Blog

  • Ese ntabwo uri inshuti n’isi? wari uzi ko Kuba inshuti n’isi birema kuba umwanzi w’Imana? #rwanda #RwOT

    Iyo Bibiliya ivuga ngo 'Kuba inshuti n’isi bitera kuba umwanzi w’Imana’ biba bivuze iki?.

    “Yemwe basambanyi, namwe basambanyikazi, ntimuzi yuko ubucuti bw’iby’isi butera kwangwa n’Imana? Nuko rero umuntu wese ushaka kuba incuti y’iby’isi, aba yihinduye umwanzi w’Imana”. Yakobo 4:4

    Akenshi na kenshi iyo bavuze 'abanzi’ b’umukristo, ahanini baba basobanura ku byaha n’irari biba imbere mu muntu. Aba ni abanzi kuko batugerageresha gukora ibinyuranye n’ubushake bw’Imana tugatandukana n’ubwiza bwayo.

    Kuba inshuti n’isi bireme guhinduka umwanzi w’Imana bivuze iki?

    Ese bishatse kuvuga ko mu gihe ndi inshuti n’abantu batari abakristo, ndi umwanzi w’Imana? Bishatse kuvuga ko se nkwiye kuba ntanezeranwa n’abandi, nta nshuti ngomba kugira. Ko ngomba guhora ntuje kandi nkagendera kure abatizera kandi nkagira imyifatire “Yo kwera kukurushaho” kugira ngo mbe inshuti y’Imana?

    Ntabwo ntekereza ko aribyo Yakobo yashakaga kuvuga, nubwo bishobora kuba igisobanuro kuri bamwe: Bivuze ko badashobora guhana ibiganza n’abatizera cyangwa ngo basangirire hamwe, kubera gutinya kuba “bakwanduzwa.” Hari abandi banga gukoresha ikoranabuhanga rigezweho, imodoka na mudasobwa n’ibindi kubera gutinya 'ubucuti n’isi.' Ibi bibayobora mu kubaho bitandukanyije kandi bakirinda gushyikirana n’abandi bantu benshi!

    Kubera ko Imana ikunda abantu kandi ishaka kubasubiza kuri Yo ubwayo no kubakiza ndetse no kubafasha, ibisobanuro nk’ibi bishobora kunyuranya n’iby’ukuri. Ariko mu butumwa bwiza bwa Yesu uko bwanditswe na Yohana 3:16, Havuga ko

    'Kuko Imana yakunze abari mu isi cyane, byatumye itanga Umwana wayo w’ikinege kugira ngo umwizera wese atarimbuka, ahubwo ahabwe ubugingo buhoraho.'

    Bibiliya itubwira bike ku buzima bwa Yesu kugeza afite imyaka 30, ariko dushobora kwemeza ko nawe yabaye mu bantu mu buryo busanzwe. Abantu bamutekerezaga nk “umuhungu wumubaji!” ko ngo atabayeho nk’umuyoboke w’idini, usibye kuba mu bantu mu buryo busanzwe.

    Mubyukuri, mu gihe cy’imyaka itatu y’umurimo we rusange, Yamenyekanye nk’inshuti y’abakoresha b’ikoro ndetse n’abanyabyaha. (Matayo 11:19.), Ariko rwose Yesu ntabwo yari inshuti y’isi.

    'Isi' ni iki?

    Noneho, ukizirikana ibi, imvugo ngo “ubucuti n’isi ni urwango n’Imana” bisobanura iki? Ni iby’ingenzi kugira ngo tubisobanukirwe neza. Reka dusubire mu ntangiriro yisi.

    Mu gitabo cy’Itangiriro 1:31 hagira hati: 'Imana ireba ibyo yaremye byose, n’uko byari byiza cyane. Buragoroba buracya, uwo ni umunsi wa gatandatu'.

    Ikintu kigomba kuba cyarahindutse icyo gihe, kugira ngo Yakobo yandike iyi miburo! Ni “ikintu” cyasobanuwe mu Itangiriro 3 kubyerekeye abantu: kutumvira no kugwa mubyaha, n’impinduka ziteye ubwoba ibi byazanye. Nyuma y’ibice bitatu bibanza, mu Itangiriro 6: 5 hagira hati: 'Kandi Uwiteka abona yuko ingeso z’abantu zari mbi cyane mu isi, kandi ko kwibwira kose imitima yabo itekereza ari kubi gusa iteka ryose. .' Mbega iterambere riteye ubwoba!

    Mu ntangiriro, Adamu na Eva bagombaga gukorana n’Imana gusa kandi bayobowe n’Umwuka wayo bakabona ibyiza byose. Ariko kubera kumvira inzoka (Satani), bayobowe n’umwuka w’ubwibone, mubi. Bahisemo kutumvira Imana bagwa mucyaha no kwitandukanya n’Imana.

    Rero, gukunda Imana, n’amategeko yayo, n’ibyiza byose, byasimbuwe no kwiknda. Uku kwikunda , kwifuza kubona icyo nshaka, gutekereza, cyangwa kubona tutitaye ku cyiza cyangwa ikibi, no kubaho ubuzima bw’ubwibone bwa buri muntu.

    Uyu ni umwuka mubi wacengeye mu bantu bose. Iyi ni “isi,” kandi ntabwo iri hanze y’aho turi! Ni imbere muri buri kiremwa muntu. Bibiliya yita iyi kamere muntu nyuma yo kugwa “uwakamere,” kandi ibi byagize ingaruka mbi ku muntu wese uri ku isi.

    Umwuka wa Satani ubu niwo ufite umwanya w’ingenzi ku isi, ni we mwanzi w’Imana n’abantu, nk’uko byanditswe mu Befeso 2: 2-3,

    Kandi natwe twese twahoze muri bo dukurikiza ibyo kamere yacu yifuza, tugakora ibyo kamere n’imitima byacu byishakira, kandi ku bwa kavukire yacu twari abo kugirirwa umujinya nk’abandi bose.

    Ariko Imana kuko ari umutunzi w’imbabazi, yaduhinduranye bazima na Kristo ku bw’urukundo rwinshi yadukunze, ubwo twari dupfuye tuzize ibicumuro byacu (ubuntu ni bwo bwabakijije),nuko ituzurana na we, itwicaranya na we mu ijuru mu buryo bw’umwuka turi muri Kristo Yesu,. '

    Muri make, abantu babuze ibyiringiro nta mahoro bafite kubera icyaha. Icyakora niyo mpamvu Imana mu rukundo rwayo rwinshi yadukunze yohereje Yesu ngo adukize. (Yohana 3:16; Abaroma 5: 8.)

    Yesu yabaye umuntu kandi nk’umuntu yagengwaga n’intege nke zose dufite. Ashobora kuba, kandi yarageragejwe nkatwe (Abaheburayo 4:15), ariko muri ibyo bigeragezo, yarwanye kandi anesha irari ry’umubiri we, atsinda kamere kandi ntabwo yigeze akora icyaaha.

