Blog

  • Sherrie Silver yatwaye igikombe muri Zanzibar – #rwanda #RwOT

    Uyu mukobwa yabwiye InyaRwanda ko kuri uyu wa Gatandatu tariki 1 Werurwe 2025 ari kumwe n’abafana abafasha muri Sherrie Silver Foundation bagaruka mu Rwanda bavuye i Zanzibar ahatangiwe ibi bihembo, byabaga ku nshuro ya Kabiri. 

    Ibihembo byatanzwe bibanjirijwe n’inama yabaye yari igamije kurebera hamwe zimwe mu ngingo zitsa cyane ku muziki wa Afurika, yabaye ku wa 24-25 Gashyantare 2025, hanyuma ibihembo bitangwa ku wa 26 Gashyantare 2025.

    Sherrie Silver ari mu bitabiriye umuhango w’itangwa ry’ibi bihembo, ndetse yari yahawe akazi ko kuyobora imbyino zaherekeje indirimbo bamwe mu bahanzi baririmbye.

    Ni we watoje ababyinnyi bafashije Diamond ku rubyiniro, yatoje kandi abakoranye na Rema, yari yanotoje abari gukorana na Innoss’B n’ubwo atabonye umwanya wo kuririmba.

    Uyu mukobwa yagaragaje ko kugirirwa icyizere muri Trace Awards, ari kimwe mu byo kwishimira. Ndetse, ubuyobozi bwa Trace Group bwamugeneye igikombe cya ‘Changemaker’ nk’uwagaragaje impinduka mu rugendo rw’imbyino zinyuranye.

    Uyu mwaka, ibihembo byagaragaje uko umuziki wa Afurika ukomeje kugira ijambo ku rwego mpuzamahanga, aho Afrobeats, Amapiano, n'izindi njyana z'uyu mugabane zari ku isonga, kuko zabafashije abahanzi bazikora gutwara ibihembo.

    Itsinda rya Titom & Yuppe bo muri Afurika y'Epfo ryatwaye igikombe cy'indirimbo y'umwaka, babicyesha indirimbo yabo 'Tshwala Bam', yacuranzwe cyane ku isi yose kubera injyana yayo idasanzwe n'umudiho ugezweho.

    Rema wo muri Nigeria yegukanye igikombe cya Album y'umwaka (Album of the year), kubera indirimbo ye 'Heis', yerekanye uburyo ashoboye kuvanga Afrobeats n'injyana z'amahanga.

    Yatsindiye kandi n'igikombe cy'umuhanzi mwiza w'umugabo (Best Male Artist), agaragaza ko akomeje kuba umwe mu byamamare bikomeye muri Afurika. Ndetse n'igikombe cy'indirimbo nziza (Best Music Video) abicyesha indirimbo ye yise 'DND', yasohoye tariki 20 Ukuboza 2023.

    Indirimbo yahuriweho n'abahanzi (Best Collaboration) yegukanwe na Tam Sir & Team Paiya bo muri Côte d’Ivoire batsinze kubera indirimbo yabo 'Coup du Marteau', ifite umudiho wihariye n'ubuhanga bw'abayikoze.

    Igihembo cya cya Producer w'umwaka, cyegukanwe na P. Priime wo muri Nigeria, kubera uko yayoboye amashusho y'indirimbo 'MMS' ya Rema na Asake, igaragaza ubuhanga bwihariye mu gutunganya amashusho.

    Umubyinnyi wabyinnye neza kurusha abandi (Best Dancer) yabaye Makhadzi wo muri Afurika y'Epfo, aho yongeye kwemeza ko ari umubyinnyi w'umuhanga, abikesheje imyiyereko ye idasanzwe.

    DJ mwiza w'umwaka yabaye DJ Moh Green wo muri Algeria yatsindiye iki gihembo, agaragaza ko ari umwe mu bavanga umuziki bakomeye muri Afurika.

    Diamond Platnumz wo muri Tanzania yatwaye igikombe cya 'Best Global African Artist' abicyesha gukomeza kwigaragaza ku ruhando mpuzamahanga, atsindira iki gihembo.

    Umuhanzi w'injyana ya Hip-Hop mwiza yabaye Didi B wo muri Côte d’Ivoire. Yegukanye iki gihembo, kubera ubuhanga bwe mu miririmbire n'imirya ye iteye amabengeza.

    Umuhanzikazi w'umugore mwiza (Best Female Artist) yabaye Tyla wo muri Afurika y'Epfo. Yahawe iki gihembo, nk'ishimwe ry'ubushobozi bwe bwo guhanga umuziki wihariye.

    Umuhanzi mwiza w'indirimbo zihimbaza Imana: Mercy Chinwo wo muri Nigeria yegukanye iki gihembo kubera indirimbo ze zifite ubutumwa bwimbitse za 'Gospel'.

    Abatsinze mu byiciro by'uturere:

    Umuhanzi ukoresha ururimi rw'Igifaransa (Best French-Speaking Artist): Josey wo muri Côte d’Ivoire.

    Umuhanzi ukoresha ururimi rw'Icyongereza mu Burengerazuba bwa Afurika: Ayra Starr wo muri Nigeria. Umuhanzi mwiza wo muri Afurika y'Amajyepfo yabaye Tyler ICU.

    Umuhanzi mwiza wo muri Afurika y'Iburasirazuba yabaye Bien wo muri Kenya. Umuhanzi ukorera ururimi rwa Protugal, yabaye Chelsea Dinorath wo muri Angola. Ibihembo bya Trace Awards 2025 byongeye kugaragaza ko umuziki wa Afurika ukomeje kwaguka no gukundwa ku rwego mpuzamahanga.

    Urutonde rw'abegukanye ibihembo muri Trace Awards yabaga ku nshuro ya Kabiri:

    1.Song of the Year

    Titom & Yuppe — 'Tshwala Bam' (South Africa)

    2.Album of the Year

    Rema — Heis (Nigeria)

    3.Best Collaboration

    Tamsir & Team Paiya — 'Coup du Marteau' (Ivory Coast)

    4.Best Music Video

    Meji Alabi — Rema 'DND' (Nigeria)

    5.Best Dancer

    Makhadzi (South Africa)

    6.Best DJ

    DJ Moh Green — 'Kelele' (Algeria)

    7.Best Hip Hop Artist (sponsored by Hot 97)

    Didi B (Ivory Coast)

    Pan-African Awards

    8.Best Global African Artist

    Diamond Platnumz (Tanzania)

    9.Best Male Artist

    Rema (Nigeria)

    10.Best Female Artist

    Tyla (South Africa)

    11.Best Live Performance

    Fally Ipupa (DRC)

    11.Best Producer

    P.Priime — 'MMS' (Nigeria)

    12.Best Gospel Artist

    Mercy Chinwo (Nigeria)

    Regional Awards

    13.Best Artist Eastern Africa

    Bien (Kenya)

    14.Best Artist (Western Africa Anglophone)

    Ayra Starr (Nigeria)

    15.Best Artist (Southern Africa)

    Tyler ICU (South Africa)

    16.Best Artist Francophone Africa

    Josey (Ivory Coast)

    17.Best Artist (Lusophone Africa)

    Chelsea Dinorath (Angola)

    International and Diaspora Awards

    18.Best Artist (Europe)

    Joe Dwet File (France/Haiti)

    19.Best Artist (Brazil)

    Duquesa (Brazil)

    20.Best Artist (Caribbean)

    Lea Churro (Reunion Island)

    21.Best Artist (Indian Ocean)

    Barth (Reunion)

