Blog

  • Ntibisanzwe! Umugore yahindutse ihene nyuma yo guha amafaranga abanyeshuli bakayanga #rwanda #RwOT

    Umugore wo muri Nigeria ahitwa Ido Ekiti yagiye ku kigo cy'amashuri cyitwa Oganganmodu Grammar School,yahindutse ihene nyuma yo guta amafaranga hasi hakabura umunyeshuri n'umwe uyatora hasi.

    Uyu mugore bivugwa ko ari umupfumu,yagiye kuri iki kigo cy'amashuri ngo arebe ko aya mafaranga yari afite yayata umunyeshuri akayatora kugira ngo iyi myuka mibi imujyeho ariko yahuye n'uruva gusenya aba bana bagira amakenga.

    Ubwo yari amaze guta aya mafaranga hasi,abantu bamubwiye ko ataye amafaranga yanga kuyatora habura n'umwe uyatora kugeza ubwo abantu bamufashe bayamuha ku ngufu niko gutangira kurisha nk'ihene.

    Uwari kuri iki kigo uyu mugore yatayeho aya mafaranga yagize ati 'Yinjiye ku kigo cya Oganganmodu Grammar School kiri muri Leta ya Ekiti.Yashakaga guha umunyeshuri aya mafaranga ariko arayanga.Yagerageje amayeri ashoboka biranga kugeza ubwo abuze igisubizo burundu.

    Source : https://impanuro.rw/2021/01/08/ntibisanzwe-umugore-yahindutse-ihene-nyuma-yo-guha-amafaranga-abanyeshuli-bakayanga/

  • EXCLUSIVE: Wife of ‘perfectly healthy’ Miami doctor, 56, who died of a blood disorder 16 days after getting Pfizer Covid-19 vaccine #RwOT

    The grieving wife of a leading Florida doctor has told DailyMail.com how her ‘perfect’ husband died from a mystery blood disorder – just days after getting the Pfizer Covid-19 vaccine.

    Heidi Neckelmann says obstetrician Gregory Michael, 56 – her ‘best friend’ and partner of 28 years – was active, healthy and had no pre-existing conditions before getting the jab on December 18.

    However he died from a stroke Sunday morning after suddenly developing a rare autoimmune illness that causes the body to destroy its own platelets, the tiny fragments that help blood to clot.

    Distraught Heidi, 58, thinks the groundbreaking Pfizer-BioNtech vaccine may have somehow been the trigger.

    ‘In my mind his death was 100 percent linked to the vaccine. There is no other explanation,’ she told DailyMail.com, fighting back tears.

    ‘He was in very good health. He didn’t smoke, he drank alcohol once in a while but only socially. He worked out, we had kayaks, he was a deep sea fisherman.

    ‘They tested him for everything you can imagine afterwards, even cancer, and there was absolutely nothing else wrong with him.’

    Pfizer told DailyMail.com Wednesday that it was aware of Dr. Michael’s ‘highly unusual’ death and was investigating further.

    However a spokesman cautioned: ‘We don’t believe at this time that there is any direct connection to the vaccine.’

    Heidi Neckelmann says obstetrician Gregory Michael, 58, was completely healthy until he had the jab on December 18 at Mount Sinai Medical Center, where he works in Miami Beach

    Heidi Neckelmann says obstetrician Gregory Michael, 58, was completely healthy until he had the jab on December 18 at Mount Sinai Medical Center, where he works in Miami Beach

    The mother-of-one said: 'In my mind his death was 100 percent linked to the vaccine. There is no other explanation.'  Pictured: Dr. Michael with his wife Heidi and daughter

    The mother-of-one said: ‘In my mind his death was 100 percent linked to the vaccine. There is no other explanation.’  Pictured: Dr. Michael with his wife Heidi and daughter 

    If his death is linked directly to the vaccine, Dr. Michael would be the first known case in the world of a person dying after having it. A spokesman for Pfizer told DailyMail.com the firm was looking into his death but they did not believe it had any link to the vaccine

    If his death is linked directly to the vaccine, Dr. Michael would be the first known case in the world of a person dying after having it. A spokesman for Pfizer told DailyMail.com the firm was looking into his death but they did not believe it had any link to the vaccine 

    Dad-of-one Gregory suffered no immediate reaction to the injection but three days later he was taking a shower and noticed petechiae – spots of red that indicate bleeding beneath the skin – on his feet and hands.

    When he checked himself into Mount Sinai Medical Center in Miami Beach, the hospital where he works and had the groundbreaking vaccine, medics discovered he was suffering from an acute lack of platelets.

    ‘All the blood results came back normal except for the platelets which came back as zero,’ Heidi said.