    Yabikoraga buri munsi kandi twabonye ko yatakambiye Imana mbere gato yuko apfa, ati: 'Birarangiye!'. Inzira yo kunyuramo tugarukira Imana yaraharuwe, ariko buri muntu agomba kwihitiramo icyo azakora.

    Ese uzaba inyangamugayo mu gihugu cyawe, muri sosiyete ubamo kandi uzemera ko ukeneye Umukiza kugufasha gutsinda isi y’icyaha iba muri wowe? Cyangwa uzishuka wibwire ko iby’isi byose ari byiza, uzakomeza kubaho mu kinyoma cyayo?

    'Ubucuti n’isi ni iki?

    Rero, ubucuti n’isi bisobanura kujyana, kubana, kwemeranya no gukunda irari ry’umubiri na kamere, n’umwuka mubi ubyihishe inyuma: kwikunda, kwikakaza no kwirarira!

    Ntushobora gukora ibyo hanyuma ngo uzabe n’inshuti y’Imana! Inzira imwe rukumbi yo kuba inshuti y’Imana ni ukureka icyaha, guhindukirira Yesu ukamuha umutima wawe wose ukamukurikira. Ni ukwanga irari ry’umubiri ukabamba ingeso za kamere ku musaraba: Ukwikunda kose, ubwibone no gukora ibibi. Dukeneye gukunda ibyo Imana ikunda, ibyiza byose, byera kandi bishimwa nayo.

    Imirongo yo muri 1Yohana 2: 15-17 isobanura neza iyi ngingo:

    “Ntimugakunde iby’isi cyangwa ibiri mu isi. Umuntu nakunda iby’isi, gukunda Data wa twese ntikuba kuri muri we, kuko ikiri mu isi cyose ari irari ry’umubiri ari n’irari ry’amaso, cyangwa kwibona ku by’ubugingo bidaturuka kuri Data wa twese, ahubwo bituruka mu isi. Kandi isi irashirana no kwifuza kwayo, ariko ukora ibyo Imana ishaka azahoraho iteka ryose. '

    Iyo dutanze imitima yacu kandi tukagarukira Imana binyuze mu mwana wayo Yesu Kristo, tugatangira kumukurikira twumvira, Umwuka Wera w’Imana aratuzura akatuyobora. Uko turushaho kwigobotora irari ry’umubiri wacu no kubamba ingeso mbi za kamere ku musaraba (twenyine, ubwacu), nibwo urukundo, umunezero, amahoro n’ibyiza byose bitwuzura. Twuzuzwa urukundo dukunda Imana n’abantu, kandi duhabwa gufasha abandi nkuko natwe twafashijwe.

    Reba n’iyi nyigisho: Kubamba ingeso mbi za kamere ku musaraba

    Source: ActiveChristianity.org

    [email protected]

    Source : https://agakiza.org/Ese-ntabwo-uri-inshuti-n-isi-Iyo-Bibiliya.html

  • #Helena! Ikipe y’abakobwa 11 bafite ibice by’umubiri bikurura umuhanzi Platini, 6 yabavuze(AMAFOTO) #rwanda #RwOT

    Umuhanzi Nemeye Platini usigaye ukoresha izina rya P, yahishuye ko agiye gushyira hanze abakobwa 11 aho buri umwe afite igice cy’umubiri kimukurura, ni ikipe yahaye izina rya Helena.

    Uyu muhanzi wamenyekanye cyane mu itsinda rya Dream Boys, ubu akaba asigaye akora umuziki ku giti cye, iyo kipe ye izaba igizwe n’abakinnyi 11 aho 6 muri bo yamaze kubavuga.

    Uyu musore amaze iminsi ashyira amafoto y’abakobwa ku rukuta rwe rwa Instagram, ni abakobwa n’ubundi amazina yabo azwi cyane mu ruganda rw’imyidagadura mu Rwanda.

    Benshi bibazaga impamvu arimo abikora, abandi bagakeka ko yaba ari mu rukundo, ku munsi w’ejo hashize nyuma y’ifoto ya Isimbi Alliance usanzwe ari umukinnyi wa Filime ukundwa na benshi mu Rwanda nibwo yavuze impamvu arimo gushyiraho ayo mafoto y’abanyarwandakazi.

    Iyo foto ya Alliance yaherekejwe n’amagambo avuga ko abakobwa amaze iminsi ashyiraho ari abafite ibice by’umubiri bimukurura, ngo ikipe ye yise Helena ntabwo irabona 11.

    Ati'Aba bari rero mubona ni inshuti zanjye ariko buri wese afite igice ku mubiri kinkurura cyaneee ni ahawe ho kuvumbura. Ikipe yanjye ya 11 yitwa #Helena ntiruzura.'

    Kugeza ubu Platini amaze kugaragaza abakobwa n’abagore 6 bazaba bagize iyi kipe ye yise Helena. Yahereye ku mwamikazi wa Instagram, Shaddy Boo ashyiraho ifoto imugaragaza igice cyo hejuru ntiyagira irindi jambo arenzaho, kuri uwo munsi aza gukurikizaho umuhanzikazi Butera Knowless wari wambaye ijipo isa nk’aho ari ngufi ari gupepera abantu.

    Bagwire Keza Joannah wabaye Miss Heritage muri Miss Rwanda mu 2015 usanzwe ari umunyamakuru kuri Kiss FM yabaye uwa gatatu ku rutonde, yamushyizeho yambaye ikanzu y’umweru ariko igaragaza imiterere y’amabere ye.

    Yakurikijeho Uwase Ghislaine Samantha wabaye Nyampinga wa Kaminuza ya SFB. Uyu we mu ifoto uyu musore yashyize ku rukuta rwe imugaragaza yambaye akajipo kagufi ndetse kanerekana imiterere y’amabere ye.

    Hakurikiyeho Miss Vanessa Raïssa Uwase wabaye igisonga cya mbere cya Nyampinga w’u Rwanda mu 2015. Akurkizaho Isimbi Alliance usanzwe ari umukinnyi wa Filime, ifoto iheruka ni iya

    Helena izina ry’iyi kipe ya Platini, amakuru avuga ko ari yo ndirimbo uyu muhanzi agiye gusohora mu munsi ya vuba.

    Amafoto yifashishije

    Shaddyboo

    Butera Knowless

    Bagwire Keza Joannah

    Uwase Ghislaine Samantha

    Miss Vanessa Raïssa Uwase

    Isimbi Alliance

    Source : http://isimbi.rw/imyidagaduro/article/helena-ikipe-y-abakobwa-11-bafite-ibice-by-umubiri-bikurura-umuhanzi-platini-6-yabavuze-amafoto

  • Abakobwa 9 batarimo umunyarwandakazi bari guhatanira kuba umugore wa Eric Omondi #rwanda #RwOT

    Uyu musore wiyita Perezida w’umukino w’Urwenya [President of Comedy Africa] muri Afurika yose yavuze ko n’ubwo afite ibintu byose birimo amafaranga menshi, studio nziza, imodoka n’inzu ebyiri nziza ariko icyo abura gikomeye ari umugore.

