Blog

  • Namibia: Amapfa yatumye Leta igurisha mu cyamunara inzovu 170 #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Minisiteri y’ibidukikije, amashyamba n’ubukerarugendo muri Namibia yahamagariye ababishaka kuza bagapiganirwa kugura izo nzovu. Bagomba kuba bujuje ibisabwa harimo kubahiriza amahame mpuzamahanga ndetse bafite n’uruhushya rwo kohereza izi nyamaswa aho zikenewe.

    Ababishaka bahawe kwandika basaba guhatanira iri soko, kwakira ubusabe bwabo bikazarangira ku itariki ya 29 Mutarama 2021.

    Mu mwaka ushize iki gihugu cyafashe icyemezo cyo kugurisha inyamaswa zo mu gasozi zibarirwa mu gihumbi zashoboraga guhitanwa n’inzara kuko inzuri n’inzuzi zo muri pariki y’igihugu zumye.

    Inyamaswa zari kugurishwa zirimo inzovu, imbogo, musumbashyamba (twiga) n’impala. Ibi ngo bizatuma Leta ibasha kuzigama nibura miliyoni imwe n’ibihumbi ijana mu madolari ya Amerika yagombaga kugenda mu bikorwa byo kubungabunga izo nyamaswa.

    source https://www.kigalitoday.com/amakuru/muri-afurika/article/namibia-amapfa-yatumye-leta-igurisha-mu-cyamunara-inzovu-170

  • A la Police Nationale rwandaise, l’heure est au bilan : 45 mille arrestations #rwanda #RwOT

    Pour le patron de la Police nationale, beaucoup d’efforts ont été investis dans le maintien de l’ordre. Ses agents ont arrêté 45.380 délictueux depuis le début de 2020. Parmi eux, nombreux sont ceux qui avaient commis les crimes de coups et blessures (18.673) et de vol (17.221). Il y a eu aussi l’arrestation de 4229 criminels de viols sur mineures et de 5.257 distributeurs d’opium.

    Activités entreprises pour le maintien de la sécurité routière
    Ici le bilan présenté par l’Inspecteur général de la Police est intéressant dans la mesure où tous les efforts des officiers de police sur les routes du pays se sont concentrés dans la prévention des accident de roulage mortels et autres. “561accidents de roulage sont survenus emportant 684 vies des passagers. On note une amélioration par rapport à l’an 2019 qui a connu 622 accidents mortels causant la mort de 684 personnes”, a indiqué l’Inspecteur Général Dan Munyuza.

    Dans son mot de circonstance, le Ministre a exprimé sa satisfaction de voir de bonnes prestations de la police en matière de maintien de l’ordre intérieur.

    Pourtant tel n’est pas le cas du Président de la République, Paul Kagame. Celui-ci est excédé par le fait que les agents de police en poste dans le pays ont la gâchette facile. Il leur a intimé l’ordre de ne pas utiliser une force excessive face quand ils doivent arrêter une personne ou quand une personne arrêtée tente de fuir.

    Certainement que ce sujet a été placé en tête de liste de l’agenda de ce Police Council de ce décembre 2020.

    IGIHE

    Source : https://fr.igihe.com/A-la-Police-Nationale-rwandaise-l-heure-est-au-bilan-45-mille-arrestations.html

  • Minister Busingye Urges Police Officers To Maintain Good Service Delivery #rwanda #RwOT

    0Shares
    0

    The Minister of Justice and Attorney General, Johnston Busingye, on Thursday December 3, chaired the 'Police High Council' and emphasized 'sacrifice' as a pivotal tool for quality and result-oriented policing services.

    The Police High Council held at the Rwanda National Police (RNP) General Headquarters in Kacyiru, is the supreme organ of the force that convenes partly to lay out priorities to be undertaken to further professionalize the force in light of the current security trends and evolving policing landscape.

    The Council held in consideration of the COVID-19 health and safety guidelines was also attended by the Inspector General of Police (IGP) Dan Munyuza and Deputy IGPs; Juvenal Marizamunda in charge of Administration and Personnel, and Felix Namuhoranye for Operations.

