Blog

  • Mashami yikomye abanyamakuru avuga ko bazabazwa byinshi ku munsi w’imperuka #rwanda #RwOT

    Mashami yatangaje ibi nyuma y’uko ikipe abereye umutoza inganyije na Cap Vert bityo icyizere cyo kuzakina imikino ya CAN cyose kikayoyoka.

    Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru nyuma y’uyu mukino, Mashami Vincent, yashinje bamwe mu banyamakuru kugira uruhare mu kuba rutahizamu wa Saint-Etienne, Kévin Monnet-Paquet, ataritabiriye ubutumire ngo akinire u Rwanda, ndetse no guca intege abakinnyi.

    Yagize ati 'Bamwe mu banyamakuru babigizemo uruhare kugira ngo Monnet Paquet ntaze. Sinzi inyungu iba iri inyuma y’ibintu bimwe na bimwe tuvuga.'
    'Ibyamuvuzweho sinshaka kubitindaho, ariko nawe ni umuntu kandi agira amarangamutima. Ni uko byagenze ariko turacyakomeza kwinginga ntabwo turakurayo amaso burundu'.

    Monnet Paquet ukinira Saint Etienne FC yo mu Bufaransa, kuva yahamagarwa, ntabwo yigeze yifuza kuza gukinira u Rwanda, ndetse nta n’icyo yigeze atangaza cyamubujije kuza nyuma y’uko ahawe ubutumire bwo kwitabira imikino yombi ya Cap Vert.

    Mashami Vincent avuga ko bamwe mu banyamakuru bakomeza kuvuga amagambo aca intege abakinnyi aho babatije umurindi ngo basenyere umugozi umwe, ariko akemeza ko ku munsi w’imperuka bazabazwa byinshi.

    Yagize ati 'Icyo nabasaba namwe ni uko dukoresha neza impano Imana yaduhaye yo kuvuga, tukayikoresha neza, kandi gusigana ibyaha, kwitana abanyabyaha sinzi impamvu, mutwita ko tutari abanyamwuga ariko bamwe muri mwe ku munsi w’imperuka muzabazwa byinshi.'

    U Rwanda rufite amanota abiri mu itsinda rya F mu mikino ine rumaze gukina, rukaba ruri ku mwanya wa nyuma muri iri tsinda nyuma yo kunganya imikino ibiri ya Cape Vert, mu rugendo rwo gushaka itike ya CAN 2021, izabera muri Cameroun mu 2022, ntabwo u Rwanda ruratsinda igitego na kimwe mu mikino ine.

    N’ubwo bigoye, mu mibare biracyashoboka ko u Rwanda rushobora kubona itike ya CAN 2021, kuko rusabwa gutsinda imikino yarwo rusigaranye, haba uwa Cameroun i Yaounde ndetse n’uwa Mozambique i Kigali uzaba muri Werurwe 2021.

    Source : http://www.ukwezi.rw/Imikino/article/Mashami-yikomye-abanyamakuru-avuga-ko-bazabazwa-byinshi-ku-munsi-w-imperuka

  • Team Rwanda Wins Stage I Of Grand Prix Chantal Biya Race #rwanda #RwOT

    Team Rwanda's Mugisha Moise (pictured below) has pedalled to the finish line emerging winner of Stage I Of Grand Prix Chantal Biya Race taking place in Cameroon . He technically takes the Yellow Jersey for today and will have to defend it in the remaining four stages.

    #GPChantalBiya Stage 1

    Mugisha Moise remporte la 1ère étape et s’émpare du maillot jaune @MugishaMoise4 wins the 1st stage and take yellow jersey @FlyRwandAir @Rwanda_Sports @RwandaOlympic #Rwanda pic.twitter.com/Q8hLWNvPqH

    — RWANDA CYCLING FEDERATION (@cyclingrwanda) November 18, 2020

    Honore Yossi the head of Cameroon cycling federation said at the official launch of the race on Tuesday that the competition is taking place within a context marked by the Covid-19 pandemic which has caused competitions in the federation to be cancelled or postponed for eight months, hence depriving cameroon cyclists of preparing well for this race.

    Second stage

    This will take place along the Akonolinga-Abong-Mbang highway (139.5km),

    Third Stage

    For this is set from Yaounde to Ebolowa (Nkolandom) (167km).

    Fourth stage

    Riders will pedal from Zoétélé town-Nkwang-Meyomessala (116.4km)

    Stage 5

    As the last lap, it will see riders pedaling along the Sangmelima-Yaounde highway (166km).