    Mu buryo benshi babanje kugira ngo ni urwenya ari gutera ariko byaje kurushaho gutungura benshi ubwo yavugaga ko atari urwenya ndetse ahita anashyiraho numero ya telefone abakobwa bazajya bamwoherezaho amashusho yabo kugira ngo abanya-Kenya bazahitemo umubereye.

    Eric Omondi yahamagariye abakobwa bose bumva bifuza kumubera umugore barimo abo mu gihugu cya Kenya abarizwamo, Tanzania ndetse na Uganda ariko avuga ko n’abo mu bindi bihugu badahejwe, upfa kuba wiyumvamo ubushake n’ubushobozi.

    Amashusho yashyize ku mbuga nkoranyambaga ze yavugaga ko 'Imana yamuhaye umugisha ikamuha ibintu byinshi, impano ndetse imuha n’iterambere mubyo akora byose.'

    Akomeza agira ati 'Mfite amafaranga, Imana yampaye umugisha, urebye ibikenerwa byose ndabifite Imana yarabimpaye, ariko mu bintu by’ingenzi ntabwo mfite umugore. Umugore, umufasha kandi ndi hano kubera ko aricyo kintu mbura mu buzima bwanjye.'

    'Ndashaka gusaba abanya-Kenya kumfasha kubona umugore, ntabwo ari urwenya ! Niba uri umukobwa, umugore, ukaba wumva uri umugore nkeneye mu buzima bwanjye, ohereza video kuri iyo numero ya WhatsApp, umbwire impamvu wumva ko waba umugore wanjye. '

    Uyu musore wahise atanga iyo numero ya WhatsApp, ndetse akavuga ko uwafata ayo mashusho akayashyira kuri Instagram akamumenyesha nawe yayasangiza abamukurikira bagahitamo.

    Yavuze kandi ko uzatoranywa cyangwa uzatsinda irushanwa bazihita bakora ubukwe dore ko we yiteguye ibintu byose.

    Kugeza ubu abakobwa icyenda nibo bamaze kwemezwa binyuze mu matora aho hategerejwe kuzakurwamo umwe uzatangazwa ku wa 26 Ukuboza 2020, ari nabwo biteganyijwe ko ubukwe buzaba.

    Kuri ubu aba bakobwa bose uko ari icyenda batarimo umunyarwandakazi n’umwe dore ko ntan’uwigeze agerageza amahirwe, bari gukunda kugaragara bari kumwe na Eric Omondi mu gisa n’umwiherero kuko ibikorwa bitandukanye bagenda babikora bari kumwe. Aba bakobwa nibo batoranyijwe muri benshi, hazavamo umwe ashyingiranwe na Eric Omondi

    Source : http://www.ukwezi.rw/Imyidagaduro/article/Abakobwa-9-batarimo-umunyarwandakazi-bari-guhatanira-kuba-umugore-wa-Eric-Omondi

  • Rwanda : La Police Nationale renforce la discipline en son sein ; 425 officiers renvoyés en 2020 #rwanda #RwOT

    Dans son mot d’ouverture, il a dit que la Police rwandaise ne tolérera pas que ses agents trempent dans la corruption, les pots-de-vin. L’IGP a dit que cette rigueur a été observée tous les ans, que pour 2020, 425 officiers de police ont été priés de quitter les rangs pour ces raisons, qu’ils étaient 587 en 2019.

    “Nous mettons beaucoup d’effort dans l’amélioration des conditions de travail et de vie de l’Officier ou l’agent de police pour que ce dernier se comporte comme il se doit au cours de ses prestations. Malheureusement, il se constate que certains agents de police se mécomportent et exigent des pots-de-vin”, a dit le patron de la Police Nationale mettant en garde ses troupes contre les dérapages comportementaux et les encourageant à une discipline de fer.

    “Nous devons être de vrais modèles sociaux en matière de sécurité générale. Les citoyens épient notre façon de détecter les crimes et de les investiguer. Nos obligations premières sont de veiller à la sécurité des personnes et de leurs biens, de faire tout pour qu’aucun crime, petit ou grand, ne soit commis sur leur personne. Les Rwandais et autres résidents ont désormais l’idée que ces obligations de notre part sont leurs droits les plus inaliénables. Et cette conception citoyenne, nous en faisons nos principes de conduite et d’action. Tout officier ou agent de police nationale rwandaise qui va à contre courant de ces principes et qui commet des infractions et des crimes y relatifs dans le cours de ses prestations n’est pas toléré”, a dit le Patron de la Police prononçant ainsi un procès sans appel contre des agents de police incapables de servir de modèles dans la lutte contre la corruption au Rwanda.

    Le Chef de la Police rwandaise ne faisait que réfléchir à haute voix sur une action de répression sévère de crimes commis par les agents de police en activité. Ce n’était pas une menace en l’air car le 17 août dernier, un décret présidentiel chassait des rangs de la police 56 officiers dont trois officiers commissaires de police pour avoir affiché un comportement indigne de l’image de l’Officier de la Police Nationale rwandaise.

    IGIHE

    Source : https://fr.igihe.com/Rwanda-La-Police-Nationale-renforce-la-discipline-en-son-sein-425-officiers.html

  • Did You Know Some Churches Serve Satan? #rwanda #RwOT

    0Shares
    0

    It is time to carefully review the church you so much have been attached to, served and through which you thought have been connecting with the almighty God. Here is a revelation that will help you rethink your faith.

    A few years ago while at home in Gatsata, Kigali, I was praying and I heard an audible voice telling me that 'Peter upon this rock I shall build my church'. This was before getting sucked into the underworld.

    When the underworld spirit started tormenting me, I saw a big church filled to capacity and was standing before that church with my pastors. I heard that this church would be mine. This came about when I was being coerced to deny Jesus Christ something I refused until they said let us find out the sins he has committed. Then immediately in a vision I saw a boat coming with an army in it. When this was happening I saw in the spirit a vision where an army came in a boat and they started looking for my sins.

    This boat with the army came from the sea and they started to look for my sins and they saw a heap of my sins and another heap of my good works, I was also seeing, these immediately there was a big church full of people and I was standing there in front of the church with two pastors whom I know but won't mention them here.

    Then they were surprised to see a heap of sins and a heap of good works together with a big church. Then they concluded that I was truly born again seeing that I had committed many sins but I had also turned to God. I heard one say that I became born again from a wrong church and continued my salvation in a wrong church. And that this church where I was standing in front with two Pastors is or will be my church and that time would come and these two Pastors would come and I pray for them to obtain salvation.

    BN06-2017-0007-015

    I want you to note that this vision was not from the Holy Spirit, it's from the underworld spirit/Power.