    22.Lifetime Achievement Award

    D'Banj

    <blockquote class=”instagram-media” data-instgrm-captioned data-instgrm-permalink=”https://www.instagram.com/reel/DGgvS3oMvwj/?utm_source=ig_embed&amp;utm_campaign=loading” data-instgrm-version=”14″ data-style=” background:#FFF; border:0; border-radius:3px; box-shadow:0 0 1px 0 rgba(0,0,0,0.5),0 1px 10px 0 rgba(0,0,0,0.15); margin: 1px; max-width:540px; min-width:326px; padding:0; width:99.375%; width:-webkit-calc(100% – 2px); width:calc(100% – 2px);”><div data-style=”padding:16px;”> <a href=”https://www.instagram.com/reel/DGgvS3oMvwj/?utm_source=ig_embed&amp;utm_campaign=loading” data-style=” background:#FFFFFF; line-height:0; padding:0 0; text-align:center; text-decoration:none; width:100%;” target=”_blank”> <div data-style=” display: flex; flex-direction: row; align-items: center;”> <div data-style=”background-color: #F4F4F4; border-radius: 50%; flex-grow: 0; height: 40px; margin-right: 14px; width: 40px;”></div> <div data-style=”display: flex; flex-direction: column; flex-grow: 1; justify-content: center;”> <div data-style=” background-color: #F4F4F4; border-radius: 4px; flex-grow: 0; height: 14px; margin-bottom: 6px; width: 100px;”></div> <div data-style=” background-color: #F4F4F4; border-radius: 4px; flex-grow: 0; height: 14px; width: 60px;”></div></div></div><div data-style=”padding: 19% 0;”></div> <div data-style=”display:block; height:50px; margin:0 auto 12px; width:50px;”><svg width=”50px” height=”50px” viewBox=”0 0 60 60″ version=”1.1″ xmlns=”https://www.w3.org/2000/svg” xmlns:xlink=”https://www.w3.org/1999/xlink”><g stroke=”none” stroke-width=”1″ fill=”none” fill-rule=”evenodd”><g transform=”translate(-511.000000, -20.000000)” fill=”#000000″><g><path d=”M556.869,30.41 C554.814,30.41 553.148,32.076 553.148,34.131 C553.148,36.186 554.814,37.852 556.869,37.852 C558.924,37.852 560.59,36.186 560.59,34.131 C560.59,32.076 558.924,30.41 556.869,30.41 M541,60.657 C535.114,60.657 530.342,55.887 530.342,50 C530.342,44.114 535.114,39.342 541,39.342 C546.887,39.342 551.658,44.114 551.658,50 C551.658,55.887 546.887,60.657 541,60.657 M541,33.886 C532.1,33.886 524.886,41.1 524.886,50 C524.886,58.899 532.1,66.113 541,66.113 C549.9,66.113 557.115,58.899 557.115,50 C557.115,41.1 549.9,33.886 541,33.886 M565.378,62.101 C565.244,65.022 564.756,66.606 564.346,67.663 C563.803,69.06 563.154,70.057 562.106,71.106 C561.058,72.155 560.06,72.803 558.662,73.347 C557.607,73.757 556.021,74.244 553.102,74.378 C549.944,74.521 548.997,74.552 541,74.552 C533.003,74.552 532.056,74.521 528.898,74.378 C525.979,74.244 524.393,73.757 523.338,73.347 C521.94,72.803 520.942,72.155 519.894,71.106 C518.846,70.057 518.197,69.06 517.654,67.663 C517.244,66.606 516.755,65.022 516.623,62.101 C516.479,58.943 516.448,57.996 516.448,50 C516.448,42.003 516.479,41.056 516.623,37.899 C516.755,34.978 517.244,33.391 517.654,32.338 C518.197,30.938 518.846,29.942 519.894,28.894 C520.942,27.846 521.94,27.196 523.338,26.654 C524.393,26.244 525.979,25.756 528.898,25.623 C532.057,25.479 533.004,25.448 541,25.448 C548.997,25.448 549.943,25.479 553.102,25.623 C556.021,25.756 557.607,26.244 558.662,26.654 C560.06,27.196 561.058,27.846 562.106,28.894 C563.154,29.942 563.803,30.938 564.346,32.338 C564.756,33.391 565.244,34.978 565.378,37.899 C565.522,41.056 565.552,42.003 565.552,50 C565.552,57.996 565.522,58.943 565.378,62.101 M570.82,37.631 C570.674,34.438 570.167,32.258 569.425,30.349 C568.659,28.377 567.633,26.702 565.965,25.035 C564.297,23.368 562.623,22.342 560.652,21.575 C558.743,20.834 556.562,20.326 553.369,20.18 C550.169,20.033 549.148,20 541,20 C532.853,20 531.831,20.033 528.631,20.18 C525.438,20.326 523.257,20.834 521.349,21.575 C519.376,22.342 517.703,23.368 516.035,25.035 C514.368,26.702 513.342,28.377 512.574,30.349 C511.834,32.258 511.326,34.438 511.181,37.631 C511.035,40.831 511,41.851 511,50 C511,58.147 511.035,59.17 511.181,62.369 C511.326,65.562 511.834,67.743 512.574,69.651 C513.342,71.625 514.368,73.296 516.035,74.965 C517.703,76.634 519.376,77.658 521.349,78.425 C523.257,79.167 525.438,79.673 528.631,79.82 C531.831,79.965 532.853,80.001 541,80.001 C549.148,80.001 550.169,79.965 553.369,79.82 C556.562,79.673 558.743,79.167 560.652,78.425 C562.623,77.658 564.297,76.634 565.965,74.965 C567.633,73.296 568.659,71.625 569.425,69.651 C570.167,67.743 570.674,65.562 570.82,62.369 C570.966,59.17 571,58.147 571,50 C571,41.851 570.966,40.831 570.82,37.631″></path></g></g></g></svg></div><div data-style=”padding-top: 8px;”> <div data-style=” color:#3897f0; font-family:Arial,sans-serif; font-size:14px; font-style:normal; font-weight:550; line-height:18px;”>View this post on Instagram</div></div><div data-style=”padding: 12.5% 0;”></div> <div data-style=”display: flex; flex-direction: row; margin-bottom: 14px; align-items: center;”><div> <div data-style=”background-color: #F4F4F4; border-radius: 50%; height: 12.5px; width: 12.5px; transform: translateX(0px) translateY(7px);”></div> <div data-style=”background-color: #F4F4F4; height: 12.5px; transform: rotate(-45deg) translateX(3px) translateY(1px); width: 12.5px; flex-grow: 0; margin-right: 14px; margin-left: 2px;”></div> <div data-style=”background-color: #F4F4F4; border-radius: 50%; height: 12.5px; width: 12.5px; transform: translateX(9px) translateY(-18px);”></div></div><div data-style=”margin-left: 8px;”> <div data-style=” background-color: #F4F4F4; border-radius: 50%; flex-grow: 0; height: 20px; width: 20px;”></div> <div data-style=” width: 0; height: 0; border-top: 2px solid transparent; border-left: 6px solid #f4f4f4; border-bottom: 2px solid transparent; transform: translateX(16px) translateY(-4px) rotate(30deg)”></div></div><div data-style=”margin-left: auto;”> <div data-style=” width: 0px; border-top: 8px solid #F4F4F4; border-right: 8px solid transparent; transform: translateY(16px);”></div> <div data-style=” background-color: #F4F4F4; flex-grow: 0; height: 12px; width: 16px; transform: translateY(-4px);”></div> <div data-style=” width: 0; height: 0; border-top: 8px solid #F4F4F4; border-left: 8px solid transparent; transform: translateY(-4px) translateX(8px);”></div></div></div> <div data-style=”display: flex; flex-direction: column; flex-grow: 1; justify-content: center; margin-bottom: 24px;”> <div data-style=” background-color: #F4F4F4; border-radius: 4px; flex-grow: 0; height: 14px; margin-bottom: 6px; width: 224px;”></div> <div data-style=” background-color: #F4F4F4; border-radius: 4px; flex-grow: 0; height: 14px; width: 144px;”></div></div></a><p data-style=” color:#c9c8cd; font-family:Arial,sans-serif; font-size:14px; line-height:17px; margin-bottom:0; margin-top:8px; overflow:hidden; padding:8px 0 7px; text-align:center; text-overflow:ellipsis; white-space:nowrap;”><a href=”https://www.instagram.com/reel/DGgvS3oMvwj/?utm_source=ig_embed&amp;utm_campaign=loading” data-style=” color:#c9c8cd; font-family:Arial,sans-serif; font-size:14px; font-style:normal; font-weight:normal; line-height:17px; text-decoration:none;” target=”_blank”>A post shared by Sherrie Silver – African Queen (@sherriesilver)</a></p></div></blockquote>

    <script async src=”//www.instagram.com/embed.js”></script>

     

    <blockquote class=”instagram-media” data-instgrm-captioned data-instgrm-permalink=”https://www.instagram.com/reel/DGlds1lMAPT/?utm_source=ig_embed&amp;utm_campaign=loading” data-instgrm-version=”14″ data-style=” background:#FFF; border:0; border-radius:3px; box-shadow:0 0 1px 0 rgba(0,0,0,0.5),0 1px 10px 0 rgba(0,0,0,0.15); margin: 1px; max-width:540px; min-width:326px; padding:0; width:99.375%; width:-webkit-calc(100% – 2px); width:calc(100% – 2px);”><div data-style=”padding:16px;”> <a href=”https://www.instagram.com/reel/DGlds1lMAPT/?utm_source=ig_embed&amp;utm_campaign=loading” data-style=” background:#FFFFFF; line-height:0; padding:0 0; text-align:center; text-decoration:none; width:100%;” target=”_blank”> <div data-style=” display: flex; flex-direction: row; align-items: center;”> <div data-style=”background-color: #F4F4F4; border-radius: 50%; flex-grow: 0; height: 40px; margin-right: 14px; width: 40px;”></div> <div data-style=”display: flex; flex-direction: column; flex-grow: 1; justify-content: center;”> <div data-style=” background-color: #F4F4F4; border-radius: 4px; flex-grow: 0; height: 14px; margin-bottom: 6px; width: 100px;”></div> <div data-style=” background-color: #F4F4F4; border-radius: 4px; flex-grow: 0; height: 14px; width: 60px;”></div></div></div><div data-style=”padding: 19% 0;”></div> <div data-style=”display:block; height:50px; margin:0 auto 12px; width:50px;”><svg width=”50px” height=”50px” viewBox=”0 0 60 60″ version=”1.1″ xmlns=”https://www.w3.org/2000/svg” xmlns:xlink=”https://www.w3.org/1999/xlink”><g stroke=”none” stroke-width=”1″ fill=”none” fill-rule=”evenodd”><g transform=”translate(-511.000000, -20.000000)” fill=”#000000″><g><path d=”M556.869,30.41 C554.814,30.41 553.148,32.076 553.148,34.131 C553.148,36.186 554.814,37.852 556.869,37.852 C558.924,37.852 560.59,36.186 560.59,34.131 C560.59,32.076 558.924,30.41 556.869,30.41 M541,60.657 C535.114,60.657 530.342,55.887 530.342,50 C530.342,44.114 535.114,39.342 541,39.342 C546.887,39.342 551.658,44.114 551.658,50 C551.658,55.887 546.887,60.657 541,60.657 M541,33.886 C532.1,33.886 524.886,41.1 524.886,50 C524.886,58.899 532.1,66.113 541,66.113 C549.9,66.113 557.115,58.899 557.115,50 C557.115,41.1 549.9,33.886 541,33.886 M565.378,62.101 C565.244,65.022 564.756,66.606 564.346,67.663 C563.803,69.06 563.154,70.057 562.106,71.106 C561.058,72.155 560.06,72.803 558.662,73.347 C557.607,73.757 556.021,74.244 553.102,74.378 C549.944,74.521 548.997,74.552 541,74.552 C533.003,74.552 532.056,74.521 528.898,74.378 C525.979,74.244 524.393,73.757 523.338,73.347 C521.94,72.803 520.942,72.155 519.894,71.106 C518.846,70.057 518.197,69.06 517.654,67.663 C517.244,66.606 516.755,65.022 516.623,62.101 C516.479,58.943 516.448,57.996 516.448,50 C516.448,42.003 516.479,41.056 516.623,37.899 C516.755,34.978 517.244,33.391 517.654,32.338 C518.197,30.938 518.846,29.942 519.894,28.894 C520.942,27.846 521.94,27.196 523.338,26.654 C524.393,26.244 525.979,25.756 528.898,25.623 C532.057,25.479 533.004,25.448 541,25.448 C548.997,25.448 549.943,25.479 553.102,25.623 C556.021,25.756 557.607,26.244 558.662,26.654 C560.06,27.196 561.058,27.846 562.106,28.894 C563.154,29.942 563.803,30.938 564.346,32.338 C564.756,33.391 565.244,34.978 565.378,37.899 C565.522,41.056 565.552,42.003 565.552,50 C565.552,57.996 565.522,58.943 565.378,62.101 M570.82,37.631 C570.674,34.438 570.167,32.258 569.425,30.349 C568.659,28.377 567.633,26.702 565.965,25.035 C564.297,23.368 562.623,22.342 560.652,21.575 C558.743,20.834 556.562,20.326 553.369,20.18 C550.169,20.033 549.148,20 541,20 C532.853,20 531.831,20.033 528.631,20.18 C525.438,20.326 523.257,20.834 521.349,21.575 C519.376,22.342 517.703,23.368 516.035,25.035 C514.368,26.702 513.342,28.377 512.574,30.349 C511.834,32.258 511.326,34.438 511.181,37.631 C511.035,40.831 511,41.851 511,50 C511,58.147 511.035,59.17 511.181,62.369 C511.326,65.562 511.834,67.743 512.574,69.651 C513.342,71.625 514.368,73.296 516.035,74.965 C517.703,76.634 519.376,77.658 521.349,78.425 C523.257,79.167 525.438,79.673 528.631,79.82 C531.831,79.965 532.853,80.001 541,80.001 C549.148,80.001 550.169,79.965 553.369,79.82 C556.562,79.673 558.743,79.167 560.652,78.425 C562.623,77.658 564.297,76.634 565.965,74.965 C567.633,73.296 568.659,71.625 569.425,69.651 C570.167,67.743 570.674,65.562 570.82,62.369 C570.966,59.17 571,58.147 571,50 C571,41.851 570.966,40.831 570.82,37.631″></path></g></g></g></svg></div><div data-style=”padding-top: 8px;”> <div data-style=” color:#3897f0; font-family:Arial,sans-serif; font-size:14px; font-style:normal; font-weight:550; line-height:18px;”>View this post on Instagram</div></div><div data-style=”padding: 12.5% 0;”></div> <div data-style=”display: flex; flex-direction: row; margin-bottom: 14px; align-items: center;”><div> <div data-style=”background-color: #F4F4F4; border-radius: 50%; height: 12.5px; width: 12.5px; transform: translateX(0px) translateY(7px);”></div> <div data-style=”background-color: #F4F4F4; height: 12.5px; transform: rotate(-45deg) translateX(3px) translateY(1px); width: 12.5px; flex-grow: 0; margin-right: 14px; margin-left: 2px;”></div> <div data-style=”background-color: #F4F4F4; border-radius: 50%; height: 12.5px; width: 12.5px; transform: translateX(9px) translateY(-18px);”></div></div><div data-style=”margin-left: 8px;”> <div data-style=” background-color: #F4F4F4; border-radius: 50%; flex-grow: 0; height: 20px; width: 20px;”></div> <div data-style=” width: 0; height: 0; border-top: 2px solid transparent; border-left: 6px solid #f4f4f4; border-bottom: 2px solid transparent; transform: translateX(16px) translateY(-4px) rotate(30deg)”></div></div><div data-style=”margin-left: auto;”> <div data-style=” width: 0px; border-top: 8px solid #F4F4F4; border-right: 8px solid transparent; transform: translateY(16px);”></div> <div data-style=” background-color: #F4F4F4; flex-grow: 0; height: 12px; width: 16px; transform: translateY(-4px);”></div> <div data-style=” width: 0; height: 0; border-top: 8px solid #F4F4F4; border-left: 8px solid transparent; transform: translateY(-4px) translateX(8px);”></div></div></div> <div data-style=”display: flex; flex-direction: column; flex-grow: 1; justify-content: center; margin-bottom: 24px;”> <div data-style=” background-color: #F4F4F4; border-radius: 4px; flex-grow: 0; height: 14px; margin-bottom: 6px; width: 224px;”></div> <div data-style=” background-color: #F4F4F4; border-radius: 4px; flex-grow: 0; height: 14px; width: 144px;”></div></div></a><p data-style=” color:#c9c8cd; font-family:Arial,sans-serif; font-size:14px; line-height:17px; margin-bottom:0; margin-top:8px; overflow:hidden; padding:8px 0 7px; text-align:center; text-overflow:ellipsis; white-space:nowrap;”><a href=”https://www.instagram.com/reel/DGlds1lMAPT/?utm_source=ig_embed&amp;utm_campaign=loading” data-style=” color:#c9c8cd; font-family:Arial,sans-serif; font-size:14px; font-style:normal; font-weight:normal; line-height:17px; text-decoration:none;” target=”_blank”>A post shared by Sherrie Silver – African Queen (@sherriesilver)</a></p></div></blockquote>