    It brought together RNP leadership, heads of departments and territorial units, regional and district Police commanders, among others. It also tackled other aspects related to the response to COVID-19, force discipline and welfare.

    Minister Busingye observed that the 'last 20 years of RNP in policing were maximized.'

    He, however, added that the resolutions adopted by the Council should continue to improve the services meant to ensure sustainable safety and security for the people living in Rwanda and their property.

    'What is talked about here and the recommendations adopted should be depicted in your actions,' Minister Busingye said.

    He observed that residents of Rwanda continue to appreciate and enjoy services offered by the security organs, which he said, is derived from sacrifice in the accomplishment of tasks at hand.

    'Although there is security in Rwanda, there is still a lot to be done to fulfill our mandate; to address the security threats related to cross-border and cyber crimes,' he said.

    He lauded the force's efforts exhibited in responding and preventing further spread of the COVID-19, especially through awareness on the pandemic and the sacrifice Police officers continue to make in spite of the fact that some of them become infected with the virus in the process of service.

    The Minister further noted that the work of the Police requires partnership with other entities and the people. He called for enhanced efforts in raising awareness to make community policing an effective tool for the citizenry to be responsive in ensuring own security and real time information sharing.

    In the provision of services, Minister Busingye challenged Police officers to always respect human rights and operate within the limits of the law, adding that whoever acts contrary is held accountable.

    'Anyone, who engages in criminal acts, however small or big the crime is, affects the rights and wellbeing of the people; Rwandans have showed, through various platforms, that they cannot stand injustice. When a crime is committed, responsible institutions should act swiftly, comfort victims and bring suspects to book.'

    Crime prevention is the catalyst to peace, he said, adding that this should start from households, support efforts to ensure that all children are in school, young people educated to start small income generating activities and to be custodians of the law rather than being lawbreakers.

    He pledged the government's continued support towards Police professional services through training and advanced policing equipment.

    Inspector General of Police (IGP) Dan Munyuza said that the Council held towards the end of the year provides a platform to assess what has been achieved, where the force stands and the future prospects in terms of provision of security for the people and their property but in consideration of the law.

    Force discipline

    'The welfare of Police officers, service delivery, continuous training aimed at improving skills, acquiring modern policing equipment, infrastructure development; all these are given emphasis,' IGP Munyuza said.

    He added: 'Despite the efforts to further improve the welfare of Police officers, some of them exhibit acts of indiscipline such as soliciting bribes. In this year, 425 Police officers were held accountable for various cases of indiscipline (corruption, desertion, drunkenness, theft and poor services). This number, however, indicates a downward trend from 587 Police officers dismissed from the force in 2019.'

    Crimes

    At least 49,204 crimes have been registered between January and November this year. The leading crimes are assault (14,278), theft (11,871), drug related crimes (4,011) and defilement with 4,067 cases.

    According to the Police Chief, a total of 45,380 people were also arrested in the 49,204 registered crimes in these eleven months, and handed over to Rwanda Investigation Bureau (RIB).

    Among them, 18,673 were arrested over assault, 17,221 over theft, 5259 drug dealers and 4,227 were arrested over defilement.

    'The number of suspects is high because, in most cases, crimes like assault, theft and drugs involve more than one person,' he said.

    Road Safety

    IGP Munyuza said that RNP continues to take different actions meant to further prevent accidents and improve road security.

    Between January and November this year, at least 561 serious accidents were registered across the country resulting into 609 fatalities; down from 622 serious accidents recorded in the same period last year claiming 684 lives.

    The construction of new Automobile Inspection Centres in Huye, Musanze and Rwamagana, each with the capacity of 200 daily inspections, he said, are part of the efforts to curb road accidents.

    'We are planning to install 507 CCTV cameras on different roads in the country. The first phase of 210 cameras will be completed by the end of this year and the second phase of 297 to be completed by July next year,' IGP Munyuza said.

    He thanked President Paul Kagame for the guidance and continued support to increase the capacity and capabilities of the force

    The Police Chief outlined quality services, force discipline and welfare, capacity building, community policing and fighting corruption, among others, as the key priorities of the force to further fight crimes and improve on safety and security in the country.

