Category: Uncategorized
-
Huye: Bamaze amezi ane bavoma amazi kuri robinet arimo imyanda batazi aho ituruka #rwanda #RwOT
Abaturage batuye muri imwe mu midigudu yo mu Kagari ka Cyarwa mu Murenge wa Tumba ndetse n’igice kimwe cyo mu Murenge wa Mukura mu Karere ka Huye, bavuga ko bamaze igihe kigera ku mezi ane bavoma amazi kuri robinet arimo imyanda batazi aho ituruka. -
Sano Olivier yavuze k’uwahoze ari umukunzi we uherutse kubyara bataratandukana mu mategeko #rwanda #RwOT
Mu minsi ishize, imwe mu nkuru zaciye ibintu yavugaga ku rukundo rw’umuhanzi w’indirimbo kuramya no guhimbaza Imana, Sano Olivier, ndetse na Uwera Carine wamenyekanye nka Cadette. Aba baje gutandukana nyuma yo gusezerana kubana nk’umugore n’umugabo mu mategeko y’u Rwanda. -
Akamanzi on Global Innovation Index Advisory Board #rwanda #RwOT

“In 2020, the Global Innovation Index (GII) welcomes two new members to its esteemed Advisory Board: Clare Akamanzi, the Chief Executive Officer of the Rwanda Development Board, and Heizo Takenaka, the Director of the Center for Global Innovation Studies in Toyo University and former Minister of Japan,” reads the statement.
In 2011, an Advisory Board was established to provide advice on the research underlying the Global Innovation Index (GII), generate synergies at its stages of development, and assist with the dissemination of its messages and results.
The Advisory Board is a select group of leading international practitioners with expertise in the realm of innovation. Its members are from diverse geographical and institutional backgrounds and participate in their personal capacity. In 2020, the GII Advisory Board is comprised of 17 members in total.
Its members come from diverse geographical and institutional backgrounds and participate in their personal capacity.
Among the high profile figures members of the GII are the Director General of UNESCO Audrey Azoulay, Houlin Zhao, ITO Secretary General and Fabiola Gianotti, Head of European Organization for Nuclear Research (CERN).
The GII report is co-published by Cornell University, a US-based Ivy League research university, INSEAD, and the World Intellectual Property Organization (WIPO), a specialized UN agency.
The 2020 index is expected Wednesday, September 2, marking the 13th edition; it includes 131 economies, which represent 93.5 percent of the world’s population.
This edition, with the theme “Who Will Finance Innovation?”, sheds light on the state of innovation financing by investigating the evolution of financing mechanisms for entrepreneurs and other innovators; it is expected to also point out the remaining challenges – including in the context of the economic slowdown induced by the Covid-19 crisis.
RDB CEO, Clare Akamanzi, was named new advisory board members of the GII, alongside Heizo Takenaka former Minister of Japan.Nicole Kamanzi M.
source https://en.igihe.com/news/article/akamanzi-on-global-innovation-index-advisory-board
-
My savings became my life jacket during COVID-19 crisis – Story of Marie Rose #rwanda #RwOT

With the support she received from FXBVillage SKOL program, she was able to develop a successful income generating activity of selling fruits and vegetables, her children returned to school, she joined a savings groups and created a kitchen garden that provided her with legumes. She affirms that she could earn $5 and could regularly save before COVID-19 crisis. It is with apparent happiness and pride that she narrates her story
‘’ ‘My name is Marie Rose and I live in Gasharu cell, Nyamirambo Sector, the district of Nyarugenge of Kigali city. I am a beneficiary of the VillageFXB SKOL poverty alleviation program, which is now in its final year of implementation. I want to share with you my story of how the FXB SKOL program helped me to cope with the COVID-19 and take care of my family.
The pandemic that emerged in China was of little concern to us. Most people in Rwanda did not know anything about this disease. After spreading to Europe and other countries around the world, the rumor was that it did not affect Africans, we were wrong. From the first case in Rwanda, everything went very fast, we were put in quarantine, only essential services were still allowed, and our businesses suffered.
I am very proud to be part of the FXB -SKOL family. It is true that we went through a very difficult time during this COVID-19 crisis, but FXB had prepared us. In three years, I have received a lot of training that allowed me to cope with this situation.