    ‘At first they thought it must be a mistake. So they did the test again and this time did a manual count which is supposed to be more accurate. This time it showed just one platelet.

    ‘He felt 100 percent, he was normal, energetic, happy. But they said you cannot go home, this is incredibly dangerous, you could suffer a brain bleed and die.’

    Normally doctors would expect a range of between 150,000 to 450,000 platelets per microliter of blood.

    Their primary function is to help the blood clot and prevent bleeding.

    Heidi says doctors tried frantically to reverse what they diagnosed as an acute immune disorder known as ITP – idiopathic thrombocytopenic purpura.

    In people with ITP, also known as severe thrombocytopenia, the immune system mistakes platelets for foreign objects and instructs the spleen to destroy them.

    It can be acute or chronic, lasting six months or more, striking on its own or in conjunction with other autoimmune conditions, certain cancers or during pregnancy.

    Kids can get ITP after a viral infection such as the flu or mumps, while in adults, triggers can include HIV, hepatitis or H. pylori, a type of bacteria that causes stomach ulcers.

    Gregory’s wife insists, however, that had he none of these illnesses.

    One solution to ITP is to remove the spleen but Heidi says he wasn’t a candidate because his blood wasn’t able to clot, making the operation too dangerous.

    According to a harrowing account posted on his wife's Facebook, blood tests revealed the popular medic has a platelet count of zero

    According to a harrowing account posted on his wife’s Facebook, blood tests revealed the popular medic has a platelet count of zero

    Neckelmann did not disclose any allergies or pre-existing conditions which may have contributed to her husband's death

    Neckelmann did not disclose any allergies or pre-existing conditions which may have contributed to her husband’s death

    After two weeks of infusions and experimental treatments that failed to raise Gregory’s platelet count, doctors decided they had no choice.

    However he died from a hemorrhagic stroke – when blood from an artery bleeds into the brain – before he could undergo the surgery.

    ‘They gave him medicine. They gave him an incredible amount of platelet infusions, I’m told all the platelets in Miami Dade County,’ Heidi said.

    ‘But no matter what they did, nothing helped. The blood tests came back with zero platelets every time.

    ‘My husband had conversations with the doctors who said it was highly probable that the vaccine was the cause.

    ‘It seems possible to me that somehow it instructed his body to attack the wrong thing, the platelets.’

    If Gregory’s fatal condition is traced directly back to the groundbreaking Pfizer-BioNtech vaccine, it would be the first known death linked to it.

    The jab was heralded as an extraordinary breakthrough in the fight against Covid-19 after it was analyzed by global health bodies in record time and cleared for use in the US one week before Gregory had it.

    Instead of a live virus, it uses mRNA, or messenger RNA, which is essentially a set of instructions which tells cells how to produce a spike protein, the same protein which is found on the surface of the coronavirus.

    Dr. Gregory Michael was active, healthy and had no pre-existing conditions before getting the jab on December 18

    Dr. Gregory Michael was active, healthy and had no pre-existing conditions before getting the jab on December 18

    This triggers the immune system to make antibodies against the spike protein so that if the real coronavirus enters the body it can be recognized and destroyed.

    ‘My husband had a few questions but he’s certainly not anti-vaccine,’ Heidi said. ‘He wanted to protect his patients and his family from Covid. He believed it would be safe.’

    She met her husband 28 years ago when they were neighbors and he was in pre-med, about to embark on a successful career as an obstetrician.

    Heidi was so smitten she immediately told friends ‘this is the man I’m going to marry.’

    ‘That’s exactly what happened, we fell in love, we were married for 21 years,’ she recalled, fighting back tears.

    ‘It was exactly as you see it in the movies, only that doesn’t normally happen in real life. I’m not just saying this because he is dead, but it was the perfect marriage. I cannot think of a time that we fought.

    ‘He was adored and loved by his patients. He delivered hundreds of healthy, beautiful babies. You have no idea how many texts I have received and the number of people calling me crying. He was just a special soul.’

    Heidi said the couple’s 15-year-old daughter is struggling to comprehend that her doting father is gone.

    ‘They were both musicians. They would play the guitar together. They had the greatest connection ever,’ she added.

    ‘There is no way I am letting my daughter or anyone else in my family have the vaccine now, not until we know they have ironed out all the bugs and ensured that it’s safe.

    ‘I don’t want people to get sick from Covid and I’m not against vaccines but we need to slow things down.

    ‘They are giving this vaccine to some of the most important people, the doctors and nurses that take care of us, as well as the elderly, the most vulnerable.

    ‘As a doctor my husband would not have wanted anyone to take something that was not safe.’