    0Shares
    0

    The post Minister Busingye Urges Police Officers To Maintain Good Service Delivery appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/minister-busingye-urges-police-officers-to-maintain-good-service-delivery/

  • George Lwandamina yagizwe umutoza mushya w'ikipe ya Azam FC nyuma y'umunya Romania wirukanwe #rwanda #RwOT

    Ikipe y' umupira w'amaguru ya Azam FC ibarizwa mu gihugu cya Tanzania yamaze gusinyisha umutoza mushya witwa George Lwandamina ukomoka muri Zambia, uyu mugabo akaba yasinye amasezerano y'umwaka umwe.

    George Lwandamina umutoza mushya wa Azam FC

    Ni nyuma yuko iyi kipe itandukanye na Aristica Cioaba wahoze ari umutoza mukuru wa Azam FC, uyu mugabo w'imyaka 49 yatandukanye na Azam FC yirukanwe akaba yarazize umusaruro muke muri iyi kipe.
    Azam FC iyoborwa Noor Basir, n'imwe mu makipe akunze guhatanira igikombe muri shampiyona ya Tanzania dire ko ikunze guhangana na Yanga Africans ndetse na Simba SC.

    Artistica Cioaba umunya Romania uherutse kwirukanwa na Azam FC

    George Lwandamina w'imyaka 57 yagizwe umutoza mushya muri Azam FC avuye muri ZESCO United FC yo muri Zambia, uyu mugabo ni umwe mu batoza bafite amateka cyane muri Africa yaba nk' umukinnyi cg nk'umutoza.

    Dore ko George Lwandamina yabaye umukinnyi ukomeye cyane mu ikipe y'igihugu ya Zambia anakomokamo, nyuma aza no kuyibera umutoza.

    The post George Lwandamina yagizwe umutoza mushya w'ikipe ya Azam FC nyuma y'umunya Romania wirukanwe appeared first on Kigalinews24.

    Source : https://kigalinews24.com/2020/12/04/george-lwandamina-yagizwe-umutoza-mushya-wikipe-ya-azam-fc-nyuma-yumunya-romania-wirukanwe/

  • MINICOM ishishikariza abikorera kwandikisha ibikorwa byabo kugira ngo amahirwe abagenewe atabacaho #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Minisitiri w
    Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Soraya Hakuziyaremye

    Ku wa 30 Ugushyingo 2020 MINICOM yatangiye iyi politiki nshya ifatanyije n’inzego zirimo Banki Nkuru y’u Rwanda(BNR) hamwe na Minisiteri ishinzwe Ikoranabuhanga na Innovasiyo(MINICT).

    MINICOM ivuga ko iyi politiki igamije kongera umubare w’abikorera mu gihugu, ihereye ku rubyiruko(ahanini) rwifuza gutangira kwihangira imirimo, ikaba ndetse yarashatse abafatanyabikorwa bagomba kubigisha uburyo ubucuruzi bwabo buzatezwa imbere.

    Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Soraya Hakuziyaremye avuga ko mu bigo bizahugura abashoramari bato bagitangira, harimo Business Professional Network(BPN), Inkomoko na Mastercard Foundation.

    Minisitiri Soraya yagize ati “aha ni ho tugomba gushyira imbaraga nyinshi kugira ngo abantu batangire imishinga yabo bafite ubumenyi mu bijyanye no gucunga imari no gukora gahunda y’ubucuruzi (business plan)”.

    Minisitiri Soraya avuga ko muri iyi politiki nshya abakora ubucuruzi batazaba bashingira gusa ku nguzanyo zitangwa n’amabanki, ahubwo ko bamwe bazajya bahuzwa n’abashoramari bo ku isoko ry’imari kugira ngo bakorane nabo.

    Yakomeje agira ati “hari abantu bumva ko niba afite ubucuruzi buto atagombye kubwerekana cyangwa kubwandikisha kubera gutinya imisoro, akenshi ukabona ko hari amahirwe umuntu abura kubera ko atiyandikishije”.

    Minisitiri Soraya atanga urugero rw’uko hari ababuze inyunganizi y’ikigega cyashyiriweho gufasha abahungabanyijwe na Covid-19, bitewe n’uko batigeze bandikisha ubucuruzi bwabo mu kigo RDB.

