Blog

  • Ibirego bya Donald Trump uvuga ko yibwe amajwi, byamaganiwe kure n'abashinzwe amatora #rwanda #RwOT

    Abategetsi bashinzwe amatora ku rwego rwa Amerika bavuze ko amatora ya perezida ya 2020 ariyo 'matora yizewe kurusha ayandi mu mateka ya Amerika' — batesha agaciro ibivugwa na Trump ko yaranzwe n'uburiganya.

    Komite ishinzwe iby'umutekano mu matora mu gihugu yavuze ko 'nta gihamya ko uburyo bwo gutora bwasibye, bwataye, bwahinduye amajwi, cyangwa ikindi kidasobanutse'.

    Aba bavuze ibi nyuma y'uko Perezida Donald Trump atangaje ko hari amajwi miliyoni 2.7 yari aye 'yasibwe' n'imashini z'itora mu cyumweru gishize. Bwana Trump kugeza ubu ntaremera ko Joe Biden ari we biteganywa ko yatsinze amatora.

    Abo bashinzwe amatora bavuze iki?

    Ibiro byo muri 'minisiteri' y'umutekano byari bishinzwe gucunga uburyo bukoreshwa mu gutora ku itariki 03 z'uku kwezi k'Ugushyingo 2020, byasohoye itangazo ejo kuwa kane tariki 12 Ugushyingo 2020.

    Komite yabyo yitwa Cybersecurity and Infrastructure Security Agency (Cisa) yagize iti: 'Mu gihe tuzi ko hari ibirego bidafite ishingiro no gutanga amakuru atariyo ku matora yacu, twabizeza ko dufite ikizere gikomeye cy'umutekano n'ubudakemwa by'amatora yacu, namwe mukwiye kugira.

    'Iyo ufite ibibazo, wegera abashinzwe amatora nk'abantu bizewe mu gihe bari kugenzura amatora'.

    Ukuriye komite ya CISA Christopher Krebs, yavuze ko yiteguye kwirukanwa na Trump, nk'uko bivugwa n'ibiro ntaramakuru Reuters.

    Kuwa kane, Bwana Krebs yatangaje ubutumwa bwari bwatangajwe mbere n'inzobere mu mategeko y'amatora bugira buti: 'Rwose mwitangaza ibintu bidafite ishingiro ku mashini z'itora, nubwo byaba byatangajwe na perezida'.

    Umutegetsi wungirije wa CISA we ejo kuwa kane yareguye. Ni nyuma y'uko mu ntangiriro z'iki cyumweru White House isabye ko yegura, nk'uko Reuters ibivuga.

    Abarepubulikani bari guhindukirira Biden?

    Umubare muto ariko uri kwiyongera w'abakuru mu ishyaka ry'Abarepubulikani, uri gusaba ko Joe Biden ahabwa raporo y'ubutasi ihabwa perezida buri munsi.

    Lindsey Grahm, umusenateri uri mu bashyigikira cyane Trump, ari mu bavuze ko Biden yatangira guhabwa iyo raporo, ubusanzwe ihabwa perezida watowe.

    Gusa abarepubulikani benshi mu nteko baracyahagaze kuri Trump mu kwanga ko yemera ko yatsinzwe.

    Trump akomeje inkubiri yo kuvuga ko amatora yaranzwe no kumwiba amajwi, nubwo nta bimenyetso yerekana.

    Hagati y'Abarepubulikani 10 na 20 mu nteko bamaze gushimira Biden ko yatsinze cyangwa bemeye ko guhererekanya ubutegetsi bitangira. Gusa abenshi ntibaremeza kumugaragaro ko Biden yatsinze.

    Senateri Chris Coons w'Umudemokarate yabwiye televiziyo ya CNN ko hari bagenzi be b'Abarepubulikani bamusabye gushimira mu izina ryabo Biden ku ntsinzi kuko bo batabivuga ku mugaragaro.

    Kuki Abarepubulikani bakifashe?