    Pfizer’s jab was licensed on December 11 for anyone aged 16 or older.

    The FDA website warns of possible side effects lasting several days, including pain at the injection site, tiredness, headache, muscle pain, chills, joint pain, and fever.

    Pfizer’s jab and another from Moderna are the only vaccines cleared for use in US and so far roughly 4.8 million doses have been administered.

    Heidi said the couple's 15-year-old daughter is struggling to comprehend that her doting father is gone. 'They were both musicians. They would play the guitar together. They had the greatest connection ever,' she added. 'There is no way I am letting my daughter or anyone else in my family have the vaccine now, not until we know they have ironed out all the bugs and ensured that it's safe.'

    Heidi said the couple’s 15-year-old daughter is struggling to comprehend that her doting father is gone. ‘They were both musicians. They would play the guitar together. They had the greatest connection ever,’ she added. ‘There is no way I am letting my daughter or anyone else in my family have the vaccine now, not until we know they have ironed out all the bugs and ensured that it’s safe.’ 

    The Centers for Disease Control and Prevention says that, to date, only 21 people have suffered severe allergic reactions.

    All of those patients are said to have recovered, thanks largely to emergency injections of epinephrine, often given via an EpiPen.

    ‘Right now, the known and potential benefits of the current Covid-19 vaccines outweigh the known and potential risks of getting Covid-19,’ Dr. Nancy Messonnier, head of the CDC’s National Center for Immunization and Respiratory Diseases, told reporters Wednesday.

    A spokesman for Pfizer said the company’s immediate thoughts were with the bereaved family.

    ‘Pfizer and BioNTech are aware of the death of a healthcare professional sixteen days after receiving a first dose of BNT162b2,’ the spokesman said.

    ‘It is a highly unusual clinical case of severe thrombocytopenia, a condition that decreases the body’s ability to clot blood and stop internal bleeding.

    When Dr. Michael checked himself into Mount Sinai Medical Center in Miami Beach, the hospital where he works and had the groundbreaking vaccine, medics discovered he was suffering from an acute lack of platelets

    When Dr. Michael checked himself into Mount Sinai Medical Center in Miami Beach, the hospital where he works and had the groundbreaking vaccine, medics discovered he was suffering from an acute lack of platelets

    ‘We are actively investigating this case, but we don’t believe at this time that there is any direct connection to the vaccine.

    ‘There have been no related safety signals identified in our clinical trials, the post-marketing experience thus far or with the mRNA vaccine platform.

    ‘To date, millions of people have been vaccinated and we are closely monitoring all adverse events in individuals receiving our vaccine.

    ‘It is important to note that serious adverse events, including deaths that are unrelated to the vaccine are unfortunately likely to occur at a similar rate as they would in the general population.’

    A spokeswoman for Mount Sinai Medical Center said it was not possible to discuss individual patients.

    ‘Mount Sinai follows all protocols, guidelines and regulations from all governing agencies and strictly adheres to patient privacy laws and HIPAA guidelines. We cannot confirm or deny information about any patient,’ she said in a statement.

    ‘To the extent that we are aware of an incident involving any patient, the appropriate agencies are contacted immediately and have our full cooperation. 

    source : https://www.dailymail.co.uk/news/article-9119431/Miami-doctor-58-dies-three-weeks-receiving-Pfizer-Covid-19-vaccine.html?fbclid=IwAR2EVnzRmkOBZ2JYbdl95nJAcvTqcAPwcPl6FG-W1BnuC5c7Mi_uEwftb7s

  • Umunyamakuru Umuhire Valentin yapfuye bishengura benshi muri bagenzi be #rwanda #RwOT

    Mu minsi ishize Umuhire Valentin yari arimo gukurikiranwa n’abaganga i Kanyinya ahasanzwe havurirwa by’umwihariko abarwayi ba Covid-19, ariko amakuru twatangarijwe na murumuna we avuga ko baje kumupima bagasanga nta burwayi bwa Covid-19 afite mu mubiri we ariko akirembye, akaza koherezwa i Kigali.

    Uyu muvandimwe we avuga ko nyuma y’uko yakomeje kuremba kubera ikibazo cyo kubura umwuka, baje kumwohereza ku bitaro bya Kaminuza bya Kigali bizwi nka CHUK, ari naho yaguye mu maboko y’abaganga bakomezaga kumwitaho ariko bikarangira avuye mu buzima.

    Uyu muvandimwe we avuga ko n’ubwo Valentin Umuhire yari atuye mu karere ka Musanze, bateganya ko azashyingurwa mu mujyi wa Kigali kuko amabwiriza yo kwirinda Covid-19 asaba ko abantu batagomba kurenga imbibi z’uturere cyangwa umujyi wa Kigali. Avuga ko umuryango ugiye gukora inama bakanzura ibijyanye na gahunda yo kumushyingura.