    Indi mpamvu izatuma abantu cyangwa ibigo bimwe na bimwe bidafashwa gutera imbere nk’uko bisobanurwa na Guverineri wungirije wa Banki Nkuru y’u Rwanda, Monique Nsanzabaganwa, ijyanye n’imiterere y’ahantu hashyizwe ubucuruzi.

    Nsanzabaganwa yagize ati “niba ugiye gushyira ubucuruzi ahagushyira mu manegeka, nta kigo cy’imari kizakuguriza kuko umushinga wawe uba ufite ibyago by’uko igihe icyo ari cyo cyose wakwisanga wapfuye, ugahomba kandi n’iyo banki igahomba”.

    Minisitiri w’Ikoranabuhanga na Inovasiyo, Paula Ingabire nawe yakomeje avuga ko Leta izafasha ibihangano by’ikoranabuhanga bihindura imikorere y’abantu, haba mu Rwanda no mu mahanga.

    Urugero rw’ikoranabuhanga kugeza ubu ryahagaritse kwishyura amafaranga mu ntoki, ni irikoreshwa mu ngendo z’imodoka muri Kigali rya Tap&Go.

    Politiki yo guteza imbere ba rwiyemezamirimo (Entrepreneurship Development Policy/EDP) yashyizweho na Leta y’u Rwanda mu rwego rwo kuyifasha kugera kuri gahunda ya Guverinoma y’imyaka irindwi(NST1 2024).

    EDP kandi biteganyijwe ko izafasha kubahiriza guhunda yo kugeza u Rwanda ku bukungu buciriritse muri 2035, ku bukungu buhanitse muri 2050 ndetse no ku cyerekezo cya Afurika yunze Ubumwe AU(Agenda 2063).


    source https://www.kigalitoday.com/ubukungu/iterambere/article/minicom-ishishikariza-abikorera-kwandikisha-ibikorwa-byabo-kugira-ngo-amahirwe-abagenewe-atabacaho

  • Amafoto y’imyitozo ya mbere ya APR FC muri Kenya #rwanda #RwOT

    APR FC yaraye ikoreye imyitozo ya mbere mu gihugu cya Kenya aho yagiye gukina na Gor Maia umukino wo kwishyura w’ijonjora ry’ibanze rya CAF Champions League.

    APR FC yahagurutse mu Rwanda ku munsi wo ku wa Gatatu ari na wo munsi yagezeyo, ku munsi w’ejo hashize ku wa Kane ikaba yarakoze imyitozo ya mbere muri iki gihugu.

    Iyi kipe ikaba yarakoreye imyitozo ku kibuga cya Two Rivers giherereye mu gace ka Kiambu, ni ibilometero 26 uvuye kuri Ole Sereni Hotel aho iyi kipe icumbitse.

    Ni imyitozo yayobowe n’umutoza mukuru Mohammed Adil Erradi yiganjemo iyongera ingufu, kugorora umubiri no gukora ku mupira byoroheje.

    Bakoreye mu kibuga cy’ubwatsi kimeza, ikipe ntabwo yigeze ikora imyitozo yo guhurira ku mupira kugira ngo hirindwe imvune zishobora kuvuka mbere y’umukino. Imyitozo yamaze isaha imwe ikipe ibona gutaha.

    Uyu munsi biteganyijwe ko ikipe iri bukorere kuri Nyayo Stadium ari nacyo kibuga kizakira umukino ku munsi w’ejo ku wa Gatandatu tariki ya 5 Ukuboza 2020.

    Umukino ubanza wabereye i Kigali ku wa 28 Ugushyingo 2020, APR FC yatsinze Gor Mahia 2-1. Ubu iyi kipe y’ingabo z’igihugu irasabwa kunganya gusa kugira ihite ikomeza mu kindi cyiciro.

