Category: Uncategorized

  • Ikibumbano kigaragaza umugore wa Perezida Trump cyatwitswe aho yavukiye #rwanda #RwOT

    Igishusho/ikibumbano gikozwe mu biti kigaragaza ishusho y’umugore wa Donald Trump, Melania Trump, bivugwa ko cyatwitswe aho cyari kimanitse hafi y’aho avuka mu Gihugu cya Slovenia mu Bulayi, bahita bagikuraho.

    Brad Downey, umuhanga mu gushushanya yari yakoresheje icyo gishusho, avuga ko cyatwitswe tariki ya 04 Nyakanga 2020i, umunsi Amerika yizihiza umunsi w’ubwigenge.

    Uwo munyamerika asanzwe aba mu Mujyi wa Berlin ho mu Budage, yahise asaba ko icyo gishusho cyari cyononekaye gikurwaho ku munsi ukurikira.

    Igipolisi cyabwiye ibiro ntaramakuru Reuters ko amaperereza yatangiye. Ibiro by’umukuru w’Igihugu bya Amerika ntibyashatse kugira icyo bibivugaho.

    Icyo gishusho cyari cyakozwe mu giti gishyirwa hanze y’umujyi wa Sevnica aho Melania yavukiye muri Slovenia.

    Iki Gishusho, kerekana Melania Trump yambaye ikanzu isa n’ubururu, isa n’iyo yari yambaye igihe umugabo we yimikwa. Cyatumye abantu bavuga byinshi igihe kimanikwa mu kwezi kwa Karindwi kwa 2019.

    Bamwe mu baba muri uwo mujyi bavuze ko icyo gishusho kimuteje isoni nk’umugore w’umukuru w’igihugu. Bwana Downey yabwiye Reuters ko icyipfuzo cyiwe ari ukumenya abakuyeho icyo gishusho n’icyo bashaka.

    Kubw’iwe, icyo gishusho cyari gutuma haba ibiganiro ku bijyanye n’icyuka cya politike kiri muri Amerika, harimo n’ikibazo nkoramutima cy’abimukira.

    Umugore wa Trump nkuko BBC dukesha iyi nkuru ibitangaza, yavukiye ndetse akurira muri Slovenia igihe iki gihugu cyari kikiri intara y’icyahoze ari Yougoslavia, nyuma akaba yaraje kwimukira muri Amerika mu myaka ya 1990.

    Icyo gishusho muri Slovenia cyasenywe mu gihe ibishusho by’abategetsi batandukanye ba Amerika bagize uruhara mu bucakara byarimo birasenywa bivuye ku myigaragambyo yo kwamagana ivanguramoko rishingiye ku ruhu.

    Mu magambo yiwe aherutse gutangaza, harimo n’iryo yavuze ku munsi wo guhimbaza umunsi w’ubwigenge, Perezida Donald Trump wa Amerika yihanangirije bikomeye abonona n’abasenya ibyo bishusho.

    Kuva Trump atowe nk’umukuru w’igihugu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu mwaka wa 2016, Sevnica yabaye umujyi wakira abagenzi benshi ahanini bashaka kumenya byinshi ku mavu n’amavuko ya Melania Trump n’ubuto bwe.

    Mu kwezi kwa Munani k’umwaka ushize, igishushanyo cyerekana Perezida Trump cyarubatswe muri Slovenia, mu burasirazuba bw’umurwa mukuru Ljubljana, nacyo kikaba cyarateye ukutumvikana nk’uko byagenze ku gishusho cy’umugore we.

    Icyo gishusho cyari gifite uburebure bwa metero umunani nacyo cyashenywe n’abantu batamenyekanye mu kwa mbere kw’uno mwaka wa 2020.

    Munyaneza Theogene / intyoza.com

    source http://www.intyoza.com/ikibumbano-kigaragaza-umugore-wa-perezida-trump-cyatwitswe-aho-yavukiye/

  • Cholera Outbreak Kills 26 In Somalia Since January #rwanda #RwOT

    An outbreak of cholera and acute watery diarrhea in Somalia had killed 26 people in the past six months, a UN health agency said on Tuesday.