    During my prayer on Thursday 19/11/2020 when the wiles of the devil were trying out my soul so as to lose it, the apostle called Arome Osayi of Nigeria whom I had seen in a carcass And telling me wonderful things concerning the soul. This time he started to mention to me that peter upon this rock I shall build my church, citing the same words I heard in prayer in my place in gatsata. Before he had completed uttering the words, I rejected.

    The false church revelations did not stop there. I also remember during the attack I in the following years, I had a false voice telling me the name of the church that I would establish. I was given the name of new believer's church. This confirms to me, that there has been a long plan of the wicked underworld power to turn me into a false prophet.

    But I can't forget there is a time a servant of God visited our church and when he was praying for me. He told me for you, you will never be a pastor but that God would bless me and I would support the work of God. This is also my wish; I believe this could have prophesied rightly.

    On Friday 20/11/2020, I was praying silently meditating on my spiritual experience of the underworld system and its power. I was convinced that this system ruling the world today works under the trinity. The trinity system a false religious system using the underworld power.

    And wants everyone to belong under this system. Under this system of governance, the power behind its worship is not Holy Spirit power. Signs and wonders, visions and dreams will be manifested under this system but that won't be the Holy Spirit at work. The Church of Christ has been invaded by this power.

    How will Christians survive under this system where perhaps the Holy Spirit is missing? Their attitude towards God as well as their conscience towards God will matter. There is no salvation under this system, though the system and its power will disguise to be giving salvation in the name of Jesus Christ but that doesn't mean that one will be saved. The only people who will be saved are those who will accept Jesus Christ as lord and savior from a sincere conscience.

    These people do not know that they are under the influence of this power. These will be judged on this basis of their conscience and attitude towards God.

    Woe unto those who say that God has said when actually God has not said. These are people who genuinely know that they are under the influence of other power(Underworld spirit).These people are some leaders of nations, and some church leaders (Prophets, evangelists, pastors, apostles etc.). Let God in Heaven be the Judge of these people.

    Because they are in two categories; there are those who serve God genuinely believing that they are under the guidance of the Holy Spirit; they do the teaching, preaching and even perform signs and wonders with a sincere conscience towards God not knowing that they have been invaded by other power and has taken over their lives including emotions and feelings.

    These people have not been coerced to deny Jesus Christ. These are the people who still believe in the scripture which says in Acts 2:17-19 that in the last days God will pour out his spirit upon all flesh and sons and daughters shall prophesy and that they will see visions and dreams. They use the word of God with a clear Conscience towards God. These people my prayer is that the grace of God should be abundant on their lives.

    There is also the group which knows very well that the power they are using is the underworld spirit power and not the power of the Holy Spirit. Woe unto these people because they have already been judged/condemned because their works are evil (John 3:19).They are government leaders and so called prophets of God.

    These are the people which the bible says that they will say that we prophesied in thy name and cast out demons in your name but I will tell them that depart from me you workers of iniquity (Mathew 7:21-23).The bible warns us to beware of false prophets. The underworld power which is at work today, is an imitator of God and pretends to reflect light of God in the world BUT to be sincere it's not the True light of God and not the True power of God.

    The people of God will find it difficult to differentiate which is the true light of God and which is the true Power of God because this system has taken over the affairs of man in the church and in the world. This is why the right conscience and heart towards God is very important. The true light of God is Jesus Christ (John 8:12); believe in him regardless of which power or church you are operating in unaware.

    The Believers should very much now more than ever before depend on the word of God and what it says and believe and obey it to save their lives from the tricks of the enemy. Am more committed to obey God's word. This experience has taught me that you can't mix light with darkness. Also the believers should not put there whole faith in the prophets.

    Concerning the trinity system, it's a religious system and operates in the underworld. It does not want the influence of the Holy Spirit in the church or even on the earth. Remember the Holy Spirit is God's power BUT under this system, they don't use the power of the Holy Spirit.

    However, all they want believers to believe is that the Holy Spirit is at work in the affairs of Man when actually they are sure that it's not the Holy Spirit at work but they are using the underworld spirit. The believers therefore are called upon to continue with Faith and a sincere conscience towards God; to believe in the Holy Spirit and its power and actually call on him to intervene and invite the Kingdom and will of God to take place in all things.

    The disciples of Jesus Christ asked him to teach them how to pray and guided them this way (Luke 11:2-4);'Our Father which art in Heaven, Hallowed be thy name, Thy kingdom come. Thy will be done, as in heaven, so in earth………..but deliver us from the evil one). We must pray very much for the Kingdom of God and will of God to take place and ask God to deliver us from evil.

    Pray that as the will of God is in heaven so be on earth and remember to ask God to deliver us from Satan, the evil one. We want heaven to influence affairs on earth. The trinity/underworld system wants the Kingdom of Satan to rule the world and so the will of Satan to take place on earth and to bring evil to the world especially to the church of Christ.

    It's the people praying with the right attitude and conscience towards God that will bring the kingdom of God and will of God to work amidst this strong satanic power/system.

    I'm writing this with strong belief that the church of God has been invaded by the underworld spirit.

    When I was attacked by the underworld spirit, I was being forced to accept to serve God while am having a snake. The Pastor in the church where I had transferred, I heard his voice telling me to come to church and serve God and that I will have to have a snake with me. In other words to worship a snake.

    I refused and I have never gone back to that Church again. He did not tell me physically one on one, it was an audible voice from him. Unfortunately I now have snakes in my stomach and they put them there technologically (I do not know how, they are spiritual snakes. I feel it in my left side of the stomach, sometimes it moves up and sometimes I feel it descending.

    This is what a false prophet is. He is in possession of snake spirits. The whole system in my body has been designed to comply with the underworld power. It seems I was killed already by spiritual technology and now in the new form. God will judge whoever is behind this. My will was not involved).

    My personal confessions

    1. Iam ready even to die without denying Jesus Christ. The grace of God will help me. Believers know that we have also been called to partake in the suffering of Christ (1 peter 4:13).Jesus also says that he was tempted in all points the way we are tempted (Hebrews 4:15).We shall pass through trials and tribulations because of our faith in Jesus Christ.

    It is now that I have gone through this spiritual suffering because of my Faith that I now understand what Paul was saying when he said that he is a prisoner of Jesus Christ, is in bonds because of Jesus Christ. It's now that I understand Paul when he talks of the tribulations, sufferings he went through for the sake of the Gospel and Jesus Christ.

    Believers should be prepared for that because it is actually what is waiting for us. Paul was told that he shouldn't go to Jerusalem that he would be arrested and killed. He responded by saying that I'm not only ready to be arrested but that I'm also ready to die.