    Imodoka irimo gutwara abakinnyi ba APR FC muri iki gihugu

    Umutoza Adil aganiriza abakinnyi be

    Jacques Tuyisenge nta gihindutse azaba ayoboye ubusatirizi bwa APR FC

    Bakoze imyitozo yo kunanura imitsi

    Umunyezamu Rwabugiri Umar

    Omborenga Fitina umwe mu basore bazonze Gor Mahia cyane

    Bukuru Christophe byitezwe ko azaba afatanya na Seif mu kibuga hagati

    Rutahizamu Danny Usengimana ashyira umupira ku gituza

    Myugariro Mutsinzi Ange Jimmy, umwe mu bitezwe ku mukino w’ejo

    Rutahizamu Bizimana Yannick

    Source : http://isimbi.rw/siporo/article/amafoto-y-imyitozo-ya-mbere-ya-apr-fc-muri-kenya

  • Rwanda: Ubushakashatsi bwagaragaje ko 80% bwabakora itangazamakuru batabifitiye impamyabumenyi bidindiza iterambere ry'umwuga w'itangazamakuru.. #rwanda #RwOT

    abasomyi bibinyamakuru

    Itangazamakuru n'intwaro ikomeye isi yifashisha muburyo bwo gutangaza amakuru cyangwa guhindura imyumvire cyangwa imyitwarire y'abaturage.

    kuva mukinyejana cya 18 itangazamakuru ryahinduriwe (morden journalism) ryatangiye gukoreshwa m'uburyo butandukabye bitewe n'intego yurikoresha bwaba bwiza cyangwa bubi byose biterwa n'intego y'umunyamakuru.

    camera man

    Ubushakashatsi kigalinews24 yakoze ryagaragaje ko 80% y'abanyamakuru bakorera ibitangazamakuru byimbere mu igihugu batabifitiye ubu basha ndetse n'ubumenyi mubijyanye n'imyitwarire y'itangazamakuru ( Media Ethics)

    Abaturage twaganiriye nabo bagarutse kumakuru atuzuye bahabwa bitandukanye n'ibitangazamaku byo mumahanga uko bikora, 50% bagarutse kubiganiro bya Sport bizwi ku izina ( urubuga rw'imikino) aho batunze agatoki amatiku, kwishyongora ndetse no kwiyita ko aribo bambere kuruta uko batanga ibyo bakora.

    Ubu bushakashatsi bwibanze cyane kubanyeshuri bize itangazamakuru bicaye mugihe abarikora kukigero cya 70% bicaye mumyanya itariyabo, bamwe bavuga ko hari bamwe bakoresha icyenewabo, ruswa ndetse n'ibindi bashingiraho babima akazi kibyo bigiye, cyakoze bagaruka ku kibazo cy'ubushobozi bw'amaradiyo n'amatereviziyo adafite ubushobozi bwokuba yakwakira abanyeshuri babifitiye ubu menyi kuko batabona umushahara wabo bigatuma hafatwa abo biboneye.

    Bamwe mubakuze baganiriye na KigaliNews24 bagarutse cyane kukamaro k'itangazamakuru kubaturage rivugira, bagarutse ku abanyamakuru batabyigiye cyane ko reta na (RMC ) urugaga rwabanyamakuru bakagombye kugira icyo bakora kuko mugihe hatagira igikorwa bimwe mu ibikorwa byazadindira Sports,politics ndetse no mubindi bikorwa byadindira kandi bikagira ingaruka kubaturage.

    Umubare munini w'abasoma, abumva radio, nabokoresha ubundi buryo bwose bemeje ko mu igihe itangazamakuru ryaba ridakoreshejwe neza ryakwangiza iterambere ry'igihugu ndetse n'imyumvire yabaturage muri rusange. mugihe ababifitiye ubumenyi n'ububasha baramuka badashizwe mu myanya bakwiriye.

    Mubushakashatsi KigaliNews24.com yakoze hifashishijwe Abanyeshuri baryize badafite akazi, abasheshekanguhe, ndetse nabakurikira ibiganiro bitandunye.

     

    The post Rwanda: Ubushakashatsi bwagaragaje ko 80% bwabakora itangazamakuru batabifitiye impamyabumenyi bidindiza iterambere ry'umwuga w'itangazamakuru.. appeared first on Kigalinews24.

    Source : https://kigalinews24.com/2020/12/04/rwanda-ubushakashatsi-bwagaragaje-ko-80-bwabakora-itangazamakuru-batabifitiye-impamyabumenyi-bidindiza-iterambere-ryumwuga-witangazamakuru/

  • A total of 220 million 5G subscriptions are expected by the end of 2020 #rwanda #RwOT

    Ericsson Mobility Report findings revealed that a total of 220 million 5G subscriptions are expected by the end of 2020.