    The World Health Organization (WHO) said in its latest joint report with the ministry of health on the outbreak in Somalia that a total of 4,787 suspected cases were reported from 25 districts in Somalia.

    “A total of 26 associated deaths were also reported during the same period,” said the WHO, noting that districts with the highest number of cases are Banadir, South West State, and Hirshabelle.

    The current cholera outbreak started in December 2017 following floods that affected districts in the basins of Jubba and Shabelle rivers.

    Cholera is a gastrointestinal disease, usually spread by contaminated water and food, and can cause severe diarrhea that, in extreme cases, can lead to fatal dehydration and kidney failure within hours. 

    source https://taarifa.rw/cholera-outbreak-kills-26-in-somalia-since-january/

  • Gasogi United yishinganishije kuri perezida wa FERWAFA kubera Rayon Sports #rwanda #RwOT

    Ikipe ya Gasogi United yandikiye perezida wa FERWAFA bamumenyesha ko Rayon Sports irimo gukora ibikorwa bitemewe n’amategeko aho irimo kuvugana na bamwe mu bakinnyi ba yo bakiyifitiye amasezerano batabizi.

    Mu ibaruwa yasinyweho na perezida w’iyi kipe Kakooza Nkuriza Charles yanditswe uyu munsi tariki ya 9 Nyakanga 2020, bandikiye perezida wa FERWAFA bamumenyesha ko bababajwe n’ibikorwa Rayon Sports irimo gukora.

    Muri iya baruwa yanditse mu rurimi rw’icyongerezia ISIMBI ifitiye kopi baragira bati“twababajwe n’ibikorwa by’imyitwarire mibi bya Rayon Sports yinjira mu buzima bwite bwa Gasogi United, aho binjiye mu biganiro bitewe n’amategeko n’abakinnyi bacu bakidufitiye amasezerano twe tutabizi bakabikora mu rwego rwo kudutesha umurongo.”

    Iyi baruwa ikomeza igira iti“nyakubahwa dufashe aya mahirwe ngo tukumenyeshe ko mu bakinnyi Rayon Sports iri mu biganiro na bo bitemewe harimo Bola Lobota Emmanuel ukomoka muri DR Congo wasinye amasezerano y’umwaka umwe na Gasogi United. Ni yo mpamvu tubandikiye ngo mumenye ibikorwa bidakwiye bya Rayon Sports.” Bola Lobota wamaze gusinyira Gasogi United ngo Rayon Sports yatangiye kumuvigisha

    Iyi baruwa kandi kopi ikaba yanagenewe umunyamabanga mukuru wa FERWAFA ndetse n’ikipe ya Rayon Sports irebwa n’iki kibazo

    Bola Lobota byavugwaga ko yifuzwa na Rayon Sports, tariki ya 23 Kamena 2020 ni bwo Gasogi United yatangaje ko yamaze kumusinyisha amasezerano y’umwaka umwe.

    Uretse uyu musore, Rayon Sports iherutse gutangaza ko yasinyishije umunyezamu Kwizera Olivier na we Gasogi United ikaba ivuga ko ari umukinnyi wa yo. KNC yabwiye perezida wa FERWAFA ko ibirimo gukorwa na Rayon Sports atari byo
    http://dlvr.it/RbH1xh

  • We reject usurping of Truth and Reconciliation Commission-Véronique Clette-Gakuba #rwanda #RwOT

    IGIHE: Give us the exact reasons that prompted you to react to this preparatory note.

    Véronique Clette Gakuba: I was born and live in Belgium, I am of Belgian mother and Rwandan father. I am also a sociologist, doctoral researcher at the Université Libre de Bruxelles. In this context, I have been closely following the consultation and negotiation relations between the Royal Museum for Central Africa (Belgian Museum and Scientific Institution, MRAC) and the African diasporas (Congolese, Burundian and Rwandan). These consultations and negotiations took place in the context of the Museum’s renovation.