    <script async src=”//www.instagram.com/embed.js”></script>

     

    <blockquote class=”instagram-media” data-instgrm-captioned data-instgrm-permalink=”https://www.instagram.com/reel/DGlrda5M8s-/?utm_source=ig_embed&amp;utm_campaign=loading” data-instgrm-version=”14″ data-style=” background:#FFF; border:0; border-radius:3px; box-shadow:0 0 1px 0 rgba(0,0,0,0.5),0 1px 10px 0 rgba(0,0,0,0.15); margin: 1px; max-width:540px; min-width:326px; padding:0; width:99.375%; width:-webkit-calc(100% – 2px); width:calc(100% – 2px);”><div data-style=”padding:16px;”> <a href=”https://www.instagram.com/reel/DGlrda5M8s-/?utm_source=ig_embed&amp;utm_campaign=loading” data-style=” background:#FFFFFF; line-height:0; padding:0 0; text-align:center; text-decoration:none; width:100%;” target=”_blank”> <div data-style=” display: flex; flex-direction: row; align-items: center;”> <div data-style=”background-color: #F4F4F4; border-radius: 50%; flex-grow: 0; height: 40px; margin-right: 14px; width: 40px;”></div> <div data-style=”display: flex; flex-direction: column; flex-grow: 1; justify-content: center;”> <div data-style=” background-color: #F4F4F4; border-radius: 4px; flex-grow: 0; height: 14px; margin-bottom: 6px; width: 100px;”></div> <div data-style=” background-color: #F4F4F4; border-radius: 4px; flex-grow: 0; height: 14px; width: 60px;”></div></div></div><div data-style=”padding: 19% 0;”></div> <div data-style=”display:block; height:50px; margin:0 auto 12px; width:50px;”><svg width=”50px” height=”50px” viewBox=”0 0 60 60″ version=”1.1″ xmlns=”https://www.w3.org/2000/svg” xmlns:xlink=”https://www.w3.org/1999/xlink”><g stroke=”none” stroke-width=”1″ fill=”none” fill-rule=”evenodd”><g transform=”translate(-511.000000, -20.000000)” fill=”#000000″><g><path d=”M556.869,30.41 C554.814,30.41 553.148,32.076 553.148,34.131 C553.148,36.186 554.814,37.852 556.869,37.852 C558.924,37.852 560.59,36.186 560.59,34.131 C560.59,32.076 558.924,30.41 556.869,30.41 M541,60.657 C535.114,60.657 530.342,55.887 530.342,50 C530.342,44.114 535.114,39.342 541,39.342 C546.887,39.342 551.658,44.114 551.658,50 C551.658,55.887 546.887,60.657 541,60.657 M541,33.886 C532.1,33.886 524.886,41.1 524.886,50 C524.886,58.899 532.1,66.113 541,66.113 C549.9,66.113 557.115,58.899 557.115,50 C557.115,41.1 549.9,33.886 541,33.886 M565.378,62.101 C565.244,65.022 564.756,66.606 564.346,67.663 C563.803,69.06 563.154,70.057 562.106,71.106 C561.058,72.155 560.06,72.803 558.662,73.347 C557.607,73.757 556.021,74.244 553.102,74.378 C549.944,74.521 548.997,74.552 541,74.552 C533.003,74.552 532.056,74.521 528.898,74.378 C525.979,74.244 524.393,73.757 523.338,73.347 C521.94,72.803 520.942,72.155 519.894,71.106 C518.846,70.057 518.197,69.06 517.654,67.663 C517.244,66.606 516.755,65.022 516.623,62.101 C516.479,58.943 516.448,57.996 516.448,50 C516.448,42.003 516.479,41.056 516.623,37.899 C516.755,34.978 517.244,33.391 517.654,32.338 C518.197,30.938 518.846,29.942 519.894,28.894 C520.942,27.846 521.94,27.196 523.338,26.654 C524.393,26.244 525.979,25.756 528.898,25.623 C532.057,25.479 533.004,25.448 541,25.448 C548.997,25.448 549.943,25.479 553.102,25.623 C556.021,25.756 557.607,26.244 558.662,26.654 C560.06,27.196 561.058,27.846 562.106,28.894 C563.154,29.942 563.803,30.938 564.346,32.338 C564.756,33.391 565.244,34.978 565.378,37.899 C565.522,41.056 565.552,42.003 565.552,50 C565.552,57.996 565.522,58.943 565.378,62.101 M570.82,37.631 C570.674,34.438 570.167,32.258 569.425,30.349 C568.659,28.377 567.633,26.702 565.965,25.035 C564.297,23.368 562.623,22.342 560.652,21.575 C558.743,20.834 556.562,20.326 553.369,20.18 C550.169,20.033 549.148,20 541,20 C532.853,20 531.831,20.033 528.631,20.18 C525.438,20.326 523.257,20.834 521.349,21.575 C519.376,22.342 517.703,23.368 516.035,25.035 C514.368,26.702 513.342,28.377 512.574,30.349 C511.834,32.258 511.326,34.438 511.181,37.631 C511.035,40.831 511,41.851 511,50 C511,58.147 511.035,59.17 511.181,62.369 C511.326,65.562 511.834,67.743 512.574,69.651 C513.342,71.625 514.368,73.296 516.035,74.965 C517.703,76.634 519.376,77.658 521.349,78.425 C523.257,79.167 525.438,79.673 528.631,79.82 C531.831,79.965 532.853,80.001 541,80.001 C549.148,80.001 550.169,79.965 553.369,79.82 C556.562,79.673 558.743,79.167 560.652,78.425 C562.623,77.658 564.297,76.634 565.965,74.965 C567.633,73.296 568.659,71.625 569.425,69.651 C570.167,67.743 570.674,65.562 570.82,62.369 C570.966,59.17 571,58.147 571,50 C571,41.851 570.966,40.831 570.82,37.631″></path></g></g></g></svg></div><div data-style=”padding-top: 8px;”> <div data-style=” color:#3897f0; font-family:Arial,sans-serif; font-size:14px; font-style:normal; font-weight:550; line-height:18px;”>View this post on Instagram</div></div><div data-style=”padding: 12.5% 0;”></div> <div data-style=”display: flex; flex-direction: row; margin-bottom: 14px; align-items: center;”><div> <div data-style=”background-color: #F4F4F4; border-radius: 50%; height: 12.5px; width: 12.5px; transform: translateX(0px) translateY(7px);”></div> <div data-style=”background-color: #F4F4F4; height: 12.5px; transform: rotate(-45deg) translateX(3px) translateY(1px); width: 12.5px; flex-grow: 0; margin-right: 14px; margin-left: 2px;”></div> <div data-style=”background-color: #F4F4F4; border-radius: 50%; height: 12.5px; width: 12.5px; transform: translateX(9px) translateY(-18px);”></div></div><div data-style=”margin-left: 8px;”> <div data-style=” background-color: #F4F4F4; border-radius: 50%; flex-grow: 0; height: 20px; width: 20px;”></div> <div data-style=” width: 0; height: 0; border-top: 2px solid transparent; border-left: 6px solid #f4f4f4; border-bottom: 2px solid transparent; transform: translateX(16px) translateY(-4px) rotate(30deg)”></div></div><div data-style=”margin-left: auto;”> <div data-style=” width: 0px; border-top: 8px solid #F4F4F4; border-right: 8px solid transparent; transform: translateY(16px);”></div> <div data-style=” background-color: #F4F4F4; flex-grow: 0; height: 12px; width: 16px; transform: translateY(-4px);”></div> <div data-style=” width: 0; height: 0; border-top: 8px solid #F4F4F4; border-left: 8px solid transparent; transform: translateY(-4px) translateX(8px);”></div></div></div> <div data-style=”display: flex; flex-direction: column; flex-grow: 1; justify-content: center; margin-bottom: 24px;”> <div data-style=” background-color: #F4F4F4; border-radius: 4px; flex-grow: 0; height: 14px; margin-bottom: 6px; width: 224px;”></div> <div data-style=” background-color: #F4F4F4; border-radius: 4px; flex-grow: 0; height: 14px; width: 144px;”></div></div></a><p data-style=” color:#c9c8cd; font-family:Arial,sans-serif; font-size:14px; line-height:17px; margin-bottom:0; margin-top:8px; overflow:hidden; padding:8px 0 7px; text-align:center; text-overflow:ellipsis; white-space:nowrap;”><a href=”https://www.instagram.com/reel/DGlrda5M8s-/?utm_source=ig_embed&amp;utm_campaign=loading” data-style=” color:#c9c8cd; font-family:Arial,sans-serif; font-size:14px; font-style:normal; font-weight:normal; line-height:17px; text-decoration:none;” target=”_blank”>A post shared by Sherrie Silver – African Queen (@sherriesilver)</a></p></div></blockquote>

    <script async src=”//www.instagram.com/embed.js”></script>

     