    Grand Prix Chantal Biya: Team Rwanda Rolls For 95,9 Km Stage I

    Source : https://taarifa.rw/team-rwanda-wins-stage-i-of-grand-prix-chantal-biya-race/

  • Mugisha Moise yegukanye agace ka mbere ka Grand Prix Chantal Biya #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Kuri uyu wa Gatatu ni bwo hatangiye isiganwa Grand Prix Chantal Biya ribera muri Cameroun, aho uyu munsi hakinwe agace kakiniwe mu mujyi wa Douala ku ntera yareshyaga na Kilomtero 99.5

    Aka gace k’uyu munsi katangiye ku i Saa yine zo mu Rwanda, kaje gusozwa umunyarwanda Mugisha Moise akegukanye, ahita anambara umwambaro w’umuhondo “Maillot Jaune” wambarwa n’umukinnyi uyoboye isiganwa.

    Ku munsi wa kabiri w’irushanwa, abasiganwa bazahaguruka ahitwa Akonolinga basoreze ahitwa Abong-Mbang, bakazaba bakoze intera ireshya na Kilometero 139.5.

    source https://www.kigalitoday.com/imikino-11/amagare/article/mugisha-moise-yegukanye-agace-ka-mbere-ka-grand-prix-chantal-biya

  • Mike Kayihura ari mu 10 bahatanira igihembo cya ‘RFI Prix Decouvertes’ #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Mike Kayihura ari mu 10 bahatanira igihembo cya ‘RFI Prix Decouvertes
    Mike Kayihura ari mu 10 bahatanira igihembo cya ‘RFI Prix Decouvertes’

    Mike Kayihura ageze mu icumi banyu bari guhatanira iki gihembo nyuma y’ukwezi atangiye uru urugendo. Yaranditse asaba kujya mu bazabona aya mahirwe atangwa na radio y’Abafaransa RFI. Muri benshi bari babisabye yageze muri 60 batoranyijwe nyuma y’amajonjora.

    Hongeye kubaho andi majonjora hagendewe ku ndirimbo buri muhanzi yatanze, Mike yatanze indirimbo ye yitwa ‘Sabrina’ yakoranye na Kivumbi.

    Aho amarushanwa ageze, kugira ngo haboneke uzegukana intsinzi birasaba gutora. Uzagira menshi ni we uzatwara iki gihembo.

    Kuri ubu Mike Kayihura uri gukora ku ndirimbo ziri kuri album ye ya kabiri ahanganye n’abandi bahanzi batandukanye harimo Shan’L wo muri Gabon, Nix Ozay wa Kongo Kinshasa na Young Ace Wayé bo muri Kongo Brazaville, Moonaya, Jside B na Mamy Cruz bo muri Senegal, D6BEL wa Tchad, Yerewolo wa Mali na Manamba Kanté wo muri Guinee.

    Iki gihembo cya RFI Prix Decouvertes cyatwawe na Yvan Buravan wagitsindiye muri 2018, agakora ibitaramo bitandukanye muri Afurika, icya nyuma kikabera i Paris mu Bufaransa.


    source https://www.kigalitoday.com/imyidagaduro/muzika/article/mike-kayihura-ari-mu-10-bahatanira-igihembo-cya-rfi-prix-decouvertes

  • Burundi: Rain Washes Away Bugarama-Muramvya Road #rwanda #RwOT

    Torrential rains pouring in Rwanda are also causing devastating impact in neighbouring Burundi.

    Since Wednesday morning rains have cut off the Bugarama-Muramvya road section. Traffic has been paralyzed massive amounts of water filled up the Mubarazi River.

    'We were really very surprised. Because there were no probable signs of breaks in this road, 'said Ms. Espérance Nduwayezu, administrator of Muramvya, contacted by local press.

    She said the break occurred at a place called Nyabuhurura, on Mpehe hill, more or less 4 km from Bugarama.

    'We are appealing to the services concerned to intervene quickly so that traffic resumes.' A Chinese team arrived on site around 8:30 a.m.

    Providing an alternative, Nduwayezu advises that vehicles coming from Gitega must make a detour to Kibogoye from Bukeye commune to reach Bugarama. Ditto for those who come from Bujumbura. 'This detour does not make it easier for truck drivers,' said Nduwayezu.