    The recent report highlighted that despite the uncertainty caused by the COVID 19 pandemic, service providers continued to switch on 5G and more than 100 have now announced commercial 5G service launches.

    The first 5G standalone (SA) networks have also been launched. The net addition of mobile subscriptions was low during Q3 2020 — 11 million.

    This is likely due to the pandemic and associated lockdown restrictions. For the long term, the mobile subscriptions outlook has been slightly adjusted downwards, as multiple and inactive subscriptions are being removed.

    'We now forecast 8.8 billion mobile subscriptions by the end of 2026.
    5G subscriptions with a 5G-capable device grew by around 50 million during the quarter to reach around 150 million. ' reads the report.

    Through the report, Ericsson Telecommunication Company informs that 'We have increased our estimate for the number of 5G subscriptions at the end of 2020, and now forecast 220 million.'

    This is mainly due to a faster uptake in China than previously expected, driven by a national strategic focus, intense competition between service providers and more affordable 5G smartphones from several vendors.

    Over the forecast period, 5G subscription uptake is expected to be significantly faster than that of 4G (LTE), following its launch back in 2009.

     

    110

    The post A total of 220 million 5G subscriptions are expected by the end of 2020 appeared first on TOP AFRICA NEWS.

    Source : https://www.topafricanews.com/2020/12/04/a-total-of-220-million-5g-subscriptions-are-expected-by-the-end-of-2020/?utm_source=rss&utm_medium=rss&utm_campaign=a-total-of-220-million-5g-subscriptions-are-expected-by-the-end-of-2020

  • Uko Anita Pendo afatanya kurera abana be n’akazi katamuha umwanya uhagije wo kuruhuka #rwanda #RwOT

    Umunyamakurukazi, umushyushyarugamba akaba n’umuvangavanzi w’imiziki(Dj), Anita Pendo avuga ko n’ubwo aba afite akazi kenshi katamworoheye ariko na none aba agomba gushaka umwanya wo kwita ku bana be cyane ko bakiri na bato.

    Anita Pendo akaba umunyamakuru wa RBA, ni umwe mu bakobwa bake mu Rwanda bakora akazi kenshi ku buryo usanga ku munsi aba afite igihe gito cyo kuruhuka, ibi abifatanya no kurera abana be yabyaranye n’umukinnyi Ndanda Alphonse ariko ubu bakaba baratandukanye ari we ukora inshingano wenyine.

    Aganira na ISIMBI ati'akazi nkora nkorera ku masaha radio nkora amasaha 3, Televiziyo 2 n’ahandi akenshi nkorera ku mbuga nkoranyambaga. N’ubwo biba bitoroshye umwanya ndawubona, mbona akauruhuko nk’isaha imwe cyangwa 2 nkasimbuka nkareba abana. Nabo mba ngomba kubitaho.'

    Anita Pendo afite abana babiri b’abahungu Tiran wavutse muri 2017 na Ryan wavutse muri 2018 bose yababyaranye na Ndanda Alphonse.

    Uretse aka kazi akora, uyu mukobwa wirwanyeho nk’uko akunda kubivuga, akorana na kompanyi zitandukanye azamamariza harimo urubuga rwa Catchyz rufasha abantu kugura ibintu no kubigurisha kuri murandasi kandi nta komisiyo baciwe.

    Avuga kuri Catchyz yamamariza yavuze ko ari abantu bo kwizerwa kandi bakora ibintu byabo kinyamwuga, gukorana nabo ngo ntabwo yasanze ari abantu bakorana by’akazi gusa ahubwo yisanze ari undi muryango yinjiyemo.

    Anita Pendo n’umuhungu we Ryan

    Umwanya wo kwita ku bahungu be, Tiran(iburyo) na Ryan(ibumoso) ngo arawubona

    Source : http://isimbi.rw/imyidagaduro/article/uko-anita-pendo-afatanya-kurera-abana-be-n-akazi-katamuha-umwanya-uhagije-wo-kuruhuka