    Chuck Schumer umusenateri uyoboye bagenzi be b'Abademokarate muri sena yavuze ko 'bari gushidikanya ku matora nta yindi mpamvu ibibatera uretse gutinya Donald Trump'.

    Kugeza ubu, Biden ari imbere ya Trump ho amajwi miliyoni 5.2 — ni asaga 3.4% — kandi imibare yerekana ko yamaze kubona amajwi ahagije atora muri buri leta kugira ngo atsinde.

    Kuva kuwa gatandatu hatangazwa ibyavuye mu matora bya mbere, Bwana Trump ntabwo yigaragaza mu ruhame. Hari amakuru avuga ko yabwiye inshuti ze ko ashaka gutangiza ikigo cy'itangazamakuru cyo gusimbura Fox News, isanzwe imushyigikira cyane ariko ubu akaba abona itamuriho neza.

    CBS News, umufatanyabikorwa wa BBC, ivuga ko Bwana Trump kandi ari kuganira yeruye ku buryo yakongera akiyamamaza mu 2024 ngo arebe ko yasubira muri White House.

    Biden ageze kuki?

    Ejo kuwa kane yavuganye na Papa Francis, wamuhaye 'umugisha no kumushimira intsinzi'. Biden azaba abaye perezida wa kabiri gusa wa Amerika w'umugatulika.

    Ejo kandi yamaze umunsi wose avugana n'ikipe ye muri leta ya Delaware, aho ategura ibijyanye no gushyiraho abazaba bagize guverinoma ye.

    Kuwa gatatu, nkuko BBC ibitangaza, yatangaje ko Ron Klain wahoze ari umujyanama we, azaba ari we ukuriye ibiro bya Pereizida.

    Munyaneza Theogene / intyoza.com

    Source : http://www.intyoza.com/ibirego-bya-donald-trump-uvuga-ko-yibwe-amajwi-byamaganiwe-kure-nabashinzwe-amatora/

  • Ethiopia: Hatahuwe ubwicanyi buri gukorerwa Abasivile, Leta yitakana abo irwana nabo #rwanda #RwOT

    Amnesty International yatangaje ko yabonye amashusho y'icyogajuru yerekana ubwicanyi ku basivile 'mirongo niba atari amagana biciwe mu gace ka Tigray' mu ntambara iri kuba muri iyi leta iri mu majyaruguru ya Ethiopia.

    Uruhande rwa leta y'igihugu n'urwa leta y'akarere ka Tigray zose zirashinjanya ubwo bwicanyi. Ubwo bwicanyi bivugwa ko bwabaye kuwa mbere w'iki cyumweru, nibwo bwa mbere butangajwe bwakorewe abasivile kuva iyi mirwano yatangira mu cyumweru gishize.

    Bamwe mu batangabuhamya bavuze ko bwakozwe n'abasirikare bo ku ruhande rw'ishyaka TPLF ritegeka leta ya Tigray, gusa ibi aba babihakanye. Kubona amakuru y'ibiri kubera muri aka gace birakomeye kuko imirongo ya telephone na internet byose byakuweho.

    Abaturage babarirwa mu bihumbi bamaze guhungira mu gihugu gituranyi cya Sudan, nk'uko abategetsi muri icyo gihugu babitangaje.

    Itangazo rya Amnesty International mu ijoro ryo kuri uyu wa kane, rivuga ko uyu muryango wagenzuye amashusho y'icyogajuru, ukabona abantu bariho bicwa batewe ibyuma cyangwa batemwe mu mujyi wa Mai-Kadra muri Tigray.

    Ivuga kandi ko yagenzuye amashusho n'amafoto y'imirambo myinshi y'abantu yajugunywe ahatandukanye muri uwo mujyi, iri kuvanwa aho inyanyagiye. Amnesty ivuga ko abishwe biboneka ko ari abasivile batari mu mirwano.

    Minisitiri w'intebe wa Ethiopia Abiy Ahmed yashinje abasirikare ba leta ya Tigray ubwo bwicanyi bwo kuwa mbere. Muri video yatangaje kuri Facebook, Bwana Ahmed yavuze ko ingabo za leta zafashe igice cy'uburengerazuba bwa Tigray, zikahavana ingabo z'ishyaka rya TPLF.