    However, just to encourage you, the sufferings are for a short time and the bible says they cannot be compared to the glory that will be revealed in us. The glory that will be revealed will be great. The joy in heaven will be great. Around 2009 I had been praying for three days then after, I had a dream and in the dream, I saw myself somewhere at a clinic/hospital/laboratory and then later on I saw myself at school and suddenly I saw myself rising up so much up and I was somewhere up in the skies, so much high (am meant to believe that may be it was heaven) and I felt great joy in my heart.

    The joy was exceedingly great, and then I heard a voice telling menthe time of the end will be like this, there will be no more suffering, no more crying and no more sickness and disease.

    Then I started like descending/coming back to the ground and I refused and struggled to remain there but I eventually came down from up. So I concluded that I have tested the joy which we shall experience in heaven. This joy I experienced cannot be compared to the joy of the world. It's not the joy you can compare to the Joy of marriage or the joy of money or the joy of having great wealth.

    It cannot be compared to any kind of Joy of this world. It is actually the incomparable Joy. Please believers remain faithful to God, do not deny your Faith in Christ because our salvation is sure. We are not saved to be rich as the underworld agents wanted me rich but for their own selfish agenda. We are not saved to preach, we are called to preach.

    So it is salvation first then preaching second if God has called you to preach. The underworld agents wanted me to lose my salvation by denying Jesus Christ and go ahead and preach in his name under a big church. What a false belief. I remember when they were designing me to be a false prophet, and I was rejecting because I was insisting that I'm born again.

    I heard a voice of one of the agents telling me that I would preach the gospel and after a time when am about to die, I would go get saved from another true church (One which will not be false prophet/or under false foundation).What a wrong doctrine! Salvation is by grace, we do not choose to be saved. It is a free gift.

    I remember when I had just started studying the word and meditating upon it in the night, I was led to a scripture which convicted my heart so much and I believed this is what God is calling me for. The scripture is in Luke 22:31-32-where Jesus was telling peter that, Peter! Satan has desired to have you but I have prayed for you that your faith fail not so that after you have been converted, you strengthen the brethren.

    I now believe that truly Satan has been chasing me desiring to kill me first through sin and second through believing the underworld power and serving God by first denying my salvation (denying Jesus Christ as lord and savior) as well as threats of physical death through abduction which I have escaped. So you can die in the following ways; 1-Living in sin/Spiritual death 2- Denying your salvation i.e. denying Jesus Christ as your Lord and savior. This is denying the giver of eternal life.

    The bible says he is the way the life and the truth and no one goes to the father except through him. 3-Physical death. The devil can plan to kill you physically. I thank Jesus that he prayed for me and is still praying for me because the devil has been seeking to kill me. So dear reader, Jesus right now is praying for you, you may not know but this is what is happening; and he wants you and me after we are converted to strengthen the brethren.

    One thing that the devil is not aware is that the mouth does not deny Jesus Christ but the heart does. Even though my mouth through torture would have forced me to deny Jesus Christ because there some point along the many days of attack I seemed to have said that I deny Jesus Christ and later prayed to God and said that God all this is manipulation, it is not what I believe. The heart fully believed in Jesus Christ.

    You remember when peter denied Jesus three times, does it mean Peter did not love Jesus Christ. No. Jesus knew already that this would happen to Peter. At that time Peter did not have the strength not to deny Jesus. But when the Holy Spirit power came, he boldly confessed him.

    Remember that it's this peter the lord had said that upon this rock I would build my church and the gates of hell will not prevail it .Its grace that saves us and keeps us in salvation and eventually give us eternal life.

    God knows you from the beginning to the end, knows all your strength and weaknesses even the choices you will make. That is why he planned for the fall of man from the beginning by preparing a savior Jesus Christ. We need strength not deny Jesus though our hearts fully believe in him.

    Now the life we live will be a testimony of whom we have believed, our works the life of Sin will deny Jesus in your life though your mouth may confess him. Here we need the grace of god to remain holy and blame less. It is possible through a consistent walk with God by studying his word and prayer with the help of the Holy Spirit.

    During this difficult time of the last days, the church needs to be strengthened. Pray that God will give you and give me a word to strengthen the brethren. We need three things to remain strong 1-the word of God 2-Prayer 3-the Holy Spirit power. These must be escorted with a pure conscience/state of heart towards God especially where the Holy Spirit is found to be lacking

    They are very aware of it and are even determined to make you believe this power. When they pray for you, it's their will. The will of their God that takes place in your life (the example is the Job I got through their dream and the change to a false prophet).I will believe God and pray for myself. The bible says the veil was torn apart so that everyone can access the holy of Holies.

    The bible also says come boldly or with confidence to throne of grace and you will obtain mercy in time of need. The power at work in churches today is the underworld power so be careful who is praying for you. Whatever miracle you will get, or prayer request full filled when some man of God has prayed for you please take it but believe God in heaven to be the source and walk righteously in that so called blessing and you will see the power of God.

    It will not be long, you will realize that God was not actually the source. If you trust in God and your conscience towards God and attitude of heart are proper together with prayer (Relationship with God), the lord will fight for you despite whatever trial you may face with this miracle or blessing. You will come out victorious. The bible says the blessing that God gives adds no sorrow.

    1. Walk by Faith not by dreams and Visions. The enemy has used the weapon of dreams and visions in my life to make me believe God has said. Many dreams and visions today are not from God. Despite the bible says in last day's dreams and visions shall come. Test every dream and vision pray sincerely about tithe devil also knows this scripture and the underworld spirit uses so much dreams and visions to direct people on how and what to pray for.

    That is why you see many dreams and visions and miracles by so called prophets. This doesn't mean that God won't use these dreams and visions to speak to his people. Jesus Christ is the same yesterday today and forever .The devil has picked up the strategy of dreams and visions today to mislead the church of God.

    Christians are no longer believing in God, they are no longer believing in the word of God they are following the dreams and visions. Let me warn you, the underworld power in the church and even in the ruler ship of Gov'ts, is using dreams and visions to predict things.

    Some of these dreams and visions will come to pass on condition that you give in/submit to the will of the devil. If the underworld power and its agents succeed in making you deny Jesus Christ, you will get all the blessings (wealth/material possessions).True blessings for a believer are not physical blessings but spiritual blessings; the bible also talks of setting our eyes on things above not on things below. The bible talks of the blessings in the beatitudes (Mathew 5).These are the actual blessings.

    My experience is that there is a time the devil/spirit of underworld showed me great houses, a great car. This was when I was at the Job which I dreamt by the help of the underworld power. I was to shift from this Job and get promotion to another political Job in the same place as had been planned by the underworld power agents.

    I started to believe God is promoting me but later I remembered when I was under attack while I was still at this Job, I would hear underworld power agents asking me questions to do with that place where I was working and was actually to be promoted there. They would as well ask me academic questions and I would answer. Then later I started having these dreams.

    One day I was with my pastor and he told me That God was going to promote me.Because I was having these strong visions of houses and cars I also told him that its true God was going to bless me because there are signs indicating that I see them. When he saw the confidence with which I said it, he responded by saying 'you will not become'. I did not bother about it.

