source https://igihe.com/imikino/football/article/rayon-sports-yongeye-gutira-sugira-ernest-muri-apr-fc
source https://igihe.com/imikino/football/article/rayon-sports-yongeye-gutira-sugira-ernest-muri-apr-fc

Mu kiganiro aba bakobwa bagiranye n’iinyamakuru ISIMBI, bemeje ko abakobwa benshi muri iki gihe usanga bafite abaterankunga cyangwa sponsors nk’uko bakunze kubita(abagabo baba babaha amafaranga, bakabahindurira ubuzima ubundi bakajya baryamana na bo), ibintu babona biterwa no kuba bashaka kubaho mu buzima buhenze baturuhiye.
Aba bakobwa bavuga ko atari umuco mwiza ahubwo bakwiye no gutekereza uko bazabaho igihe uwo muntu atagihari, kuko namara gusaza nta n’umwe uzaba ukimureba bitewe n’uko hari abandi bana beza babyiruka.
Reba hano ikiganiro na Dj Briane ari kumwe na Melaiane

Rutahizamu wa Rayon Spors usatira anyuze ku mpande, Sekamana Maxime avuga ko kwibagirwa APR FC bidashoboka kuko ari yo yamugize uwo ari we uyu munsi ituma abantu bamumenya.
Sekamana Maxime ni umwe mu basore bakuriye mu ikipe ya APR FC ndetse ayikinira igie kirekire bakaba baratandukanye umwaka ushize wa 2019.
Mu kiganiro yairanye n’ikinyamakuru ISIMBI, Maxime yavuze ko byanze bikunzi nk’ahantu yakuriye hari byinshi aba ahakumbuye.
Yagize ati“ni byinshi cyane nkumbura kuri APR FC, urumva ni ahantu nakuriye rimwe na rimwe hajya hagera igihe ukahakumbura urumva ntabwo byabura.”
Akomeza avuga ko urwibutso afite kuri iyi kipe y’ingabo z’igihugu ari uko ari ikipe yatumye aba uwo ari we, yatumye impano ye imenyekana.
Yagize ati“ikintu ntazayibagirwaho ni ikipe yatumye impano yanjye igaragara. Abantu baramenye, mu by’ukuri yatumye mba uwo ndi we uyu munsi.”
Maxime Sekamana yasinyiye Rayon Sports amasezerano y’imyaka 2, ubu asoje umwaka umwe akaba ayisigajemo undi mwaka w’imikino.
source http://isimbi.rw/siporo/article/urwibutso-rukomeye-maxime-afite-afite-kuri-apr-fc

Ibi bije nyuma yuko kizigenza akaba na captain w’ikipe ya Barcelona Lionel Messi, adashaka kongera amasezerano mw’ikipe, aho avugako nt’abakinnyi bafite impano bahari bo gukinana nawe. ibi nibyo byanatumye ikipe ya Barcelona igira igitekerezo cyo kugarura Neymar, kugirango aze abe yakumvisha Messi kuguma mw’ikipe ya Barcelona.
Ikinyamakuru AS ari nacyo twakuyeho iyi nkuru, kiratangazako Neymar yamaze gusinyana amasezerano na PSG azamwemerera kugenda mu mera ziyi season, ariko bakaba bamuhaye ibintu agomba kuzagenderaho kugirango azabashe gusubira mw’ikipe yahoze akinira ya Barcelona, aho agomba gutanga imbaraga ze zose mu mikino Paris Saint-Germain isigaje gukina muriyi Season ngo championa y’ubufaransa ibone kurangira. Mumikino Neymar amaze gukinira PSG muriyi season, mu mikino 22 yatsinzemo ibitego 18 atanga na assists 10.
Ousmane Dembele na Griezman
Ariko kugirango Barcelona izabashe kugarura Neymar birasabako izabanza gukusanya amafaranga menshi. kubw’iyi mpamvu Ousmane Dembele na Antoine Griezman bakaba aribo bahabwa amahirwe menshi yo kuzifashishwa bakerekeza muri Paris Saint-Germain kugirango Neymar abashe kugaruka i Camp Nou.
The post Birangiye Neymar PSG imuhaye uburenganzira bwo gusubirana na Messi muri Barcelona. appeared first on KASUKU MEDIA.
Umukinnyi wa filime wa Nollywood, Linda Ejiofor n’umugabo we Ibrahim Suleiman babaye ababyeyi bakira umwana wabo ku wa kane tariki ya 9 Nyakanga 2020.
Umugabo w’umukinnyi w’amafilime, Ibrahim Suleiman yerekeje ku rubuga rwe rwa Instagram atangaza ku mugaragaro ko umwana wabo aje afite ifoto ye n’umugore we Linda bafatanye amaboko.
Asangira ubutumwa bwiza nabafana, yashimiye kandi Imana kubwo gukiza no kwimura umuryango we kuva kuri babiri kugeza kuri batatu nkuko umunyamuryango mushya yinjiye.