In the first year, I received training in financial literacy, project management and was provided a start-up capital that allowed me to start an income generating activity of selling fruits and vegetables. We have also been trained and helped to grow a vegetable garden where I grow carrots, lamb’s lettuce, cabbage, beets and much more.
These vegetables are primarily intended to improve our own diet. I usually sell the surplus to the market, which allows me to increase my income. However, during the crisis I shared them with my neighbors who were starving.
FXB has taught us to adopt good hygiene habits. We built latrines, showers and a hand-washing station in front of our house. Everybody adopted the habit of regularly wash hands with soap. The government is sensitizing people to adopt good hygiene behaviors to protect themselves from coronavirus, whereas it is already part of our daily life.
I understood the importance of saving and planning. I am part of a Savings and Credit Group. The group members convenes every week and contribute an agreed amount, based on everyone’s ability, that serve as personal savings and are used to provide small loans to the group members.
It is also an opportunity to share life experiences and learn from each other. Our group is composed of 28 people and we were able to save $1,200 shortly before the COVID-19 crisis. This is already our second cycle.
A cycle lasts 12 months and, at the end, we share the profits that we use to expand our businesses or for other personal projects. For this time, our savings have helped us to cope with this challenging situation.
Even though we are going through difficult times, my family did not suffer too much compared to my neighbors thanks to my income generating activity and my savings. Additionally, my kitchen garden together with all the direct and indirect support I benefited from this program backed me during these hard times.
The FXB staff remained in regular contact with us remotely via phone and it motivated me. During these tough times, we have really understood the importance of the good lessons we benefited from FXB-SKOL program. My business and my savings have been my life jacket during the moments of turbulence. I thank SKOL and FXB for all the support” gratefully relates Marie Rose
Marie Rose has always been a courageous woman who never gave up despite all the difficulties she went through.IGIHE
-
Umutoza wa Simba SC yavuze ku kibazo bivugwa ko afitanye na Kagere Meddie #rwanda #RwOT
Nyuma y’ibyagiye bivugwa ko rutahizamu w’umunayrwanda, Meddie Kagere ashobora gutandukana na Simba SC bitewe n’uko atumvikana n’umutoza w’iyi kipe kubera kutamukinisha, Sven Ludwig Vandenbroeck, yaje kubihakana aho ahamya ko nta kibazo kiri hagati yabo.
Ni kenshi umutoza w’iyi kipe, Sven Ludwig Vandenbroeck yagiye yereka uyu rutahizamu umaze imyaka 2 yikurikiranya atsinda ibitego byinshi muri shampiyona ya Tanzania ko atari mu mibare ye cyane ko yagiye amwicaza bya hato na hato.
Byagiye bivugwa kandi ko Meddie Kagere yasabye ubuyobozi bw’iyi kipe ko bwamurekura akigendera kuko atari umukinnyi wo kwicira ku ntebe y’abasimbura cyane ko ari umukinnyi w’ikipe y’igihugu kandi akeneye kuyifasha.
Aganira n’urubuga rw’iyi kipe, umutoza Sven Ludwig Vandenbroeck yavuze ko nta kibazo na kimwe afitanye na Kagere ko ari abashaka gushyushya ibintu.
Yagize ati“sinshobora gukoresha imbaraga ku bintu bidafite akamaro ntanazi aho byaturutse. Njye nta kibazo mfite, Kagere na we nta kibazo afite, icyo ni cyo navuga.”
N’ubwo avuga ibi ariko muri Tanzania amakuru avayo avuga ko uyu rutahizamu atishimye bitewe n’uko adahabwa umwanya wo gukina, ari nayo mpamvu byavuzwe ko yifuzwa na APR FC ndetse ibiganiro nk’umukinnyi ku giti cye byarangiye ahubwo Simba SC yanze kumurekura. Umutoza Sven Vandenbroeck avuga ko nta kibazo afitanye na Kagere Meddie
http://dlvr.it/Rft3pc -
Police arrest six in operations against illegal mineral trade #rwanda #RwOT
One of the suspected illegal mineral dealers identified as Jean Damascene Tuyizere was arrested with 280 kilogrammes of Coltan.