    It's the same man who also once told me while in the conference I was standing behind and he said Fredrick God is going to bless you and you will be moving places and you will get money but be careful that you don't be tempted. Later on, when I went through all the trials and the spiritual underworld power was seriously tormenting me and this man's voice was high on the agenda of directing things in the underworld, I came to remember what the man was actually saying. They had planned my promotion in the underworld.

    The church through the underworld spirit is positioning people in Government, they will be there working and bringing tithe and offerings to the church and supporting the ministry. I was a loyal steward bringing tithe always and offerings and supporting /contributing financially to the church and sometimes the man of God asking me to help him with money but little did I know I was in a wrong church not until all was manifested.

    You can be operating these churches well knowing their intentions or not. It does not mean God cannot promote you. God can promote you. BUT learn that the biggest promotion from God is spiritual not Physical. There is where the bible says that if you have food and clothing, be content with that.

    The so called rich men of God take the scripture of what Jesus told peter that if you have followed me, you will receive eternal life and also get a hundred fold in the life/in this world. They neglect the scripture which asks you to be contented with Food and clothing.

    The bible also says that what does it profit a man to gain the whole world and lose his own soul? We all want to be well off BUT I thank God that from the time I was born again, my spiritual hunger was for God to change me spiritually. To help me know him. I have been having spiritual hunger not material hunger. My prayer was not my life to perish because of Sin and God to do his spiritual work in my life.

    I was growing steadily in salvation and in Ministry and I had been assigned responsibilities of teaching in some class in the church and also interpreting. I loved it very much. People were being blessed by my teaching why because my heart was sincere towards God. So I would wake up to study the word and to pray and to prepare teachings for my Class. I believed God called me to ministry which I still believe.

    However, things have turned in a different dimension. I have been manipulated/my mind is manipulated. I have been technologically designed to be a false prophet to lead a big church and get money out of it by doing all that prophets do. This I haven't done it practically with my conscience in tithe church they want me to lead I have already been given the name, its new believer's Church.

    Now my commitment is this, I have purposed that though in the spiritual this is what has been designed; my decision is that I will not physically go into it. Because I don't want the plan of the devil to come to pass, its plan now is to steal my conscience towards God now that I know all this. What I have to do is to remain a faithful believer and work with my own hands as I believe I will get a job by the grace of God.

    Now my question is; when Jesus comes back will he find faith on earth? Is Holy Spirit really still at work or has gone out of the church already? Has the antichrist already come? Is the mark of the beast being given out?

    Has the bride of Christ already been taken? What is tribulation according to book of revelations? How does the spiritual world operate?

    I'm Stranded In The Underworld: Can Someone Help Please?

    0Shares
    0

    The post Did You Know Some Churches Serve Satan? appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/did-you-know-some-churches-serve-satan/

  • Abaturiye umupaka wa DR Congo barasaba gukorerwa imihanda ibafasha mu buhahirane #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Umwe mu baturage atanga ibitekerezo ku bikorwa by
    Umwe mu baturage atanga ibitekerezo ku bikorwa by’iterambere byakorerwa abaturiye umupaka

    Ibikorwa byo kwakira ibitekerezo bizashingirwaho mu iteganyabikorwa ry’Ingengo y’Imari n’Imihigo y’Akarere ka Rubavu ya 2021/2022 byatangiye gutangwa tariki 02 Ukuboza 2020, abaturage bagaragaza ko bimwe mu bikorwa bifuza ko bishyirwamo imbaraga bagashobora kugira imibereho myiza n’iterambere rirambye birimo kwegerezwa imihanda, ivuriro, amazi meza, amashuri, gufasha abaturage kubona amacumbi no kwegerezwa amashanyarazi.

    Bizimana Jean Bosco avuga ko ko bifuza gukorerwa imihanda nka kaburimbo kugira ngo imodoka zishobore kuza gutwara umusaruro wabo mu buhinzi.

    Yagize ati « Twifuza imihanda tukageza umusaruro ku isoko abacuruzi bakagera ku mirima abacuruzi ntibaduhende, imihanda twakorewe yaracitse bigatuma imodoka zitinya kutugeraho, byaba byiza mudukoreye imihanda ya kaburimbo. »

    Nyirabadepite Annociate umuturage mu murenge wa Busasamana avuga ko hari aho badafite amashanyarazi kandi bayakeneye hamwe na internet.

    Uwimana Christine avuga ko bakeneye ko abana babo biga ahantu heza kandi kugira ngo bigerweho bagasanga ubuyobozi bwabafasha.

    Umurenge wa Busasamana ni umwe mu mirenge igize Akarere ka Rubavu. Weramo ibirayi n’imboga bigurishwa mu bice bitandukanye by’igihugu ariko abaturage bavuga ko kutagira imihanda myiza bituma imodoka zibagurira zitabageraho imyaka yabo igahera mu murima.

    Si rimwe cyangwa kabiri humvikanye ko ibirayi byaboreye mu mirima kubera kubura isoko cyangwa imboga z’amashu n’ibitunguru byabuze isoko bakabihingiraho cyangwa bakabiha amatungo kugira ngo bashobore guhinga ibindi kubera ko baba babuze abaguzi, nyamara baba bashoye amafaranga mu buhinzi bwabo.

    Abaturage bavuga ko bakeneye kaburimbo inyura mu murenge wabo ihuza umujyi wa Gisenyi kugira ngo biborohere kubona abaguzi. Bavuga ko bakeneye n’ikigo nderabuzima gisimbura icyo bafite bubakiwe mu 1977.

    Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba, Munyantwali Alphonse, avuga ko kuba abaturage bagaragaza ibikorwa bashaka gukorerwa bitanga ikizere ko babigiramo uruhare, bigatuma ibyateguwe bigerwaho.

    Munyantwali avuga ko iyo imihigo yashyizwemo ibikorwa umuturage yagaragaje agira uruhare mu kubikora bigatuma n’imihigo igerwaho abayiteguye bakagira amanota meza.

    Ati “Ibikorwa bigaragazwa n’abaturage ni byo bitorwamo ibishyirwa mu ngengo y’imari no mu mihigo.”

    Ingengo y’imari ya 2020/2021 mu Karere ka Rubavu izatwara miliyari 33 na miliyoni 100 n’ibihumbi 845 n’amafaranga 921, muri yo iterambere ry’imibereho myiza y’abaturage rizatwara miliyari 20 na miliyoni 695 n’amafaranga 793, iterambere ry’ubukungu ritware miliyari 7 na miliyoni 404 n’ibihumbi 548 n’amafaranga 776 mu gihe imiyoborere myiza yagenewe miliyoni 485 n’ibihumbi 475.

    Ibi bikagaragaza ko ibyerekeranye n’iterambere ry’imibereho myiza y’abaturage bizatwara ingengo y’imari ya 72.4%.