    Abategetsi ba leta ya Tigray nkuko BBC dukesha iyi nkuru ibitangaza, bahakanye bivuye inyuma ko ingabo zabo ari zo zakoze ubwo bwicanyi bwavuzwe na Amnesty.

    Munyaneza Theogene / intyoza.com

    Source : http://www.intyoza.com/ethiopia-hatahuwe-ubwicanyi-buri-gukorerwa-abasivile-leta-yitakana-abo-irwana-nabo/

  • Bibiliya ivuga iki ku buzima bwo mu mutwe? #rwanda #RwOT

    Bibiliya ntabwo ivuga yeruye ku ngingo y’ubuzima bwo mu mutwe; icyakora, ifite byinshi ivuga ku byerekeye umutima n’ubwenge, kwangirika mu mwuka n’imiterere y’ubugingo. Ubuzima bwo mu mutwe ni ngombwa kuko bugira ingaruka ku mibereho:”Rinda umutima wawe kurusha ibindi byose birindwa, kuko ari ho iby’ubugingo bikomokaho” (Imigani 4:23).

    Isi yarangiritse (Itangiriro 3). Icyaha kidutandukanya n’Imana (Yesaya 59:2) kwangirika k’umuntu kwagize ingaruka mbi ku mubiri w’umuntu, ku mwuka ndetse no ku bugingo.Ubuzima bwo mu mutwe ntibwitabwaho cyane nk’uko umubiri witabwaho kandi bitekerezo na byo birarwara ndetse bikangirika.

    Bibiliya ivuga mu buryo butaziguye ubuzima bwo mu mutwe. Uwiteka niwe Wenyine uvugurura ibitekerezo (Abaroma 12: 2) ndetse asubiza intege mu bugingo (Zaburi 23: 3). Imana yahaye abana bayo 'umwuka utari uw’ubwoba ahubwo w’imbaraga, urukundo no kwirinda' (2 Timoteyo 1: 7). Dufite amasezerano ya Yesu y’amahoro (Yohana 14:27) no kuruhuka (Matayo 11:28). Kandi mubyukuri, hariho amategeko menshi y’Ibyanditswe adukangurira “Kudatinya” no kuzana imibabaro yacu ku Mana (Yesaya 41:10; Matayo 6:34; Abafilipi 4: 6; 1 Petero 5: 7).

    Ubuzima bwo mu mutwe bufitanye isano n’ubuzima bw’umubiri n’umwuka. Dufite urugero rwo muri Bibiliya rwa Eliya, ubuzima bwe bwo mu mutwe bwagize ibibazo mu ntambara yagiranye n’umwamikazi Yezebeli. Eliya yahunze igihugu ajya ahantu ha wenyine aho yifuzaga gupfa (1Abami 19: 4). Imana yabanje gukemura ibyo Eliya yari akeneye kumubiri, Iramugaburira kandi Imuha umwanya wo gusinzira. Imana yari izi ko urugendo rwe ari rurerure muri icyo gihe (1Abami 19:7) Eliya amaze kuruhuka no kugarura ubuyanja, Imana yamuhaye inkomezi ndetse Imubwira umugambi mushya imufiteho (1Abami 15-18).

    Yona ni urugero rw’umuntu ubuzima bwe bwo mu mutwe bwangijwe n’amahitamo mabi yakoze. Yona yifuzaga gupfa nyuma yuko Imana irinze Nineve (Yona 4: 3) Yona yagize agahinda gakabije biturutse ku kugomera Imana. Yona yagomeye Imana asuzugura amategeko yayo kandi naho Imana imugaruriye ku murongo avuye mu nda y’ifi, umutima we ntiwari umeze nk’uko Imana ishaka kuko Yona yifuje gupfa. Kumenyana n’Imana byari kimwe mu bintu byamuteraga agahinda kadashira.