    Source : https://taarifa.rw/burundi-rain-washes-away-bugarama-muramvya-road/

  • U.S. Condemns the Attack on Eritrea by the Tigray PLF #rwanda #RwOT

    The United States strongly condemns the attack carried out by the Tigray People's Liberation Front (TPLF) on the airport in Asmara, Eritrea, on November 14.

    In a statement, Michael R. Pompeo, Secretary of State says 'We are deeply concerned by this blatant attempt by the TPLF to cause regional instability by expanding its conflict with Ethiopian authorities to neighboring countries.'

    He adds 'We also continue to denounce the TPLF's November 13 missile attacks on the Bahir Dar and Gondar airports in Ethiopia.'

    Pompeo noted that the U.S  strongly urges the TPLF and the Ethiopian authorities to take immediate steps to de-escalate the conflict, restore peace, and protect civilians.

    'We appreciate Eritrea's restraint, which has helped prevent further spreading of the conflict. Humanitarian workers should be given safe passage to provide assistance to vulnerable groups. Civilians, including U.S. citizens, should be protected from harm and be provided with humanitarian assistance and safe passage out of the conflict zones. Communications services in the Tigray region should be restored immediately in part to allow independent reporting on the situation and to allow for communication with civilians, including U.S. nationals, in the Tigray region.' Reads the statement released on  17 November 2020.

    50

    The post U.S. Condemns the Attack on Eritrea by the Tigray PLF appeared first on TOP AFRICA NEWS.

    Source : https://www.topafricanews.com/2020/11/18/u-s-condemns-the-attack-on-eritrea-by-the-tigray-plf/?utm_source=rss&utm_medium=rss&utm_campaign=u-s-condemns-the-attack-on-eritrea-by-the-tigray-plf

  • NBA announces Structure and Format for 2020-21 Season #rwanda #RwOT

     

    Regular-Season Schedule to be released in two segments

    NEW YORK, United States of America, November 18, 2020/ — Play-In Tournament to Determine Teams That Fill; Seventh and Eighth Playoff Seeds in Each Conference; Regular-Season Schedule to Be Released in Two Segments

    The NBA (www.NBA.com) today announced the structure and format for the 2020-21 season, which will include a Play-In Tournament to determine the teams that will fill the seventh and eighth playoff seeds in each conference. 

    The NBA's 75th regular season will begin on Tuesday, Dec. 22 and feature 72 games for each team.  The opponent breakdown for the regular season is available here (https://on.nba.com/2Hfels8) and described below:

    • Each team will play three games against each intraconference opponent (42 total games per team), with each pairing featuring either two home games and one road game or one home game and two road games.Within each team's division, the league office has randomly assigned which two opponents will be played twice at home and which two opponents will be played twice on the road.
    • All five teams from within a division will play all five teams from one other intraconference division twice at home, and all five teams from the remaining intraconference division twice on the road.
    • Each team will play two games against each interconference opponent (30 total games per team), with each pairing featuring one home game and one road game.

    The 2020-21 regular-season schedule will be released in two segments.  The schedule for the First Half of the season will be released around the start of training camp.  The schedule for the Second Half of the season will be released during the latter part of the First Half portion of the schedule.  The Second Half schedule will include the remainder of each team's 72 games not scheduled in the First Half as well as any games postponed during the First Half that can reasonably be added to the Second Half schedule.

    The All-Star break is scheduled to take place March 5-10, 2021, between the First Half and Second Half of the regular season. 

    Earlier today, the NBA Board of Governors unanimously approved a proposal to implement a playoff Play-In Tournament on a one-year basis for the 2020-21 season.  The Play-In Tournament, which will take place after the regular season and before the first round of the playoffs, will include the teams with the seventh-highest through the tenth-highest winning percentages in each conference.

    The teams with the seventh-highest and eighth-highest winning percentages in each conference will each have two opportunities to win one game to earn a playoff spot.  The teams with the ninth-highest and tenth-highest winning percentages in each conference will each have to win two consecutive games to earn a playoff spot.

    At the conclusion of the regular season, the team with the seventh-highest winning percentage in each conference will host the team with the eighth-highest winning percentage in its conference in a Play-In Game (the 'Seven-Eight Game').  The winner of the Seven-Eight Game in each conference will be the seventh seed in the playoffs for its conference. 

    The team with the ninth-highest winning percentage in each conference will host the team with the tenth-highest winning percentage in its conference in a Play-In Game (the 'Nine-Ten Game').  The loser of the Seven-Eight Game will host the winner of the Nine-Ten Game in a Play-In Game, and the winner of that game will be the eighth seed in the playoffs for its conference.