    Hagendewe ku bitekerezo byatanzwe muri 2019/2020, mu bitekerezo 112 byatanzwe n’abaturage, ibitekerezo 63 ni byo byashyizwe mu bikorwa, naho mu bitekerezo 61 byatanzwe mu mwaka wa 2020/2021 ibyashyizwe mu bikorwa ni 42.


    source https://www.kigalitoday.com/ubukungu/ubucuruzi/article/abaturiye-umupaka-wa-dr-congo-barasaba-gukorerwa-imihanda-ibafasha-mu-buhahirane

  • SIDA, agence suédoise, offre 6.7 millions $ à AFR pour venir en aide aux catégories sociales pauvres rwandaises #rwanda #RwOT

    Les catégories sociales ciblées devant bénéficier de cette enveloppe au cours de la période de 2021-2025 sont les femmes, la jeunesse, les handicapés, les petits fermiers agricoles et les réfugiés qui tentent de dépasser le cap de la pauvreté.

    C’est ce que déclare en d’autres termes le Directeur ad interim de AFR, M. Jean Bosco Iyacu, après une étude menée pour circonscrire le problème :

    “Au cours des ces cinq ans ci-devant nous allons commencer à cibler des catégories de rwandais qui semblent écartés du circuit monétaire. Nous voulons inclure les femmes dans le circuit économique. La recherche effectuée à cet effet montre un écart criant de leur inclusion que nous voulons combler.

    Nous n’oublions pas non plus la jeunesse et les réfugiés. En faisant cette démarche, nous nous basons sur la feuille de route du Gouvernement rwandais qui vise un développement durable”, a-t-il dit qui trouve que ces catégories sociales qui ne sont pas bien inclues dans le circuit économique national créeront des emplois et feront un pas important dans l’économie nationale.

    Au cours de cette cérémonie, la Directrice adjointe de SIDA, Christina Wedekull, a bel et bien insisté sur les catégories sociales pauvres qui bénéficieront de ce don : les femmes, les jeunes, les handicapés et les réfugiés.

    Mais est-ce que cette bonne cagnotte pourra-t-elle vraiment bénéficier aux jeunes gens qui commencent difficilement leurs projets de transformation des denrées alimentaires qu’ils produisent ? Ils ont problème à les produire en quantité industrielle et à les écouler sur le marché international surtout que leur certification par les maisons des standards, cela ne leur est pas chose aisée ?

    La Directrice adjointe de SIDA croit devoir cibler les personnes indigentes. Sa démarche intellectuelle se comprend. Mais quoi si la grande dame destinait ces fonds aux jeunes gens industrieux mais sans fonds suffisants mais que l’octroi de ces fonds soit assorti de confitions comme quoi ces derniers doivent signer un document montrant qu’ils donneront des emplois à autant de personnes des catégories sociales bien ciblées ?

    IGIHE

    Source : https://fr.igihe.com/SIDA-agence-suedoise-offre-6-7-millions-a-AFR-pour-venir-en-aide-aux-categories.html

  • Busingye urges Police officers to maintain good service delivery #rwanda #RwOT

    The Police High Council held at the Rwanda National Police (RNP) General Headquarters in Kacyiru, is the supreme organ of the force that convenes partly to lay out priorities to be undertaken to further professionalize the force in light of the current security trends and evolving policing landscape.

    The Council held in consideration of the COVID-19 health and safety guidelines was also attended by the Inspector General of Police (IGP) Dan Munyuza and Deputy IGPs; Juvenal Marizamunda in charge of Administration and Personnel, and Felix Namuhoranye for Operations.

    It brought together RNP leadership, heads of departments and territorial units, regional, and district commanders, among others. It also tackled other aspects related to the response to COVID-19, force discipline and welfare.

    Minister Busingye observed that the 'last 20 years of RNP in policing were maximized.'

    He, however, added that the resolutions adopted by the Council should continue to improve the services meant to ensure sustainable safety and security for the people living in Rwanda and their property.

    “What is talked about here and the recommendations adopted should be depicted in your actions,” Minister Busingye said.

    He observed that residents of Rwanda continue to appreciate and enjoy services offered by the security organs, which he said, is derived from sacrifice in the accomplishment of tasks at hand.

    “Although there is security in Rwanda, there is still a lot to be done to fulfill our mandate; to address the security threats related to cross-border and cyber crimes,” he said.

    He lauded the force’s efforts exhibited in responding and preventing further spread of the COVID-19, especially through awareness on the pandemic and the sacrifice Police officers continue to make in spite of the fact that some of them become infected with the virus in the process of service.

    The Minister further noted that the work of the Police requires partnership with other entities and the people. He called for enhanced efforts in raising awareness to make community policing an effective tool for the citizenry to be responsive in ensuring own security and real time information sharing.

    In the provision of services, Minister Busingye challenged Police officers to always respect human rights and operate within the limits of the law, adding that whoever acts contrary is held accountable.

    “Anyone, who engages in criminal acts, however small or big the crime is, affects the rights and wellbeing of the people; Rwandans have showed, through various platforms, that they cannot stand injustice. When a crime is committed, responsible institutions should act swiftly, comfort victims and bring suspects to book.”

    Crime prevention is the catalyst to peace, he said, adding that this should start from households, support efforts to ensure that all children are in school, young people educated to start small income generating activities and to be custodians of the law rather than being lawbreakers.

    He pledged the government’s continued support towards Police professional services through training and advanced policing equipment.

    Inspector General of Police (IGP) Dan Munyuza said that the Council held towards the end of the year provides a platform to assess what has been achieved, where the force stands and the future prospects in terms of provision of security for the people and their property but in consideration of the law.

    Force discipline

    “The welfare of Police officers, service delivery, continuous training aimed at improving skills, acquiring modern policing equipment, infrastructure development; all these are given emphasis,” IGP Munyuza said.

    He added: “Despite the efforts to further improve the welfare of Police officers, some of them exhibit acts of indiscipline such as soliciting bribes. In this year, 425 Police officers were held accountable for various cases of indiscipline (corruption, desertion, drunkenness, theft and poor services). This number, however, indicates a downward trend from 587 Police officers dismissed from the force in 2019.”

    Crimes

    At least 49,204 crimes have been registered between January and November this year. The leading crimes are assault (14,278), theft (11,871), drug related crimes (4,011) and defilement with 4,067 cases.

    According to the Police Chief, a total of 45,380 people were also arrested in the 49,204 registered crimes in these eleven months, and handed over to Rwanda Investigation Bureau (RIB).

    Among them, 18,673 were arrested over assault, 17,221 over theft, 5259 drug dealers and 4,227 were arrested over defilement.

    “The number of suspects is high because, in most cases, crimes like assault, theft and drugs involve more than one person,” he said.

    Road Safety

    IGP Munyuza said that RNP continues to take different actions meant to further prevent accidents and improve road security.

    Between January and November this year, at least 561 serious accidents were registered across the country resulting into 609 fatalities; down from 622 serious accidents recorded in the same period last year claiming 684 lives.