    <blockquote class=”instagram-media” data-instgrm-captioned data-instgrm-permalink=”https://www.instagram.com/reel/DGkmtSCsv5F/?utm_source=ig_embed&amp;utm_campaign=loading” data-instgrm-version=”14″ data-style=” background:#FFF; border:0; border-radius:3px; box-shadow:0 0 1px 0 rgba(0,0,0,0.5),0 1px 10px 0 rgba(0,0,0,0.15); margin: 1px; max-width:540px; min-width:326px; padding:0; width:99.375%; width:-webkit-calc(100% – 2px); width:calc(100% – 2px);”><div data-style=”padding:16px;”> <a href=”https://www.instagram.com/reel/DGkmtSCsv5F/?utm_source=ig_embed&amp;utm_campaign=loading” data-style=” background:#FFFFFF; line-height:0; padding:0 0; text-align:center; text-decoration:none; width:100%;” target=”_blank”> <div data-style=” display: flex; flex-direction: row; align-items: center;”> <div data-style=”background-color: #F4F4F4; border-radius: 50%; flex-grow: 0; height: 40px; margin-right: 14px; width: 40px;”></div> <div data-style=”display: flex; flex-direction: column; flex-grow: 1; justify-content: center;”> <div data-style=” background-color: #F4F4F4; border-radius: 4px; flex-grow: 0; height: 14px; margin-bottom: 6px; width: 100px;”></div> <div data-style=” background-color: #F4F4F4; border-radius: 4px; flex-grow: 0; height: 14px; width: 60px;”></div></div></div><div data-style=”padding: 19% 0;”></div> <div data-style=”display:block; height:50px; margin:0 auto 12px; width:50px;”><svg width=”50px” height=”50px” viewBox=”0 0 60 60″ version=”1.1″ xmlns=”https://www.w3.org/2000/svg” xmlns:xlink=”https://www.w3.org/1999/xlink”><g stroke=”none” stroke-width=”1″ fill=”none” fill-rule=”evenodd”><g transform=”translate(-511.000000, -20.000000)” fill=”#000000″><g><path d=”M556.869,30.41 C554.814,30.41 553.148,32.076 553.148,34.131 C553.148,36.186 554.814,37.852 556.869,37.852 C558.924,37.852 560.59,36.186 560.59,34.131 C560.59,32.076 558.924,30.41 556.869,30.41 M541,60.657 C535.114,60.657 530.342,55.887 530.342,50 C530.342,44.114 535.114,39.342 541,39.342 C546.887,39.342 551.658,44.114 551.658,50 C551.658,55.887 546.887,60.657 541,60.657 M541,33.886 C532.1,33.886 524.886,41.1 524.886,50 C524.886,58.899 532.1,66.113 541,66.113 C549.9,66.113 557.115,58.899 557.115,50 C557.115,41.1 549.9,33.886 541,33.886 M565.378,62.101 C565.244,65.022 564.756,66.606 564.346,67.663 C563.803,69.06 563.154,70.057 562.106,71.106 C561.058,72.155 560.06,72.803 558.662,73.347 C557.607,73.757 556.021,74.244 553.102,74.378 C549.944,74.521 548.997,74.552 541,74.552 C533.003,74.552 532.056,74.521 528.898,74.378 C525.979,74.244 524.393,73.757 523.338,73.347 C521.94,72.803 520.942,72.155 519.894,71.106 C518.846,70.057 518.197,69.06 517.654,67.663 C517.244,66.606 516.755,65.022 516.623,62.101 C516.479,58.943 516.448,57.996 516.448,50 C516.448,42.003 516.479,41.056 516.623,37.899 C516.755,34.978 517.244,33.391 517.654,32.338 C518.197,30.938 518.846,29.942 519.894,28.894 C520.942,27.846 521.94,27.196 523.338,26.654 C524.393,26.244 525.979,25.756 528.898,25.623 C532.057,25.479 533.004,25.448 541,25.448 C548.997,25.448 549.943,25.479 553.102,25.623 C556.021,25.756 557.607,26.244 558.662,26.654 C560.06,27.196 561.058,27.846 562.106,28.894 C563.154,29.942 563.803,30.938 564.346,32.338 C564.756,33.391 565.244,34.978 565.378,37.899 C565.522,41.056 565.552,42.003 565.552,50 C565.552,57.996 565.522,58.943 565.378,62.101 M570.82,37.631 C570.674,34.438 570.167,32.258 569.425,30.349 C568.659,28.377 567.633,26.702 565.965,25.035 C564.297,23.368 562.623,22.342 560.652,21.575 C558.743,20.834 556.562,20.326 553.369,20.18 C550.169,20.033 549.148,20 541,20 C532.853,20 531.831,20.033 528.631,20.18 C525.438,20.326 523.257,20.834 521.349,21.575 C519.376,22.342 517.703,23.368 516.035,25.035 C514.368,26.702 513.342,28.377 512.574,30.349 C511.834,32.258 511.326,34.438 511.181,37.631 C511.035,40.831 511,41.851 511,50 C511,58.147 511.035,59.17 511.181,62.369 C511.326,65.562 511.834,67.743 512.574,69.651 C513.342,71.625 514.368,73.296 516.035,74.965 C517.703,76.634 519.376,77.658 521.349,78.425 C523.257,79.167 525.438,79.673 528.631,79.82 C531.831,79.965 532.853,80.001 541,80.001 C549.148,80.001 550.169,79.965 553.369,79.82 C556.562,79.673 558.743,79.167 560.652,78.425 C562.623,77.658 564.297,76.634 565.965,74.965 C567.633,73.296 568.659,71.625 569.425,69.651 C570.167,67.743 570.674,65.562 570.82,62.369 C570.966,59.17 571,58.147 571,50 C571,41.851 570.966,40.831 570.82,37.631″></path></g></g></g></svg></div><div data-style=”padding-top: 8px;”> <div data-style=” color:#3897f0; font-family:Arial,sans-serif; font-size:14px; font-style:normal; font-weight:550; line-height:18px;”>View this post on Instagram</div></div><div data-style=”padding: 12.5% 0;”></div> <div data-style=”display: flex; flex-direction: row; margin-bottom: 14px; align-items: center;”><div> <div data-style=”background-color: #F4F4F4; border-radius: 50%; height: 12.5px; width: 12.5px; transform: translateX(0px) translateY(7px);”></div> <div data-style=”background-color: #F4F4F4; height: 12.5px; transform: rotate(-45deg) translateX(3px) translateY(1px); width: 12.5px; flex-grow: 0; margin-right: 14px; margin-left: 2px;”></div> <div data-style=”background-color: #F4F4F4; border-radius: 50%; height: 12.5px; width: 12.5px; transform: translateX(9px) translateY(-18px);”></div></div><div data-style=”margin-left: 8px;”> <div data-style=” background-color: #F4F4F4; border-radius: 50%; flex-grow: 0; height: 20px; width: 20px;”></div> <div data-style=” width: 0; height: 0; border-top: 2px solid transparent; border-left: 6px solid #f4f4f4; border-bottom: 2px solid transparent; transform: translateX(16px) translateY(-4px) rotate(30deg)”></div></div><div data-style=”margin-left: auto;”> <div data-style=” width: 0px; border-top: 8px solid #F4F4F4; border-right: 8px solid transparent; transform: translateY(16px);”></div> <div data-style=” background-color: #F4F4F4; flex-grow: 0; height: 12px; width: 16px; transform: translateY(-4px);”></div> <div data-style=” width: 0; height: 0; border-top: 8px solid #F4F4F4; border-left: 8px solid transparent; transform: translateY(-4px) translateX(8px);”></div></div></div> <div data-style=”display: flex; flex-direction: column; flex-grow: 1; justify-content: center; margin-bottom: 24px;”> <div data-style=” background-color: #F4F4F4; border-radius: 4px; flex-grow: 0; height: 14px; margin-bottom: 6px; width: 224px;”></div> <div data-style=” background-color: #F4F4F4; border-radius: 4px; flex-grow: 0; height: 14px; width: 144px;”></div></div></a><p data-style=” color:#c9c8cd; font-family:Arial,sans-serif; font-size:14px; line-height:17px; margin-bottom:0; margin-top:8px; overflow:hidden; padding:8px 0 7px; text-align:center; text-overflow:ellipsis; white-space:nowrap;”><a href=”https://www.instagram.com/reel/DGkmtSCsv5F/?utm_source=ig_embed&amp;utm_campaign=loading” data-style=” color:#c9c8cd; font-family:Arial,sans-serif; font-size:14px; font-style:normal; font-weight:normal; line-height:17px; text-decoration:none;” target=”_blank”>A post shared by Sherrie Silver – African Queen (@sherriesilver)</a></p></div></blockquote>

    <script async src=”//www.instagram.com/embed.js”></script>

    Byatangajwe ko Sherrie Silver yegukanye igikombe cya 'Changemaker' muri Trace Awards 

    Sherrie Silver yahawe iki gihembo ku mpinduka yagaragaje mu rugendo rw'imbyino zinyuranye

    Sherrie Silver niwe wayoboye imbyino abahanzi bagaragaje muri Trace Awards 

    Source : https://inyarwanda.com/inkuru/152924/sherrie-silver-yatwaye-igikombe-muri-zanzibar-152924.html

  • The Ben, Knowless na Alyn Sano mu bafashije A… – #rwanda #RwOT

    Nk'uko bisanzwe bigenda buri gihe ku mpera z'ukwezi, InyaRwanda ibagezaho indirimbo zakanyujijeho zigasusurutsa abanyarwanda muri rusange ndetse n'abakunzi b'umuziki wo mu Rwanda byumwihariko.

    Ikigamijwe ni ugutanga umusanzu mu iterambere ry'umuziki no gufasha abadukurikira kuruhuka no kunogerwa n'impera z'ukwezi. Kuri iyi nshuro abahanzi batandukanye bakoze mu nganzo batanga ibihangano bishya.

    Kuri ubu, abahanzi nyarwanda baba abakora umuziki usanzwe barimo n'abakizamuka ndetse n'abakora uwo kuramya no guhimbaza Imana bose bakoze mu nganzo.

    Mu bahanzi bakoze mu nganzo indirimbo zabo zigakundwa cyane muri uku kwezi harimo umuhanzikazi Butera Knowless washyize ahagaragara indirimbo ye nshya yise 'Umutima', anatangaza ko iri mu zizaba zigize Album ye ya Gatandatu, kandi ko yitondeye ikorwa ryayo byanatumye yiyambaza abantu bane mu iyandikwa ryayo kugirango izanogere abafana be n'abakunzi b'umuziki muri rusange.

    Ni indirimbo yagiye hanze mu gihe amezi 11 yari ashize nta ndirimbo asohora, kuko yaherukaga gusohora indirimbo yise 'Uzitabe' yifashishijwe mu bikorwa byo kwamamaza Perezida Paul Kagame, byabaye muri Kanama na Nzeri mu 2024.

    Knowless yabwiye InyaRwanda, ko ubwo yandikaga iyi ndirimbo yahisemo kwifashisha umusizi Rumaga, Platini P ndetse na Mamba, ahanini bitewe n'ubutumwa buyigize, byatumye bahuza ibitekerezo kugirango isohoke nk'uko yayifuzaga. Ariko kandi iyi ndirimbo Butera Knowless nawe yayanditseho.

    Mu mashusho y'iyi ndirimbo, hagaragaramo amwe mu mafoto ari kumwe n'umugabo we Ishimwe Karake Clement mu bihe bitandukanye.

    Yasobanuye ko iyi ndirimbo igenewe umuntu wese, ariko bitewe n'uko yitsa ku rukundo n'umuryango we iwushingiyeho.

    Ati: 'Ntabwo byari ibitekerezo byanjye ku buryo yaba indirimbo yanjye nikoreye gusa. Ariko urumva ibitekerezo by'abo bantu bose biganisha ku magambo meza y'urukundo, no gukunda kandi nanjye nkaba mfite uwo nkunda, nanjye yankozeho.'

    Akomeza ati: 'Yankoze ku mutima, bituma numva n'ubwo twandika turebera mu mboni ngari, ariko nanjye nakwisangamo. Hanyuma rero niko gukoresha ariya mashusho (ari kumwe na Clement) kuko numvaga nanjye indeba yankozeho, kandi iyo inkozeho, ubwo aho iba ikoze, ni hariya.'