    In the wake of anti-racist rallies which, since the police murder of George Floyd in the United States, see the uprising of an impressive number of people across Europe, Belgium, for its part, decided to put establishes a Truth and Reconciliation Commission (TRC) aiming to establish the historical truth about its colonial past in the Congo, Rwanda, and Burundi.

    The External Relations Commission of the House of Representatives is looking into the establishment of this CVR. The deputies mandated the Royal Museum for Central Africa to produce a first guidance note proposing a list of experts and a methodology to Parliament. At the outset, it should be noted that certain deputies (André Flahaut, PS, in particular) contested the legitimacy of the Museum in this matter, the latter being judge and party. Indeed, according to a series of researchers including myself, the Museum must be one of the institutions whose involvement in Belgian colonialism is to be analyzed.

    There is much to be said on this note. I was not the recipient of this note; it was addressed confidentially to Parliament.

    But it quickly leaked and is now widely circulating. I wanted to respond to this note by speaking directly to the Director of the RMCA, G. Gryseels.

    Among the 20 experts proposed by the Museum is Professor Filip Reyntjens, a Belgian lawyer. He is also cited three times in the note (as an expert and as a reference, for Rwanda and Burundi).

    He is also presented in the note as a neutral and impartial player. However, it is clear that Filip Reyntjens participated in the writing of the constitution of Rwanda under Habyarimana in 1978. He too should, therefore, be the subject of an examination of his role. On the other hand, it is unacceptable, concerning a commission supposed to restore the Truth with a view to Reconciliation, to propose F. Reyntjens who promotes revisionist theses, in particular by erasing the genocidal intention within the framework of the genocide against the Tutsi (Le Monde, September 25, 2017), reversing responsibilities, minimizing the role of Belgian colonization, etc.

    It is also characterized by an ethnicist approach referring to colonial and racialist ideologies and their dramatic effects.

    Museum officials know this. On numerous occasions, we, along with other Rwandans, have pointed out to the museum the problematic approach with which the RMCA presents the history of Rwanda in its new permanent exhibition.

    In March 2017, the renovation was still under way and we warned the RMCA that the story concerning the history of Rwanda and the genocide of the Tutsis tended towards negationism.

    A year later, without the Museum having answered us, I learned that different members of the diaspora had also addressed the same type of complaints. Several exhibition panels were photographed; they contained highly problematic information.

    Among other elements, it read: “The International Tribunal for Rwanda, created in 1994, is the first international court to judge both Tutsi and Hutu genocidaires”! It was already then F. Reyntjens who influenced the Museum’s writings on condition of anonymity (referee ref anonymous ‘we were told). He is, however, internationally and academically an obviously contested personality. In Belgium, it should be added that the theses of this “professor” are likely to greatly activate the tensions between Congolese and Rwandans in Belgium.

    To my letter of July 2, 200, the Director of the Museum, G. Gryseels replied:

    “We know that Professor Reyntjens’ name will be controversial, as will the names of some of the other experts. It is up to the parliamentary working group to make the final decision.” (July 2, 2020). This response demonstrates a minimization of the seriousness and the harmfulness of the proposal made to parliamentarians.

    It is intriguing to note that I also, without being consulted, was mentioned by the Museum as one of the referees. Unlike Mr. Reyntjens, I was not mentioned at all from my academic skills (Université Libre de Bruxelles, sociologist) but as “African voices”.

    The note to parliamentarians of the Museum mentions, in fact, with regard to the experts selected according to their skills that “This group of experts does not include people of African origin who are members of action groups or who speak on behalf of the Belgian -African women in public opinion “(p. 6). In other words, Reyntjens is considered to be scientifically neutral where myself, along with other Afro-descendant colleagues engaged in the debates on decolonization, dismissed as full-fledged experts.

    As for the display panels, it was only this week, two years after our complaints, that we learned that some of them have been changed. We will still question the overall ideological line of the exhibition which we do not see how it could have disappeared.