    The construction of new Automobile Inspection Centres in Huye, Musanze and Rwamagana, each with the capacity of 200 daily inspections, he said, are part of the efforts to curb road accidents.

    “We are planning to install 507 CCTV cameras on different roads in the country. The first phase of 210 cameras will be completed by the end of this year and the second phase of 297 to be completed by July next year,” IGP Munyuza said.

    He thanked President Paul Kagame for the guidance and continued support to increase the capacity and capabilities of the force.

    The Police Chief outlined quality services, force discipline and welfare, capacity building, community policing and fighting corruption, among others, as the key priorities of the force to further fight crimes and improve on safety and security in the country.

    Minister Busingye noted that the work of the Police requires partnership with other entities and the people.

    IGIHE

    Source : https://en.igihe.com/news/article/busingye-urges-police-officers-to-maintain-good-service-delivery

  • Sobanukirwa ibintu 7 bibuza amahoro yo mu mutima #rwanda #RwOT

    Amahoro ni ikintu nkenerwa mu buzima bwa buri munsi, kandi umutima wuzuye amaganya utakaza amahoro yawo. Hano mu isi hari byinshi bibuza abantu amahoro yo mu mutima harimo icyaha n’ibindi. Kugira ngo umuntu abone amahoro avuye ku Mana bisaba ko aba ayumvira. Mu ijuru icyubahiro kibe icy’Imana, no mu isi amahoro abe mu bo yishimira (Luka 2:14).

    Dore ibintu birindwi bibuza umuntu amahoro yo mu mutima:

    1. Icyaha

    Burya umutima w’umuntu nturya ruswa kandi icyo umuntu yaba cyo cyose ntikibasha gukuraho icyaha ahubwo gikurwaho n’amaraso ya Yesu. Iyo udateye intambwe ngo wihane icyaha, ntigishobora gukurwaho n’uko umaze igihe kinini mu rusengero.

    Hai urugero rw’umugabo wasambanye hanyumam yimuka aho yari atuye ajya gutura mu mugi agezeyo aracuruza arahirwa. Nyuma y’imyaka 10 Imana yaramubwiye ngo atahe iwabo, ahageze ijwi ryaramubwiye ngo yitegereze ibuye rinini yahasize arebe ko hari akantu kavuyeho, umugabo avuga ko ritahindutse. Imana yaramusubije iti”Ni ko n’icyaha cy’ubusambanyi wakoze gihora imbere yanjye”. Ibi bisobanuye ko icyaha kitamarwa n’iminsi, ahubwo kimarwa n’amaraso ya Yesu.

    2. Amaganya y’isi

    Hano mu isi hari impande ebyiri uruhande ruhaze ruhora mu minsi mikuru n’ibirori ariko hari n’uruhande rwishwe n’amaganya y’isi aho usanga abantu bibaza aho bazakura amafaranga y’ishuri, icyo kugaburira abana, ubuzima buhenze kuri bo, usanga bene uyu muntu abuze amahoro yo mu mutima kuko yibaza uko bizagenda bikamuyobera. Bibiliya iravuga ngo ntimukiganyire mwibaza uko ejo muzamera ahubwo mureke byose bimenywe n’Imana.

    3. Ibikomere

    Ibikomere bijya bituma umuntu abura amahoro y’umutima aho usanga umuntu afite ibikenerwa byose ariko akabura amahoro yo mu mutima. Gukomereka ni ikintu kibi kandi kibasiye abantu benshi. Bamwe bakomerekejwe n’imiryango, ibidukikije n’umuryango mugari, ari yo mpamvu imibaare y’abantu biyahura cyangwa basara ikomeza kwiyongera buri munsi. Inkuru nziza ihari ni uko Yesu ataje gukiza ibyaha gusa, ahubwo yaje kuvura imvune zo mu mutima, turamutse tubimuzaniye uko byakabaye nta cyo dusize Yesu yabituruhura.

    4. Ubwibone

    Niba hari ikintu Imana yanga ni ukubaho wumva wihagije udakeneye Imana mu buzima bwawe. Imana umuntu ayikenera ari muto, ayikenera ashaje ni ukuvuga ko ikwiriye guhora ifata umwanya wa mbere mu mu mibereho ya muntu, kandi Bibiliya ivuga yeruye ko Imana irwanya abibone.

    Hari ibintu biba mu buzima bwacu tukajya tubyitirira Satani, ariko mubyukuri atari Satani ahubwo ari uko Imana irwana na twe ishaka kubanza kwica inarijye. Iyo Imana yemeye ko usonza, iba igira ngo nuhaga uzagaburire abandi. Iyo Imana yemeye ko uvugwa, ni ukugira ngo wowe utazakora ikosa ryo kuvuga abandi, iyo Imana yemeye ko uca bugufi ni ukugira ngo nushyirwa hejuru uzibuke kuzamura abandi. Inarijye ni ikintu kibi kigomba guhura n’umusaraba akaba ari wo ucyica.

    5. Ubuhenebere

    Guhenebera ni ukuba warigeze kugira ibihe byiza byo gusabana n’Imana, hanyuma ubuntu bw’Imana bukagenda bukuvaho. Bibiliya iravuga ngo mwihane, muhindukire, ibihe byiza bibone uko biza.

    6. Umujinya (Uburakari)

    Mubyukuri kurakara ntabwo ari icyaha kuko ni ibisanzwe Imana na yo irarakara, ariko mwibuke Yesu yaravuze ngo umuntu narakara ntakarenze umunsi. Icyo dukwiye kumenya ni uko uburakari budasohoza ibyo gukiranuka, hanyuma tukitoza kubaho tutari imbata y’uburakari. Nitutiga kugenzura umujinya wacu mu buzima bwa buri munsi, dushobora kubura ubugingo buhoraho kandi twarakijijwe kuko iyo umuntu yarakaye amahoro aragenda.

    7. Gukunda iby’isi

    Mubyukuri ubugingo bw’umuntu ntibuva mu bwinshi bw’ibyo atunze kuko iyo biba bimeze bityo Yesu ntaba yaraciye umugani wa Razaro. Icyifuzo umukristo nyakuri akwiriye kugira ni ugukomera akuzura Umwuka Wera kugeza umwuka umushizemo. Ibyo mu isi bifatwa nk’inyongera kuko icyo abakristo bafite nyamara isi idafite ni Umwuka Wera, urukundo rw’Imana n’amahoro.

    Muri macye Yesu yarapfuye ngo dukire icyaha cyo kwa Adamu naho ibindi ni inyongera. Dukwiye kubaho ku bw’inyungu z’ubwami bw’Imana ariko ntidukwiye kubaho kubw’inyungu zacu bwite.

    Source: agakiza tv

    [email protected]

    Source : https://agakiza.org/Sobanukirwa-ibintu-7-bibuza-amahoro-yo-mu-mutima.html