    Rimwe na rimwe, imbaraga zo mu mwuka zigira ingaruka ku buzima bwo mu mutwe. Umwami Sawuli yagize ibyago biturutse ku mwuka mubi wamubabazaga (1Samweli 16:14). Yabonye ihumure igihe Dawidi yamucurangiraga inanga kandi 'umwuka uva ku Mana waje kuri Sawuli' 1Samweli 23).

    Urundi rugero rw’uburwayi bwo mu mutwe bujyanye n’abadayimoni ni umugabo wo muri Gerasenes wabaga mu irimbi yambaye ubusa kandi agahora ataka ndetsee yikebagura (Mariko 5: 1-5). Yesu amaze kumwirukanamo abadayimoni, uwo mugabo “yagize ubwenge bwiza” (Mariko 5:15). Intambara yo mu mwuka yari itsinze, kandi uwo mugabo yagaruriwe ubuzima bwo mu mutwe buzima.

    Bibiliya itanga amabwiriza amwe adufasha kugumana ubuzima bwiza bwo mumutwe. Dufite ibisobanuro by’ubuzima bw’ibitekerezo mu Bafilipi 4: 8. Dufite urugero rwa Yesu rwo gufata ikiruhuko cyo kugira ngo twibande ku by’umwuka (Luka 5:16), kandi yahamagariye abigishwa be kubikora. Dufite kandi Pawulo wemera ko imyitozo ngororamubiri ifite inyungu (1 Timoteyo 4: 8). Kwiyitaho, haba kumubiri no mwuka, birakenewe.

    Imana iri hafi y’imitima imenetse kandi ikiza abajanjaguwe mu mwuka (Zaburi 34:18). Akorera byose hamwe ku bw’ibyiza by’abana be (Abaroma 8:28) mubyukuri, guharanira no kubungabunga ubuzima bwo mu mutwe, nubwo bigoye, ntabwo ari imfabusa. Bibiliya igaragaza uburyo Imana ibikoresha byose kubw’icyubahiro cyayo.

    Source: www.gotquestions.org

    Vestine @agakiza.org

    Source : https://agakiza.org/Bibiliya-ivuga-iki-ku-buzima-bwo-mu-mutwe.html

  • Rwanda Appoints Former Head of Credit Suisse To Turn Country into Financial Hub #rwanda #RwOT

    A Franco-Ivorian banker Tidjane Thiam is expected to jet in to the Rwandan Capital, Kigali to embark on an aggressive assignment of leading a team of well selected experts that should turn Rwanda into an impeccable global financial hub.

    Tidjane  is taking up his appointment as chairman of the board of Rwanda Finance Limited, the government agency responsible for the development and promotion of the Kigali International Financial Center (KIFC).

    He  is a former head of Credit Suisse. His appointment was announced after a cabinet meeting of Wednesday November 12 chaired by President Paul Kagame.

    The Board of directors for Rwanda Finance Limited include;  Tidjane Thiam   (chairman), Jacob Diko Mukete (Vice Chairperson), Liban Soleman ABDI (member), Louise Kayonga (member), Alice Ntamitondero (member), Umulinga Karangwa (member) and Julien Kavaruganda (member).

    It should be remembered that on February 7th, Mr Tidjane resigned from his duties as CEO of the Swiss banking group, Tidjane was first reported to the board of directors of the French luxury holding company Kering, before talking about him again.

    After his hasty departure from Credit Suisse bank, Tidjane Thiam confirmed his African ambition.

    Cameroonian-born Diko Jacob Mukete

    The expert in governance, economic and financial reforms was also appointed Wednesday November 11 as Vice Chairperson of the board of Rwanda Finance Limited.

    Before this appointment, Mr Mukete served as Country Representative of the African Development Bank in Rwanda. 'Rwanda is a great country with great people. When you look at what they have been able to achieve over the last 17 years from ashes of the Genocide…there are very few countries in the world which have been able to show the kind of resilience…' Mr Mukete said in an interview after his tour on duty at the the AfDB-Rwanda.