    Below is the tentative schedule calendar for the 2020-21 season:

    • Dec. 11-19, 2020: Preseason games
    • Dec. 22, 2020 — March 4, 2021: First Half of regular season
    • March 5-10, 2021: All-Star break
    • March 11 — May 16, 2021: Second Half of regular season
    • May 18-21, 2021: Play-In Tournament
    • May 22 — July 22, 2021: 2021 NBA Playoffs

    32

    The post NBA announces Structure and Format for 2020-21 Season appeared first on TOP AFRICA NEWS.

    Source : https://www.topafricanews.com/2020/11/18/nba-announces-structure-and-format-for-2020-21-season/?utm_source=rss&utm_medium=rss&utm_campaign=nba-announces-structure-and-format-for-2020-21-season

  • Ku Bitaro bya Kabutare bari kuvura abafite ubusembwa ku mubiri #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Ku bitaro bya Kabutare ni ho hari kuvurirwa abafite ubusembwa ku mubiri
    Ku bitaro bya Kabutare ni ho hari kuvurirwa abafite ubusembwa ku mubiri

    Abafite ibisebe byanze gukira byaba ibyizanye cyangwa ibikomoka ku zindi mpamvu harimo n’ubushye, abafite ibibari, abafite ibishyundu n’ibindi bintu ku ruhu bibatera ubusembwa, ni bo bahamagariwe kwitabira iyi gahunda.

    Itsinda ry’abaganga b’impuguke mu gukosora ubusembwa ku mubiri (Chirurgie plastique, esthétique et reconstruction), hamwe n’abandi batatu bari kubyigisha na bo bari hafi kubibonera impamyabushobozi, kimwe n’abandi baganga bafasha mu kubaga, ni bo baje muri iki gikorwa kiri guterwa inkunga n’umuryango ‘Operation Smile’, nk’uko bivugwa na Prof. Faustin Ntirenganya, umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda, akaba n’umuganga kuri CHUK, uyoboye iki gikorwa.

    Agira ati “Twebwe nk’abaganga twazanye inzobere mu by’ubuganga, abaforomo, abatera ibinya, hanyuma umuryango Operation Smile uzana ubushobozi bisaba, harimo imiti, ibikoresho, n’ibindi twifashisha”.

    Operation Smile unarihira abarwayi 10% cyangwa 15% ubundi bagombye kwirihira bitewe n’ubwishingizi bwo kwivuza barimo, ukanabamenyera amafunguro.

    Kugeza ubu bamaze kubaga abantu 23, biganjemo abafite ubusembwa batewe n’ubushye, ibisebe bidakira, ibibari na kanseri z’amabere, kandi bafite icyizere cyo gukira.

    Muri bo harimo uwitwa Alphonse Nshimiyimana wagize impanuka ya moto agatwikwa na lisansi. Yari afite ibisebe ku maguru byanze gukira. Abaganga bafashe umubiri ku gice cy’umubiri we kizima, batera muri bya bisebe mu rwego rwo gufasha ha handi hanze gukira kongera guterana.

    Afite icyizere ko agiye kongera kuba muzima, n’intoki ze zari zarikunje ngo bamubwiye ko amaherezo bazazigorora.

    Undi murwayi na we ufite ibisebe byizanye ku maguru yombi, akaba abimaranye imyaka itanu, afite icyizere ko noneho agiye kubikira kuko ari bwo bwa mbere yahura n’impuguke.

    Aho aryamye nyuma yo kubagwa, agira ati “Ndifashije. Ariko nakubise hose nivuza, biranga. Nahoranaga intimba, ku buryo no mu bantu sinahajyaga. Nihaye ukwezi nkaba norohewe. Congo nzayisubizamo, souplesse nyisubizemo, ipantaro isobanutse nyisubizemo. Rwose nsa n’aho navutse bundi bushya”.

    Mugenzi we na we ati “Uwanyereka uwazanye iki gitekerezo cyo kureba ko hari abadafite ubushobozi bwo kujya kwivuriza mu bitaro bihenze! Umuntu yirahira uwamuhaye inka, nanjye uwamunyereka, mu bushobozi bukeya mfite nagerageza nkamwitura”.