    Uretse kuba Umuhire Valentin yaramenyekanye avuga amakuru kuri Radio Rwanda, TV10 na Radio 10, yanakoraga ikiganiro Urubuga rw’Itangazamakuru cyacaga kuri Isango TV na Radio Isango Star, kikanatambukira icyarimwe kuri Radio zitandukanye nka Radio Ishingiro y’i Gicumbi, Radio Isangano y’i Karongi, Radio Huguka y’i Muhanga, Voice of Africa, Radio Inkoramutima, Radio Authentic, Radio Izuba na Energy Radio y’i Musanze. Yari anafite ikinyamakuru cyandika kuri internet kitwa Value News.

    Source : http://www.ukwezi.rw/mu-rwanda/Ubuzima/article/Umunyamakuru-Umuhire-Valentin-yapfuye-bishengura-benshi-muri-bagenzi-be

  • Umunyamakuru ukunzwe cyane mu Rwanda yapfuye bishengura benshi ku mutima #rwanda #RwOT

    Kuri uyu wa Kane tariki ya 07 Mutarama 2021, hamenyekanye inkuru y' urupfu rw' umunyamakuru witwa Umuhire Valentin wamenyekanye cyane mu ishami ry'amakuru kuri Radio Rwanda, Radio 10 na TV10 ndetse no mu bindi bitangazamakuru bya hano mu Rwanda.

    Iyi inkuru yakababaro yatangajwe na murumuna we wavuze ko yari arwariye mu bitaro bya Kigali (CHUK) yari amazemo imunsi.

    Mu minsi ishize Umuhire Valentin yari arimo gukurikiranwa n'abaganga i Kanyinya ahasanzwe havurirwa by'umwihariko abarwayi ba Covid-19, ariko amakuru twatangarijwe na murumuna we avuga ko baje kumupima bagasanga nta burwayi bwa Covid-19 afite mu mubiri we ariko akirembye, akaza koherezwa i Kigali.

    Umuhire Valentin yari azwi cyane mu itangazamakuru ryo mu Rwanda nk'umwe mu barimazemo igihe. Yamenyekanye cyane avuga amakuru kuri Radio Rwanda ndetse benshi mu banyamakuru bakamufata nk'icyitegererezo akaba n'umwe mu bahanga mu gusoma amakuru.

    Yagiye akora no mu bindi bitangazamakuru bitandukanye birimo Radio 10, Radio Huguka, Pax Press, Syfia Grands Lacs, akaba n'umuhanga mu kuyobora ibiganiro. Yari umwe mu bayoboraga ikiganiro Urubuga rw'Itangazamakuru cy'ishyirahamwe ry'abanyamakuru mu Rwanda (ARJ).
    Kuri ubu yari atuye mu mujyi wa Musanze akora ibijyanye n'ubuhinzi ariko abifatanya n'itangazamakuru akaba yari afite igitangazamakuru cye gikorera kuri Internet cyitwa 'Valuenews'.

    Source : https://impanuro.rw/2021/01/08/umunyamakuru-ukunzwe-cyane-mu-rwanda-yapfuye-bishengura-benshi-ku-mutima/

  • Christopher Muneza ni iki ahishiye abafana be… – #rwanda #RwOT

    Iyi foto niyo iri kuri Instagram ye

    Muri iyi minsi abahanzi nyarwanda ntiborohewe bitewe n'igitutu bari gushyirwaho n'ababakunda ndetse n'itangazamakuru riba ribabaza ibihangano bishya. Ariko nabo ntiborohewe kuko hari abadafite ubushobozi bwo guhora baha ibyo bamenyereje ababakunda bitewe n'uko nta bikorwa nabo bibinjiriza bihari kubera Covid-19 yazambije ibintu byinshi. 

    Christopher ubu iyo urebye kuri shene ye ya YouTube usangaho indirimbo iherukaho Breath yasohoye ku ya 14 Gashyantare mu 2020. Nyuma yagiye yumvikana mu zindi zirimo iyo yahuriyemo na Zizou Al pacino yitwa Ibanga isubiyemo yo muri Nyakanga mu 2020.

    Mu bitekerezo byatanzwe ku ifoto yashyize kuri Instagram ye ibyinshi bamusabaga kongera kubaha indirimbo nshya. We aganira na Inyarwanda.com yagize ati:''Jye rero ibyange bihora ari surprise buriya abafana bange mbahishiye byinshi kandi byiza''. Ubwo inyarwanda yigeze gusanga Christopher muri imwe mu mastudio yagiye gukora indirimbo yasobanuye ko ari gutunganya album kandi izahoka bidatinze.