    Yavuze ariko ko yandika iyi ndirimbo itari mu rugo 'w'indirimbo yanjye na Clement' ariko 'nk'uko turi abantu, turi 'Couple' kandi ikaba ari indirimbo nziza ifite amagambo meza akora ku mutima nk'abantu bakundana, natwe twajya muri bamwe bazayumva, cyangwa se bayigizemo uruhare'.

    Mu mashusho agaragara muri iyi ndirimbo, harimo agaragaza igice kimwe cy'inzu atuyemo n'umugabo we mu Karumuna, ndetse na 'Pisine'. Ati: 'Nibyo koko hari amashusho twakoreye mu rugo.'

    Uyu muhanzikazi yasabye abantu 'gushimishwa n'iyi ndirimbo, ikabakora ku mutima nk'uko nanjye yawunkozeho, n'abandi bari kuyumva ikabakora, bakayisangiza abakunzi, inshuti, abavandimwe, bakayishimiramo, bakayibyina, bakayitura ababo, kandi nizera ntashidikanya y'uko ibashimisha ku kigero cyo hejuru.'

    Amashusho y'iyi ndirimbo yakozwe na Meddy Saleh, ni mu gihe amajwi y’iyi ndirimbo yakozwe na Producer Mamba, anononsorwa na Bob Pro.

    Ni mu gihe gitari yumvikanamo yacuranzwe na Hirwa Jules. Igaragaramo kandi umubyinnyi wamamaye nka Shakirah, ni mu gihe Milly Beauty ariwe Knowless yifashishije mu kumukorera ibirungo by'ubwiza n'abandi bakoranye.

    Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben na we yashyize hanze indirimbo zigize album ye ya gatatu yise 'Plenty Love'. Ni album yaje ikurikira izindi yakoze zirimo iya mbere yise 'Amahirwe ya nyuma' yasohotse mu 2009 na 'Ko nahindutse' yamurikiye mu Bubiligi mu 2016.

    Iyi album ije ikurikira igitaramo yakoze cyo kuyimurika cyabaye ku wa 1 Mutarama 2025 muri BK Arena cyikitabirwa ku rwego rwo hejuru. 'Plenty Love' igizwe n'indirimbo 12 zakozweho n'abatunganya indirimbo bakomeye mu Rwanda.

    ‘Blessed’ na yo ni indirimbo nshya y'umuhanzi Meddy uherutse gufata icyemezo cyo gukizwa ndetse agatangira kuririmba indirimbo zo guhimbaza Imana. Muri iyi ndirimbo, uyu muhanzi aba aririmba agaragaza uburyo umuntu w'umunyamugisha ari uwamaze kumenywa n'Imana.

    Yaje ikurikira indirimbo yaherukaga guhuriramo na Adrien Misigaro bise 'Niyo Ndirimbo'. Iyi ndirimbo nshya ya Meddy mu buryo bw'amajwi yakozwe na Licky mu gihe amashusho yafashwe na 1shot.

    Alyn Sano na we yashyize hanze indirimbo yise 'Fire' yahimbye ashaka kwerekana ko umuntu ashobora kubaho mu buzima bwe bwite atitaye ku bandi.

    Ati: 'Iyi ni indirimbo y'umuntu ushaka kubaho ubuzima butita ku buryo abantu bamusaba kubaho. Mbese kubaho uko ushaka atari uko abantu bashaka ko ubaho.'

    Dore indirimbo 15 zasusurukije Abanyarwanda mu kwezi kwa Gashyantare gufatwa nk'ukw'ababakundana cyane ko ari na ko kwizihizwamo umunsi w’abakundana uzwi nka “Saint Valentin/Valentine’s Day):

    1.     Baby — The Ben ft Marioo

    “>

    2.     Oya — Bruce Melodie

    “>

    3.     Blessed – Meddy

    “>

    4.     Umutima — Butera Knowless

    “>

    5.     Fire — Alyn Sano

    “>

    6.     Everyday — Zuba Ray ft Nel Ngabo

    “>

    7.     Made For You — Ariel Wayz

    “>

    8.     Ngwino Mama (Cover) — Ibihangange ft Ruti Joel

    “>

    9.     Tugendane – Bushali

    “>

    10. Intwari — Memo ft Bwiza

    “>

    11. Mporana Inyota — Adrien Misigaro

    “>

    12. Impamvu z'Ibifatika — Papi Clever & Dorcas

    “>

    13. Mamayi — Yampano

    “>

    14. Finest — Fela Music

    “>

    15. Ubuhanuzi — Yee Fanta

    “>
      

    Source : https://inyarwanda.com/inkuru/152870/the-ben-knowless-na-alyn-sano-mu-bafashije-abanyarwanda-kuryoherwa-na-gashyantare-yabakund-152870.html

  • Burera: Minisitiri w'Intebe yibukije abaturage kubyaza umusaruro umutekano bafite mu kwiteza imbere – #rwanda #RwOT

    Ibi yabitangaje ku wa 28 Gashyantare 2025, ubwo yari yitabiriye igikorwa cyo gutangiza igihembwe cy'ihinga 2025 B, cyabereye kuri Site ya Rutuku iri mu Murenge wa Rusarabuye mu Karere ka Burera.

    Minisitiri Dr. Edouard Ngirente, yasabye abaturage kwirinda icyahungabanya umutekano cyose yaba ubusinzi n'amakimbirane, ahubwo bagakora ibibateza imbere.

    Yavuze ko mu butumwa yahawe na Perezida Paul Kagame, ari uko bakwiriye kumenya ko iterambere bageraho rishingiye ku mutekano, bityo ko bakwiye kuwusigasira ndetse bakarushaho gukora ibibateza imbere.

    Ati “Ikintu cya mbere twese tuzi twabonye ni umutekano, nta gikorwa cyabaho hatari umutekano. Umutekano rero Umukuru w'Igihugu yarawuduhaye, murawufite. Iyo mumaze kubona umutekano mukaryama mugasinzira, mukabyuka mugakora imirimo, mukarera abana banyu neza.”

    “Na we [Perezida Paul Kagame], hari icyo abasaba. Icya mbere ni ukuwusigasira, nyuma yaho aratugira inama ngo noneho nimureke dukore twiteze imbere dukire, dukize n'igihugu cyacu.”

    Dr. Edouard Ngirente kandi yasabye aba baturage gukora imirimo yabo ibateza imbere, bakarera abana babo neza babarinda kugwingira ndetse banabajyana mu mashuri.

    Mukandamage Josephine uri mu bagejejweho izo mpanuro yagize ati “Iyo umuturage akorana n'umuyobozi ibikorwa by'iterambere bituma haba ubusabane mu gukomeza kubaka igihugu no kwiteza imbere.'

    Muri iki gikorwa kandi hari bamwe mu baturage baterewe imbuto y'ibirayi, aho umwe muri bo Ndacyayisenga Théobald, avuga ko ari igikorwa azi neza akamaro kacyo.

    Ati “Muri 2015 naguze inka ya kijyambere none izimaze kuyikomokaho zigera ku munani naziragije abavandimwe banjye. Niyubakiye inzu y'agaciro ka miliyoni 18 Frw kandi n'abana banjye biga neza, byose mbikesha ubuhinzi na gahunda ya leta ya nkunganire n'ubwishingizi.”

    Muri iki gihembwe cy'ihinga 2025 B, mu Karere ka Burera bateganya guhinga ibirayi kuri hegitari zirenga 8000, bizunganirwa n'ibigori, ibishyimbo, ingano n'ibindi bihingwa ngandurarugo ndetse n'imboga.

    Abaturage b’i Burera biyemeje kubyaza umusaruro umutekano bafite mu kwiteza imbere

    Minisitiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente, yifatanyije n’abaturage b’i Burera gutera imbuto y’ibirayi

    Minisitiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente, yibukije abaturage gusigasira umutekano bagakora ibikorwa bibateza imbere


    Source : http://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/burera-minisitiri-w-intebe-yibukije-abaturage-kubyaza-umusaruro-umutekano

  • MTN MoMo yafashije ab'i Huye kuryoherwa na Tour du Rwanda 2025 birushijeho – #rwanda #RwOT

    Iki gitaramo cyabaye mu ijoro ryo ku wa Gatanu, tariki ya 28 Gashyantare 2025 muri 'Car Free Zone' rwagati mu Mujyi wa Huye.

    Cyakurikiye isozwa ry'Agace ka Gatanu ka Tour du Rwanda 2025 kegukanywe na Duarte Marivoet wa UAE, wanikiye abandi akagera i Huye ari uwa mbere avuye i Rusizi.

    Iki gitaramo kitabiriwe n'abahanzi batandukanye bafite amazina akomeye mu Rwanda nka Bushali, Chris Eazy, Bwiza, Juno Kizigenza, Mico The Best n'abandi.

    Cyari icya gatatu kibaye nyuma y'icya Musanze na Rubavu. Ni mu gihe ikizasoza kizabera i Kigali tariki ya 2 Werurwe 2025, ari nabwo iri siganwa rizasozwa.

    Muri Tour du Rwanda, MoMo ihemba Umunyafurika mwiza muto kuri buri gace.

    Poromosiyo ya 'BivaMoMotima' irakomeje

    Muri iki gihe cya Tour du Rwanda 2025, MTN MoMo Rwanda Ltd yaboneyeho umwanya wo gukomeza poromosiyo ya 'BivaMoMotima' ihesha abakiriya bayo gutsindira ibihembo birimo imodoka nshya ya Mitsubishi Pick up.

    BivaMoMotima ni poromosiyo ifasha abakiriya ba MTN gutsindira ibihembo bitandukanye kubera gukoresha neza Momo Pay cyangwa ibizwi nko kwishyura kuri code.

    Igabanyije mu byiciro bitatu birimo icy'abacuruzi bishyurwa cyane kuri code ndetse nabo bakayikoresha bishyura mu gihe bagiye kurangura.

    By'umwihariko mu gihe bishyura bagiye kurangura cyangwa kugura ibindi, bakoresha * 184*5#.

    Hari kandi n'abakiriya basanzwe basabwa gutunga application ya MoMo bakayikoresha cyane bishyura ndetse banohereza amafaranga.

    Mu cyiciro cya mbere cyabishyurwa cyane kuri code bazahembwa imodoka ya Mitsubishi Pick Up nshya izatwanga nyuma ya poromosiyo.

    Ni mu gihe mu bihembo by'amafaranga bitangwa buri cyumweru birimo ibihumbi 100 Frw, ibihumbi 200 Frw, ibihumbi 500 Frw ndetse na miliyoni 1 Frw.

    Si ibyo gusa kuko abakiriya basanzwe basabwa gutunga application ya MoMo muri telefoni ya Android cyangwa iPhone.

    Babitsaho amafaranga cyangwa bakayikoresha bishyura, maze bikabinjiza mu banyamahirwe bashobora gutsindira ibihumbi 50 Frw, ibihumbi 100 Frw, ibihumbi 200 Frw ndetse n'ibihumbi 500 Frw.