    Prof. Faustin Ntirenganya ukuriye itsinda ry
    Prof. Faustin Ntirenganya ukuriye itsinda ry’abaganga bari kuvura abafite ubusembwa ku mubiri

    Umuyobozi w’ibitaro bya Kabutare, Dr. Jean Bosco Nzambimana, na we ashima abatekereje kuza kuvurira mu bitaro ayobora, kuko ngo bari kubafasha kuvura abantu bari babikeneye cyane. Na none ariko banabifitemo inyungu kuko abaganga babo bari kwigira kuri izi mpuguke.

    Mu minsi ibiri bamaze ku bitaro bya Kabutare, aba baganga bamaze gusuzuma abarwayi 120, kandi bamaze kubaga 23. Barateganya kuzabaga abandi 27, hanyuma bagasoza igikorwa.

    Muri bariya 120 basuzumye, abazabasha kubasanga aho bazasubukurira iki gikorwa, bazabafasha. Aho ni mu Ruhengeri mu Ukuboza 2020, i Kigali muri Mutarama 2021, ku Kibuye muri Gashyantare 2020, no mu Bushenge muri Werurwe 2020.


    source https://www.kigalitoday.com/ubuzima/ubuvuzi/article/ku-bitaro-bya-kabutare-bari-kuvura-abafite-ubusembwa-ku-mubiri

  • Ni iyihe migezi urimo kunyweraho muri iyi minsi? #rwanda #RwOT

    Andyamisha mu cyanya cy’ubwatsi bubisi, anjyana iruhande rw’amazi adasuma. Zaburi 23:2

    Dawidi yari umwungeri w’umuhanga mu kuragira intama, dore ko n’Imana yamutangiye ubuhamya. Yari azi ko intama ashumbye zigomba kurindwa neza, zikabona amazi kandi zikarya. Hariho abungeri batari beza baragira amatungo yabo ku gasi, ariko Dawidi we yitaga ku mukumbi we neza. Ni inyigisho twateguriwe na Pasiteri Desire Habyarimana, mu kiganiro 'Ubutumwa bukiza’ kuri Agakiza Tv.

    Dawidi yandika Zaburi ya 23 by’umwihariko ku murongo wa 2, yagaragazaga uko aguwe neza mu rwuri rw’Imana. Ati' Andyamisha mu cyanya cy’ubwatsi bubisi, ajyana iruhande rw’amazi adasuma'. Aha ni ahantu hari ubuzima. Yesu we yaravuze ngo ' Umuntu niyinjira muri njye azabona urwuri, azabaho neza, azinjira asohoke ntakibazo afite’.

    Muri Kristo Yesu niho hantu hari ibyo kurya bihagije, niho hari ubuzima, niho hari ibyiza byose. Hirya ya Kristo ntabwo twavuga nka Dawidi ngo' Andyamisha mu cyanya cy’ubwatsi bubisi, ajyana iruhande rw’amazi adasuma', kuko abantu bahora bumva hari ahantu hadaze ariko iyo Imana ari urufatiro rw’ubuzima bwawe, uba wumva uri mu cyanya cy’ubwatsi bubisi.

    Hari igihe umuntu amara iminsi yumva ari mu cyanya cy’ubwatsi bubisi: Yasoma Bibiliya akumva arabisobanukiwe, akumva Zaburi n’ibihimbano by’umwuka mu mutima we, akumva aragiwe ahantu heza. Ariko hari n’igihe umuntu agira inzara yo mu bugingo, akagira inzara y’imbere muri we ku buryo atavuga nka Dawidi ngo' Andyamisha mu cyanya cy’ubwatsi bubisi'.

    Ububyutse: Kongera gutoha, kongera gushibuka( Mu cyanya cy’ubwatsi bubisi)

    'Ajyana iruhande rw’amazi adasuma'

    Mu Mana niho hantu hari icyanya cy’ubwatsi bubisi n’imigezi y’amazi adasuma. Hari igihe abantu bamara umwanya bari ahandi, hari n’abagerageza kunywera ahatari ku migezi y’amazi adasuma: Wanywereye ku migezi y’ubusambanyi kandi uwo mugezi urasuma, wagerageje kunywa inzoga yewe n’izikomeye, ariko uwo mugezi nawo urasuma. Abantu banywereye ku mugezi w’icyubahiro ( kubahwa ni byiza pe!), ariko uwo mugezi nawo urasuma kuko nta muntu uhorana icyubahiro.