    He and the other members will have to bring their experience and insights to the Rwanda Finance Limited which has its work already cut out: turning Rwanda into a financial hub.

    Source : https://taarifa.rw/rwanda-appoints-former-head-of-credit-suisse-to-turn-country-into-financial-hub/

  • African Ministers Decry Al-Shabab's Recruitment Drive In Somalia #rwanda #RwOT

    African ministers from countries that are contributing troops to Somalia have expressed concern about the continued recruitment drive by al-Shabab in the Horn of African nation.

    The ministers who met virtually to review the security situation in Somalia in a joint statement issued on Thursday also expressed deep concern over the continued threat posed by al-Shabab and their acquisition of sophisticated weaponry.

    The meeting came amid reports that al-Shabab militants have launched what appears to be a forced recruitment campaign in Somalia's southern region.

    The group, which controls large parts of southern regions, is reportedly pressuring leaders of local villages to make sure teenagers join its ranks.

    The campaign has prompted hundreds of children to flee areas controlled by al-Shabab. 'The meeting commended the Federal Government of Somalia for the efforts undertaken towards inclusive politics and welcomed the agreement on the electoral model for the 2020/21 national elections,' they said in a joint statement issued.

    The meeting re-emphasized the direction of the AU Peace and Security Council and urged the UN Security Council to agree on the modalities for an African Union-United Nations co-leadership in undertaking the independent assessment.

    'Considering the challenges and the strategic issues related to their continued support to Somalia, the meeting agreed to meet again next week,' said the ministers.

    Ministers from Kenya, Djibouti, Burundi, Ethiopia and Uganda attended the virtual meeting. The meeting received a briefing from African Union Mission in Somalia about the prevailing political and security situation in Somalia. 

    Source : https://taarifa.rw/african-ministers-decry-al-shababs-recruitment-drive-in-somalia/

  • UAE ambassador to Rwanda shares with ESSI students about opportunities awaiting them #rwanda #RwOT

    Speaking at the opening of 11 November 2020, when he visited the center of the Islamic Cultural Center home to the ESSI Nyamirambo, where he met with students studying in the fifth and sixth in the different branch, ambassador Alqahtani encouraged the students to work hard as there are many opportunities awaiting them, including being awarded scholarships to study at various universities in the UAE.

    “The UAE government provides scholarships to Rwandan students to study at some of its local universities, such as the UAE University and the Sorbonne University of Abu Dhabi, and this opportunity is given to promising students in secondary schools,” he said.

    He also emphasized that his country has invested heavily in education and made it easier for its people to access affordable education services.

    “The UAE believes that education is the right of every citizen, as evidenced by its founder, the late Sheikh Zayed bin Sultan Al Nahyan, who said that the most important thing to create wealth is to invest in a knowledgeable people,” he said.

    He said that the UAE government has for years been implementing education programs for all in order to ensure that there are no more uneducated people.

    The United Arab Emirates, he said, is focusing on improving science, technology and innovation in the curriculum, with the aim of becoming world leader in science and innovation.

    The Director General of the Islamic Cultural Center, Abdellatif Oulad Aouid, in his remarks thanked Ambassador Hazza Alqahtani, saying that their center is ready to benefit from the experience of UAE education.

    “The Islamic Cultural Center in Kigali is ready to benefit from the UAE’s experience in education and practical skills, and we hope that your visit here is a sign of a better future,” he said.

    He added that the UAE-Libya-based education center, made education its primary goal at its inception in 1979; now it is one of the most well-established schools.

    Some of the students of ESSI Nyamirambo who participated in the discussion expressed their desire to get more help in their studies so that they could be at a better level and also compete on the international stage.

    Some of those present at the event told IGIHE that the message given to them by the UAE Ambassador left them inspired to grab the opportunities.

    Uwineza Raissa, a sixth-year student in Mathematics, Chemistry and Biology, MCB, said: 'they told us there are many opportunities for Rwandan students to go study in the UAE. I was encouraged to study even harder so as to be among those lucky ones.'