    Interview by Karirima NGarambe A. Véronique Clette Gakuba is a sociologist, doctoral researcher at the Université Libre de Bruxelles

    IGIHE
    http://dlvr.it/RbH1wk

  • World Bank Signs Rwanda US$150M To Boost Market-relevant Skills #rwanda #RwOT

    Rwanda and the World Bank Group today signed a US$150 million (approx Frw142b) financing agreement to support Rwanda’s efforts to expand opportunities for the acquisition of quality, market-relevant skills in selected economic sectors.

    Half of the financing is grant while the other is a concessional loan payable in 38 years, with a 6-year grace period at 0.75% interest rate.

    The proposed Rwanda Priority Skills for Growth project has four components: (a) Reinforcing Governance of the Skills Development System (b) Provision of Quality Training Programs with Market-relevance; (c) Expanding Opportunities for Continuous Upgrading of Job-relevant Skills for Sustained Employability, and (d) Capacity Building for Program Implementation.

    “Skills development and employment promotion are central to Rwanda´s National Strategy for Transformation. Equipping the workforce with the right skills for economic transformation is central to our long term development objectives, so this support will contribute to upskill Rwanda’s workforce for long-term economic transformation,” said Dr. Uzziel Ndagijimana, the Minister of Finance and Economic Planning

    The project is expected to increase access to technical and vocational education and training as well as higher education programmes that are responsive to both labour market needs and the social and economic development of Rwanda.

    It will also strengthen private sector capacity through targeted firm level support, improve access to markets for micro, small and large enterprises, increase employment mainstreaming in investment and bilateral projects; expand access to evidence-based information on skills demand and supply and access to labour market Information and employment services.

    “Targeted interventions for skills development will support Rwanda’s efforts to establish a strong base for skills needed in the productive sector, and at the same time equip the youth with relevant practical and technical skills to increase their chances of sustainable employability,” said Ruth Karimi Charo World Bank Task Team Leader for the project.

    “I would like to thank all our counterparts in the Government for their collaboration and hard work throughout the preparation of this project”.

    The World Bank cooperates with Rwanda in key sectors including agriculture, energy, social protection, education and skills development, transport, urban development and housing alongside cross-cutting and regional projects interventions.

     
    http://dlvr.it/RbH1sj

  • Babiri bamaze gufatwa n’abandi turabafata – CP John Bosco Kabera

    Police weigh in on COVID-19 lockdown | The New Times | Rwanda

    Umuvugiza wa Polisi, CP John Bosco Kabera, yabwiye IGIHE ko abantu babiri muri bane batorotse aho bavurirwaga CORONA I Ngoma bamaze gufatwa. Ati “Babiri bamaze gufatwa n’abandi turabafata”

    source : igihe.com instagram

  • Shaffy yatangiye gusohora filime igaragaza uko gucana inyuma kw’abashakanye bigira ingaruka ku bana babo #rwanda #RwOT

    By igihe

    Rukundo Arnold uzwi nka Shaffy yatangiye gushyira hanze filime y’uruhererekane yitwa ‘Gashugi’ igamije gukangurira abashakanye kwirinda gucana inyuma kuko bigira ingaruka mbi kuri bo no ku bana babo.
  • Inzara ishobora guhitana abantu benshi kurusha Coronavirus #rwanda #RwOT

    By igihe

    Inzara iturutse ku ngaruka zatewe n’icyorezo cya Coronavirus, ishobora kwica abantu benshi kurusha abazahitanwa n’iki cyorezo nk’uko byatangajwe n’Umuryango Mpuzamahanga uharanira ibikorwa by’iterambere, Oxfam.
  • Umunyamakuru Phocas Ndayizera na bagenzi be basubiye mu rukiko #rwanda #RwOT