    Abanya-Huye bishimiye igitaramo cyateguwe na MoMo

    Abitabiriye iki gitaramo basobanuriwe poromosiyo ya BivaMoMotima

    Mico the Best ni umwe mu baririmbye muri iki gitaramo

    Umuraperi Bushali ni we ukorana na MoMo muri Tour du Rwanda 2025


    Source : http://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/mtn-momo-yafashije-ab-i-huye-kuryoherwa-na-tour-du-rwanda-2025-birushijeho

  • Umurambo wa 'Gen Omega' ntawo twabonye – M23 ivuga ku wari Umuyobozi wa FDLR (Video) – #rwanda #RwOT

    Amakuru y'urupfu rw'uyu mugabo yamenyekanye mu mpera za Mutarama 2025. Bivugwa ko yaguye mu mirwano yahanganishije M23 n'ihuriro ry'Ingabo za Leta ya Congo ririmo na FDLR, muri teritwari ya Nyiragongo.

    Ntawunguka yari azwi ku yandi mazina nka Mulefu, Nzeri na Israël. Ni we wari Umuyobozi w'ishami rya gisirikare rya FDLR rizwi nka FOCA (Les Forces Combattantes Abacunguzi).

    Umuvugizi wungirije wa M23, Dr. Oscar Balinda, yavuze ko kugeza ubu, umurambo wa Gen Omega utaraboneka.

    Ati 'Gen Omega amakuru ye muzayamenya, tuzayatangaza vuba aha, turacyamushakisha. Njye nageze mu ndaki ye, indaki ya Gen Omega, iri Kanyamahoro, munsi y'Ikirunga cya Nyiragongo. Ntawurimo ariko n'umurambo we ntawo twabonye.”

    Ubwo Jenoside yakorewe Abatutsi yatangiraga muri Mata 1994, Omega yayoboraga Batayo ya 94 yakoreraga mu Mutara, atsindwa n'Ingabo za RPA Inkotanyi. Uru rugamba yanarukomerekeyemo ukuguru mbere yo guhungira i Kigali. Nyuma yo gutsindwa kw'ingabo zahoze ari iza FAR, Omega kimwe n'abandi yahungiye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.

    Mu bihe bitandukanye uyu mugabo yagiye yingingirwa gutaha mu Rwanda, akavunira ibiti mu matwi. Ni ingingo yanagarutsweho na Gen (Rtd) James Kabarebe mu 2016.

    Gen (Rtd) James Kabarebe yavuze ko ubwe yihamagariye Omega, amusaba gutaha, undi amubwira ko azasubira mu Rwanda nta Mututsi ukirubamo.

    Umuvugizi wungirije w'Umutwe wa M23, Dr. Oscar Balinda, yatangaje ko ntawe uzi irengero rya Gen Pacifique Ntawunguka (Omega)


    Source : http://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/umurambo-wa-gen-omega-ntawo-twabonye-m23-ivuga-ku-wari-umuyobozi-wa-fdlr

  • Nyamagabe: Minisitiri Dr. Bizimana yasoje urugerero, asaba intore gukomeza ubufatanye mu kubaka igihugu – #rwanda #RwOT

    Yabigarutseho ku wa 28 Gashyantare 2025, ubwo yasozaga urugero rw'Inkomezabigwi 350 zo mu mirenge ya Tare, Kibirizi, Kitabi na Uwinkingi mu Karere ka Nyamagabe.

    Dr. Bizimana yavuze ko urugerero rufasha urubyiruko kugira imyumvire imwe mu byo bakora mu ntumbero y'iterambere.

    Ati 'Iyi gahunda igamije gutuma mugira imyumvire ihuriweho. Iyo myumvire iba myiza yuje ishyaka, ubupfura, gukunda igihugu, ubunyangamugayo, gufasha abatishoboye. Banamenyeramo gahunda za Leta mu mibanire, ubukungu, iterambere n'uruhare bagomba kubigiramo.'

    Yakomeje avuga ko iri riba ari ishuri ribafasha kumenya ko bagomba gufashanya, gukorera ku gihe n'ibindi bibafasha mu kwiteza imbere.

    Yashishikarije abifuza gusigasira umutekano w'igihugu mu maraso yabo ya gisore, ko bafata inshingano bakitabira kujya mu nzego zirinda igihugu zirimo Polisi n'Ingabo z'u Rwanda.

    Intore yo ku mukondo, Irabaruta Françoise, wavuze mu izina ry'abandi yavuze ko urugerero bakoze rwatumye bongera gusobanukirwa agaciro k'ubumwe no gukunda igihugu. Ati 'Urugerero ruraturema, rukatwubaka, rukanaturema.'

    Yakomeje avuga ko banaboneho umwanya wo gukora ibikorwa bitandukanye birimo ibyo kuzamura imirire myiza, kurwanya umwanda, kugira uruhare mu kubakira abatishoboye, ibikorwaremezo, kubikora bikabatera ishema.'

    Mugenzi we Nshimiyimana Emmanuel, wo mu Kagari ka Buhoro, Umurenge wa Tare, na we yavuze ko ku rugerero yungukiyemo byinshi birimo gufasha ababyiruka kurushaho kwitandukanya n'ingengabitekerezo ya Jenoside, kugira ngo basigasire ubumwe.

    Ubuyobozi bw'Akarere ka Nyamagabe bushima ibikorwa byakozwe n'intore muri uru rugerero, kuko byibanze ku gukemura ibibazo bibangamiye imibereho myiza n'iterambere ry'abaturage.

    Aho hubatswe inzu eshatu z'abatishoboye hanasanwa izindi 47, hubatswe ubwihero 25 hanasanwa ubundi bugera ku 125, hashyizweho ingarani 57, uturima tw'ibikoni 126 n'ibindi bitandukaye bibarirwa agaciro ka miliyoni zisaga 56 Frw.

    N'ubwo agaciro k'ibikorwa byose byakozwe bitaratangazwa, muri rusange intore z'Inkomezabigwi zagombaga kwitabira urugerero mu gihugu zisaga ibihumbi 69, ariko abarwitabiriye ni 48.302.

    Minisitiri Dr. Bizimana, yasabye urubyiruko gukomeza indangagaciro zose bigiye ku rugerero mu byo berekejemo byose

    Urubyiruko rwasabwe kwitabira ibikorwa byo kurinda igihugu

    Intore ziyemeje gukomeza gukorera hamwe muri byose

    Meya wa Nyamagabe, Niyomwungeri Hildebrand, yagaragaje ko umusanzu w’Inkomezabigwi, icyiciro cya 12 ubarirwa muri miliyoni 56 Frw zisaga

    Intore z’Inkomezabigwi zasabwe gukomeza ubumwe zinabutoza abandi


    Source : http://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/nyamagabe-minisitiri-dr-bizimana-yasoje-urugerero-asaba-intore-gukomeza

  • Brig Gen Gakwerere wa FDLR n'abandi barwanyi 13 bashyikirijwe u Rwanda – #rwanda #RwOT

    Igikorwa cyo gushyikiriza u Rwanda abarwanyi ba FDLR cyabereye ku mupaka munini w'u Rwanda na RDC (La Corniche) kuri uyu wa 1 Werurwe 2025, bakomereza mu Karere ka Rubavu.

    Usibye Gakwerere, abandi ni Maj Ndayambaje Gilbert, Sergeant Major Nsabimana August, ✔ Sgt Mupenzi JMV (yari Umurinzi wa Brig Gen Kakwerere), Cpl Sibomana Laurent, Cpl Ishimwe Patrick, Cpl Ibyimanikora Concorde, Cpl Ukwishaka Sadam, Cpl Hategekimana Eric, Pte Ndayambaje Pascal, Pte Rukundo Daniel Desire, Pte Ntakirutimana Niyonzima, Pte Ndayambaje Fabien na Pte Uwiduhaye Gilbert.

    Brig Gen Gakwerere wari wambaye impuzankano nshya y'igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) azwi ku yandi mazina arimo Sibomana Stany, Julius Mokoko cyangwa Sibo Stany.

    Akigezwa i Rubavu, yabwiye abanyamakuru ati 'Nabaga muri FDLR kuva yabaho. Nafashwe muri iyi minsi ishize.'

    Umuvugizi wungirije wa M23, Dr. Oscar Balinda, yavuze ko aba basirikare bafatiwe ahantu hatandukanye mu rugamba M23 imaze iminsi ihanganyemo na Leta ya Kinshasa n'abo bafatanya.

    Ati 'Gen Gakwerere yafashwe dufashe Umujyi wa Goma.'

    Col Joseph Mwesigye ukuriye Brigade ya 509 mu Ngabo z'u Rwanda, ikorera mu turere twa Rubavu, Nyabihu na Ngororero, ni we wakiriye aba barwanyi.

    Ati 'Nyuma y'uko M23 imaze kurasira ibirindiro byabo hariya, ari ibya FARDC, ari iby'Abarundi, ari ibya SAMDRC na Wazalendo; ba FDLR barirukanse bajya mu mashyamba ya Walikale, abandi mu ya Rubero, abandi bajya Mwenga hari n'abazamutse mu kirunga, hari n'abandi bavuga basigaye mu Mujyi wa Goma. Aba ni bo babashije gufatwa.'

    Nyuma yo kugezwa mu Rwanda, bagiye kugenzurwa, abakekwaho Jenoside bahanwe, abakekwaho ibindi byaha nabo bakurikiranwe n'inkiko, abadafite icyo bakekwaho bajyanwe i Mutobo bigishwe nyuma bajye mu buzima busanzwe.

    Muri aba barwanyi bashyikirijwe u Rwanda, harimo n'abo bivugwa ko bagize uruhare mu kurasa ku butaka bw'u Rwanda mu bikorwa byabaye umunsi M23 ifata Umujyi wa Goma. Amasasu barashe ku butaka bw'u Rwanda, yaguyemo abaturage 16.

    Col Joseph Mwesigye yagize ati 'Turabaha inzego zibishinzwe, bagende bakurikirana umwe ku wundi. Niba hari ufite ibyaha bya Jenoside, akurikiranwe, ashyikirizwe ubutabera, niba hari ukurikiranyweho ibindi byaha, ashyikirizwe izindi nzego bireba, noneho abasigaye tubatware i Mutobo.'

    Balinda yavuze ko usibye abafashwe, M23 izakomeza guhiga n'abandi barwanyi bose ba FDLR bihishe hirya no hino muri Congo. Ati ' Cyane, turakomeza kubahiga. Turabatoragura, tubasubize igihugu cyabo.'

    Aba barwanyi bagejejwe mu Rwanda bambaye impuzankano za FARDC. Balinda yavuze ko ibyo bishimangira imikoranire isanzwe hagati y'umutwe wa FDLR n'Ingabo za Congo.

    Ati 'Babinjije mu gisirikare cya leta, iriya mwenda ni yo bahora bambaye. Ni iyabo.'

    M23 yari imaze ibyumweru birenga bitatu ibataye muri yombi.

    Leta y'u Rwanda imaze igihe kinini igaragariza umuryango mpuzamahanga ko Leta ya RDC ikorana n'abarwanyi ba FDLR, ikabaha ubufasha burimo intwaro, ititaye ko bafite umugambi wo guhungabanya umutekano w'u Rwanda.

    Col Mwesigye yatangaje ko ifatwa ry'aba barwanyi ari ikimenyetso simusiga cy'uko Leta ya RDC ikorana na FDLR, nubwo yo hari ubwo ivuga ko uyu mutwe usigaranye abasaza gusa, ubundi ikavuga ko utabaho.

    Brig Gen Gakwerere yavuze ko yavukiye mu yahoze ari Kigali Ngali, ubu ni muri Kanyinya i Shyorongi.

    Mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Gakwerere yari afite ipeti rya 'Lieutenant', akaba umwe mu basirikare bakoreraga mu ishuri rya ba su-ofisiye, ESO/Butare, aho yizerwaga cyane na Captain Nizeyimana Ildephonse wari Umuyobozi Wungirije waryo.