    Nicole Kamanzi M.

    Source : https://en.igihe.com/news/article/uae-ambassador-to-rwanda-shares-with-essi-students-about-opportunities-awaiting

  • Yahaye umupolisi w’inshuti ye umunyenga agusha imodoka, none ari kwishyuza Polisi y’Igihugu #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Uyu mugabo mu bisobanuro atanga, avuga ko uwo mupolisi witwa PC BIKORIMANA Jean Claude yakuye umushoferi w’imodoka ye yo mu bwoko bwa Fuso kuri ‘volant’ akayitwara akayikoresha impanuka ikangirika cyane.

    Iyi mpanuka ikaba ngo yarabaye tariki ya 29 Nzeri 2020 ibera mu Karere ka Rutsiro, mu Murenge wa Mushubati, Akagari ka Bumba, iyo modoka yari itwawe na Niyitegeka Sebanani Garvaric ikaba yari ivanye ibikoresho byo kubaka Ikigo cy’amashuri cya Kabeza nk’uko Gandika abisobanura muri icyo kirego.

    Agira ati” Icyangoye cyane ni uko uwo mupolisi nta Perimi yari afite ngo nkurikirane ubwishingizi, akaba ari yo mpamvu mbasaba ko mwamfasha gukoresha imodoka yanjye yangijwe n’umupolisi wanyu”.

    Mu iperereza ryakozwe na Polisi y’Igihugu nyuma y’iminsi ine iyo mpanuka ibaye, Umuvugizi wa Polisi CP John Bosco Kabera, avuga ko basanze ibyo nyiri iyi modoka avuga atari ukuri ngo kuko umushoferi w’iyi Fuso ari we Niyitegeka Sebanani Garvaric yari asanzwe ari inshuti y’uwo mupolisi, akaba yaramuhaye umunyenga ku bwumvikane ngo atware bavuye no gusangira.

    Ati “PC Bikorimana yari inshuti y’uyu mushoferi, akaba yari asanzwe acunga umutekano w’ibikoresho byifashishwa mu kubaka Ikigo cy’amashuri cya Kabeza.”

    CP Kabera avuga ko umunsi iyi mpanuka iba aba bagabo bombi bari bicaranye basangira, mu guhaguruka PC Bikorimana asaba umunyenga Niyitegeka ngo atware, Niyitegeka akamubwira ati “Urakoze akira utware n’ubundi nari ninaniriwe”.

    PC Bikorimana ngo yagiye kuri Volant yicarana na Niyitegeka barahaguruka baragenda, bageze imbere Bikorimana akora impanuka imodoka ayigusha munsi y’umuhanda irangirika.

    Nyuma y’iminsi ine barahishe uko byabagendekeye, ngo nibwo Niyitegeka afatanyije na nyiri imodoka bahimbye umutwe wo kuvuga ko PC Bikorimana yamukuye mu modoka akayitwara akayikoresha impanuka, bityo ngo Polisi ikaba igomba kumufasha kuyikoresha kuko PC Bikorimana nta na Perimi yagiraga kugira ngo babe bakwiyambaza ubwishingizi.

    CP John Bosco Kabera avuga ko Polisi y’Igihugu idakwiye kuryozwa ibyangijwe n’umupolisi ku giti cye, ahubwo Nyiri imodoka agomba kugana inkiko akajya kurega uwo mupolisi agakurikiranwa yahamwa n’icyo cyaha akakiryozwa.

    Ati “ Polisi ntiyigeze ituma uwo mupolisi iyo modoka, iryo ni ikosa yakoze ku giti cye. Twe nka Polisi tumugenera ibihano bijyanye n’imyitwarire idahwitse kandi yarabihawe, ariko ntitwakwirengera ibyo yangije kandi atari mu kazi”.