    Kurikira ikiganiro kirambuye

    “>

    Amazina asanzwe yitwa Christophe Muneza yavutse kuwa 30 Mutarama 1994. Ni mwene Butera Juvenal na Gahongayire Marie Mativitas. Ni umwana wa 3 mu muryango w'abana 6. Yatangiye ibijyanye n'ubuhanzi yiga mu mwaka wa Gatatu mu mashuri abanza aho yaririmbaga muri korali y'abana nuko aza no kuririmba muri korali y'abakuru.

    Yatangiye kuririmba wenyine mu mwaka wa 2009 aho yaje gusohora indirimbo yise Bye Bye ariko iyo ndirimbo ntiyaje kuyisohora kuko yari iri ku rwego rwo hasi. Yinjiye mu buhanzi nyuma y'aho atsindiye amarushanwa yari yateguwe na Producer Clement wo muri KINA Music, aho yari yabaye uwa mbere.

    Mu 2013 yatowe mu bahanzi 11 bari mu irushanwa rya PGGSS III, nyuma y'aho yari amaze gutorwa mu marushanwa yandi arimo Salax Awards 2011, mu cyiciro cya Best RnB Artist. Muneza Christopher yamenyekaniye mu ndirimbo zitandukanye zirimo: Iri joro yahuriyemo na Danny na None, Ijuru rito yujuje miliyoni mwe y'abayirebye, Simusiga, Isezerano, ko wakonje n'izindi zagiye zimuhesha igikundiro.

     

    Source : https://inyarwanda.com/inkuru/102165/christopher-muneza-ni-iki-ahishiye-abafana-be-mu-2021-102165.html

  • Mukobwa, dore abasore ukwiye kwirinda gukundana nabo niba udashaka kuzicuza ubuzima bwawe bwose. – YEGOB #rwanda #RwOT

    N'ubwo rwose ntamuntu n'umwe uhitamo uwo akunda gusa ni byiza kubanza gushishoza cyane cyane ku bakobwa bagomba kwitondera abasore baha urukundo.

    Aba nibo basore umukobwa aba akwiriye kwitondera byaba ngombwa akabirinda niba adashaka kwicuza:

    1.Umusore uhora agusaba amafaranga

    Umusore mukundana agahora agusaba amafaranga yo gukemura ibibazo bye cyangwa by'imiryango ye yitwaje ko wowe umurusha ubushobozi, bene uyu musore nta rukundo aba afite ahubwo aba agamije kugutesha igihe kuko icyo aba akunda ari amafaranga utunze gusa.

    2.Umunyamujinya

    Imico y'umuntu ugenda uyibonera ku tuntu duto. Niba umusore mukundana arakara akagufata ukabona agiye kugukubita, niba umuntu wese umurakaje ahita akubita, byerekana umuntu w'umunyamujinya kandi igihe muzabana uwo yazanakugirira nabi cyangwa akajya ahora aguhohotera.

    3.Umusore ukundana n'abakobwa benshi ndetse rimwe ukamufata hari abo baryamanye.

    Uyu munsi wamufashe yaguciye inyuma, ejo ukamufatana n'undi mukobwa, buri gihe ukamubabarira. Uyu muntu umeze gutya ugomba kumwirinda kuko ingeso ntabwo ipfa gukira, ahubwo yazanakwanduza indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina.
    Munabanye iyi ngeso yazayikomeza maze ukazahora wicuza impamvu wemeye kumubera umugore. Iyo mugeze mu rugo ingeso ye hari igihe ayubura, akajya aguca inyuma noneho ku mugaragaro. Icyo gihe utekereza impamvu wakomeje kumwihambiraho kandi yari yakwiyeretse hakiri kare. Mu buzima ibibazo bibera mu rugo abenshi barabyihanganira ariko umuntu uguca inyuma si benshi bamwihanganira.

    4.Umusore wumva ko abagabo baruta abagore muri byose.

    Umusore usuzugura abagore, wumva ko abagore ari abanyantege nke kandi ko nta nama nzima umugore yagira umuntu, ni uwo kwitonderwa. Uyu na we ntuzakundane na we kuko nta na rimwe azaha agaciro ibitekerezo byawe. Buri gihe niwe uzajya afata umwanzuro n'iyo yaba atari mu kuri.
    Impamvu ukwiriye kumwitondera ni uko urugo rwubakwa n'abantu 2. Nimurwubaka ariwe uyobora urugo muri byose, bishobora kuzakubera umutwaro kuko uzisanga nta ruhare ufite mu kubaka urugo rwanyu.