    Bivugwa ko Gakwerere yahawe inshingano yo kuyobora abasirikare bashya bitwaga 'New Formula' biciye Abatutsi benshi kuri za bariyeri n'ahandi hantu mu cyahoze ari Butare.

    Gakwerere ni umwe mu basirikare boherejwe na Capt Nizeyimana mu rugo rw'Umwamikazi Rosalie Gicanda tariki ya 20 Mata 1994, baramwica. Anakekwaho uruhare mu rupfu rwa Habyarimana Jean Baptiste wayoboye Perefegitura ya Butare.

    Brig Gen Gakwerere wa FDLR yanyuze mu byuma bisaka

    Brig Gen Gakwerere yavuze ko yavukiye mu yahoze ari Kigali Ngali, ubu ni muri Kanyinya i Shyorongi

    Brig Gen Gakwerere wa FDLR yari ayoboye abandi barwanyi ba FDLR baherutse gutabwa muri yombi na M23

    Brig Gen Gakwerere yari umurwanyi ukomeye wa FDLR

    Brig Gen Gakwerere wa FDLR yari yambaye impuzankano nshya ya FARDC

    Abarwanyi ba FDLR basatswe ubwo binjiraga mu Rwanda

    Abarwanyi ba M23 baherekeje Brig Gen Gakwerere wa FDLR ubwo yashyikirizwaga u Rwanda

    Col Joseph Mwesigye ukuriye Brigade ya 509 mu Ngabo z'u Rwanda, ikorera mu turere twa Rubavu, Nyabihu na Ngororero, ni we wakiriye aba barwanyi

    Abanyamakuru benshi bari babukereye, abarwanyi ba M23 nabo bacunze umutekano

    Amafoto: Rusa Willy Prince


    Source : http://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/brig-gen-gakwerere-wa-fdlr-n-abandi-barwanyi-13-bashyikirijwe-u-rwanda

  • Abanyamahirwe 10 begukanye miliyoni 14.5 Frw… – #rwanda #RwOT

    Mu gitondo cyo kuwa Gatanu tariki 28 Gashyantare 2025, MTN Rwanda na Inkomoko basoje gahunda bamazemo iminsi y’icyiciro cya kane cya 'Level Up Your Biz,' bahemba aba-agents 10 amafaranga azabafasha gukomeza kwagura ibikorwa byabo.

    Ba rwiyemezamirimo babashije kugera ku cyiciro cya nyuma, bavuze ko mu masomo bigiye mu mahugurwa bamaze ukwezi bahabwa, harimo kwandika buri munsi ibyakozwe, gufata neza abakiliya, gucunga neza umutungo, kwagura ubucuruzi bwabo n’ibindi.

    Muri rusange bashimiye Inkomoko yabunguye ubumenyi bw’ingirakamaro, babizeza ko haba ubumenyi ndetse n’ubushobozi bahawe bagiye kubyifashisha mu kurushaho guteza imbere imishinga yabo.

    Umwe muri aba, ni Banyangiriki Alex ukorera mu Karere ka Gasabo wegukanye igihembo nyamukuru kingana na miliyoni 5 Frw, wavuze ko aya mafaranga agiye kuyifashisha yagura ubucuruzi bwe, aho mu byo acuruza hagiye kwiyongeramo na ‘smartphones’ mu rwego rwo kongera abamugana bakeneye ‘pack’ za interineti.

    Ati: “Iyo twe tureba nk’ubu bucuruzi bwacu bwa’amayinite, iyo dutanga ‘pack’ za interineti, hazaho inyungu nini. Kandi umuntu ukeneye agura amayinite menshi kurusha uhamagara.”

    Mugenzi we wabaye uwa kabiri, ni umubyeyi ukorera mu Karere ka Rulindo witwa Dusabimana Delphine wegukanye miliyoni 3.5 Frw. 

    Akimara guhabwa iki gihembo, yavuze ko hamwe n’amahugurwa yahawe byose bigiye kumufasha kwagura ubucuruzi bwe, binyuze mu kwagura igishoro no kongera telefone mu byo yacuruzaga.

    Yagize ati: “Aya mafaranga agiye kumfasha kongera igishoro cyanjye, bimfashe gufata neza abakiliya banjye babone serivisi bifuza, zitari mu zo nabashakaga kubaha.”

    Delphine yakomeje agira ati: “Sinari mfite ubushobozi bwo kuba navuga ngo umukiliya araje, arashaka telefone ngo nyimuhe. Akenshi umukiliya aza kugura SIM Card, akeneye no kuyikoresha muri telefone. 

    Numva bigiye kumfasha kuba nabasha kuba mfite utwo dutelefone, umukiliya yaza nkamuha iyo telefone nkamushyiriramo n’iyo SIM Card mubaruriye.”

    Uwabaye uwa gatatu ni Tuyishime Baraka ukorera mu Karere ka Nyamasheke, akaba yatsindiye miliyoni 2.5 Frw. 

    Akomoze ku cyo aya mafaranga agiye kumufasha, yagize ati: “Ibihembo nahawe byanshimishije cyane njye nsanzwe nkorera mu mutaka. 

    Ikintu cya mbere, nanjye nshaka gukora MTN Express Shop, nkongera igishoro cyanjye n’ibyo nakoraga. Bigiye kunteza imbere, ndacyari n’umusore ndashaka kuzagira umuryango.”

    Usibye aba batatu batsindiye ibihembo bikuru, hari n’abandi ba-agents 7 bahembwe, aho buri wese yatahanye 500,000 Frw azamufasha mu gukora neza ubucuruzi bwe. Muri rusange, abahembwe ni ab’igitsina gabo batanu n’ab’igitsina gore batanu, bose hamwe bakaba bahawe ibihembo bihwanye n’amafaranga miliyoni 14.5 Frw ndetse n’impamyabumenyi.

    Umuyobozi wa MTN Rwanda, Mapula Bodibe, yashimiye byimazeyo aba-agents bose uko ari icumi babashije gutsinda muri iyi gahunda nyuma yo guhiga bagenzi babo bakabakaba mu 5,000 bari biyandikishije mu mu mpera za Mutarama 2025 ubwo iyi gahunda yatangiraga, atangaza ko yizeye ko amahugurwa bahawe atazatanga umusaruro ku rwego rwa MTN gusa, ahubwo azanabafasha kugira uruhare mu iterambere ry’ubukungu bw’igihugu. 

    Yashimiye kandi Inkomoko ku bw'umusanzu wabo mu kubakira ba rwiyemezamirimo bato ubushobozi, avuga ko yizeye ko ibikorwa byabo bigiye kurushaho kwaguka.

    Ati: “Mu gihe iyi gahunda yatangiraga twakoranaga na ba rwiyemezamirimo batandukanye, ariko by’umwihariko ubu ngubu twaravuze ngo reka dukorane na ba bandi bagira uruhare mu bucuruzi bwacu, ariko ba bandi batajya batekerezwaho cyane mu bijyanye no gufashwa.”

    Ni mu gihe ku ruhande rwa Inkomoko, Fred Karengera ushinzwe amahugurwa mu Ntara y’Amajyepfo, yatangaje ko icyo bakeneye kuri aba ba rwiyemezamirimo ari uko bagenda bagashyira mu bikorwa ubumenyi babahaye, buzabafasha gutera imbere mu bikorwa byabo ndetse no kubinoza.

    Umuyobozi waturutse muri Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda, MINICOM, yavuze ko u Rwanda rudashobora kugera ku cyerekezo rwihaye hatabayeho gukorera hamwe nk’Abanyarwanda no gushyira mu bikorwa ibyo bigishwa.

    Ati: “Turabifuriza ko ‘business’ zanyu zatera imbere, mukabasha kugira abo muha akazi, tukabasha twese hamwe guteza imbere igihugu cyacu.”

    Gahunda ya ‘Level Up Your Biz’ imaze imyaka ine itangijwe, yafashije abayitabiriye kubasha guhanga imirimo mishya, ndetse n’igishoro mu bucuruzi bwabo kirushaho kwiyongera. 

    Hasobanuwe ko iki gikorwa gishimangirwa uruhare rwa MTN Rwanda muri gahunda y’igihugu yo kwihutisha iterambere mu cyiciro cyayo cya kabiri (NST2), binyuze mu gutanga umusanzu wayo mu guhanga imirimo.

    Mu rwego rwo kumenya niba koko iki gikorwa gitanga umusaruro kiba kitezweho, habaho kongera gusura abahawe ibihembo nyuma y’igihe kiri hagati y’amezi atandatu n’umunani, hakarebwa ibyo bagezeho, imbogamizi bahuye na zo ndetse hagasuzumwa niba hari n’izindi mbaraga bakeneye kugira ngo babashe kugera ku ntego zabo.

    Inkomoko, ni kimwe mu bigo bikomeye muri Afurika gikora ibijyanye no kuzamura ba rwiyemezamirimo by’umwihariko abaturuka mu bihugu bya Afurika y’Iburasirazuba, cyibanda ku rubyiruko rukizamuka. Iki kigo cyashinzwe mu 2012 mu Rwanda, gitangijwe na Julienne Oyler na Sara Leedom.  Mu byo bakora harimo gutanga igishoro, amasomo ajyanye n’ubucuruzi, guhuza ba rwiyemezamirimo bakiri bato n’ibigo bikomeye n’ibindi.


    Aba-agents 10 ba MTN Rwanda batsindiye akayabo k’amafaranga mu cyiciro cya kane cya gahunda ya ‘Level Up Your Biz’


    Ubwo abayobozi biteguraga gutanga ibihembo


    Banyangiriki Alex wo muri Gasabo ni we wegukanye igihembo gikuru gihwanye na miliyoni 5 Frw


    Tuyishime Barack ni we wabaye uwa gatatu yegukana miliyoni 2.5 Frw

    Abahembwe bavuze ko bagiye kwifashisha amafaranga bahawe mu kwagura ibikorwa by’ubucuruzi bwabo 


    Umuyobozi wa MTN Rwanda, Mapula Bodibe yavuze ko yizeye ko abahawe ibihembo bazabikoresha neza bateza imbere ikigo bakorera ariko n’igihugu muri rusange


    Inkomoko, Ikigo gitanga ubujyanama kuri ba rwiyemezamirimo nicyo cyaherekeje aba ba-agents mu rugendo rwo guhugurwa ku buryo bakwagura ubucuruzi bwabo

    MINICOM yasabye abatsindiye ibihembo kubikoresha neza kugira ngo na bo bazagirire abandi umumaro binyuze mu gutanga akazi  

    Ni igikorwa cyitabiriwe n’abakozi banyuranye ba MTN Rwanda, anakora muri Inkomoko, aba-agents batsinze n’abandi bafatanyabikorwa

    Kanda hano urebe amafoto menshi agaragaza uko igikorwa cyose cyagenze

    AMAFOTO: Directon Melvin Pro – InyaRwanda

    Source : https://inyarwanda.com/inkuru/152891/abanyamahirwe-10-begukanye-miliyoni-145-frw-muri-level-up-your-biz-amafoto-152891.html

  • Kenya: Yafatiwe mu cyuho ari gusambanya inka… – #rwanda #RwOT

    Biravugwa ko ushinjwa yitwikiriye ijoro maze akurira urugo rwa nyir'inka yahohotewe mu masaha y'ijoro, maze akaba ari na bwo yakoze ayo mahano. 