    CP Kabera anaboneraho kugira inama abantu gucika ku muco wo gukabya ubucuti bagatizanya ibinyabiziga batabanje no kureba niba uwo babihaye abifitiye ibyangombwa bimwemerera gutwara, ngo kuko biri mu bitera impanuka zishobora kwangiza byinshi ndetse zigatwara n’ubuzima bw’abantu.

    source https://www.kigalitoday.com/umutekano/imbere-mu-gihugu/Yahaye-umupolisi-w-inshuti-ye-umunyenga-agusha-imodoka-none-ari-kwishyuza-Polisi-y-Igihugu

  • Ecobank Donates Rwf5M To Rwanda Diabetes Association #rwanda #RwOT

    The Rwanda Diabetes Association (RDA) on Friday received financial support from Ecobank-Rwanda that will help the association in awareness campaigns, purchasing drugs, helping the sick and their helpers.

    Alice Kilonzo-Zulu the Chief Executive of the bank says they chose to support the association as part of their social responsibility including building houses for the needy, helping poor families and also promoting awareness campaigns against Diabetes.

    Gishoma Francois the head of the Rwanda Diabetes Association welcomed the financial assistance saying, 'it has come at the right time'.

    Meanwhile, at this event, Ecobank has used this opportunity to launch diagnosis for all its staff members.

    Present are representatives from Rwanda Biomedical Centre (RBC).

    Rwanda Diabetes Association runs a clinic in Kigali — 'We provide medical treatment, information on diabetes management and nutrition, counselling and medical supplies.'

    'In our clinic in Kinamba, Kigali, we provide medical treatment, information on diabetes management and nutrition, counselling and medical supplies. We promote innovations in diabetic research, create networks between stakeholders and we host the registry of diabetics in Rwanda,' the association says.

    According to the Diabetes Atlas the prevalence of diabetes in Rwanda is about 3.16% of the population with 1,918 diabetes related deaths per year.

    Understanding Diabetes

    Diabetes mellitus (DM), commonly referred to as diabetes, is caused when either the pancreas is not producing enough insulin or the cells of the body are not responding properly to the insulin produced.

    There are three main types of diabetes:

    • Type 1 results from the pancreas' failure to produce enough insulin, the cause is unknown.
    • Type 2 is a condition in which cells fail to respond to insulin properly or the pancreas doesn't produce enough insulin. The primary causes are excessive body weight and not enough exercise.
    • The third type is gestational diabetes and occurs when pregnant women without a previous history of diabetes develop high blood sugar levels.

    Meanwhile, it is important to be tested for diabetes if you are at risk. If left untreated or improperly managed, diabetes can result in a variety of complications, including heart attack, stroke, kidney failure, blindness, problems with erection (impotence) and amputation.

     

    Source : https://taarifa.rw/ecobank-donates-rwf5m-to-rwanda-diabetes-association/

  • Gatsibo: Dasso Urged To Work Closely With Residents #rwanda #RwOT

    Members of Gatsibo District Administration Security Support Organ (DASSO) are currently gathered for orientation from their National Coordinator ACP Sam Rumanzi.

    ACP Sam Rumanzi has urged all Dasso members in the district to work closely with area residents and ensure that they also provide timely information on challenges within the district so that solutions are found on time.

    During this same gathering, Dasso members in the district revealed that they have so far raised a total of Rwf12million in their savings scheme code named 'Gatsibo Dasso Solidality' founded in 2015.

    According to the district authorities, Dasso in Gatsibo district is composed of 100 members including 88 men and 12 female.

    Dasso National Coordinator ACP Sam Rumanzi

    Dasso in Gatsibo district recently got wide media attention when one of its female members Sylvia Uwihagurukiye picked an abandoned newly born baby and is currently taking care of this innocent baby.

    'Before I picked the baby from the bush near the valley, others were afraid, after I picked him, he was 2 months old, I gave him the name of Ishimwe Ganza Sylvan,' she said.

    Source : https://taarifa.rw/gatsibo-dasso-urged-to-work-closely-with-residents/

  • Yahaye umupolisi w’inshuti ye umunyenga agwisha imodoka, none ari kwishyuza Polisi y’Igihugu #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Uyu mugabo mu bisobanuro atanga, avuga ko uwo mupolisi witwa PC BIKORIMANA Jean Claude yakuye umushoferi w’imodoka ye yo mu bwoko bwa Fuso kuri ‘volant’ akayitwara akayikoresha impanuka ikangirika cyane.

