni mizima ntacyambuza kubyara, gusa nk’umuganga nzi ukuntu umukobwa urengeje imyaka 40 gusama bimugora ndetse n’igihe gusaba bikunze, kubyara biramugora cyane ndetse haba hari ibyago byinshi byo kuba yagwa ku iseta. Niyo mpamvu nshaka gufatirana byibuze uyu mwaka ukarangira ntwise umwaka utaka nkibaruka imfura. Ubu butumwa nkimara kubutanga k’urubuga www.imbere.com nabonye abasore benshi banyandikiye bansaba ko twabiganiraho, bamwe nabashije kubasubiza abandi sinabishoboye kuko messages zari nyinshi cyane. Muri bo naje guhitamo umwe twabonanye amaso ku maso inshuri zigera kuri 3 turaganira birambuye. Ni umusore mwiza w’igikundiro kandi ufite amafaranga kuko afite akazi keza, gusa naje kubaririza amakuru amwerekeyeho nsanga afite barumuna be bakennye cyane kandi ntanikintu na kimwe abafasha. Ibyo rero byatumye mureka bitewe n’uko numva ko papa w’umwana wanjye agomba kuba afite umutima mwiza wo gufasha abantu bababaye kugira ngo n’umwana wanjye atazavukana umutima mubi. Akazi kanjye nkora buri munsi ni ako kwita kubantu bababaye rero ntibyanshobokera ko nabyarana n’umuntu ufite amafaranga kandi adashobora kwita kubo bavukana. Kandi ndanakeka ko umuntu udafitiye impuhwe abo bavukana ntanundi ashobora kuzigirira. Njye ndashaka kubyarana n’umuntu ufite umutima mwiza ndetse n’imico myiza kuburyo n’umwana wanjye azavukana bene uwo mutima. Uwumva yabishobora yanyandikira inbox tukabiganiraho mu buryo burambuye.

    Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.

    source https://www.imbere.com/mfite-imyaka-39-nitwa-isimbi-joyce-ndumukobwa-ndashaka-umuhungu-cyangwa-umugabo-wantera-inda-tukabyarana-umwana-sinzamusaba-ubufasha-bwo-kurera-uwo-umwana/

  • Nitwa Karengera Nailla naragumiwe kubera ko abahungu benshi barantinya cyane niyo mpamvu nshaka umuhungu ushobora kumbera umugabo tukibanira byihuse #rwanda #RwOT

    Nitwa Nailla Ikuzwe Karengera mfite imyaka 40, kuva kera nkiri muto ababyeyi banjye banyigishije gushaka amafaranga, kuburyo ubu umpaye n’ibyatsi nabishakira abakiriya kandi bikagurwa. N’ubwo mu bucuruzi ndi umuhanga ariko mu rukundo ho ndi umuswa mubi. Mu myaka 20 ishize sinigeze nkundana n’umuhungu. Impamvu yabiteye n’uko njye n’ababyeyi banjye ntabwo twakunze kuba mu gihugu kimwe ngo tukigumemo igihe kinini kuko iyo twajyaga gutura mu gihugu runaka ababyeyi banjye bahatangizaga business yamara gushinga imizi dugahita twimukira mu kindi gihugu kuhatangiza indi gutyo gutyo. Ubwo rero iyo nabaga ntangiye kumenyera ahantu ntangiye kuhagira inshuti byahitaga biba ngombwa ko twimuka. Ubu rero nyinshi muri izo business ninjye nzicunga rero bigatuma ntajya nicara mu gihugu kimwe igihe kinini. Gusa iyo siyo mpamvu yonyine yabiteye ahubwo impamvu nyamukuru yabiteye n’uko abasore bantinya bakanga kunsaba urukundo. Umusore iyo tukimenyana bwa mbere akanyishimira iyo amenye uwo ndiwe ko ndi umukobwa wa Karengera ntiyongera kumvugisha. Bamwe barantinya bakumva ko ntaho bampera bansaba urukundo kuko ubusanzwe baba bamenyereye guteretesha amafaranga, rero bakumva ko nyabarusha bagatekereza ko ntamahirwe bafite yo kuba nabaha urukundo. Abandi nabo bakavuga ngo turamutse dukundanye tukabana sinazigera mbubaha kuko mbarusha amafaranga ngo najya mbasuzugura. Ariko muri njye siko nteye, nubwo nkize ariko sinirata, mu buzima nkunda guca bugufi, ndetse no guha agaciro buri wese. Ubu rero ndashaka umusore wakwemera ko dukundana. Sinzigera mukangisha amafaranga, ndetse sinzayamurutisha, nzamwubaha mu buryo bwose bushoboka, ibyanjye bizaba ibye, ndetse imitungo yanjye yose azayigiraho ijambo. Ikindi mwijeje nuko nta gihugu na kimwe nzajyamo atabishaka, ingendo zanjye zimwe nzazihagarika kugira ngo mpe umukunzi wanjye umwanya uhagije, kandi aho azumva ashaka kumperekeza nta kibazo tuzabyumvikanaho. Uwumva yanyemera akankunda by’ukuri yanyandikira inbox.

    Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.

    source https://www.imbere.com/nitwa-karengera-nailla-naragumiwe-kubera-abahungu-benshi-barantinya-cyane-niyo-mpamvu-nshaka-umuhungu-ushobora-kumbera-umugabo-tukibanira-byihuse/