    Birashoboka ko wanywereye ku migezi y’ubutunzi ( iyo migezi nayo ni myiza), ariko nayo irasuma kuko ubutunzi bujya bwitera amababa bukaguruka hakazaza abandi batunzi bashyashya. Hari igihe umuntu aba afite ibihagije ariko agahorana impungenge, agahorana ubwoba kandi urebeye inyuma wagira ngo afite byose. Kuba muri Kristo Yesu niho ku migezi y’amazi adasuma watura.

    Ku basanzwe ari abakristo ubuzima, ubukristo butarimo 'Umwuka Wera’ ntibushoboka. Uru rugendo rw’agakiza ntirushoboka udafite Umwuka Wera: Uzajya wifuza guhazwa n’ibihaza abandi, uzajya wumva wanywera ku migezi abandi banyweraho, wumve wahazwa n’ibihaza abandi rimwe na rimwe ushiduke ufite umubabaro kuko wanywereye ku migezi isuma.

    Hari umugezi mwiza udasuma 'Ni ukuzura Umwuka Wera’!, ni ugusabana n’Imana, ni ukuba mu mwanya w’Imana, niwo mugezi mwiza udasuma. Umukene yuzura Umwuka Wera, akanyurwa akibagirwa ko ari umukene, imfubyi nta handi yakura umunezero usibye kuzura Umwuka Wera.

    Ese muri iyi minsi utunzwe n’iki?, uri mu cyanya cy’ubwatsi bubisi?, wibuka gusoma Bibiliya Yera?. Ese wibuka gusenga no gusabana n’Imana?, wibuka gushaka benedata bakijijwe neza ngo mugire umwanya wo gusangira Ijambo ry’Imana, cyangwa urimo kunywera ku migezi y’imbuga nkoranyabaga( Social media)?. Iyo migezi ya Social media ni myiza ariko utabashije kujonjora hari igihe wahahurira n’ibyumisha ubuzima bwawe.

    Umwanya munini uwumara he?, umwanya wawe uwukoresha ute?. Ahari birashoboka ko wanywereye ku yindi migezi, wasabanaga n’Imana ukumva uburyohe bwo kubana n’Imana none ibyo bihe byagukamutsemo. Kristo icyo akwifuzaho ni uko ubugingo bwawe bwishimira umubyibuho. Umugeni wa Kristo ( Itorero) arijyana ku migezi y’amazi adasuma.

    Reba hano inyigisho: Andyamisha mu cyanya cy’ubwatsi bubisi, Anjyana iruhande rw’amazi adasuma/Ububyutse by Pastor Desire

    Source: Agakiza Tv

    [email protected]

    Source : https://agakiza.org/Ni-iyihe-migezi-urimo-kunyweraho-muri-iyi-minsi.html

  • Rwandan Importers Switch To Kenyan Cement #rwanda #RwOT

    Reports from Neighbouring Tanzania indicate that Cement manufacturers are currently involved in maintenance activities and meaning there is zero production going on.

    Rwanda cement importers have been cited swammed at various depots trying to secure deals for the last remaining cement stocks as they last.

    Trade and Industry Ministry in Tanzania also is concerned about the high cement prices saying that 50kg bag of cement which retailed for Tsh15,000 ($6) in October has risen by 30 percent to Tsh22,000 ($9) in parts of the country.

    'Some cement manufacturing industries had stopped production for a short term programme, which then paved the way for thorough maintenance of machines, and this lead to stopping production for a while,' said Permanent Secretary Dr Riziki Shemdoe.

    Dr Riziki said this situation has affected supply, which dropped to 150,000 tonnes for October, compared with 450,000 tonnes supplied to the market in the past two previous months.

    Tanzania has four main cement manufacturers; Twiga Cement based in Dar es Salaam, Tanga Cement in Tanga, Mbeya Cement in Mbeya and Dangote Cement located in Mtwara in Southern region.

    Twiga is the leading cement manufacturer with a capacity of 700,000 tonnes annually- it is sagging under the demand, and this week its depot at Wazo Hill on the outskirts of Dar es Salaam was swamped by importers from neighbouring Rwanda and Burundi, which largely depend on Tanzanian cement.

    So far, Rwandan cement importers have turned their search into the Kenyan market and so far Bamburi cement product is replacing Tananzian brands that have been enjoying the Rwandan market since March 2019 since Rwanda and Uganda fell out and closed the border.

    Source : https://taarifa.rw/rwandan-importers-switch-to-kenyan-cement/