    5.Umusore utajya yemera amakosa

    Umuntu utemerera ikosa ahubwo buri gihe akabigereka ku bandi bigaragaza ko ari umuntu udashobora kubahiriza inshingano ze uko bikwiriye.

    6.Umusore ugenzwa no kuryamana nawe gusa.

    Umusore mutajya mwicara ngo muganire, umusore utajya akugira inama ahubwo buri gihe akubwira ko akumbuye kuryamana nawe. Mwahura akaba aricyo kiganiro gusa, mwaba muri kumwe akaba ashaka ko muryanama gusa, ibi byose bikwereka umusore utaguha agaciro ahubwo agukundira ko uhaza irari rye ry'umubiri gusa.

    7.Umusore udafite intego

    Umusore udafite intego mu buzima na we ukwiriye kumwirinda. Umusore udafite inzozi aharanira kugeraho, umusore udafite icyerekezo cy'iterambere na we yagusubiza inyuma cyangwa akakubera umutwaro. Mu guhitamo umusore muzabana, si ngombwa ko uhitamo utunze nk'ibya Mirenge ku Ntenyo.

    Ugomba kureba umusore uzi gushakisha ubuzima. Mwene uwo nimugera mu rugo, azahorana ibitekerezo bibateza imbere, maze nawe umwunganire, urugo rwanyu rube urw'icyitegererezo mu maso y'ababagenderera n'abaturanyi.

    Nuhitamo umusore ubona adafite intego runaka mu buzima cyangwa ngo abe areba kure cyane cyane ahazaza, bishobora kuzababera ikibazo mu rugo kuko hari igihe wazisanga ari wowe ukorera urugo wenyine.

     

    Niba ushaka umukunzi kanda kuri iyi link ukurikize ibisabwa:http://yegob.rw/dating

     

    Source : https://yegob.rw/mukobwa-dore-abasore-ukwiye-kwirinda-gukundana-nabo-niba-udashaka-kuzicuza-ubuzima-bwawe-bwose/

  • MINEDUC yasabye ababyeyi kwitegura #rwanda #RwOT

    Minisiteri y'Uburezi (MINEDUC) yatangaje ko abana biga mu mashuri y'inshuke no mu cyiciro cya mbere cy'amashuri abanza bazasubira ku mashuri tariki 18 Mutarama 2021, ababyeyi basabwa kwitegura mu minsi isigaye kugira ngo itariki izagere byose biri ku murongo.

    Ibyo byatangajwe na Minisitiri w'Uburezi Dr. Uwamariya Valentne mu kiganiro n'abanyamakuru cyibanze  ku bigezweho mu burezi harimo ingengabihe y'amashuri y'inshuke n'abanza ikiciro cy'abiga mu mwaka wa mbere kugeza mu wa gatatu (1-3),

    Minisitiri Dr. Uwamariya yashimangiye ko hakomejwe ibiganiron'inzego z'uburezi kugira ngo hafatwe ingamba zohamye zigamije gufasha abana gusubira ku mashuri umutekano w'ubuzima bwabo wizewe.

    Biteganyijwe ko igihembwe cya mbere cy'uyu mwaka kizasoza tariki 2 Mata 2021, igihembwe cya kabiri gitangirane n'itariki 19 Mata gisoze ku ya 11 Kamena, mu gihe icya gatatu kizatangirana n'tariki ya 5 Nyakanga kikazasoza ku ya 3 Nzeri 20201.

    Icyemezo cya Minisiteri y'Uburezi kije mu gihe ababyeyi bavugaga ko bahangayikishijwe n'igihe kinini abana babo bamaze mu rugo nubwo abenshi muri bo bagiye bakurikirana amasomo bifashishije radiyo na televiziyo.

    Bamwe mu baturage bafite abana bamaranye na bo amezi 10 mu ngo bagiye bagaragaza impungenge z'uko kubera kumenyera kubana n'abandi mu rugo bagiye bibagirwa ubumenyi n'uburere bakomoraga ku ishuri, ndetse ugasanga bamwe mu bana bibaza impamvu babona abaturanyi babo biga mu mashuri mpuzamahanga bakomeje amashuri ariko bo bakaba batabyemerewe.

    Source : https://impanuro.rw/2021/01/08/mineduc-yasabye-ababyeyi-kwitegura/

  • Umunyamakuru Umuhire Valentin yitabye Imana #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Umuhire Valentin
    Umuhire Valentin

    Umuhire Valentin yari azwi cyane mu itangazamakuru ryo mu Rwanda nk’umwe mu barimazemo igihe. Yamenyekanye cyane avuga amakuru kuri Radio Rwanda ndetse benshi mu banyamakuru bakamufata nk’icyitegererezo akaba n’umwe mu bahanga mu gusoma amakuru.