    Iyi mpanuka ikaba ngo yarabaye tariki ya 29 Nzeri 2020 ibera mu Karere ka Rutsiro, mu Murenge wa Mushubati, Akagari ka Bumba, iyo modoka yari itwawe na Niyitegeka Sebanani Garvaric ikaba yari ivanye ibikoresho byo kubaka Ikigo cy’amashuri cya Kabeza nk’uko Gandika abisobanura muri icyo kirego.

    Agira ati” Icyangoye cyane ni uko uwo mupolisi nta Perimi yari afite ngo nkurikirane ubwishingizi, akaba ari yo mpamvu mbasaba ko mwamfasha gukoresha imodoka yanjye yangijwe n’umupolisi wanyu”.

    Mu iperereza ryakozwe na Polisi y’Igihugu nyuma y’iminsi ine iyo mpanuka ibaye, Umuvugizi wa Polisi CP John Bosco Kabera, avuga ko basanze ibyo nyiri iyi modoka avuga atari ukuri ngo kuko umushoferi w’iyi Fuso ari we Niyitegeka Sebanani Garvaric yari asanzwe ari inshuti y’uwo mupolisi, akaba yaramuhaye umunyenga ku bwumvikane ngo atware bavuye no gusangira.

    Ati “PC Bikorimana yari inshuti y’uyu mushoferi, akaba yari asanzwe acunga umutekano w’ibikoresho byifashishwa mu kubaka Ikigo cy’amashuri cya Kabeza.”

    CP Kabera avuga ko umunsi iyi mpanuka iba aba bagabo bombi bari bicaranye basangira, mu guhaguruka PC Bikorimana asaba umunyenga Niyitegeka ngo atware, Niyitegeka akamubwira ati “Urakoze akira utware n’ubundi nari ninaniriwe”.

    PC Bikorimana ngo yagiye kuri Volant yicarana na Niyitegeka barahaguruka baragenda, bageze imbere Bikorimana akora impanuka imodoka ayigusha munsi y’umuhanda irangirika.

    Nyuma y’iminsi ine barahishe uko byabagendekeye, ngo nibwo Niyitegeka afatanyije na nyiri imodoka bahimbye umutwe wo kuvuga ko PC Bikorimana yamukuye mu modoka akayitwara akayikoresha impanuka, bityo ngo Polisi ikaba igomba kumufasha kuyikoresha kuko PC Bikorimana nta na Perimi yagiraga kugira ngo babe bakwiyambaza ubwishingizi.

    CP John Bosco Kabera avuga ko Polisi y’Igihugu idakwiye kuryozwa ibyangijwe n’umupolisi ku giti cye, ahubwo Nyiri imodoka agomba kugana inkiko akajya kurega uwo mupolisi agakurikiranwa yahamwa n’icyo cyaha akakiryozwa.

    Ati “ Polisi ntiyigeze ituma uwo mupolisi iyo modoka, iryo ni ikosa yakoze ku giti cye. Twe nka Polisi tumugenera ibihano bijyanye n’imyitwarire idahwitse kandi yarabihawe, ariko ntitwakwirengera ibyo yangije kandi atari mu kazi”.

    CP Kabera anaboneraho kugira inama abantu gucika ku muco wo gukabya ubucuti bagatizanya ibinyabiziga batabanje no kureba niba uwo babihaye abifitiye ibyangombwa bimwemerera gutwara, ngo kuko biri mu bitera impanuka zishobora kwangiza byinshi ndetse zigatwara n’ubuzima bw’abantu.

    source https://www.kigalitoday.com/umutekano/imbere-mu-gihugu/article/yahaye-umupolisi-w-inshuti-ye-umunyenga-agwisha-imodoka-none-ari-kwishyuza-polisi-y-igihugu