    By igihe

    Urugereko rwihariye rw’Urukiko Rukuru mu Rwanda ruburanisha ibyaha Mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipaka, kuri uyu wa Kane tariki ya 9 Nyakanga 2020 rwasubukuye urubanza ruregwamo Umunyamakuru Phocas Ndayizera na bagenzi be.
  • Gisagara:yishe umugore we amuziza ibiceri 2 by’ijana. #rwanda #RwOT

    Mu ijoro ryakeye ryo kuri uyu wa gatatu tariki ya 8 Nyakanga, ahagana saa 20h00 z’ijoro mu Kagari ka Saga mu Murenge wa Muganza mu karere ka Gisagara, umugabo uri mu kigero cy’imyaka imyaka 48 yishe uwo bashakanye, ngo ejo yamwatse Frw 200 umugore amubwira ko ntayo afite.

    Ukekwaho kwica umugore we yitwa Nkurabanga Laurent, nyakwigendera we yitwa Domitria Ntabuzaza uri mu kigero k’imyaka 55 y’amavuko. Abaturage bahise bamufata akimara kumutema.

    Urupfu rw’uyu mugore nk’uko abaturanyi babivuga, ngo bakeka ko rwatewe n’amakimbirane bari bamaze iminsi bafitanye.
    Ku munsi w’ejo mu gitondo umugabo yasabye umugore we Frw 200 yo kujya kunywa inzoga, undi (Nyakwigendera) amubwira ko ntayo afite.

    Munyanziza … Uyobora Umudugudu wa Nyakagezi (aho ukekwaho icyaha yari atuye mbere yo kwinjira nyakwigendera), avuga ko bariya bantu bari bamaze imyaka 3 babana mu nk’umugabo n’umugore.

    Avuga ko bamenye amakuru ko amaze kwica umugore bihuta bajya gutabara basanga yamaze kumutema.
    Munyanziza ati ”Bari bamaze iminsi basa nk’abafitanye ibibazo, yamutegeye mu nzira ahita amutema akoresheje umuhoro twahageze dusanga amaze kumwica ariko twamufashe tumushyikiriza Ubuyobozi.”

    Nyakwigendera nta mwana n’umwe yari afitanye n’uyu wamwishe nubwo bari bamaranye imyaka itatu babana, kuko ngo uyu mugabo yinjiye uyu mugore atakibyara kuko ‘yacuze imbyaro’.

    Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’agateganyo w’Umurenge wa Muganza, Nkunda Alexis avuga ko aya makuru bayamenye ko uyu mugabo winjiye umugore mu mwaka wa 2010.
    Yavuze ko ngo yatemye uyu mugore, intandaro ari amafaranga y’imbuto z’umuceri z’umugore. Umugabo ngo yarazigurishije amuhisha amafaranga yazikuyemo.

    Nkunda ati ”Ku wa mbere bari bagiranye amakimbirane ubwo umugore yasabye umugabo kumugurishiriza imbuto z’umuceri, ariko umugabo amaze kuzigurisha amuhisha amafaranga, amaze kumenya ko yazigurishije amafaranga 2000 baza gushwana, umugabo nyuma amutegera mu nzira aramutema.”

    Nkunda avuga ko yamutegeye mu nzira amutema ukuboko n’ijosi ahungira mu nzu yari hafi aho, ni ho yahise agwa azize ibikomere.

    Si ubwa mbere uyu mugabo ngo akoze ibyaha byo gutemana, mbere ya Jenocide yakorewe Abatutsi nabwo yafunzwe azira gutema umuntu aramukomeretsa bikabije ndetse ngo na nyuma ya Jenoside yafungiwe gukubita no gukomeretsa.
    Kugeza ubu uyu wakoze ibi yamaze gutabwa muri yombi n’inzego z’umutekano ndetse n’umurambo wa Nyakwigendera ugiye kujyanwa kwa muganga ngo ukorerwa isuzuma.

    The post Gisagara:yishe umugore we amuziza ibiceri 2 by’ijana. appeared first on KASUKU MEDIA.

    source https://kasukumedia.com/gisagarayishe-umugore-we-amuziza-ibiceri-2-byijana/