    Yagiye akora no mu bindi bitangazamakuru bitandukanye birimo Radio 10, Radio Huguka, Pax Press, Syfia Grands Lacs, akaba n’umuhanga mu kuyobora ibiganiro. Yari umwe mu bayoboraga ikiganiro Urubuga rw’Itangazamakuru cy’ishyirahamwe ry’abanyamakuru mu Rwanda (ARJ).

    Kuri ubu yari atuye mu mujyi wa Musanze akora ibijyanye n’ubuhinzi ariko abifatanya n’itangazamakuru akaba yari afite igitangazamakuru cye gikorera kuri Internet cyitwa ‘Valuenews’.

    Azwiho kuba ari umuntu wasabanaga kandi akicisha bugufi.

    Imana imuhe iruhuko ridashira!


    source https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/umunyamakuru-umuhire-valentin-yitabye-imana

  • Amagambo 4 y’ingenzi akwiye kuranga abashakanye #rwanda #RwOT

    Ibiganiro ni inkingi ya mwamba mu muryango kuko bifasha abashakanye gusangizanya ibitekerezo no gufata imyanzuro y’ibikorwa byabo mu buzima bwa buri munsi. Hari amagambo y’ingenzi akwiye gufasha ababana kunoza imibanire yabo.

    Dore amagambo ane y’igenzi abashakanye bakwiy kubwirana hatabuzemo na rimwe bikabababera umusemburo wo kugira urugo rwiza.

    1.Mwaramutse

    Mubyukuri mwaramutse ni ijambo rigaragaza ko umuntu atari umunyamusozi ko ahubwo afite uburere. N’iyo waba wararanye n’umuntu hari igihe ashobora kubyuka atakivuga yarembye. Iyo umubwiye ngo waramutse! (Bonjour!) uba umubwiye ngo dutangiranye undi munsi, icyo gihe iyo ameze neza aragusubiza yaba yarwaye nabwoukabimenya. Insuhuzo ivanaho umwijima.

    2. Murakoze

    Murakoze ni ijambo rizamura agaciro k’umuntu uribwiwe bikamutera ishema ryo gukora ibyiza ku rwego rwisumbuyeho. Mugihe uwo mwashakanye yatetse neza, yateguye imyenda neza n’izindi nshingano hagati y’abashakanye, birakwiye ko buri wese agira umuco wo gushima mugenzi we kuko bimubera agahimbazamusyi. Murakoze ibwira umuntu ko ibyo yakoze bifite umumaro.

    3. Mumbabarire

    Iri jambo ku bagabo benshi, iyo rigeze mu ijosi rirabaniga yakumva igituza kigiye nko guturika akagenda urugero akagura igitenge akagiha umugore aho kugirango amubwire ngo mumbabarire, akajya yumva ko uko ari ko kwihana kuzima. Birakwiye kwitoza kwihana ibyaha bitaraba byinshi. Ijambo mumbabarire rimara umubabaro mu mutima umuntu akagarura akanyamuneza.

    4. Oya

    Iri jmbo rikunze kugora benshi kandi hari abashakanye benshi bakomeretsanyije batabishaka kuko bananiwe guhakanira bagenzi babo ibyo batazabakorera. Iga kuvuga oya, burya iyo bashaka gupima umuyobozi mwiza (good leader) bamupimira muri oya. Kuvuga oya si ikosa kandi si ubugwari.

    Hari abantu mu rugo bitwa abahemu kandi bakomerekeje bagenzi babo kuko batize kuvuga oya. Urugero:Umuntu akaguhamagara ati:Wokabyara we wandwanyeho ukanguriza ibihumbi 100?' wamara kubyumva ukamwerera warangiza ugakuraho telephone. Icyo gihe ntakubona nk’umugabo kandi mubyukuri kuvuga oya nta cyo byari kugutwara.

    Hagati y’abashakanye haba utuntu twinshi, ugasanga umugabo wawe arakubwiye ati cheri nanga ibiryo byatetswe n’umukozi, ugasanga umugore arikirije kandi azi neza ko atazahora abona umwanya wo guteka, yakagombye kuvuga ko mugihe bizaba byemeye azajya ategurira umugabo we amafunguro, aho kugira ngo bazabipfe atabikoze. Oya ni yo muntu w’imbere naho ubundi yego irizana.