According to Chief Inspector of Police (CIP) Aloys Bugingo, the District Police Commander (DPC) for Kamonyi, Tuyizere was at the time smuggling the minerals to Kigali in a vehicle RAC 705I, which was also impounded.
Apparently, Tuyizere, an employee of COMIKA mining company operating in Rukoma, used the company’s tags to tag his minerals, which he had acquired through other fraudulent means.
“Tuyizere, who is an employee of COMIKA mining company, was operating other illegal side deals. This time, he had used COMIKA tags in an attempt to beat security and to smuggle the minerals from Kamonyi to Kigali.
When we inquired with COMIKA management, we indeed found out that the minerals were not theirs and that Tuyizere had used their tags to conduct his illegal mineral businesses on the side,” CIP Bugingo said.
Meanwhile, another suspected illegal mineral dealer called Gaspard Njenyeri, 54, was also caught with 2.5kgs of coltan. Four other suspects were at the time found mining in a coltan concession in Rukoma.
“Understanding that there are increased illegal mining and related businesses in Kamonyi, especially in Rukoma, we have increased operations to prevent these unlawful activities and related fraud,” the DPC said.
He warned residents against the unlawful mineral business and called for continued sharing of information on dealers, including groups that engage in mining and those who buy the minerals from them.
Article 54 of the law on mining and quarry operations, states that; “any person, who undertakes mineral or quarry exploration, exploitation, processing or trading without a licence commits an offence.”
Upon conviction, the offender is liable to imprisonment for a term of between two and six months and a fine of not less than Rwf1 million and not more than Rwf5 million or only one of these penalties.
The court also orders confiscation of any seized minerals or quarry in storage, trading or processing without a licence.
-
Iterambere n’imiyoborere myiza mu mutima w’indirimbo Intore Tuyisenge yaririmbiye Akarere ka Karongi #rwanda #RwOT
Umuhanzi Tuyisenge Intore yongeye kuvuga imyato Akarere ka Karongi kari mu ntara y’Iburengerazuba bw’u Rwanda mu ndirimbo yasubiyemo ivuga ku iterambere, ikanarata ubwiza bw’imisozi n’imiyoborere yako. -
Kirehe: Abantu babiri baguye mu mpanuka y’imodoka yagonze moto #rwanda #RwOT
Mu masaha y’umugoroba wo kuri uyu wa Gatatu mu Karere ka Kirehe habereye impanuka y’imodoka nini yambukiranya imipaka yari iturutse muri Tanzania aho yagonze moto, abantu babiri bari bayiriho bose bahita bitaba Imana. -
The US will not join the WHO-linked global effort to develop a COVID-19 vaccine, WaPo reports #Rwanda #RwOT

The White House confirmed that it will not join a global effort to develop, manufacture and equitably distribute a COVID-19 vaccine, The Washington Post reports, in part because of the World Health Organization’s involvement. President Trump has criticized the organization over what he calls a “China-centric” approach to the pandemic.
Source : Twitter -
Kamonyi/Rukoma: Abantu 6 batawe muri yombi bazira ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro butemewe #rwanda #RwOT
Polisi ikorera mu karere ka Kamonyi mu murenge wa Rukoma ikomeje ibikorwa byo kurwanya abacukura bakanagurisha amabuye y’agaciro mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Kuri uyu wa Mbere tariki ya 31 Kanama 2020, abantu batandatu barimo uwafatanywe ibiro 280 by’amabuye y’agaciro yo mu bwoko bwa koluta barafashwe.
Mu bikorwa bya Polisi byabaye kuri uyu wa mbere, Polisi yafashe uwitwa Tuyizere Jean Damascene apakiye imodoka ibiro 280 by’amabuye y’agaciro agiye kuyagurisha mu mujyi wa Kigali. Yari ayatwaye mu modoka ifite ibirango RAC 705 I, Umuyobozi wa Polisi mu karere ka Kamonyi, Chief Inspector of Police (CIP) Aloys Bugingo yavuze ko Tuyizere yakoresheje amayeri yo gushyira ibyangombwa ku mabuye atabikwiye.
