Rwangabo Byusa Nelson wazanye mu muziki amazina ya Nel Ngabo agiye gushyira hanze album ye ya mbere yise ‘Ingabo’; yatuye ingabo zose zarwanye urugamba rwo kubohora igihugu harimo na se mu gitaramo azaririmbamo wenyine.
Rwangabo Byusa Nelson wazanye mu muziki amazina ya Nel Ngabo agiye gushyira hanze album ye ya mbere yise ‘Ingabo’; yatuye ingabo zose zarwanye urugamba rwo kubohora igihugu harimo na se mu gitaramo azaririmbamo wenyine.
Perezida Kagame yavuze ko intego y’u Rwanda, ari ukugirana umubano mwiza n’abaturanyi, ndetse ko itorwa rya Perezida mushya mu Burundi, Gen Evariste Ndayishimiye, rishobora kuba umwanya mwiza wo kubigeraho ashingiye ku buryo u Rwanda rubanye na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva Tshisekedi yagera ku butegetsi.
Perezida Kagame yavuze ko intego y’u Rwanda, ari ukugirana umubano mwiza n’abaturanyi, ndetse ko itorwa rya Perezida mushya mu Burundi, Gen Evariste Ndayishimiye, rishobora kuba umwanya mwiza wo kubigeraho ashingiye ku buryo u Rwanda rubanye na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva Tshisekedi yagera ku butegetsi.
Iminsi irindwi y’icyumweru kigana ku musozo yaranzwe n’ibikorwa bitandukanye birimo icyemezo cyo gusubiza imidugudu itandatu yo mu Mujyi wa Kigali mu bihe bidasanzwe byo Kuguma mu rugo mu kwirinda Coronavirus.
Iminsi irindwi y’icyumweru kigana ku musozo yaranzwe n’ibikorwa bitandukanye birimo icyemezo cyo gusubiza imidugudu itandatu yo mu Mujyi wa Kigali mu bihe bidasanzwe byo Kuguma mu rugo mu kwirinda Coronavirus.