    Bibiliya iduhamiriza yeruye ko umuntu akwiye kwemera cyangwa agahakana: 'Ahubwo ijambo ryanyu ribe 'Yee, Yee’, 'Oya, Oya’, ibirenze ibyo
    bituruka ku Mubi (Matayo 5:37).

    Muri macye abashakanye bakwiye guhora bakoresha aya magambo kuko ari ingenzi mu kunoza umubano hagati yabo bigatuma bagira urugo rufite indangagaciro za gikristo kandi ruhesha Imana icyubahiro.

    By Pastor Emmanuel Senga

    [email protected]

    Source : https://agakiza.org/Amagambo-4-y-ingenzi-akwiye-kuranga-abashakanye.html

  • Amavubi yaguye miswi na Congo (AMAFOTO) #rwanda #RwOT

    Mu mukino wa gicuti wo kwitegura igikombe cy’Afurika cy’abakinnyi bakina imbere mu bihugu byabo ‘CHAN’ u Rwanda rwanganyije na Congo Brazaville 2-2.

    Mu rwego rwo kwitegura irushanwa rya CHAN 2021, Amavubi yateguye irushanwa rito ryagombaga kwitabirwa na Congo Brazaville na Namibia ariko kubera ko ibikorwa bya ruhago muri Namibia byahagaze kubera icyorezo cya Coranavirus ntabwo yaje.

    Iri rushanwa ryatangiye uyu munsi aho Amavubi agomba gukina na Congo Brazaville imikino 2.

    Umukino watangiye amakipe yombi ashakisha igitego akina imipira miremire.

    Ku munota wa 10 Martin Fabrice yatakaje umupira mu kibuga hagati Manzi Thierry nawe ananirwa kuwukuraho maze ufatwa na rutahizamu Orasssi Bersyl ahita atsinda igitego.

    Ku munota wa 22 u Rwanda rwabonye kufura itewe na Manishimwe Djabel maze Ange Jimmy ashyizeho umutwe umupira ukubita igiti cy’izamu.

    Ku munota wa 27 nyuma yo kunanirwa kumvikana hagati ya Manzi na Ange, Bersyl Obassi atsinze igitego cya kabiri nyuma y’uko Kwizra Olivier ananiwe gukomeza umupira uhinduwe na Prince wari uherejwe neza na Archange

    Ku munota wa 29 Amavubi yabonye igitego cya mbere gitsinzwe Martin Fabrice ku mupira w’umuterekano wari utewe na Manishimwe Djabel.

    Amavubi yashatse uko yishyura ikindi gitego ariko igice cya mbere kirangira ari 2-1.

    Igice cya kabiri Mashami Vincent yagitangiye akora impinduka havamo Manzi Thierry, Niyonzima Olivier Seif na Iyabivuze Ose hinjiramo Usengimana Faustin, Ruboneka Bosco na Byiringiro Lague.

    Amavubi muri iki gice cya kabiri yasatiriye cyane ashaka igitego cya kabiri.

    Ku munota wa 55 Byiringiro Lague yahaye umupira Djabel wahise awuha Omborenga Fitina wasigaye arebana n’izamu ariko ateye umunyezamu awukuramo.

    Ku munota wa 59 Congo yakoze impinduka Langa Bercy yahaye umwanya Prince Obongo, Ossete Harvy aha umwanya Babele Saoede.

    Ku munota wa 72 Amavubi yongeye gukora impinduka Djabel na Savio bavamo hinjiramo Mico Justin na Iradukunda Bertrand.

    Ku munota wa 78 Jacques Tuyisenge yahawe umupira mwiza awufunga n’igituza yinjira mu rubuga rw’amahina ateye mu izamu unyura inyuma y’izamu.

    Amavubi yari yasatiriye ashaka igitego, yaje kukibona ku munota wa 86 ku mupira Martin Fabrice yateye uvuye muri koruneri Bertrand ashyiraho umutwe usanga Mico Justin ahagaze neza ahita atsinda igitego. Kuri uyu munota Twizerimana Onesme yari amaze gusimbura Jacques Tuyisenge.

    Umukino warangiye ari 2-2. Amakipe yombi azongera guhurira mu mukino wo kwishyura tariki ya 10 Mutarama 2021.

    Abakinnyi basohoka mu rwambariro

    11 b’u Rwanda babanjemo

    Abakinnyi ba Congo Brazaville babanjemo

    Ba kapiteni mbere y’umukino

    Nshuti Dominique Savio ku mupira

    Imanishimwe Emmanuel Mangwende abuza umukinnyi wa Congo gutambuka

    Bishimira igitego cya Martin Fabrice Twizerimana

    Source : http://isimbi.rw/siporo/article/amavubi-yaguye-miswi-na-congo-amafoto