CIP Bugingo yagize ati “Tuyizere ubusanzwe ni umukozi wa sosiyete yitwa COMIKA ifite ibyangombwa by’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu karere ka Kamonyi, ariko Tuyizere akagira ibindi birombe bitazwi yari abereye umuyobozi ku ruhande. Abashinzwe gutanga ibirango by’amabuye y’agaciro (TAGS) baje kubitanga muri sosiyete ya COMIKA,Tuyizere yafashe ibirango byagombaga kujya ku mabuye yujuje ibyangombwa abishyira ku mabuye ye ari nayo yafashwe bwite”.
CIP Bugingo akomeza avuga ko ubwo hafatwaga ayo mabuye abapolisi bagiye kubaza ubuyobozi bwa sosiyete niba koko ayo mabuye ari aya sosiyete yabo, umuyobozi wa sosiyete arabihakana yemeza ko Tuyizere yafashe ibirango byagombaga kujya ku mabuye ya sosiyete yujuje ibyangombwa ajya kubishyira ku mabuye ye bwite.
Kuri uwo munsi kandi hafashwe umuturage witwa Njenyeri Gaspard w’imyaka 54, yafatanwe amabuye yo mu bwoko bwa Koluta afite ibiro 2.5, hanafashwe abandi bantu bane nabo bafatiwe mu bikorwa by’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro binyuranyijwe n’amategeko.
CIP Bugingo ati “Muri uriya murenge wa Rukoma haba abacukura amabuye y’agaciro mu buryo bunyuranyije n’amategeko benshi. Natwe turi mu bikorwa byo kubarwanya kandi ntituzahagarara, ubu twafatiye mu cyuho abiyita abahebyi barimo gucukura rwihishwa. Abafashwe ni Ntakirutimana Martin w’imyaka 19, Ndayahoze Emmanuel w’imyaka 30, Ngendeyukuri Edouard w’imyaka 29 na Tugirimana Joseph w’imyaka 43″.
Umuyobozi wa Polisi mu karere ka Kamonyi yongeye gukangurira abaturage kwirinda kujya mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro batabifitiye ibyangombwa ndetse no kwirinda ubucuruzi bw’amabuye y’agaciro bunyuranyijwe n’amategeko.
Yagize ati “Bariya bantu ibyo bakora binyuranyijwe n’amategeko, buriya bucuruzi bw’amabuye y’agaciro bwafatiwemo Tuyizere butesha agaciro isoko ry’amabuye y’agaciro mu Rwanda, byongeye bihombya abashoramari bafite ibyangombwa. Bariya bacukura rwihishwa bafite ibyago byinshi byo kugwirwa n’ibirombe bakahasiga ubuzima cyangwa bakahakura ubumuga”.
Umuyobozi wa Polisi mu karere ka Kamonyi, akomeza avuga ko Polisi itazahwema gukangurira abaturage kwirinda ibinyuranyijwe n’amategeko ariko abatazabyubahiriza bazajya bafatwa babihanirwe nk’uko birimo gukorwa ubu.
Abafashwe bose ndetse n’amabuye y’agaciro bafatanwe nkuko urubuga rwa Polisi rubitangaza, bashyikirijwe urwego rw’ubugenzacyaha (RIB) rukorera muri sitasiyo ya Polisi ya Rukoma.
Itegeko N° 58/2018 ryo ku wa 13/08/2018 ingingo ya 54 ivuga ko Umuntu wese ushakashaka, ucukura, utunganya, ucuruza amabuye y’agaciro cyangwa kariyeri nta ruhushya, aba akoze icyaha. Iyo abihamijwe n’urukiko, ahanishwa igifungo kitari munsi y’amezi abiri (2) ariko kitarenze amezi atandatu (6) n’ihazabu y’amafaranga y’u Rwanda atari munsi ya miliyoni imwe (1.000.000 FRW) ariko atarenze miliyoni eshanu (5.000.000 FRW) cyangwa kimwe gusa muri ibyo bihano.
Urukiko rutegeka kandi ubunyagwe bw’amabuye y’agaciro cyangwa kariyeri byafatiriwe biri mu bubiko, bicuruzwa cyangwa bitunganywa nta ruhushya.
Munyaneza Theogene / intyoza.com
http://dlvr.it/RfqJQk