    Abaturage bamufatiye mu cyuho maze batangira kumukubita no kumunnyega, nyuma bamutegeka guhunga igice kimwe yambaye ubusa. 

    Ariko yongeye gufatwa ajyanwa kuri sitasiyo ya Polisi ya Khwisero, ndetse n'iyo nka yahohotewe yajyanywe kuri polisi.

    Inkuru dukesha ikinyamakuru TNX ivuga ko, ukekwaho icyaha, ari umusore uri mu kigero cy'imyaka 20 isatira 30, akaba ari ingaragu. 

    Nk'uko umutangabuhamya wamufatiye mu cyuho, Agrrey Imbumi abivuga, yasanze uyu mugabo yahambiririye inka mu kiraro cyayo mbere yo kuyisambanya.

    Ati: 'Nari mu nzira njya mu kazi, ubwo nacaga hafi y'urugo rw'umuturanyi numvise urusaku rudasanzwe rwavaga mu kiraro cy'inka, kubera ko inka yari ikuriwe, naketse ko iri kubyara, ariko nagiye kureba ntungurwa no kuhasanga umugabo nari nsanzwe nzi yambaye ubusa, ari gusambanya inka'

    Yatangaye cyane ndetse ababazwa n’ibyo yari amaze kubona maze yihutira gutabaza abaturanyi ngo baze barebe ibibaye. Ati: 'Twihutiye kuza ku kiraro nko dutabare inka, maze dusanga yayiboshye amaguru. 

    Mu gihe twahageraga, yagerageje gutoroka, icyakora imbaga y’abaturage bari bahuruye, bafite umujinya mwinshi, bahise bamufata maze batangira kumukubita. “

    Imbumi yavuze ko atari bwo bwa mbere uyu mugabo yari afatiwe mu bikorwa nk'ibi. Yagize ati 'Ni ubwa kabiri uyu mugabo afashwe ari gusambanya itungo

    Umwaka ushize, yafashwe ari gufata ku ngufu ihene ariko yabashije gutoroka, kuri iyi nshuro rero abaturage biyemeje gukora ibishoboka byose ngo ahanwe.'

    Nyir’inka yahotewe ni umugore witwa Leonida Angatia, akaba yavuze ko yari amaze igihe kinini akeka ko uyu mugabo ajya yinjira mu rugo rwe agahohotera inka ye ariko atari afite ikimenyetso simusiga kibyemeza. 

    Ati: “Uyu munsi yafatiwe mu cyuho. Imana ishimwe ko ibikorwa bye bibi byashyizwe ahagaragara bose babireba'.

    Angatia yasabye ko umuryango w'ukekwaho icyaha wamuha indi nka, avuga ko we n'abagize umuryango we badashobora kunywa amata cyangwa kurya inyama biva ku nka yanduye. 

    Ni mu gihe, kugeza ubu, ukekwa agifungiye kuri sitasiyo ya polisi, ari na ko iperereza rigikomeje.

    Source : https://inyarwanda.com/inkuru/152893/kenya-yafatiwe-mu-cyuho-ari-gusambanya-inka-ihaka-152893.html

  • Andi makosa muri Trace Awards: Juma Jux na Na… – #rwanda #RwOT

    Ibihembo bya Trace Awards & Festival byatanzwe ku nshuro ya Kabiri mu birori byasize umugani byabaye mu ijoro ryo ku wa Gatatu tariki 26 Gashyantare 2025 i Zanzibar mu gihugu cya Tanzania, ahari hakoraniye ibihumbi by'abantu batashye batanyuzwe. 

    Ibi bihembo byatanzwe mu byiciro 24, aho umuhanzi Rema ariwe wihariye ibi bihembo kuko yatwaye ibihembo bitatu. Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki 28 Gashyantare 2025, abategura ibi bihembo batangaje ko ku nshuro ya mbere, bongeyemo ibyiciro bibiri by'abahanzi babiri b'imbere mu gihugu, Tanzania. 

    Babitangaje nyuma y'amakosa bari bakoze nyuma y'uko basibye ubutumwa bari banditse bagaragaza ko Juma Jux yatwaye igihembo cya 'Best Artist Tanzania', ubutumwa bugakurwaho mu buryo bwatunguranye.

    Hashize umwanya muto, Doctor Ulimwengu uhagarariye itsinda ry'abashinzwe inyungu za Juma Jux, yanditse ku rubuga rwa Instagram, agaragaza ko ibyakozwe na Trace Awards bishobora kugira ingaruka kuri uyu muhanzi, ndetse ko ari igikorwa cyateje urujijo no mu bafatanyabikorwa no mu bafana.

    Nyuma y'ubu butumwa bwe, Trace Awards yatangaje ko Juma Jux na Nandy batwaye ibihembo mu byiciro bitigeze bitangazwa mbere. Bavuze ko Juma Jux yatwaye igikombe cya 'Best Male Artist Tanzania'. Iki cyiciro nticyahataniwe.

    Batangaje kandi ko umuhanzikazi Nandy yatwaye igikombe cya 'Best Artist Tanzania'. Mbere, byari byatangajwe ko uyu mukobwa yatwaye igikombe cya “Best Female Artist Tanzania”. Iki cyiciro nacyo ntikigeze gihatanirwa mu byahataniwe.

    Uyu mwaka, ibihembo byagaragaje uko umuziki wa Afurika ukomeje kugira ijambo ku rwego mpuzamahanga, aho Afrobeats, Amapiano, n'izindi njyana z'uyu mugabane zari ku isonga, kuko zabafashije abahanzi bazikora gutwara ibihembo.

    Itsinda rya Titom & Yuppe bo muri Afurika y'Epfo ryatwaye igikombe cy'indirimbo y'umwaka, babicyesha indirimbo yabo 'Tshwala Bam', yacuranzwe cyane ku isi yose kubera injyana yayo idasanzwe n'umudiho ugezweho.

    Rema wo muri Nigeria yegukanye igikombe cya Album y'umwaka (Album of the year), kubera indirimbo ye 'Heis', yerekanye uburyo ashoboye kuvanga Afrobeats n'injyana z'amahanga.

    Yatsindiye kandi n'igikombe cy'umuhanzi mwiza w'umugabo (Best Male Artist), agaragaza ko akomeje kuba umwe mu byamamare bikomeye muri Afurika. Ndetse n'igikombe cy'indirimbo nziza (Best Music Video) abicyesha indirimbo ye yise 'DND', yasohoye tariki 20 Ukuboza 2023.

    Indirimbo yahuriweho n'abahanzi (Best Collaboration) yegukanwe na Tam Sir & Team Paiya bo muri Côte d’Ivoire batsinze kubera indirimbo yabo 'Coup du Marteau', ifite umudiho wihariye n'ubuhanga bw'abayikoze.

    Igihembo cya Producer w'umwaka, cyegukanwe na P. Priime wo muri Nigeria, kubera uko yayoboye amashusho y'indirimbo 'MMS' ya Rema na Asake, igaragaza ubuhanga bwihariye mu gutunganya amashusho.

    Umubyinnyi wabyinnye neza kurusha abandi (Best Dancer) yabaye Makhadzi wo muri Afurika y'Epfo, aho yongeye kwemeza ko ari umubyinnyi w'umuhanga, abikesheje imyiyereko ye idasanzwe.

    DJ mwiza w'umwaka yabaye DJ Moh Green wo muri Algeria yatsindiye iki gihembo, agaragaza ko ari umwe mu bavanga umuziki bakomeye muri Afurika.

    Diamond Platnumz wo muri Tanzania yatwaye igikombe cya 'Best Global African Artist' abicyesha gukomeza kwigaragaza ku ruhando mpuzamahanga, atsindira iki gihembo.

    Umuhanzi w'injyana ya Hip-Hop mwiza yabaye Didi B wo muri Côte d’Ivoire. Yegukanye iki gihembo, kubera ubuhanga bwe mu miririmbire n'imirya ye iteye amabengeza.

    Umuhanzikazi w'umugore mwiza (Best Female Artist) yabaye Tyla wo muri Afurika y'Epfo. Yahawe iki gihembo, nk'ishimwe ry'ubushobozi bwe bwo guhanga umuziki wihariye.

    Umuhanzi mwiza w'indirimbo zihimbaza Imana: Mercy Chinwo wo muri Nigeria yegukanye iki gihembo kubera indirimbo ze zifite ubutumwa bwimbitse za 'Gospel'.

    Abatsinze mu byiciro by'uturere:

    Umuhanzi ukoresha ururimi rw'Igifaransa (Best French-Speaking Artist): Josey wo muri Côte d’Ivoire.

    Umuhanzi ukoresha ururimi rw'Icyongereza mu Burengerazuba bwa Afurika: Ayra Starr wo muri Nigeria. Umuhanzi mwiza wo muri Afurika y'Amajyepfo yabaye Tyler ICU.

    Umuhanzi mwiza wo muri Afurika y'Iburasirazuba yabaye Bien wo muri Kenya. Umuhanzi ukorera ururimi rwa Protugal, yabaye Chelsea Dinorath wo muri Angola.

    Ibihembo bya Trace Awards 2025 byongeye kugaragaza ko umuziki wa Afurika ukomeje kwaguka no gukundwa ku rwego mpuzamahanga.

    Urutonde rw'abegukanye ibihembo muri Trace Awards yabaga ku nshuro ya Kabiri:

    1.Song of the Year

    Titom & Yuppe — 'Tshwala Bam' (South Africa)

    2.Album of the Year

    Rema — Heis (Nigeria)

    3.Best Collaboration

    Tamsir & Team Paiya — 'Coup du Marteau' (Ivory Coast)

    4.Best Music Video

    Meji Alabi — Rema 'DND' (Nigeria)

    5.Best Dancer

    Makhadzi (South Africa)

    6.Best DJ

    DJ Moh Green — 'Kelele' (Algeria)

    7.Best Hip Hop Artist (sponsored by Hot 97)

    Didi B (Ivory Coast)

    Pan-African Awards

    8.Best Global African Artist

    Diamond Platnumz (Tanzania)

    9.Best Male Artist

    Rema (Nigeria)

    10.Best Female Artist

    Tyla (South Africa)

    11.Best Live Performance

    Fally Ipupa (DRC)

    11.Best Producer

    P.Priime — 'MMS' (Nigeria)

    12.Best Gospel Artist

    Mercy Chinwo (Nigeria)

    Regional Awards

    13.Best Artist Eastern Africa

    Bien (Kenya)

    14.Best Artist (Western Africa Anglophone)

    Ayra Starr (Nigeria)

    15.Best Artist (Southern Africa)

    Tyler ICU (South Africa)

    16.Best Artist Francophone Africa

    Josey (Ivory Coast)

    17.Best Artist (Lusophone Africa)

    Chelsea Dinorath (Angola)

    International and Diaspora Awards

    18.Best Artist (Europe)

    Joe Dwet File (France/Haiti)

    19.Best Artist (Brazil)

    Duquesa (Brazil)

    20.Best Artist (Caribbean)

    Lea Churro (Reunion Island) 

    21.Best Artist (Indian Ocean)

    Barth (Reunion)

    22.Lifetime Achievement Award

    D'Banj

    Juma Jux yahawe igihembo cya Best Male Artist Tanzania atigeze ahatanira mu buzima bwe
    Nandy wari wahawe igikombe cya Best Artist Tanzania, yahindurirwe ahabwa igihembo cya Best Female Artist Tanzania








    Source : https://inyarwanda.com/inkuru/152912/andi-makosa-muri-trace-awards-juma-jux-na-nandy-bahawe-ibikombe-batahataniye-152912.html